Monday, 2 March 2015

PEREZIDA WA NA MIBIA YAHAWE ISHIMWE RYA MADORALE

Image result for HIFIKEPUNYE
Prezida wa NAMIBIA  Hifikempunye Pohamba yegukanye ishimwe rikomeye  nku mu ntu umwe Wakoze neza .Icyo gihe mbo kikaba cyari tiriwe Mo Ibrahim . 
Iki gihembo ki kaba gi ha bwa Umukuru wigihugu wese, wayo boye neza Igihugu cyiwe .
Icyo gihembo ki kaba  giha gaze kuri Miliyoni  zitanu za madorale 
Iryo shimwe ri kaba rita ngwa buri mwaka ku mukuru wigi hugu watowe neza ,kuma horo aka yobora abatu rage biwe neza, akabateza imbere, bava mu rwego ru mwe ba kajya murundi akaza mura Ubukungu bwi gihugu  ndetse akana vano kubu tegetsi nta mpaka Ubwo manda yiwe iri kura Ngira. Umwaka ushize nta muntu wigeze atwara ikigihembo
  
Pohamba yahoze ari muba muba rwa niye Ubwi genge bwi kigihugu cya NAMIBIA 

Uyumugabo bwambere ya towe naba turage bigihugu cyiwe mu mwaka wa 2004 ndetse na 2009 . kurubu akaba yitezwe ko yakongera kugiri rwa icyizere cyo ko ngerwa indi manda.

Pohamba ari muba shize umu twe winye shyamba yitwa SWAPO uyumu twe ukaba wara maze imyika myishi urwanya ubu tegetsi bwa  Africa ye pfo 

ikigihugu cya bonye ubwi gege mu mwaka 1990  SWAPO  nibwo yakomeje kuguma kubu tegetsi ubwo ya tsindaga amatora kuma jwi meshi cyane ,uyu mugabo akaba yaraha we akaga shi mwe umwaka 2014  ,uyu mugabo kandi akaba afite imyaka 79 yamavuko