
Ikipe y’igihugu cya Maroc
yanahanishijwe kutazakina muri iryo rushanwa.
Abategetsi ba Maroc bavuze
ko bati te guye kwa kira iyo mi kino nkuko bari babyiyemeje kubera ko bafite
impugenge batewe n’indwara ya Ebola.
Maroc yari ifite
impungenge ko abafana b’amakipe yo mu bihugu byo muri Afurika y’uburengerazuba
bivugwamo indwara ya Ebola bashobora kuyinjiza muri Maroc.
Ntabwo byari byamenyekana
igihugu kizakira iyi mikino. CAF iravuga ko ikibyiga.