Saturday, 27 December 2014

ATI URINKENDE BYA VUZWE NUMUKURU WAKOREYA YARUGURU.

Leta ya Koreya ya Ruguru yise Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama “Inkende” inanenga igihugu ayoboye gufunga imiyoboro ya Internet muro icyo gihugu nyuma y’urunturuntu no guterana amagambo biturutse kuri filimi “ The Interview” ivuga ku iyicwa rya Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un“.
Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP bivuga ko Koreya ya Ruguru yahakanye kugira uruhare mu bujura bw’amabanga bwa Sosiyete, Sony Pictures yakoze iyo filimi.

Icyo gihugu cyagaragaje uburakari kubera filimi isetsa, The Interview ivuga ku iyicwa rya Perezida Kim Jong Un, yasohotse ku wa 25 zukwa cumi nakabiri .

Itangazo Komisiyo y’Umutekano ya Koreya ya Ruguru (NDC) yashyikirije Ibiro Ntaramakuru byo muri icyo gihugu, rivuga ko Perezida Obama ari we uri inyuma y’iyo filimi.
Riti” Obama ntatekereza mu magambo n’ibikorwa bye ni nk’inkende mu mashyamba”
Si ubwa mbere Koreya ya Ruguru itutse Perezida Obama n’abandi bayobozi bakuru ba USA. Mu ntangiriro z’uyu mwaka, icyo gihugu cyise Umunyamabanga wa USA, John Kerry “ ikirura cy’imikaka mibi” na Perezida wa Koreya y’Epfo “ Indaya”.

Muri Gicurasi, Ibiro Ntaramakuru by’icyo gihugu byasohoye inyandiko ivuga ko Obama afite imisusire y’inkende.
Koreya ya Ruguru na USA biracyari mu ntambara, kuko intambara ya Koreya yo mu 1950-1953 yahoshejwe n’amasezerano y’agahenge aho kurangizwa n’amasezerano y’amahoro.
USA zashyize abasirikare 28,500 muri Koreya y’Epfo bazahita batabara igihe Koreya ya Ruguru yahirahiye kugaba ibitero muri icyo gihugu.

Friday, 26 December 2014

CONGO KINSHASA IMPANUKA YO MUMAZI YISHE BESHI MUBIHE BYA NOHERI

Ubwato nk'ubu bukunze kugira impanuka mu nzuzi zo muri Kongo
Amakuru atugezeho aba baje mugihu gu cya congo kinshasa avugako mukanya habaye impanuka ikomeye muburasira zuba bwi kigihugu .iyimpanuka ikaba ya ra baye kuwambere ariko ikaba yamenye kanye uyumunsi kuwagatanu.Ubu bwato bukaba bwarahitanye abagera kuri 30 bapfuye 

abashizwe umutekano muri ako karere bavuze ko muri ubwo bwato haguyemo abagera kwijana,Ubwobwato bukaba bwari bwuzuye ibi curuzwa ndetse nabantu beshi aho bari berekeje Kisangani ,bukaba bwarabereye kubiro metero bigera kuri 50 were keje muri uwo mugi.wa kisangani 

Ibi bikaba byatumye haba imyigaraga byo ikomeye cyane yurubyiruko rwomuri kisangani kuberako bari baba bajwe cyane bafite nagahinda kimpanuka zikomeza guhitana aba nyekongo mumazi. ahakandi haka bana twitse amazu meshi ya Leta .

Wednesday, 24 December 2014

IKIGANIRO NUMUHANZI ANDRE MISIGARO BIDATIZE MU RWANDA NDABA NAHASESEKAYE

Umuhanzi Misigaro numu hanzi Ukunzwe cyane muru byiruko  uyu mugabo akaba ariri mba Indirimbo zo kuramya Imana no kuyi himbaza .kurubu akaba atuye kumugabane wa America Muntara ya Arizona  ,uyu mugabo uzwi cyane kubera Indirimbo ziwe zagiye zikundwa cyanee kubera ukuntu ari rimba nijwi ryiza cyane ,

Misigaro kandi yagiye amenyekana cyane aho yagiye akorana na bandi bahanzi batandu kanye hari mo abasore baba nya Rwanda nka Meddy ndetse na the Ben Liliane kabaganza na gabby kamazi. bazwi cyane mu Rwanda ndetse no mukarere kibi yaga bigari,nabandi beshi..

Mukiganiro twa koranye kuri telephone nu mugabo Misigaro twa muba jeje ni ba akiri Ingaragu. adutangariza ko atakiri umusore ahubwo yu batse ndetse akaba afite abana babiri .(2)  Misigaro twaga niriye ku buhanzi bwe ni ba ntacyo buba ngamira umu ryango we atu bwiye ko kuri we nishema nkuko ibyo akora si kubwe ati nu kubera Imana gusa  ni yo mpanvu umu ryango wajye nawo urabyi shimira. ati kuri rimbira Imana ntako bisa iyo u bi koranye umuti ma wawe wose. gusa usanga I kibazo n'Ukubi kora ugami je izindi nyungu . 
Misigaro twa mu bajije indi rimbo ziwe aho azi korera, nuzi mukorera  yatu bwi yeko we afite studio Itunganya indirimbo za mashusho ndetse nizamajwi (audio) iyonzu yumuzi ki ikaba yitwa MORE RECORD.ati ubu nsi nki gorwa naho jya gu tunganyi riza indi rimbo. Izondi rimbo zi kaba zitungangwa na PRODUCER  Licklick .Uzwicyane mu rwanda.  
ADRIEN Misigaro  afite album zibiri (2)amaze gusohora inyishi murizo zikaba zifite amashusho yazo 
Album yambere ikaba yitwa VUMILIA ikaba iriho indirimbo umunani(8) iyakabiri nayo ikaba iriho indirimbo icumi(10) nayo ikaba yitwa NKWITENDE .tu bibutseko nkwitende bayi koreye lumix nabasore THE BEN ndetse na MEDDY ikazaba iza sohoka mwitangira ry'uyumwaka .abaji jwe niba ari umu pastor nkuko beshi ba kunze kubi vuga misigaro ati rekadaaa aseka cyane ati jyewe ndi umuri ribyi gusa sindi pastor .

Tumubaza kuri gahunda afite misigaro avugako bidatize hatagize impinduka nawe atazi mu kwezikwa kabiri(2) umwaka utaha2015 azaba yasesekaye Ikigali hamwe nu mu producer wiwe Lickly lick aho azaba agiye gutunganya Indirimbo ziwe  Tumuba jije impanvu yatuma akorera murwanda kandi afite producer mwiza ni bi koresho byuzuye, yatu byiye muraya magambo ati ;burya murugo ni murugo ,icyambere kubona abana bakora becking nkuko umuhanzi abishaka ntibi kunda rwose ati bira tugora no kubona ahantu ukore ra amashusho nabwo ubona ahantu hatari heza ati ikirere cy'Africa nikizima ,kandi tubadushaka nama shusho ya frica ni yomeza. kubera ikirere cyaho.
ahakandi yatubwi yeko ashaka kuzi fashisha bamwe mubahanzi bakomeye mu rwanda hari mo nkabo bakoranye indirimbo KABAGAZA na gabby kamazi , aba bahanzi nabakozi b'Imana kandi bazi kuririmba mugihetuza fatanya bizaba byiza .bakora baking ,ati kizaba ari gitaramo cyi gitangaza .

Misigaro akaba agira Impano yo kwandika indirimbo ndetse no kuririmba. iyo yandi ka ntabwo yifashisha Bibiriya ,ahubwo biterwa nibiganiro yakoranye nabantu. cyangwa nigihe abantu barimo cyane cyane abana b'Imana icyogihe abona icyo gukora,(inspiration) .

Mundirimbo zuyu mugabo zimwe zaku nzwe cyane harimo NFITE IMPANVU ,(akabayara shimaga imana ikigaza imana yagihaye inkoni yubutware bwiza ).indi ikabayitwa NTACYONZABA akaba yara yi koranye na MEDDY .Misigaro akaba akorera hamwe na baba sore baba nyarwanda the Ben ndetse na Meddy muri More Record ikoreraramo Lickly lick hamwe nu mwana umu curangira ikidari (quitar )uvu musore ucuranga ikidari akaba avukana  numuhanzi Misigaro adrien . tukaba tu mwifuri je ibyiza mwiterambere  imana imuhaze umutimawiwe,

BETHLEHEM ABAKIRISITU BAHAGEZE ARIBESHI

Imbanga zaba kirisi tu bavuye hirya no hino kwisi kurubu bari mu mugi wa Bethlhem aho bemerako Yesu christu yavukiye  Abo ba cristu bose kuru yumunsi bahuriye ku kibuga cya Manger muri Cijordania Ubwo barebaga igiti kinini cyanoheri gitatswe nama bara meshi yibendera rya Palestine 
Imihango ikaba iri burangire mu misa iri bube mwijoro ryu yumunsi wagatatu bu cya ari ku wakane Iyi misa ikaba iri bu bere mwi kanisa ryi tiri we ivuka rya yesu 

Itangaza makuru kwisi rivugako kumunsi wanoheri uzana ituze mubantu bose kwisi Ibi bihe kandi bikaba bitanga ikiru huko kuba kirisitu bose aho usanga, abafite uko mameze kumufuka ba guriye imi ryango nishuti ibintu bishya byerekana ko bishi miye ibihe bagezemo ndetse ukana sanga bahuye nabana na bavandimwe bagasangira nki miry'ango bishimira ivuka ry'umwana yesu .tubifuri je kuzageza indi noheri ya2015 

Ibi bihe biryohera cyane aba kirisitu bo mu burasira zuba aho usanga babanga miwe nikibazo cyintambara 

Tuesday, 23 December 2014

INKURU YAKA BABARO IKINSHASA MURI CONGO BABUZE UMUBYEYI WIGIHUGU.


