Wednesday, 10 December 2014

RUBANDA MUGIHUGU CYUBUHINDE IBITANGAZA ARIGUKORA NTIBISAZWE SOMA AMWE MUMATEKA YATUBWIYE YIWE BWITE .


PR RUBANDA NUMUSEMUZIWE 
samuel ruhibya hagati na mutagoma 
Mugi hugu cy'Ubuhinde mu majyepfo muntara yitwa Tamilinadu chidambaram  ahari hategerejwe umukutano ukomeye cyane ukaba watangiye uyumunsi kugicyamunsi kumasaa kenda yumugoroba aha twa bi butsako Uyumuku tano utegurwa nikanisa ry'abanyeshuri bose biga muri kaminuza yitwa Annamalai University aha itorero rya teguye ikigiterane akaba ari LLF [Lorlds light felloship] rihagara riwe nu mu kozi wimana mutagoma Goudin 
tubibutseko kandi ikigiterane kiba burimwaka. Ubuki kaba kibaye kucuro ya gatatu 3 aho batumira abavuga butumwa batandukanye kwisi kur'Ubu hakaba haratumiwe aba vuga butumwa kuva mu Rwanda abakozi b'Imana babiri ari bo DR.Masengo wa foskwaya aho alarme ministry  ikorera kurubu Hamwe. na bishop prophet RUBANDA ufite itorero nawe rikomeye cyane ryitwa new jelusalem church ribarizwa kuki cukiro ikigali 
Ariko kurubu hakaba harabonetse umuvuga butumwa umwe RUBANDA naho doctor masengo ibyangobwa bikaba byaratumye ataza mwivuga butu mwa ,kurubu agatu tete kose kakaba kafashwe na rubanda bishop ' unuhanuzi ukomeye kandi ubishoboye 

kuvakumunsi wejo Tariki 9 /12/2014 ku wakabiri mugitondo ni bwo bishop Rubanda yasesekaye hano mubuhinde aho aherekejwe na ba diakoni biwe babiri bamufasha burikimwe cyose.  amaze kugera ahabera umukutano igikorwa cyambere yakoze  bwambere yasengeye abakozi b'Imana bamwakiriye ubwo yakomereje amasengesho kunyaja y 'Ubuhinde . aho Imana yamukoresheje imirimo yibitangaza Ikomeye. nkuko bisazwe abakozi bimana bose bajye muriki gihugu babanza kuvumura iyinyajya ikorerwamo imihango itandukanye ya bazimu . akaba yarakomereje mu masoko atandukanye ayasengera murikano karere ka chidambaram, 
Kury'Umunsi wagatatu tariki 10/12/2014 kumasaa yasakenda ni bwo igiterane cytangiye bigeze kumasaakumi nebyiri ni bwo bishop RUBANDA yafashe umwanya wivuga butumwa ry'amuzanye 
bishop rubanda yatangiye yiyegereza abantu bose nkumu byeyi akomeza asoma ijambo ry'Imana  bijyanye natheme  ivugako turabahesha bumugisha . 

AMWE MU MATEKAYIWE YATUBWIYE MAKE 
rubanda yaki jijwe afite imyaka cumi nicenda mbereyogukizwa yarumu pagani  aho yanyoye inzonga zakanyaga mumyaka itatu ndetse nitabi hanyuma azagukizwa ni nabwo yakiriye impano yubuhanuzi aho niwabo  mugihugu cy'acongo yabikoreye ninaho yakirijwe, ati amazegukizwa yafashije beshi abakomeye naboroheje nyuma niho yajye kuza mugihugu cyurwanda aho akorera umurimo w'Imana 
Yatubwiyeko kandi akimaragukizwa mumpano imana yamuhaye yoguhanura ati kumunsi afasha  byibura abantu bagera kuri mirongo itatu300 kubukeya hanyuma twakoze imibare dusanga kukwezi yakira abantu magana icenda 900 naho kumwaka yakira abantu bagera 10.800 atinaho kumyaka  mirongo ibiri nitanu amaze akora umurimo wimana dusanga amaze kwakira abagera 270.000 abo nibo amaze kwakira no gusengera.
akabayatubwiyeko Imana ya mutumye murikino gihugu kubiba  imbuto atikandi iyombuto izakomera izamamara kwisi .aha akaba yabwiye abarahoko ubuzima bwagikirisitu arubuzima buhora muntambara ati kandi iyo umuntu ahora muntambara harigihe ibikoresho bimushira ati nku muchristo bisaba kwegera Imana nkuko niwe mutera nkuga wacu ukomeye 
AHOYAVUZE KURI THEME IJYANYE N,UYUMUKUTANO 
yavuzeko guhesha umugisha abantu nugukora cyane  ati imana ikorana nabakozi apana abanebwe 
ati murabahesha bumugisha mukore muzamanukane amakampani mufashe ibihugu byanyu nimiryango yanyu atikandi muzabikesha kugira intengo mubuzima bwaburi munsi naho kutagira inzozi ntacyomwageraho guhesha umugisha nabandi nugu tekereza kure kurusha abandi samagambo ahubwo nibikorwa aho yajegutanga urugero ko bagashaka buhake baje batuzaniye agakiza batubwira ngo hahirwa abakene ariko umukirisitu agomba kuba yishoboye adategeye amakiriro kubisi ati nibwo uba umuhesha wumugisha . rubanda yakomeje anasengera abafite indwarazitandukanye ahanura akoresheje impano imana yamuhaye igiterane kikaba gikomeje tuzagenda tubabwira kugeza  kirangiye turahibereye .

No comments:

Post a Comment