Sunday, 23 November 2014

ESE KOKO UMURAMBO WA THOMAS SANKARA WATABARUTSE 1987 USHOBORA KUBONEKA

IMURENGEHEZA
IMURENGEHEZA
Perezida w’inzibacyuho muri Burkina Faso, Michel Kafando, yatangaje ko agiye gukoresha iperereza hakaboneka umurambo wa Thomas Sankara wayoboye iki gihugu mbere y’uko yicwa ahiritswe ku butegetsi mu w’1987.

Mu ijambo yavuze mu muhango wo gutangira ku mugaragaro akazi nka Perezida wa Burukina Faso, Kafando yagize ati“Mu izina ry’ubwiyunge bw’igihugu nafashe icyemezo cy’uko hakorwa iperereza hakaboneka umurambo wa Perezida Thomas Sankara.”

Kuva mu mwaka w’1997 umuryango w’iyi ntwari y’Afurika ntiwahwemye gusaba ko umurambo we (Sankara) watabururwa hakamenyakana niba koko ariwe uhashyinguye nubwo ubutabera bwa Burkina Faso butigeze na rimwe bubyemera.
Thomas Sankara ufatwa nk’intwari mu gihugu cye ndetse no muri Afurika yagiye ku butegetsi tariki ya 4 Kanama 1983 afite imyaka 33.
Yishwe kuwa 15 Ukwakira 1987 n’itsinda ryitwaje intwaro riri hamwe n’abandi bayobozi bagera kuri 12, akaba ari Coup d’Etat yari yateguwe n’uwari inshuti ye Blaise Compaoré (nawe uherutse guhirikwa ku butegetsi n’abaturage mu mpera z’Ukwakira 2014) kuko atemeranyaga n’ibitekerezo bye (Sankara). Sankara yishwe ageza ijambo kuri rubanda.
Zimwe mu mpamvu zatanzwe zivugwa harimo iy’uko umubano wa Burkina Faso n’ibihugu by’ibituranyi wari warazambye, aho Compaoré yavugaga ko Sankara yazambije umubano n’ibihugu by’amahanga birimo u Bufaransa na Cote d’Ivoire.
Prince Johnson, wahoze ari umurwanyi muri Liberia akaba yari inshuti na Charles Taylor, yabwiye Komisiyo y’ukuri n’ubwiyunge ko urupfu rwa Sankara rwari rushyigikiwe na Charles Taylor.
Umurambo wa Sankara warashwanyagujwe utabwa ahantu hatamenyekanye. Umuryango we wahise uhunga, Compaore yigarurira byose ndetse anahita ahindura politiki za SankaSankara.
IYI NKURU IKABA ya ravuye KU IGIHE.COM

AKA NAKU MIRO GAKOMEYE GUTUNGWA NUDUHANGA TWABANDI

IMURENGEHEZA
Bafatanwe igihanga c'umuntu bisobanura bavuga yuko aribyo bibatunze
i goma: inkuru idasanzwe mumujyi wa goma haravugwa ubwibyi budasanzwe hakoreshejwe ibihanga by'abantu, kur'uyu wagatanu w'iri yinga turihodusoza abatuye mumujyi wa goma batunguwe bidasubirwaho no kubona itsinda ry'amabandi bafatanwe ibihanga by'abantu bafatiwe muri quartier mapendo ni mumujyi wa goma rwagati
Ayo mabandi akimara gutabwa muri yombi n'abashinzwe umutekano, abantu benshi hamwe n'abashinzwe umutekano bagize amatsiko yo kumenya ico ibyo bihanga babimaza
itsinda ry'ayo mabandi bayobowe n'uwitwa abdul ubwo bari bamaze kubazwa na police ico bamaza utwo duhanga twabantu, dore uko ubisobanuye, umwe muribo yagiz'ati mubyukuri nibyo bidutunze mugihe tubonye igihanga cumuntu turagifata tukagihura kigahinduka ifu tukakivanga n'urumugi bikaba ifu itumuka, tukajya kunzu runaka nijoro tugatumurira munzu ako kanya abaryamye muri yanzu basinzira nkabavuyemwo umwuka natwe tukabona uburyo bwo kwiba ntaco twikanga
Mugihe anene gihugu bamwe baha ngayi kishijwe  nu mutekano batizera wintambara zurudaca, murikariya karere aha se reta izasho bora guhangana naba bantu ,ndoreko atari nyeshamba inkindi wakwibaza aba bakora nkabarozi kumugaragaro ,iki bazo giko mereye buri muturange nagirango tu bwire buri mu ntu wese  ahaguruke arwanye iki ndore co si camoko ahu bwo kireba buri muntu wese mukarere ki biyaga bigari si muri congo gusa  ahubwo byo birako meye abantu nti baki giye bagenda  bo nyine iwabo naho umugoroba wo ni nkaho wakwi bagirana  abana fuzi biga ni mugoroba .mwamagane ibyo bintu nkk bikomeje gutyo ha kwangirika ibi ntu byishyi murakoze kurubu bakaba


 bafungiye kuri station Ya police igoma