Wednesday, 3 December 2014

PRESIDENT WA SOMALI YA ROKOTSE IGISASU NYUMA YO GUSOHOKA IKI BUGA CYINDEGE KI GATURIKIRIZWAHO IBISASU .


imirwano iko meye mu mugi wa magadishio muri somaliaya  iyi mirwano ikaba yatewe ni nyeshyamba zu mutwe wa alshabaab wititirira idini ry'akislam aha bika ba byemezwako aribo bateye igisasu cyatewe hafi yiki buga cyi ndege imagadishiu 
icogisasu ki kaba caturi kiye hafi yi kibuga kirizwe cyane muri uyu mugi wa somalia ikigisasu ki kaba cahitanye abantu bane 4  abandi beshi bakaba bako meretse bikomeye. 

Ibi ndi bisasu bikaba byaturiki ye hafi yikigo cya ONU gishi zwe kuga rura umutekano muri somalia.
Igi police cya somaliya cya tangaje ko kandi  ati umuhana cg umudugudu wari wuzuye ibisasu  ati Nawo waturitse  mo ibisasu mugihe barimo guhagarika urusaku nakavuyo byari bigamije kwijira Mukibuga cy'indege nabagizi banabi 

Ibi byongeye gutangazwe nu shizwe umutekano wiki gihugu , 
Tubi butseko nyumaho gato ibyo bisasu biturika nyakubahwa president wasomalia yarasohotse urico ki buga aho yaravuye muruzinduko 

BICISHIJE ABANTU IMIPANGA IBENI MURI CONGO ADF NALU


abantu  batemeshejwe numupanga mu gi hugu cy'a congo bara pfa abandi barako mereka  mugitero cy'agabwe  ninyeshyamba za ADEF NALU uwo mutwe ukaba uko moka mugi hugu cy' Ubugande 
izi nyeshamba ahazakoreye ubu bwi cyanyi bwindegakamere akaba ari mu karere ka BENI-MBAU 
muri kivu ya majyaru guru 

Abapfuye baka ba bari mo abagore babiri numwana umwe wumuhungu ufite imyaka 12 naho abakomeretse bakaba bari muma vuriro mu bitaro cya irngeti.ibibitaro bikaba biraho muri ako karere;
 ukuri ye ibiko rwa byagisi ri kare muri ako gace COL. Celestin NGELEKA  akaba yatangaje ko ingabo za kongo FRDC zahise zi tabara ubwi canyi butara ko meza no mutundi duce dutuwemo 
Akaba atangaza ko kandi ingabo za zatabaye rugikubita zihagarika ubu bwicanyi nu bwo harimo bapfuye . ngeleka yavuzeko ingabo zigihugu zahise ziguma murako gace ka bereye mo ubu bwicanyi aho izo ngabo ziko meje akazi kazo ko guhinga izi nyeshamba zakoze ubu bwicanyi bubabaje 
Muriri yinga ri shize ni bwo kandi uyumutwe wongeye ku vugwaho ubwi canyi bwahitanye aba congo mani ijana<100>bwakorewe muri akagace ka beni ka korewe mo kandi ubundi bwicanyi 


tu bi butseko kandi mugihe izi nyeshyamba za bagande zimaze iminsi muri congo aho zimaze kugirira abakongo mani ibikorwa bibi biko meye imyaka itari mike.muri akagace kandi usanga kari mo amoko .