Yadusabye kumubariza iki kibazo muba kunzi b'urubuga Imurenge Niheza ngo mumumare amashaka
n'impungenge yarafite
Umwana w'umukobwa w'umunyamurenge uherere i kinshasa mumurwa mukuru w'igihugu cacu, uyu
mwana w'imyaka 18 utashimye ko dutangaza izina rye yagize ati urubuga Imurenge Niheza nurubuga
dukunda kandi rusurwa cyane nubwoko bwacu nkaba nifuje kuhanyuza icifuzo ngo mukimbarize
abakunzi burubuga bangire inama
ikibazo kiragira kiti; ese koko aya s'amakosa akabije dukorank'abanyamurenge aho usanga umuhungu
ashaka umwana wa musaza wa nyina ariko umwana wa nyina wabo akamwita mushiki we, njewe
byambereye urujijo pe
murino minsi nakunzwe nabasore2 murabo harimwo umuhungu mubyara wanjye mbesd papa ni
nyirarume kandi arankunda cyane nkabibona nubwo nanjye mukunda ariko njyewe murinjye tjr mubona
nka musaza wanjye twonse rimwe
mungire inama mwokabyara mwe murakoze murakarama
(Uyu mwana yasabye inama ngo mumuhe umuco)
byatanzwe n'uyumwana w'umukobwa byandikwa na Rushombo Freddy 15/10/2014
No comments:
Post a Comment