Tuesday, 13 January 2015

GUTANDUKANA HAGATI Aline GAHONGAILE NUMUFASHA WE Gabriel MUGABO

Gahima Gabriel umugabo wa Aline Gahongayire, aremeza ko bamaze gutandukana ndetse atagishaka kongera kubana na we , umugore agahamya ko ibyo mugenzi atangaza atazi aho yabivanye ngo kuko ‘Gatanya’ ibaho binyuze mu mategeko.
Mu kiganiro Gahongayire yagiranye na nitangaza makuru, yavuze ko afite agahinda ku bw’uko uyu mugabo we Gahima yajyanye mu itangazamakuru amakuru we atazi impamvu yayo ndetse akavuga ko abantu bumva inkuru yo gutandukana kwabo bakwiye gukoresha ubwenge cyane.
Mu mvugo ivanzemo agahinda no guseka bitari iby’iby’ibyishimo, Aline Gahongayire yagize ati “Njyewe rero byandenze, gusa icyo nabwira abantu ni kimwe kandi na bo bakoreshe ubwenge mbere yo kubyemera. Ese abantu bararyama bugacya bakoze divorce?”
Akomeza agira ati “Ntabwo Divorce ari ikintu gipfa kuza ngo cyiture aho ngaho. Ntabwo biza nk’impanuka, ni ibintu bica mu mategeko, hakabaho process(inzira) yo kubisaba hanyuma bikazashyirwa mu bikorwa”
Abajijwe icyo akeka cyaba kiri gutera umugabo we kubwira itangazamakuru ko batandukanye nyamara we avuga ko bakiri kumwe, Gahongayire yavuze ko atazi impamvu yabimuteye gusa asaba ababyumva kubyitondera mu kugira byinshi babivugaho.
Yagize ati “Na we nubwo tuziranye ubu sinzi icyo uri gutekereza kuri Gahongayire. Umuntu murabana ntabwo uba uzi icyo atekereza. Kandi, nta zibana zidakomanya amahembe, byo ntabwo bibaho. Afite icyabimuteye mu mutima we gusa njye nditurije. Ndatuje rwose, abantu babana habamo utubazo ariko na none hari inzira binyuramo byose mu kubikemura”
Yongeyeho ati “Nibutse neza abantu ko Divorce itabaho gutyo gusa, ntabwo muryama ngo mukanguke divorce yabaye. Binyura mu mategeko”
Nubwo Gahongayire we avuga ko iyi ‘gatanya’ umugabo we yatangaje atayizi ndetse bakaba batarajya mu mategeko kubisaba ngo bemererwe gutandukana koko, umugabo we Gahima Gabriel ashimangira ko ibyabo byarangiye.
Yagize ati “Byarangiye, ntabwo nkiri kumwe na we. Nzaza mu Rwanda nyine gukora ibisabwa ngo ntandukane na we.”
Ku itariki ya 20 mukwacumi nakabiri  2013 nibwo Aline Gahongayire yasezeranye n’umugabo we Gahima Gabriel, bakoze ubukwe bw’igitangaza, barasezerana bameranywa kubana ubuziraherezo.
Nyuma y’umwaka umwe n’iminsi 23 nibwo basubiye mu itangazamakuru umwe avuga ko iby’urukundo rwabo abona bitagishobotse bityo ashaka kwiberaho wenyine.
Ku itariki ya 6 ukwacyenda 2014 nibwo Gahongayire yibarutse umwana wa mbere yabyaranye na Gahima ahita apfa.

UMURYANGOWA[SADEC] wEMEYE KUMUGARAGARO KURWANYA INYESHAMBA ZA FDLR


Ibihugu byu muryango SADEC bye meye gahunda yo kwambura intwaro inye shamba za FDLR zikomo ka mugi hugu cy'Urwanda zi bari zwa mu mashamba yu bura sirazuba bwa congo 
nku bo byatanga jwe numwe mu banyamuryango akab'Ari numuyobozi mugihugu cyangola joaquim doespirito  yamenyesheje abakuru bibihugu biri muri uyu muryango ko [SADEC] ko inama yari kubera muri iki gihugu ko itakibaye  avugako iyi nama ku yikorera muriki gihugu byatuma imyiteguro yagi sirikare yo kujya kuvanaho izinyeshamba byari gituma imyi teguro itagenda neza 

Umuryango mpuzamahanga wa ONU wari watangaje ko umutwe wa FDLR  kowa naniwe gushira intwaro hasi mugihe bari babahaye ngo babe barangije kubahiriza iyogahunda ,ariko FDLR yo  ntibikozwa
Mwiyingarishize nyakubahwa perezinda wa congo Joseph kabila yari yavuzeko biteguye neza kurwanya no kumaraho uyumutwe bivuye inyuma .