Inkuru yu rupfu rwa pouline Opango lumumba ya menyekanye mugi tondo mu mugi wa kinshasa.
Umuhungu wiwe francois lumumba ya tangaje ko basaze yasinziriye mwi joro .amakuru dukesha ikinyama kuru jeune afrique avuga ko uyu mukecuru yitabye Imana kuruyu wakabiri 23/12/2014
Akaba yi tabye Imana kumyaka yiwe 72 yamavuko yaramaze kuri nosi.

Urupfu rwa pouline opango Lumumba rwa ne mejwe na mi nisitre w'Itumana ho ni tanga za makuru,hamwe nu muvugizi wa waguvernema  ya congo Lambert mende  ba byemeje mugi tondo cyu yumunsi wa kabiri .

Lumumba pouline yaramaze iminsi yari yara giye kwivuri za mu gihugu cy'ubufaransa kumu gabane wu burayi aho yaramaze iyinga rimwe agarutse  mugihugu cya congo.uyumu kecuru numbwo atavugwa muri politic yarakiriho nkuko yasizwe numugabo wiwe wapfuye arashwe kuminsi 17/01/1960.akaba ariwe wambere ufatwa nki ntwari yambere mugihugu cya congo- kinshasa.nkuko uyu mugabo yahara niye ubwi genge  akaba aricyo yazize , mugihe iki gihugu cyari kimaze imyaka Ijana kiri mubu koroni.

 Lumumba  patrice mbere yokuraswa  yari minisitre wintebe ya congo- kinshasa kugeza nubu uyumu gabo lumumba akaba atarava mumi twe yaba nya frica.kubera ubwitange yako reye igihugu cyi we nu mugabane wose wa africa muri rusange, kurubu abantu beshi bakaba bitwa irizina kubera ubutwari bwiwe.

Umuhango wogushingura  Mama pouline nkuko beshi bamwitanga mu mugi waki nshasa .ukaba ,uzategu rwa na guvernema ya congo,nkuko byatanga jwe nu muhungu wiwe francois  Lumumba abi bwira abanyamakuru.

KURU MANI MARTIN NTASHOBORA KUVUGA CYANGWA NGO YONGORERE BAGIYE KUMUBAGA

Umuhanzi mani Martin kurubu ari mu bitaro ku bera impanuka yo kumira agati bi ta kirda mugihe yami raga akagace kagati bitunguranye ka kitambika mu muhogo wiwe akaza kubura ijwi neza nez kurubu yaba agiye kubagwa ,

kuwagatanu kuminsi 09/12/2014 nibwo umuhanzi marin yakoresheje agati kavana imyanda mu menyo iyo umaze gufungura (cure-dent) kavunitse mo kabiri nuko akabango gato kara mucika kagwa mu muhogo kuriwe yabi fashe nkibisa nzwe hanyuma yaje kunya rukira kubitaro ngakuri kirangwe nabagaga ariko byajye gufata indi ntera ni ni mugihe kurubu .


Mani martin ntashobora kuvuga cyangwa ngo yongorere mukigani ro yagiranye nitangaza makuru mani maritin bakoresheje invugo yinyandiko yata ngaje ko mugihe yamize akagati yunvaga aribisanzwe hanyuma yajye ku nyarukira kwamugaga nyuma yisaa imwe kuberako yunvise ijwiritangiye kubura kugirango abaganga bamu kuri kiranire hafi. 

Martin yagize ati ;jyewe nagizengo ni bintu byoroshye nyuma yisaha imwe  narintangiye gukarwa najya kuvuga bikanga  ni hutirakwa mugaga  bara suzuma bara kabura ariko bampa imiti .kuwaga tandatu ni bwo niobwo nunvaga ijwinkaho ryajye ariko bigeze mwijoro nibwo nakorora bireze ukwemera nibwo nijwi ryajye nokubura burundu habe no kuvuga .
Kuwambere Mani martin yazindu kiye kwa mugaga mubitaro bya CHUK ngarebeko abaganga niba hari cyo bamufasha  ariko byajekuba ubusa .yasu zumwe naba gagabi nzobere mu bijyanye numuhogo bakaba bara munyujije mubyuma bireba mu mihogo kugirango barebe niba ako kavungukira ariko bara kabura ariko bavugako kamusigiye igikomere kamusigiye .

yagize ati kuwambere ni bwo nazindukiye CHUK kugirambonanen' umugaga wu muspecialist mu byumuhogo bemezako bagomba kuntera ishyinge zi kinya cyumubiri wose bakareba mo .mbere yo gukora ibyo byose ba bajije gukora irindi suzuma rishobo ryose babona mo ko hariho udushwara ture twishi kuri cordes vovales (imiyoboro yamajwi yiburyo ) ubwo bahise bampa indi miti yokungwa kurubu niyo ndiho ni tagira icyo ihindura Ntakundi baza baga nkuko biragoye .

Nubwo abagaga bamu kuri kiranira hafi bavugako iyo miti ifite icyoyatanga ijwi rikagaruka  Uyumusore we ntacyizere afite cyo gukira, abagaga bamu bwiyeko umwazuro wanyuma arukuba gwa. kugeza ubu uyu muhanzi ntashobora gutanga ubutumwa neza bwose ashaka kuvuga abunyuza munyandiko 
Mani Martin numu hanzi uko meye mugihugu cy'urwanda akaba anafite ijwi ryumwi merere yagiye akora ibitaramo byishi bikomeye kandi akabaya ra ni tabiriye amaru shanwa  serukiramuco atanduka nye ku rwego mpuza mahanga .

IMBUGA ZA KOREYA YARUGURU ZARI ZABUZE INTERNET URWIKEKWE KOREA YARUGURU NDETSE NA AMERICA.

Aba hanga mwi korana buhanga bavuzeko mugihe Korea yaburaga internet  mugihugu hose byaba byaratewe na bamwe ba ryubatse mugihe korea yo ibishinja leta zunze ubumwe z'america 
Mugihe leta zuze ubu mwe za America zo zi bihakana zivuye inyuma .kuruhande rwa U.S.A bakaba bavugako badasho bora ku bikora nkuko nta bwoba batwewe na korea . ariko baka ba bari batangaje ko baza subira gusuzuma neza icyaba cyari cyateye isosiyete ya sony picturs ,iki kigo ki kaba ari cy'America .tubibutse ko cyari cyatewe navirus yijiriye za mudasobwa zabo zamabanga .

Tubibutse ko kandi ibi bitero byo kuri muda sobwa za banya merica bya kozwe kuri iyi societe ya
sony byakozwe mugihe hari hategerejwe gusohoka filim ivuga kubuhemu cangwa kubikorwa umukuru wa koreya yaruguru akomeje gukora ibikorwa byakinyamanswa nibindi bigayitse Kim-jong -un  
Umwaka ushize Leta ya pyongyang yareze ubutegetsi bwa washington ko bwa hungabanyije uburyo bwitu mana ho buko rerwa kumbuga za internet zico gihugu  mugihe bari bari mubihe byubu shamirane kukibazo cya niclaire 

Monday, 22 December 2014

UMUNYE POLITIKE WARI MU KIKRUHUKO CY'IZA BUKURU BENJICOIDIESSEBES NIWE WATSINZE AMATORA YUMU KURU WIGIHUGU CYATANZA NIYA

Ku gicamunsi cyo ku wa mbere tariki ya 22 Ukuboza 2014, komisiyo yigenga y’amatora muri iki gihugu, yatangaje ko uyu Essebsi w’imyaka 88 yatsinze amatora n’amajwi 55.68%, akurikirwa na Moncef Marzouk, wayoboraga iki gihugu mu nzibacyuhi n’amajwi 44,4%.
Inkuru y’ikinyamakuru cy’Abafaransa le figaro, ivuga ko Essebsi akimara gutsinda nk’uko yakunze kubivuga, yongeye gusubiramo ijambo ryo muri Coran akunze kuvuga rigira riti « Mube umwe, no mu bihe by’amahiganwa ».
Kugeza ubu Moncef ntaremera ibyavuye mu matora.
Polisi y’iki gihugu nayo, ikoresheje ibyuka biryana mu maso, yinjiye mu rugamba rwo guhagarika urubyiruko rwatangiye rutwika imipine y’imodoka rwamagana ibyavuye mu matora.
Mu cyiciro cya mbere cy’amatora cyarangiye mu Gushyingo, Essebsi yazaga imbere n’amajwi 39 % arusha amanota atandatu mugenzi we Marzouki bari bahanganye mu matora.
Aya matora niyo ya mbere abaye nyuma y’imyivumbagatanyo yo mu bihugu by’Abarabu « Arab Spring », yahiritse perezida wayoboraga iki gihugu Zine El Abidine Ben Ali, Hosni Mubarak wayoboraga Misiri, na Col Muamar Ghadhaffi wayoboraga Libya, bose bari bamaze igihe kinini ku butegetsi.

