Wednesday, 11 February 2015

ABAGERA 300 BAHASIZE UBUZIMA

Abantu majana atatu bahitangwe numuhengeri munyanja .ubwo bageragezaga kwambuka baja iburaya bava mugihugu cya Libya . ibi bikaba byarabaye mucyumweru gishize, ubutabazi bwa tabawe nigi hugu cy'ubu taliyani  kunkengero hakaba hamaze kuboneka abantu bane gusa.

Abarokotse muri  aba  batangazako hari andi mato agera kuri ane bahagurukanye ariko kugeza nu yumunsi akaba atara boneka , bakaba bafite impungege konabwo bwaba bwahuye ni ryo sanganya.

Tubi butseko mukwezi kwa cumi nakumwe umwaka ushize ni bwo igihugu cy'ubu taliani cya tangaje ko kitanzongera gutabara abo bimukira ,rimwe nari mwe baza badafite ibyango bwa muburyo bwamate geko ,Ubwo butaba zi bwari bumaze umwaka bukorwa.

UNHCR  iravugako guhagarika ibikorwa byu butabazi bizatuma abeshi bahasiga ubuzima ,