Friday, 5 December 2014

ESE KOKO LIL WAYNE YABA AGIYE GUPFA NKUKO UMUGAGA WIWE ABIVUGA



Nyuma ya makuru yaramaz iminsi acicikana avuga ko umuraperi LIL WAYNE yanduye bikomeye
Agakoko gatera SIDA. Kuri ubu U muganga umukurikiranira hafi yataganje ko iminsi yubuzima bwe
ubu ibarirwa kumitwe y'intoki.

Uyu muganga yatangaje ko LIL WAYNE asigaje iminsi mike 
yokubaho bitewe n'uko basanzwe azengerejwe n'indwara ya kanseri(cancer)kandi ikaba igeze ku kigero cya kane(stage 4)none Umuganga akaba yatangaje ko uretse ibitangaza by'imana ko LIL WAYNE iminsi yaba ashigaje kubaho itarenga iminsi mirongwine nitanu(45) Ihwanye nukwezi nigice.
Akomeza vuga ko iyi cancer yayitewe n'uburyo yishiratuyeho kumubiri we cyane kuruhu rwe 
ashiraho tatiwaje(TATOUAGES)mundimi zamahanga  Tubibutsa ko uyu musore ahagarariye LEBAL yitwa wa (YMCMB)ikoreramo abahnzi bakomeye muri leta zuzubumwe z'amerika .

Lil wayne afite imyaka mirongo itatu ni biri yamavuko akaba yara shyakanye nu mugore wiwe witwa  Antinia Writs  mu mwaka 2004 batandukana 2006  afite abana bane Uretse ku ba lil wayne ashijwa indwara ya SIDA na cancer bana musu zu mye mo indwara yigicure  ariko ngo yaje ku yi vuza iraki ra yo ntabwo yara ki yirwara 

TWAGIYE KU BIVUGWA KU BANYA MUZIKA BOHANZE BI BYAMAMARE KWISI

Birdman
Umwiryane nokwitana ba mwana hagati yabari ribyi bi bihanga nge kwisi mu jyana ya hip hop  hagati ya lil wayn ndetse na birdman  usazwe ufatwa nku mu byeyi y'uyu muhanzi lil wayne  ikibazo ki kaba ki vugwa hagati yu yu muhazi nu yo boye inzu yakoreragamo umuziki ndoreko kuvuga lilwayne byahitaga byunvikana cash man kandi iyo cash man ikaba iyobowe na bard man aba bagabo baka ba ari nshu ti magara 

amakuru dukesha imwe mu ma television ako meye yo muri america MTV iravuga y'uko ubu bwunvikane buke bwimpande zombi  bukaba bwavuye muri Album the carter v aha bikaba byari biteganijwe ko iyi album ko igomba guso hoka ku minsi 09/12/2014 ariko go byajye gusu bikwa bitewe ni ki bazo cyiyinzu yumuziki cash man nkuko ll wayne we abyivugira nyiri bwite .

naho Lil wayne we abi nyu jije ku ru buga rwiwe rwa twita yasabye imbabazi  aba fana biwe kubera ko iminsi yahindutse yari yateganijwe kuza baririmbiraho  akaba yo ngeye ho ati byo se bitewe niyi nzu  cash many record ati iyinzu yanze gusohora album yajye  ya tangaje ko kandi  ubirinyuma ati ni beby <bird man na cash many baze kuyi murika hanze > 

Lil wayne yakomeje avugako ati fuza ko iyi album yi we ko yasoho kera muri cash many record  ati nkuko ataki cyi fuza gukorana nayo iyinzu itunganya umuziki muri ki gi hugu  tu bi butseko iyi nzu iyo borwa nishutiye bird mana akaba arishutiye magara lil w akaba yara banye nishutiye kuva kera cyane nishuti no mubuzima busazwe .

ndore amagambo yinvugiye abinyu jije kuru bu garwa tweter weezy
Wayne
aya niyo maga mbo lil wayne yivugiye iwe ubwe 
 Naho abakurikiranira hafi  umuziki wo muri leta zu nze  ubumweza america bavugako hashobora kuba hariki bazo gikomeye hagati ya lil wayne detse ni shutiye ikomeye cyanee birdman  ari nawe uyo bora inzu yu muziki cash man record ku buryo bo ba bagiye gutandu kana burundu .