JACOB ZUMA NIKI KIMUGEZA MURI TANZANIA NA UGANDA

Perezida wa Afurika y’Epfo Jacob Zuma wari muri Tanzaniya ejo ku cyumweru, uyu munsi yitezwe muri Uganda, aho aganira na bagenzi be kuri bimwe mu bibazo biri muri aka Karere k’Ibiyaga Bigari.
Izi ngendo za Zuma zije mu gihe habura iminsi mike ngo itariki ntarengwa yahawe FDLR ngo ibe yarangije gushyira intwaro hasi bitaba ibyo ikaba yaraswaho ishyike.
Ikindi kandi uru rugendo ruje rukurikira urwo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda aherutse kugirira muri Angola aho yaganiriye na Perezida Eduardo Dos Santos ibintu bitandukanye birimo n’umutekano w’Akarere.

Itangazo rya Perezidansi ya Afurika y’Epfo rivuga ko urugendo rwa Zuma “rufite intego yo kungurana ibitekerezo na bagenzi be (Kikwete na Museveni) ku bijyanye n’amahoro n’umutekano ku mugabane w’Afurika ndetse n’ibindi bifitiye inyungu ibihugu byabo. “
Biteganijwe ko Perezida Zuma araba aherekejwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Maite Nkoana Mashabane na Minisitire w’umutekano David Mahlobo.
Umubano wa Tanzania, Afurika y’Epfo na DRC
Tanzania na Afurika y’Epfo bizwiho kuba bifitanye umubano wihariye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo dore ko binahuriye muri SADC.
Mu gihe cyashize ubwo M23 yagabwagaho ibitero, ingabo za Tanzania n’Afurika y’Epfo ni zo zagize uruhare rufatika mu guhashya uwo mutwe uza no kuva ku izima uzibukira uduce wari warigaruriye.
Abasesengura Politiki yo mu karere babona kuva Tanzania na Afurika y’Epfo byafasha Kabila gusenya M23 yarahise (Kabila) agenda asa n’uwanga kubahiriza amasezerano yagiranye na M23.
Icyo gihe Zuma yohereje abasirikare n’indege z’intambara mu gihe Tanzania yo yakoreshaga imbunda ziremereye.
Muri iyo ntambara amakuru yatanzwe yavuze ko abarwanyi ba FDLR bahawe intwaro bagafashwa n’ibitero byo mu kirere mu kurwanya M23.
Kuva ubwo byatangiye guhwihwiswa ko FDLR yaba ifite intwaro ndetse inahabwa n’imyitozo ngo ibe yatera u Rwanda.
Icyo gihe kandi FDLR yatangaje ko ishobora gutera u Rwanda dore ko umutwe wa M23 wasaga n’uyiviriye mu nzira, u Rwanda narwo ruhita rukaza umutekano ku mupaka warwo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Tugendeye ku isesengura ryakozwe na Chimpreports, ubwo Gen. Sultani Makenga n’ingabo ze bambukaga umupaka bagahungira mu Uganda, naho Bertrand Bisimwa akaza mu Rwanda, Kabila yasaga n’aho atsinze urugamba nyamara intambara yo isa nk’aho ikiri mbisi.
Kabila asa n’aho yahise atezuka ku busabe bw’Angola, Uganda na Kenya byari byamusabye kugirana ibiganiro na M23 ahubwo ahitamo gukaza umubano na Tanzania na Afurika y’Epfo.
Mu gihe Afurika y’Epfo yirebera ku bukungu bwayo na Congo binyuze cyane cyane mu mushinga w’urugomero rw’amashanyarazi rwa Grand Inga, intambara ya M23 isa nk’aho yatandukanyije Perezida Kabila n’Afurika y’Uburasirazuba.

Umutwe w’Akarere uryamiye amajanja kubera FDLR na ADF
Bimaze kugaragara ko DRC yaba yitarutsa ibindi bihugu byo mu karere ku bijyanye na dipolomasi n’umutekano, umutwe w’ingabo zo mu karere East African Standby Force kuva ubwo wiyemeje ko uzahangana na FDLR na ADF niba nta gikozwe ngo iyo mitwe irandurwe burundu.
Abasobanukiwe na politiki bavuga ko irandurwa ry’iyi mitwe cyane cyane FDLR ryaba ridindizwa na bimwe mu bihugu byo mu karere bisa n’aho biyikingira ikibaba.
Mu gihe habura ibyumweru bike ngo itariki ntarengwa yahawe FDLR igere, ingabo zo mu karere nazo ziryamiye amajanja.
Zuma na Kabila ntibakwifuza kuzibona ku butaka bwa Congo
Nubwo izi ngabo ziryamiye amajanja, Kabila na Zuma bashobora kuba batifuza kuzibona ku butaka bwa Congo kuko byafatwa nko kunenga ubushobozi bw’ubuyobozi bwa Congo mu gukemura ibibazo by’umutekano.
Ibi bikaba bisobanura ko inshuti za Kabila zahita zikora ibishoboka byose zigatanga umusada, bikaba bivugwa ko iyi ishobora kuba indi mpamvu y’ urugendo rwa Zuma muri Tanzania na Uganda hagamijwe kuburizamo iyo migambi.
Chimpreports ivuga ko Zuma byanze bikunze azabwira Museveni ko kohereza ingabo mu Burasirazuba bwa Congo nyuma y’itariki ntarengwa yahawe FDLR bishobora guteza intambara; yabangamira inyungu z’ubukungu bwa Pretoria.
Ashobora no kwifuza ko ingabo za Congo zahabwa indi nkunga ngo zihangane na ADF na FDLR.
Kabone n’ubwo Uganda n’u Rwanda byifuza irandurwa rya ADF na FDLR mu gihe cyihuse, ibi bihugu byombi bizi neza ko bigomba gushaka icyatuma bidashwana na Afurika y’Epfo ishobora gushyigikira Kabila mu ibanga.
Ikindi kandi Zuma byanze bikunze ashobora kubaza neza Museveni uko ibintu bimeze muri DRC dore ko Guverinoma ya Museveni isanzwe ikorana neza n’ishyaka ANC rya Zuma mu gihe ku ruhande rwa Tanzania ho ari nk’ibisanzwe kuko ibi bihugu byombi bifite ingabo muri Congo zajyanwe kurandura imitwe yitwaje intwaro.
Gusa ibi byose ni isesengura kuri uru rugendo, dore ko nyir’ubwite we binyuze mu itangazo rya Perezidansi rivuga ko agenzwa n’amahoro n’umutekano n’ubukungu gusa.

MUGABE YIRUKANYE ABANDI BAMINISITRE

Perizida wa zi mbabwe robert Mugabe yiru kanye abandi bami nistre barindwi nyuma yi minsi mike yiruka nye abandi umunani Murigahunda yishaka rye riri kubute getsi ZANU PF yokuvugurura guvernement.

Ikinyamakuru My zimbabwe kuvugako peresida Mugabe ko itangazo umunya mabanga mukuru mubiro bya perezida ,Dr mechack Sibanda yashize ahagara gara itangazo rivugako perezida mugabe yirukanye abandi baministre barindwi kubera imyitwarire yabo no kudatanga umusaruro bari bitezweho,

Mwitangiriro zukwezi kwa cumi nakabiri Mugabe yi rukanye vice-perezida joice mujuru naba ministiri umunani 8,harimo Dzikamai Mavhaire warushizwe ingufu nu waru mwungiri je Munacho  Mutezo ,Didyamus mutasa mi nistiri wubutabera Emmanson Mnangagwa  nabandi beshi 

Mugabe nishyaka rye riri kubutegetsi ZANU PF bafashe umwanzuro wo kuvugurura guverenema hanyuma yo kubona aba ministre beshi badatanga umusaruro nkuko bikwiye .

Sunday, 21 December 2014

GROOVE WARDS RWANDA 2014 IGIHEMBO GIKOMEYE CYAHAWE ISLAEL MBONYI

Umusore  mutoya uzwi kundirimbo zo kura mya Imana  no guhimbaza  Mbonyicyambu Islael  kuri cyumweru  Ikigali muri selena hotel  kugi cyamunsi  ahagana mu masa kenda ni bwo yahamagawe ko yahawe ikigihembo ariko we akaba ataha bonetse ubwo ya haga ra ri we na babye yi bi we ndetse ni shuti na bavandi mwe ikigihembo cyitwa GROOVE AWARDS. Mbonyicyambu ni bwo yato we nku muhanzi witwaye neza kurusha abandi,ndetse akaba yara rushije abandi mumahanga(diaspora) ni ndirimbo nziza ,zaku nzwe cyane .uyu musore Islael tu bi butse ko yiga mugi hugu cyubuhinde aha akorera nu musiki we aha kandi akaba yara hasoho reye na album yi we yambere yise number one .iyi album ikaba igizwe nindirimbo umunani ,zakunzwe cyane ,

Umusore islael ubwo twavuganye ku murongo watete phone yatu bwiye ko ikigihembo cyamutungu ye ati nkuko jye we ndumu nyeshuri simbazi nuko biri gukorwa ati gusa byashi mishije atikandi bimpaye imbaraga zogukorera imana ,tumu bajije niba ari rimba ku bwinyungu za mafaranga .umusore islael yatu bwiye ko we akorera imana ati kuberako imana yampaye impano ikomeye kandi igomba gufasha abantu mwijambo yavuzeko byose bigenwa nimana ati sinava kumana ngo ndirimbe izisi ati nkuko nta inspiration nabona , akaba ana shimira cyane umu sore wamufashije gutunganya izindirimbo producer BRICE kurubu ubarizwa ikigali muri ADPR gakijiro.hamwe numu yobozi wito rero ryi we MUTAGOMA Gaoudin ndetse nabandi bose bamukunda ndetse nabatamukunda.

