Wednesday, 13 May 2015

NKURUZIZA AKUWE KUBUTEGETSI MUBURUNDI




 Mu gihe habura ukwezi kumwe ngo habe amatora y’umukuru w’igihugu, Perezida Nkurunziz

a yahiritswe ku butegetsi n’uwahoze ayobora urwego rw’ubutasi Maj Gen Godefroid Niyombare.

Maj.Gen (Major General) Godefroid Niyombare waherukaga kwirukanwa ku buytobozi bw’urwego rw’ubutasi mu gisirikare cy’u Burundi, ni we watangaje ihirikwa ry’ubutegetsi muri icyo gihugu, akaba yari ashagawe n’abasirikare bakuru ndetse
n’abahagarariye Polisi.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Maj.Gen.
Niyombare rigira riti “Hashingiwe ku kudaha agaciro inama agirwa n’imiryango mpuzamahanga zo kubahiriza Itegeko Nshinga n’Amasezerano y’amahoro ya Arusha, Perezida Nkurunziza ahiritswe ku butegetsi na Guverinoma ye.

IMIRIMO MYIZA YAKOZE NTIZIBAGIRANA MUGIHUGU NDETSE NABATURANYI .^RIP*col> mwungura Richard#

Twihanga  ni shije  Igihugu ndetse na  Basoda bigigu cha FARDC CONGO  Nu muryango wa Banyamurenge ndetse nishuti zacu zose aho ziri kwisi yose mukubura Intwari COL.MWUNGURA Richard
  
Uyumugabo nta wabona ibyo yavuga nkuko n:Intwari Ikomeye mubwoko  ndetse nomu ngabo zigihugu Yabi kundaga cane ndore ko yatabarutse ari mukazi .kiwe kaburi munsi yakoraga  ko kubungabunga ubusugire bwigihugu .

 Mubuzima bwe yakundaga Imana ndetse nigihugu nibyo yara zwiho kandi yabikora ganeza abinezerewe   HERO RICHARD . bikaba bivugwako yishwe nindwara .
Mwungura haba muduce dutandukanye twa Banyamurenge bara munzi nkuko yahakoreye akazi gakomeye Mubihe bikomeye,Mubwoko  bwiwe yagaragaje ubutwari  butangaje , Nahandi mugihugu yagaragaje ubutwari .kubanyegihugu 
 Yari umugabo ukunda YESU caneee  kurwego Rwabayumbe bamukundaga  ya ri ntwari.

Uyu mugabo afite ubutwari butavugwa umunsi Umwe ngo burangire gusa afite ikivi yakoze kandi ki garagara Nubwo hari hasigaye gato. kubasigaye tuzakusa ,
  Uyu mugabo yakoreraga ahi twa shabunda niho yatabarukiye ariko akaza shingu rirwa iwe murugo IGOMA .