Saturday, 29 November 2014

TURWANYE EBOLA EBOLA IMAZE ABANA BA AFRICA


Ishami ry a ONU ryita ku buzi ma-OMS riravugako  umu bare wabantu  bamaze guhitanwa na EBOLA muri 


Africa  yu burengerazuba umaze kugera kuri 6928.uwo mu bare umaze kwiyo ngera hafi abantu 1000 kuva aho 

OMS itangarije raporo wo kuwa gatatu,
muri uwo mubare harimo kandi nabantu batari bamenyekana bahitangwe ni cyo cyorezo

Abahanga mu bya bavuzi bara vugako igiteye impungege cane nu mu bare wabandura,ugenda wiyo ngera cyane kurusha umaze guhi tanwa nayo ati ku bera ko icyo cyorezo ki genda gifata indi ntera  ikomeye,

Muri Liberiya ho umu bare waba ndura Ebola uri mo kugenda ugabanu ka ariko mu gihugu ca sieraleon umu bare ukaba ukiri hejuru cyaneee

PRESIDENT GOOD LUCK JONATHAN ARAMAGANA BOKOHARAM

IMURENGEHEZA
Perezida wa nigeria aravugako azakora ibi shoboka byose kugirango abakoze ibyaha byo ku gaba ibitero ku musi giti ki gahita na abantu 81 bakuri kirangwe

peresida Goodluck jonathan yasabye abaturage bi bihugu cye ku rwanya umwanzi ubanga miye bose nyumayaho ibi rwanisho bigaragaye mo imbuda ni bisasu ki gabiwe ku musigiti uri mumugi wa Kano kuwagatanu mu majyaruguru yi gihugu. 

Abantu bakahasiga ubuzima abandi ba barirwa mu magana bakahako merekera bikomeye,abategetsi bavugakogisa nibi ndi bitero bisazwe bi korwa na Bokoharam kugeza ubungubu nta mutwe cangwa ibyihebe byari byiyamira ko ari byo byakoze ayo mahano icyo gitero kikaba cya gabwe ku musigiti ukomeye cane urihafi yingoro ya Emir wa Kano uherutse gusaba  abaturage kwitabara mugihe intagondwa zigendera ku matwara  akaze yidini ya Islam zo mu mutwe waboko haram mu gihe zi bagabye ho ibitero,