Mbonyi kandi yakomeje atubwira ko bya mushimishije cyane ,tubi butse ko uyumusore Groove awards ijye mugihe ,yarimo yitegura gutangira inzu Itunganya indimbo . aho ateganya no kugura ibikoresho byiza bitunganya Umuziki ,kurubu sumuhanzi gusa atahubwo ngiye no gufasha abandi basore bunva inyota yo gukorera Imana mu jyana zabo mbakorere bagire aho bagera

Tubi butsekombonyi Islael bivugwako hari inzu nyishi zitandukanye zitunganya umuziki  zifuza kuba zakorana nawe aomasezerano ariko akaba ataragira icyo abitangazaho

Islael amaze gusohora album imwe ariko atubwira ko afite indiri mbo nawe ubwe atazi umubare ati maze imyaka cumi numwe ndirimba mu makanisa nahandi heshi ati nafashije abariri byi batandukanye ,uyu musore akaba ari mubana bato cyane bako meje kwigaragaza cyne kumpano idasanzwe , Umusore tu mwifuri je guko mezwa ni mana muri byose akora 

POUL KAGAME ATI IKIBAZO CURUSAKU RWAMATORERO NUTUBYINIRO.



Hashize amezi macye hafashwe ingamba mu buryo bukaze zirebana no guca urusaku ruturuka ku nsengero no ku nzu zikorerwamo imyidagaduro zirimo utubari, utubyiniro n’ahandi, aya mabwiriza ariko yavugishije benshi hanze aha batayishimiye kubera ubukana yashyiranwe mu bikorwa, ku buryo byateye Perezida Paul Kagame kugira icyo abivugaho.

Ubwo yasozaga inteko ya biro politiki ya RPF yari yateranye kuri uyu wa Gatandatu kuri Petit Stade, mu ijambo ryamaze iminota isaga 14, iminota hafi 12 muri yo Perezida Kagame yayikoresheje agira icyo avuga ku birebana na gahunda inzego z’umujyi wa Kigali zifatanije na polisi zimaze amezi macye zishyira mu bikorwa mu rwego rwo guca urusaku ruturuka ku nsengero n’utubari.
Nyuma y’inyandiko zitandukanye aheruka gusoma kuri social media zirimo iyanditswe na Sunny Ntayombya, umunyamakuru wa TNT, wanditse inyandiko ifite umutwe ugira uti “May We Have Safe and Happy Holidays, Free From the RnP and City of Kigali”, aho yifurizaga abantu iminsi mikuru myiza izira Polisi n’Umujyi wa Kigali, Perezida Kagame yagaragaje ari ngombwa ko hagira igikorwa mu rwego rwo kwirinda ko habaho kubangamirana hagati ya polisi n’Umujyi wa Kigali ndetse n’abifuza kwidagadura.
Yagize ati “Ni nko kuvuga ngo arifuriza abantu noheli nziza ariko batazahura n’Umujyi wa Kigali, batazahura na Polisi, bishatse kuvuga ngo Umujyi na Polisi byabaye ikibazo ku myidagaduro.”
Mu kugira icyo avuga kuri iki kibazo, Perezida Kagame yirinze kugira uruhande abogamiraho, yaba urwa polisi cyangwa se urw’abakunda kwidagadura no gusenga hifashishijwe imizindaro mini, bityo impande zombi agira icyo azisaba.
Yagize ati “Ku ruhande rumwe nagirango nsabe abapolisi n’abashinzwe umujyi mugerageze kubahiriza ibyo mugomba kubahiriza ariko bisa n’ibirimo kudohora, hanyuma abandi namwe mwidagadura, na mwe mudohorere abantu. Mukorane n’inzego zibishinzwe ku buryo bitagira uwo bibangamira.”
Ku ruhande rwa Polisi n’Umujyi wa Kigali, Perezida Kagame yasobanuye ko bafite inshingano y’uko igihe cyose abanyarwanda bagomba kugira umutekano mu byo bifuza ibyo ari byo byose, aho bari mu myidagaduro no mu bindi, byose bigomba kuba mu mutekano, ati “nabwo bibaye ntibagire umutekano nabyo ni bo tubibaza, tubaza Umujyi tukabaza Polisi tuti mwari muri hehe ko abantu babuze umutekano kandi bidagadura”, aha yasobanuye ko kugirango ushyireho umutekano, ureke abantu bidagadure uko bashatse, ubundi hari ibice bimwe bigonganiraho ugasanga abashinzwe umutekano byabaremereye.
Yagaragaje ko muri uyu mujyi wa Kigali harimo abashaka kwidagadura, gusa hakabamo abashaka kubikora ku buryo busakuza, amajwi akagera hejuru cyane, ati “Ni kuki gusenga cyangwa kwidagadura kwawe kwabuza amahoro undi utari kumwe na we utifuza kujya mu byo urimo cyangwa se ushaka kuruhuka?”
Yagaragaje ko mu gushaka gukemura iki kibazo hari bimwe bishobora gukorwa bikabyara ingaruka zitari nziza, ati “Iyo mbona inyandiko zinyuraho zibwira abantu uko bakwiriye kwifata, ubwabyo biragenda bikaba ikibazo, iyo ushaka abantu ko bidagadura, buri wese kugera ku cyo yifuza ku buryo busesuye, hanyuma hakaza amabwiriza agira ati ‘nuzamura ijwi ryawe turagufata, mukwiye kwitonda… iyo abantu babibona bisubirwamo n’abapolisi, na none bimera nkaho umuntu yafungiranye abantu.”
Yasabye Umujyi wa Kigali na Polisi gukora akazi kabo ku buryo bubereye abantu bari muri uyu mujyi cyangwa muri iki gihugu, agira ati “Abashaka kwidagadura , ni mwidagadure ariko na mwe mumenye aho mugarukira, umenye ko kwidagadura kwawe utahutaza undi umuntu.”

Saturday, 20 December 2014

UMU NANI BAFASHWE MATEKWA NI NGABO ZA CONGO IBENI

Igisiri kare cya Congo cya tangaje ko cyafashe abasirikarer umunani bako moka mu mutwe yi nye shamba zi komo kaka mugi hugu cy'Ubugande Umutwe wi twa ADF naulu baka baba fati we mugace  ka beni mubu rasira zuba bwa congo Kinshasa 

Umwe mu rabo mugihe bafa twaga ya hise yicwa ku bera yasha tse gutera amahane no ku rwanya ingabo zi gihugu. abandi umu na ni bo baka babatawe muri yombi bakajyanwa gukuri kiranwa nize gozi zishizwe umute kano wi gihugu ,ibyo bikaba bya baye mwi joro ryo kuraka gatanu ku minsi 19 zuku kwezi kwa12/2014 ,Ibi bikorwa bya ba rwanyi bi nyeshamba bakaba barwa nira mu majyaru guru yumu gi wagoma ibeni 

Umuvu gizi winga bo ziri ku rugamba ziri guhangana nabo bazi ba Uganda ndetse nigihugu cy'acongo aratangaza ko uku kura sana kwaba yeho mugihe izi nyeshamba zaje zigatera  ama purizo amwe namwe afungiye mo izindi nyeshamba umunani nafashwe ubwo za shaka ga kubafunguza kugufu, iribo hero rikaba ri ri ahitwa kangwayi , ariko tibya bage ndekeye neza baka ba bafashe bakanuye ni gabo za FARDC

Naho abasi rikare bari muri iki gikorwa coguca umwazi mugihugu bise OPERATION SOKOLA basabye aba turage guko meza kuba maso  bahumure batuze ntakibazo kandi bakomeze nibi korwa byabo bya buri munsi 

Naho kuruhande ru bu yobo zi mu mugi wa beni NYONYI BWANA KAWA  akaba ya tanga je ko abafashwe bose baza burana muminsi yavuba muru ki ko rwagisiri kare ibeni 

Friday, 19 December 2014

KENYA KURWANYA ITERABWOBA KENYATA YATANZE ITEGEKO &NIGERIA NAYO BOKO-HARAM IRIHAFI YO GUFATA IGIHUGU

Mugihugu cya Kenya president wi ki gihugu yata nze itegeko ryo kurwanya itera bwoba mur'iki gihugu.
Ubwo umukuru Uhuru kenyata yasi nyaga iritegeko hahise haba Inama yigitara ganya mu nteko Ishiga amategeko muri kenya ibi bikaba  byara baye ku munsi wejo ku wakane  iyi nama kandi ikaba yari rimo umwi ryane udasazwe kubata vuga ru mwe nu butegetsi. ubwo bo bavuga ko kenya igiye gutwarwa  cangwa ku yo borwa ni gipolice.

