Tuesday, 9 December 2014

CIA IRANENGWA NA SENA YA U.S.A


 Sena teri ba U.S.A bakomeje kunenga biko meye umutwe ushizwe iperereza muriki gihugu CIA
Iyinteko ikaba yanezwe cyane uburyo yakoresheje ihata ibi bazo muba abakekwaho itera bwoba .
Senat yo ivugako ubwo buryo ko harimo ubugome bukabije cyane atikandi nta numusaruro byataze.Umukuru ushizwe akanama kasena gashizwe ibi bazo byu butasi Dianne  Feinsteine 

yatangaje ko hari hamwe hari nki fungwa zakorewe ibikorwa byurukozasoni umuntu atatinyakuvugako ari bikorwa byiyicya rubozo yavuzeko raporo yakozwe numutwe wasena ya amerika ivugako nta narimwe  uburyo bwo kubaza ibi bazo abafungwa byashizweho- nyuma yigitero cyi byihebe kuri america kuminsi 11/09/2001 nibwo hatanzwe amakuru afatika kubi jyanye ni tera bwoba kuri america 

Abantu bakekwaho ibikorwa byitera bwo ba ba buji jwe gusinzira mugihe kingana  namasaha 180 aho ba kozwaga isoni bakubitwa  ndetse batotezwa bikabije  basabwa guhagarara cyangwa kwicyara muburyo bubabaje bishoboka .

Abasenateri bavuzeko ubwo buryo CIA yakoresheje bwari bubi ati kandi bwagoranye kandi byatanze amakuru meshi cyane  atariyo kandi atarimeza muruhame rwisi yose aho baziko anerika aricyogihugu cyubahiriza uburengazira bwumuntu,

VICE - PRESIDENT WAZIMBABWE YIRUKANWE KUMWANYAWIWE

Peresident wa zimbabwe robert Mugabe yirukanye vice president we joece .Mujuru nabandi bami nisteri be bagera kuri barindwi  nyuma  yaho habaye kurwani rwa ubutegetsi mwishaka riri kubutegetsi .
Mbere yaho  vice-peresident wa zimbabwe  joice mujiru yamaganiye kure kuba mushijako yaba yarariye ruswa ndetse no kugambanira igihugu na peresident Robert Mugabe . mwitangazo ry,agiye ahagaragara Joice Mujuru  yamaganwe cyane na  robertmugabe president wikigihugu . mucumwerugishize nibwo yamwa maganye ahita ana mwirukana kumwanya yakoragaho mwishaka riri kubutegetsi rya ZANU-PF ; kurubu joice Mujuru aravugako ahangayikishijwe cyane nabantu baza bamutera ubwoba ubutitsa,
yongeyeho ko mubinyamakuru bya leta byatangaje inkuru zitarizo zidafite ishingiro ndetse nagihamya aho zakoze inkuru zokumusebya gusa .tubi butse ko byigeze kuvugwako mujuru ariwe uzasimbura mugabe kubutegetsi kumwanya wumukuru wigihugu.

MARALIYA BIGARAGARAKO IRI KURANGIRA


Ibyo nibitangazwa n'ishami rya ONU ryita kubuzima. bw'ikiremwa muntu O.M.S rivuga ko hagati 
ya 2001 na 2013 abantu babarirwa kuri milliyoni 4.3 batahitanwe na malaria .Uwo mubare urimo
abana bari munsi  y'imyaka itanu bagera kuri miliyoni 3.9 bari mubihugu byafurika biri munsi yubutayu bwa sahara .

OMS iravuga ko burimwaka  abantu benshi barimo kugerwaho n'ingamba zikomeye zo kurwanya 
Malaria.Mu mwaka wa 2004,3% by'abantu bari babangamiwe na malaria nibo bonyine 
babonye inzitiramubu iteyumuti ,mu gihe ubu uwomubare ugeze kuri 50%.Gupima iyindwara
na byobyakajiju murego kandi abantu benshi  ubu babasha kubona imitiyivura.

Muri Afurika aho 90% by'abantu bahitanwa  na malaria baboneka ,umubare w'abayandura 
waragabanutse cyane.

OMS ivuga kandi ko ahandi ku isi hari ibihugu biri munzira yo kurwanya iyondwara  burundu.
umwaka ushize muri AZERBAIJAN  na Sir Lanka kunshuro ya mbere nta malaria yahabonetse.
Muri Afurika ,Misiri  na Maroc nabyo ngo biri mu nzira yokurwanya iyo ndwara Burundu.