Naho kubari kuru hande rwa leta bo bavu gako ba  keneye irite geko kugirango ba rwanye ibintu byose byi tera bwoba  harimo numu twe wi nyesha mba za Alsha-babu uko moka muri Somalia. ukaba umaze ni minsi ukora ibitero muri kenya bitandukanye
Kurubu igipolice kira tangaza ko mbere yogu tanga amakuru yi perereza baza jya babanza baka bi bwira abantu ibijyanye na raport yose yitera bwoba 

Bwana kenyata yavuzeko ati; tura cyari mu ntambara zita ndukanye ati kandi twu garijwe ni bitero byitera bwoba ;Iri tangazo ry'umu kuru wa kenya rya nyuze kubi ta ngaza makuru bita ndukanye

Bongeye hokandi ko urwego rushizwe iperereza rwaku viriza ama telephone ya bake kwaho itera bwoba ,uke kwa wese agomba byibura gufu ngwa amasaaha 24 aho gufungwa iminsi363 ataracibwa urubanza. Mugihe kenya yo bimeze bityo

NIGERIA

 Nigeria yakomeje gushe geshwa nibitero bya Boko-haram  ubwo umu vugizi wa leta avugako batewe nabantu bi twaje Imbunda bata zwi ariko aka vugako, ari boko- haram.  nkuko bi vugwa neza bivu gwako agace karimo izinye shamba za Islam bakomeje gutera ubwoba abantu mugace batuyemo .

Boko-hara yatangiye kurwanya leta ya Nigeria mu mwaka 2009  izinye shamba zi kaba zishaka gushi  nga  leta igendera ku mate geko ya ki Islam  tubi butse ko ku cumweru haba ye igi tero giko meye cya ko zwe ari ko ama kuru akaza ku menye kana ku munsi wejo nakane atanzwe naba citse kwicu mu ryaho, ha bere ye inta mbara ubwo ba gera ga mu mugi wa Maiduguri. ari ko kugera ku rubu nta mu twe wari we mera ko ari wo wako ze ibyo bitero mu ri akogace.
kugeza ubu nta bwo hari hame nyekana umu bari wa bantu bashi muswe nizinye shamba doreko abeshi bahunze mugihe intambara yari mo kuba  kandi izinyeshamba zi kunda kujyana abantu zi bashi muse,

SOUTH AFRICA UMUKOBWA WAMBERE MISS YASIMBUWE KU MWANYA WIWE NTAKIBAZO NAKIMWE AFITE



Rolene uherutse kwe gukana ikamba rya miss World 2015 yasimbuwe nu muko bwa waru mwungiri je kuri uwo mwanya mugi he bari mumaru shanwa yi gihugu cy' Afuri kayepfo.
Byari bimenyerewe ko nyampinga asimburwa muri ubu buryo iyo hari imyitwarire idahwitse yagaragaje cyangwa hari amakosa ahesha isura mbi igihugu yakoze. Rolene Strauss we siko byagenze ahubwo yasimbuwe mu rwego rwo guha igihugu cye amahirwe yo kuzitabira Miss Universe 2015 dore ko atemerewe guhagararira Afurika y’Epfo afite ikamba rya Nyampinga w’Isi.
Nk’uko AllAfrica yabitangaje, Ziphozakhe Zokufa wari igisonga cye cya mbere yagizwe Nyampinga mushya wa Afurika y’Epfo ndetse Rolene Strauss ubwe akaba yaramwambitse ikamba ku wa Gatatu tariki 17 /12/ 2014 mu birori byabereye muri Hoteli ya Maslow iherereye mu Mujyi wa Johannesburg.
Ziphozakhe w’imyaka 23 usanzwe ari umunyamideli wiga muri Kaminuza ibijyanye no gukora ibiganiro bya Televiziyo yishimiye uyu mwanya ndetse avuga ko yiteguye gukoresha neza amahirwe yabonye no gukomeza guhesha igihugu ishema.

Yagize ati, “Zari inzozi z’igihe kirekire, nishimiye aya mahirwe ngize yo gukomeza kubera abari n’abategarugori ba Afurika y’Epfo icyitegerezo n’igihugu cyanjye muri rusange. Ni ibintu nahoraga mparanira, niteguye kuzuza neza inshingano”.
Biteganyijwe ko nyampinga Ziphozakhe ari we uzahagararira Afurika y’Efo mu marushanwa ya Miss Universe ateganyijwe kuzabera i Miami muri Florida mukwambere  2015.
Ziphozakhe abaye Nyampinga wa Afurika y’Epfo habura igihe gito ngo hamenyekane uzamusimbura. Gutora uzasimbura Ziphozakhe biteganyijwe kubera kuri Sun City tariki 29/03/ 2015.

INYESHAMBA ZA SUDANI Y'EPFO ZISABA KO PRESIDANDNT WICYO GIHUGU YEGURA KUBUTEGETSI SALVAKIRII

Chimpreports itangaza ko yabonye inyandiko ikubiyemo imyanzuro y’inama y’abayobozi b’uwo mutwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Sudani y’epfo, yateranye hagati y’itariki ya 6 na 12 zukwezi kwa cumi nakabiri, ari na ho harimo ibishya basaba Leta y’icyo gihugu, bikavuguruza ibyumvikanyweho mu masezerano hagati ya Salva Kiir na Riek Machar mu mezi arindwi ashize.
Abagize umutwe utavuga rumwe na Leta ya Sudani y’epfo bayobowe na Riek Machar basaba ko Salva Kiir uyoboye inzibacyuho , ava ku butegetsi, agakurikiranwa n’inkiko ku byaha by’intambara, icya Jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu.
Umuvugizi w’uwo mutwe, Brig Lul Koang, yavuze ko n’Itegeko Nshinga ry’inzibacyuho rikwiye guseswa rigasimbuzwa irindi rizahoraho, rinarengera inyungu z’Abanyasudani y’Epfo muri rusange.
Yagize ati: “Amategeko yose abangamira Demokarasi, imiyoborere myiza n’ubwisanzure bw’itangazamakuru kimwe n’imitwe ya Politiki n’Itegeko rirebana n’umutekano w’igihugu, akwiye guseswa, agahindurwa.”
Ibi kimwe n’ibindi byose bigaragara muri iyo myanzuro, abakurukiranira hafi Politiki y’icyo gihugu babifata nko kunaniza Leta ya Sudani y’Epfo, kuko byinshi bivuguruza imyanzuro yatumye hasinywa amasezerano yategekaga ko imirwano yahagarara ku mpande zombi, hagashyirwaho guverinoma y’inzibacyuho igizwe n’abaminisitiri b’impande zombi.

Riek Machar wari Visi-Perezida wa Sudani y’Epfo, ashinja Salva Kiir ibyaha by’intambara, Jonoside ndetse n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, mu gihe Kiir amushinja kuba yarakabije kugira inyota y’ubutegetsi agashaka kubugeraho ku ngufu, bigatuma Abanyasudani b’inzira karengane bahagwa

Thursday, 18 December 2014

INYESHAMBA ZA M23 ZASUBIJWE MUNKAMBI BAHOZEMO .

Abahoze ari aba rwanyi bumu twe wa M23  ba hungiye muri Uganganda .ubwo byari bya tega nijwe ko basubi zwa mugihugu cyabo ku munsi wagatatu .imodoka zamara kugera mu nkambi bari ba cumbitse mo aho kuri ra Izo modoka abagabo bakirukaka. Ubwo batinyaga gusubizwa mugihugu cy'abo cya congo . kumunsi wagatatu ni bwo bamwe muri bo  abarenga igihumbi ba shitse munkambi yitwa  Romwaja mu majye pfo yubu rengera zuba bwa Uganda .

kuru yu munsi wakane ni bwo igisirikare cy'Ubugande ni gipolice bazindutse kumihanda kuburinzi  aho bangiye baba fata ku mabarabara babasubiza munkambi yagisirikiare bari ba cumbi tse mo ,nkuko byatangajwe numunya mAkuru wa BBC catheline  Byaruhanga ati biragaragara ko habjye kuba ho kunvikana hagati yizongabo cyangwa inye shyamba mbere yo kubasubiza aho bacumbikirwa.
Abantu amagana nama gana  bumu twe wa M23  bahungiye mugihugu cy'
Ubugande nu Rwanda ubwo batsindwanga ningabo za congo zifatikanije niza ONU. kurubu hakaba hashize umwaka uwo mutwe wibagiranye kubu taka bwa congo.

Kurubu uwo mutwe abavu gizi bawo bavugako bashaka ubuhungiro ati nkuko ntabwo biteguye gutahankuko bati zeye umutekano wabo mugihe bageze kubutaka bwi cyo gihugu cya congo.

Umwe mubagize ingabo za M23 yabwiye itangaza makuru ko kurubu ntabwo ba bafite .
ariko abashizwe umute kano muri Uganda bo bafite amakenga kuri uyumutwe 
Naho kuba tegetsi bigihugu bavugako bada shaka kuvanga ingabo zigihugu ni nyeshyamba M23 .

Kuwa kabiri umu umukuru wumutwe wa M23 bertrand bisimwa  yari yavuze ko abarwanyi bose bahunze abarimumajana meshi ati hasiga ye abarwa yi gusaariko umuvugizi wingabo zubugande colonel Paddy we yahakanye ko bacitse bose akabaavugako abeshi muribo bakiri muririyankambi  ati ntakuntu bacika inkambi yagisirikare kandi nikure nahandu hurugendo rwama saha ane ni modoka nabwo yihuse kugirango ugere Kampala mu mugi.

Mukwezi gushize nibwo intumwa za congo zari muri Uganda zigiye kunvikana nizo nyeshamba ukuntu batahiu ka bakaza mugihugu cy'abo  izo nyeshamba zamaze umwaka zi rwanya leta ya congo zikaba zimaze umwaka mubuhungiro kandi. mugihe ba rwanaga congo hamwe na ONU baho raga Bashija u rwanda n.Ubugande gutera inkuga zibikoresho nogufasha muburyo bwose  izi nye shamba ariko ibi bihugu bika biha kana byi vuye inyuma .

ABASODA 54 BAKATIWE URWO GUPFA KUBERA UBWOBA


Muri Nigeria abasirikare 54 bakatiwe igihano cyuru pfu kubera ubwoba  bwo kurwa nirira igihugu batinya boko haram



Murukiko rukuru rwa gisiri kare muri Nigeria rwa ciriye abasirikare bagera kuri 54 igihano cyu rupfu kubera gutinya kwitangira igihugu cy'ababyaye ,nibwo uruki ko rwagisirikare rwabakatiye ikigihano kibakwiye bakaba banemeyeko icyo cyaha bagikoze ,cyo kwigo meka  kwanga kujya kurwanaya inyeshamba za boko haram .

nkuko umunya mategeko ubunganira abivuga Femi Falana .yatangarije ibiro ntangaza makuru byaba faransa AFP ko abasirikare mirongo 54 nibo bakatiwe ikigihano  abandi batanu 5 muribo bakaba ba bagizwe abere kubera icyaha nti cyabahamye ,kurundi ruhande ubuyo bozi bwagisirikare muri kiriyagihugu ntacyo bura bivugaho.

Falana  yatangajeko abo basirikare bireguye bavugako badapfa kwisukira intambara ya boko haram  ati nkuko bafite ibitwaro byarutura ngo kandi no kubona amasasu yimbundazabo ningora bahizi Ak-47 ,

Abasirikare bakatiwe igihano cy'uru pfu  bara basirikare bagize ingabo za <special forces> uyu mutwe wari wahawe icyi zere cy'okubohoza imigiitatu yari yari garu riwe na boko-haram  aha hakaba ari mu burasirazuba bwa majyaruguru ya Nigeria .

Igihano nkiki cyahawe kandi Abandi basirikare 12 mukwezi kwa karindwi uyumwaka  nyuma yaho bara siye umuyobozi wabo mugitero bari bahama gawe mo na Boko Harame  mum u giwa maiduguri  umugi mukuru borno uhere reye muma jyaruguru yu burasirazuba .
 tubi butse ko Boko Haram yatangiye kugaba ibitero muri ikigihugu mu mwaka 2009 bimaze guhitana abantu bagera 10,000 naho abandi bagera ku 700.000 bakuwe mu ryamo yabo ,aho bakwiragijwe imishwaro .

Wednesday, 17 December 2014

RUSWA MU BA YOBOZI BA TANZANIA

umu camanza mugi hugu cy'atanzania  yavuye kumirimo yi we ntawe umweguje kumpanvu za ruswa irangwa  muri ako kazi  umu cyamanza mukuru mugihugu cya  TANZANIA , uyu mu cyamaza akaba abaye uwa mbere ukoze igikorwa nkiki  ibibyaruswa bikaba byara muhamye mugihe we yari kumiri moye  .

aba depute bigihugu cy'ATANZANIA  bakaba bamushija icyaha kikana muhama cyoguta nga uruhusha rwogutanga ruswa ingana na mamilion 120$ zamadollars.kubijyanye ni tangwa ryama soko atanga ingufu zama shanya razi 

Kuriwe kandi arahakana yivuye inyuma ko ntacyaha yakoze .ariko akaba kandi ari we wikuye kumirimo yiwe ,kubera uko kwamaganwa  naba depute bo muinteko ishiga amategeko < ibo bakaba bavugako ibyo yakoze bisebeje politics yatanza nia >nkuko byashikiri jwe numukuru wigihugu wa tanza nia jakaya kikwete 

Kubera ruswa yavuzwe  muri ikigihugu cya tanza nia byatu mye ibihugu biko makomeye bihaga ri ka inkuga bya yigeneraga 

president Jakaya ki kwete ubwo yagera kubutegetsi mu 2005 yi  jeje aba turage ko agiye guha ngana niki bazo cya ruswa cya munze ubu tegetsi ndetse naba turage bo ri ikigi hugu  ariko kugeza nubu aba mukurikira nira hafi bavugako kugeza ubu nta ntabwe igara gara ira tegwa ngo bi cike burundu ,

Mu kanama gashizwe ubutegetsi kiki gihugu kemeje ko bagomba kweguza premier ministre wiki gihugu kubera ko nawe akemangwa ho ikibazo cya ruswa  cyane mu bijyanye namasoko atangwa na leta , aba tegetsi na mashirahamwe byose bivugwaho ruswa barahakana bivuye inyuma ibyo baregwa 

Mu bushaka shatsi bwakozwe naba depute biki gihugu basanze mirion120 yamafaranga ya leta yishu we amasoko ahubwo aho gukora imirimo ya leeta  ahita aribwa naba ministre bo muri leta  

ayo mafaranga yanyu zwaga ku ri compte yibijyanye nigufu zamashanyarazi \

Uyumugi mubihu gu bya wuteranga inkunga harimo ibihugu 12 ,ubwongereza ubuyapani .banki y'Isi na bank nyafurika isura amajyambere  iyi bankeyo yahise ifata icyemezo cyo gu hagarika inkuga mukwezi kwicumi  aho batanga ga miriyoni 490 zama dollars 

Tuesday, 16 December 2014

AGATO RWASA YABA YIFUZA IKI??? ATARAKIRANUKA NABA NYAMURENGE

AGATO RWASA utavuga rumwe nubu tege tsi bwu burundi akaba nu munye politics  muri icyo gihugu yongeye gutangazako azi yamama za ku mukuru wigihugu cy'Uburundi mumatora ate ganyije umwaka utaha akabayongeye kwiyama abanyamurenge ati ntawe ukwiye kumu shija ubwicyani bwabanyamurenge bwomugatumba  .
Abinyujije mu ishyaka ayoboye rya FNL , Agathon Rwasa, yasohoye itangazo rivuga ko gushaka kumukurikirana mu butabera ari uburyo bwo kumuzitira mu nzira yo kwiyamamaza.

Rwasa avuga ko ubu bwicanyi bwabazwa abari bashinzwe kurinda umutekano w’inkambi (Abapolisi n’abasirikare) icyo gihe Abanyamulenge bicwa.
Nyuma gato y’ubwo bwicanyi abarwanyi ba FNL babinyujije mu wari umuvugizi wabo bavuze ko ari bo babikoze bihorera ku karengane kagiye gakorerwa Abahutu mu Burundi mu bihe bitandukanye.
Nubwo uyu munyapolitiki avuga atya, Abanyamulenge basabye mu bihe bitandukanye ko Agathon Rwasa yagezwa imbere y’ubutabera kuko ari we wari umuyobozi w’umutwe wa FNL wigambye ubu bwicanyi bukiba.
Umunyamakuru wa IGIHE I Burundi, avuga ko Rwasa yari witeguye kugera imbere y’ubutabera kuri uyu wa Mbere ariko bigasubikwa yahageze.
Yasigiye inyandiko Urukiko rusubiramo imanza mu Burundi ko nta bubasha ubutabera bw’u Burundi bufite bwo kumukurikiranaho ibyaha byo mu ntambara mu gihe amasezerano yasinywe yo guhagarika intambara yamuhaye ubudahangarwa by’agateganyo.
Ayo masezerano akaba yarasinywe na Leta y’u Burundi n’iamashyaka ayirwanya.

BARASANYE UBWABO IKISANGANI

Muriyi minsi  mu mugi wakisangani ubwo hohe rezwa mo inyeshyamba za FDLR ubwoba ni bwose mubaba muri uwo mugi kugera no kuba sirikare batuye aho kugezaho barasanye ubwabo .
Amakuru Jeune Afrique yakuye mu nzego zinyuranye avuga ko intandaro yabaye ihindurwa ry’abasirikare babaga mu mujyi wa Kisangani, hakaza iziyobowe na Gen. Innocent Kabundi wahoze muri CNDP. Nyuma y’uko uwo Kabundi yasimbuye agiye aho yoherejwe, aho yabaga yahasize abasirikare bato ngo baharinde, bazahave Kabundi ahageze. Siko byagenze rero, kuko abaturage b’aho ngo bashutse abo basirikare ngo bange kuva muri iyo nzu.
Ibyo byabaye ejo mu ma saa tanu, i Kisangani humvikanye urusaku rw’amasasu, bikura umutima abahatuye. Umunyamakuru wa Jeune Afrique, Ernest Mukuli agira ati "amaduka n’amashuri byarafunze, abantu bakwira imishwaro."
Ushinzwe itumanaho mu ngabo we siko abibona, Capt Kawaya avuga amasasu yarashwe n’abapolisi batatanya abaturage bari mu muhanda, ko atari abasirikare basubiranyemyo. Ariko abajijwe impamvu ati "cwe."

Cpt Kawaya yaje kuvuga ko abasirikare barindaga Gen Kifwa wimuwe agasimburwa na Gen Kabundi, bafatanije n’abaturage, batsimbaraye ku nzu badashaka ko Kabundi ayijyamo kandi ariko biteganywa n’amategeko ya gisirikare muri Kongo(uje ari mushya ahantu, acumbika mu nzu uwo yasimbuye yabagamo).
Aho kubahiriza amategeko ngo bave mu nzu, ba basirikare batabaje abaturage ngo babatabare batewe, barirukanwa mu nzu ngo ijyemo abanyarwanda,-mu gihe FDLR icumbikiwe mu bilometero 17 gusa.
Abanyeshuri bahise bahagarika amasomo, bafata amabuye sinakubwira, ngo bagiye kwirukana ingabo za Kabundi, bazitiranya n’iza FDLR zasimbuye iz’abanyekongo. N’kuko ababibonye babivuga, ingabo na zo zirwanyeho, zirasa mu kirere. Umwe mu bakozi ba sosiyete sivile aho, avuga ko byatewe n’uko Gen Kabundi yahoze muri CNDP kandi n’abamurinze bakaba badasa cyane n’abanyekongo.
Mu masaha y’igicamunsi cy’ejo, ituze ryari ryagarutse, nyuma y’aho abapolisi barasiye bya byuka bihuma amaso, abaturage bagatatana.

UMUNEZERO KUBANYESHURI BO MUBUHINDE KUBONA UMUSHUMBA



Mugihugu cy'ubuhinde ibyatangiye ari group cretianisme ya banyafurica iza kuva mo ministeri zitandu kanye .ariho hajye kuvamo iyo bita MCM nayo Ikaza kuvamo LLF ministries,
iziministerizose ntabwo zigeze zigira umu pastor usengeye cangwase umushumba wasizwe amavuta nabandi bashumba  ariko kurubu ni byi shimo kubanye shuri bari mugihugu cy'Ubuhinde aho mwiyinga rishize kumunsi wagatandatu cangwa ni ponsho ni bwo umushumba yabonetse kumu garagaro mugihe hari hitegu we ko ha sengerwa aba pastor batandatu ahubwo Imana yahisemo umwe rukumbi binyuze mu ntumwa bishop prophet RUBANDA .aho yabwi ye imbaga nyamwishi yaraho ko Imana ishaka umushumba umumwe ati abandi nabunganizi biwe  kumirimo Imana yamuhaye 
uwo Imana yahisemo akaba ari MUTAGOMA Goudin Uyumusore akaba atara shaka ningaragu ariko numukozi w'Imana ukomeye ,akaba ari numuri ribyi umwanditsi windirimbo zoguhimbaza Imana no kuyi ramya 

Pastor MUTAGOMA Goudin numswe mubasore bazwiho kubwiriza ijyambo ryimana ubonako ibyo ako ra abizi kandi abishoboye ,nta byitiranya mutagoma ari mubasore bafite urubuga bavugaho ubutumwa kumagwa na ni joro haba ,akaba afite ibikorwa bitandukanye akora kugirango ubwami bw'Imana bwaguke, Imana ikaba yara muhaye kwaguka aho avuga ijyambo ry'Imana online kumbuga za internet kurubuga www.newseed jeneration4jesus wamushakira  no kuri fcbk wanditse pstM.Goudin  aha niho usanga ibitekerezo byiwe byishi bitandukanye haba na za visoin .byose niho ubisanga aha musho bora nokuhavuganira aka ba yagu fasha cangwa wewe ukamufa sha 

kuri uyumunsi kandi hakaba hara bonetsemo nigitabo yanditse kirimo inyigisho zitandukanye zubutumwa  bwiza nindirimbo z'Imana nziza cyane 

Tubi butseko mubuhinde ni we mushumba mukuru uhari abandi batazwi ntawe ubazi kurubu uzwi numwe  Mutagoma Goudin akaba ari nawe wasengewe kumugara garo amenwaho namavuta yubushumba na Bishop Profette RUBANDA  . 

mutagoma tumwifurije akazi keza mumuhamagaro wiwe no muntama ziwe tubifurije ibyisimo bidashira , 

MUGIHE BARI HAFI KUBURIZA IMODOKA NGO BATAHE BOSIKO BABIKOZE AHUBWO BAHISE BIRUKA BARAHUNGA NTIBASHAKA GUTAHA IWABO M23


Abahoze mu mutwe winye shamba za M23 batorotse inkambi bari bacumbi kiwemo ' ibi bikozwe mugihe hari hiteguwe ubu ryo bwo gucura izimpuzi zigasubira mugihugu cyabo cya congo  ibi bikaba byabaye mugihe leta yakongo yari yagiye gusura izimpuzi uko zicumbikiwe .baka nareba uburyo zatahamo,
Izinyeshyamaba  mugihe zahuze nigihe hari hiteguwe kuburiza imodoka ngo bacurwe nibwo bahise biruka kibuno mpamaguru  bikaba bi vugwako hasigaye abarwayi muri yo nkambi bari bacu mbiki wemo 
Izimpunzikandi zivugako impavu zakoze akagashako kwiruka ati nuko batizera umutekano wabo mugihe bazaba bagejejwe kubutaka bwa congo .

Umuvugizi w'umutwe wa M23 Bertra Bisimwa avuga ko mugihe imodoka zimwe zamakamions zahageze zije gutwa ra izonyeshamba bahise biruka bajya mu misozi iri hafi aho badashaka gutaha.
Yonge yeho kandi abasigaye ko ari abarwayi bananiwe kwiruka 

Kuruhande rw'Ubugande umuvugizi wingabo LT Col Paddy ankunda yatanga jeko imyiteguro yogucura izimpuzi ikomeje,Aho yavuzeko na Br, SURUTANI MAKENGA agomba gusubizwa mugihugu cyiwe agataha .Uyumugabo aka ba yavu zeko amasezerano yana yirobi areba buri wese.

LT COLpaddy ankunda akabayari yavuzeko mugitondo cyuyu wakabiri ko izimpuzi zigomba kwi murwa zikajya nwa ahandi zikimuri rwa hafi yiki buga cyindege cy'Ubugande kiri intebbe.

Ubuyo bozi bwa kongo bwari bwohereje abantu ku girango bunvikane kuri gahunda yo gutaha ariko aba yo bozi buyu mutwe nti babi kozwa nabuke , izinyeshamba zatsizwe nu butegetsi bwa congo zihungira mugihugu cy'Ubugande ndetse nu Rwanda  aho izo nyeshamba zari zimaze umwaka zirwanya ubutegetsi bwa congo  mugihe barwanaga ONU yahoraga itunga agatoki u rwanda ndetse nu b'Ugande ariko ibyo bihugu ntanarimwe byigeze byemera ko bifasha izi nyeshamba. Aho izi nyeshamba  za rwaniraga tu bi butseko ari muburasirazu ba bwa congo .

Sunday, 14 December 2014

INGABO ZAKUYEHO UMUTWE WA M23 KURUBUNGO IZONGABO ZAGARUTSE KWIRUKANA ADF -NALU ZABAGANDE ZIRWANYA UBUTEGETSI BWA UGANDA

ingabo za kongo niza mo nisco zatangiye ibitero bikomeye kumutwe uho ra wangiza ushaka no guhungabanya umutekano mugihugu cya uganda ,izingabo kandi bivugwako zikomeyekandi ntiziri kumenyekana nkuko ngo nizo zaba zarakuyeho umutwe wa M23
Ibi bitero bihuriweho n’ ingabo z’ impande zombi bikaba byaratangiye kugabwa kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 13 Ukuboza 2014. Bigamije kurandura guca burundu no kurandura inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF-Nalu.
Hagamijwe mbere na mbere kubambura imbunda ariko batazitanga bakaraswa bakavanwaho. Amakuru aravuga ingabo zidasanzwe za Monusco zarahirihe kurangiza iyi misiyo n’ ubundi bagakoze bitagombye kumera uko bimeze ubu, ariko na byo bikaba byashimwa mu gihe byakorwa neza.
Ibitero by’ izi ngabo kabuhariwe zabashije guhashya M23 bikaba byarahereye ahitwa Eringeti na Kokola imijyi iherereye mu bilkometero 60 uvuye mu mujyi wa Beni. Izi ngabo zagabye ibi bitero zikaba ari zimwe zafashije FARDC muri operation yiswe «Pomme verte» yabashije guhashya umutwe wari warabereye Kongo ikigeragezo ari wo M23 mu Ugushyingo umwaka ushize. Ibi bitero byagabwe bikaba bishimishije imiryango ivugira abaturage bamaranye iminsi umutekano muke aho ababarirwa mu Magana bamaze guhitanwa n’ abarwanyi b’ izi nyeshyamba.
Ibi bitero bigabwa bikaba biyobowe na ba General Muhindo Akili Mundosi ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo na Abdoul Kimweri ku ruhande rw’ ingabo za Loni. Amakuru ava mu buyobozi bw’ ingabo aravuga ko ibi bitero bigamije gusaka kwambura intwaro no guhashya abarwanyi ba ADF-Nalu aho bava bakagera dore ko byagombaga kuba byaranakozwe mu gihe M23 yari ikimara gutsindwa; kuko byari biteganijwe ko nyuma ya M23 hatahiwe FDLR hagakurikizwaho umutwe wa ADF-Nalu.
Ingabo za Kongo zagiye zitangaza amakuru ko zamaze guhashya ADF-Nalu, nyamara ibi byaje kugaragara nko kwikirigita ubwo izi nyeshyamba zicaga zikurikiranya abaturage b’ inzirakarengane mu mujyi wa Beni. Ibi biratanga icyizere ku baturage ba Beni mu gihe ingabo za Monusco zagiye zishyirwa mu majwi kuwutera inkunga nizibihagarika.

IMPANUKA IKOMEYE MUKIYAGA CYA TANGANYIKA


amakuru avugwa  muri kongo nuko hari ubwato bwarohamye mukiyaga cya tanganyika kuru yu wa gatanu ushize  umu yo bozi wintara yamajyepfo ushizwe ibyi njira ni bisohoka yatangari je itangaza makuru byaba faransa ko  intubi zigera kuri ijana namirongo ibiri nicyenda ati niyo imaze kuboneka 

aba nyamakuru ba tuye hafi  bakaba bavugako impanuka nkizo zikunze kubaho keshi aho ubwato buba bwuzuye imizigo ireze imbaraga zubwato ati niho ibikorwa nkibyo bibaho,bityo ubwato bu karo hama abantu nibintu bika ngirika',naho leta yabene gihugu , ninkaho ntacyo imariye abatwa ra ibintu namatungo Nabantu ,tuba bwireko muriki gihugu  hari heshi  usanga ibyo gutwara abantu ni bintu bikora akazi gakomeye kareze ako byakago bye gukora aha usanga nka ma moto Igenda ho batatu cangwa bane 

bakanyura kuri leta ntakibazo bafite ,Imodo ka yagenewe bane usanga nki cumi bayigendamo . wagaya umutura ge cya ngwa wagaya leta, leta nitagira icyo ikora muri congo ku b ijyanye ningendo zo mumazi nimihanda hazakomeza hangirike byinshi  kandi bikomeze bididize iterambere kumpandezose abaturage ntacyo bakwigezaho ,ibintu iyo bimeze kuriya usanga akeshi harangwamo zaruswa zuburyo bwose kubirwanya ni wewe wavuyeyo nuriyo akakira uwari waragiye kugirango mwubahane munabane muniteze imbere,murakoze aba buze ababo bihangane nigihugu cyahombye

BEJAMIN NETANYAHU NGO NTASHOBORA KUREKURA IBICE BATSE PALESTINE

Imbere y'Inama kukibazo cyo mubu rasi razuba bwo hagati Premier ministre wa Islael Benjamin  Natanyahu yata nga jeko ntabwo azigera yemera  Itegeko ryoku vikana na Palestine 

Nyakubahwa natanyahu Benjamin yavuze ko atazigera narimwe Atanga ibiso banuro, ndetse ntazigera yemera narimweko harico bagomba ku byigaho ati zabihagarika byose .

bwana Natanyahu avugako ati Iyo Nama nta kindi bagamije uretse kwiga kukibazo cyo kuvana ingabo za Islael mu bice bimwe nabi mwe batse palestine . bakaba bari babi mazemo igihe cy'Imyaka Ibiri ,tubi butseko Iyi nama izaba kumunsi wejo inama yumutekano ya ONU 

Netanyahu akomeza avugako impavu batava muribyo biri ndiro ati nuko bibaye Intagondwa zaba islam zisho bora guhitaziza gutura mu mugi hagati wa Jelusalem ati kandi ibyo ntibyakunda nabuke ntiya byemera,

Ibyo yabita ngaje mbere,yakanama kazabera iroma kumunsi wejo ku wambere Iyonama kandi ikazaba irimo na nyakuba hwa  ministre w'Ububanyi namahanga wa America john Kerry , kuva kera kose abayahudi nte basho bora kwe merera intangondwa nza ba Islam gutura mu mugi wa Jelusalem igihugu cy'Isezerano 

Ko bwana nyatanyahu guhakani ra ROME na kanama ka ONU byerekana ko america  bigaragara ko Islael arigihugu kigendera kumahame yacyo ntana kimwe bakeneye kubandi ba nyamahanga cyanga abaroma 

KURIKIRA AMAFOTO NUKO ABANTU BASENGEWE NAGAHUNDA ZATUNGURANYE KUMUNSI WANYUMA MURI NCC ,


Nyuma  yo kunva ijambo ry’Imana Bishop prophet  RUBANDA   yana yoboye umuhango wokwimika cyanga gusei bakaba ab uyoboye pastor uyo boye   ministeri ya LLF . mbere yo gusenga yashimiye abaraho,avuga nijambo ryimana  hejuru yintambara umu kirisitu ahuranazo iyo amaze gukizwa cangwa iyo amaze kwimikwa,kuba  Umushumba ,yasomye mu baefeso  6:10-18 . Ati umucristo arwana nasatani akarwana numubiri kandi ni bintu bibiri bigoye ariko iyo ubinesheje ubahoneza , at’ Inzira yasatani nini iragutse ati kandi numuharuro mwiza ,  ati bamo ibintu bitandukanye bimwe ,nkukubesha gusambana kwiba gukuramo amada kurwana ,gusenya Ingo , Intonganyi ,kurengwanya ,Ubwicanyi ,n,Ibindi bitandukanye  ati abanyedini niho babarizwa ,ndetse nabatagira Uburere , ntiya hereye aho gusa yavuze  nabanya mwuka abayoborwa numwuka  ,inzira yumwuka ninzira ifunganye kandi ninzira ivunanye,isaba gutungana rwose  , yaso banuye  imiri moyaka mere  nimi rimo Imana yishi mira , yavuze ku bantu  Imana ihama gara  ati harimo ibi cebi tatu abanyabwenge  nabakire nkuko abantu ba zaba gana bakuri kiye ibyo byombi ha ba ubu tunzi nubwenge musa bwe kugira ubwenge ndetse mugashaka  ubukire


Nyuma  yijya mbory’Imana hakurikiyeho umuhango wogu sengera  abashumba  mbere yo kubasengera ni bwo RUBANDA  yabajije kuganira nabantu bose abaso banu rira neza umushumba cyangwa umu pateri niki?  Ati nkuko yako meje yunva abantu beshi babita pasteri  paster ntiya sobanukirwa ati kandi umu pasteri numuntu ufite itorero ayoboye haba kurusengero ibukuru umushumba agombakuba umwe  ati kandi niba harini kijiji nabwo hago mbakuba undi mu shumba umwe  yatanze urugero rwiza aravugango umushumba uragira umukumbi winka atereka ipfizi imwe ati yo tubaye utumasa twishi  twimya inka nabi zikaramburura  ati ni yo mpanvu hagomba kuba ipfizi imwe ,ati no mwi torero niko bjyabimera abandi na bunganizi atim yo umuntu asengewe ku bu shumba ntabwo ari byumwaka umwegusa ahubwo ni byigihe cyose cy’ubuzima bwawe bwose.abandi nabunga nizi biwe bakorana muri commite executive gusa ariko si abapastor nkuko ntamatorero bayoboye 
Mugihe LLF yo baribi teguye gusenge rwa nkaba pastor batandatu ariko byaje gusobanuka hasengerwa umushumba umwe uyoboye  ikanisa ry’ose  bana musengera bamusuka ho amavuta umushumba mukuru MUTAGOMA  Goudin , abandi basengewe nkaba diakoni bikanisa ,nabayo bozi ba madepaertement  . ariko bagakomeza kuba  mushingano bari barahawe ,  hasengewe numuhanuzi umwana muto prophete Samuel SIBOMANA  nawe akabayarasutsweho amavuta numuhanuzi mugenziwe bishop prophetic RUBANDA  aho yamubwiyengo azavuge icyo imana yamubwiye abe aricyo azakora , ntabwo ahawe impano yo gusenya cangwa kuyobora amakanisa  akazikiwe nuguhanura.

Nyuma yogusengera abayo bozi hakuri kiyeho gaho haje kugerwaho umuhangowokumurikira abakunzi ba MUTAGOMA igitabo yanditse cyitwa MBA naribagiranye mu myaka 28 ishize,ikigitabo kikaba kirimo inyigisho zitandukanye harimo indi rimbo zuyu musore zitandu kanye , ni byigisho ndetse namasengesho byafasha abantu beshi  kuba biso mye bavu zeko kiziye igihe. Bikaba byarangiye dusezeye rubanda.