Tuesday, 20 January 2015

KINSHASA IMYIGARAGABYO YATUMYE HABAFUNGA IMIRONGO YATELE PHONE NA INTERNET


Ikinshasahongeye ku ba imyigara gabyo ikomeye ya riri mo abana fuzi beshi aho bafunze ibara bara bana twika ama pine meshi kumuhanda werekeza kuri kami nuza nkuru yigihugu ,

impanvu itera imyigara ga byo ngo nuko hari abadepite bahinduye itegekop ishinga bikazatuma  kabila joseph yongera kwiya mamaza ,bakaba bakoze ibi mandeyi we yakabiri itara rangira 

ku bera ibyo bibazo byinvururu byatu mye muri kinshasa abategetsi bahagarika amatelephe numurongo wa internet ,

 abigaraga bya nti basha ka ko  kabila yakongererwa manda yaga tatu 

UGANDA ABAGORE BAKOMEJWE KWICWA NABA GABO BABO BAZIRA IMITUNGO

Mugihugu cyu bugande  mugace ka Otuke muri paruwase ya Oluru hari gukorwa iperereza na police yicyo gihugu kuru pfu rwomugore wari utwite inda aho bivugwako yishwe numu gabo wiwe amwi cyishije icyuma amusogose.

Mu bi maze gutangazwa nuko uyu mugore nyakwigendera  hokelo warufite imyaka 45yamavuko akabakandi yarafite abana umu nani (8) yabyara nye nu mugabo we ari naweushijwakuba yamwivuganye akoresheje imbugita.yomu bwoko bwa(sikuzagiza) nkuko bi tangazwa muki nya makuru rya Redpapper  ikinyama kuru gikorera muri uganda,umuturanyi wanyakwi gende ra Bosco Odyek ogwang .yatangajeko aba batura nyi bahoraga barwana ba pfa imitungo ahanini uko moka mubuhinzi bakoraga.

Umuvugizi wa police muri ako gace yatangaje ko munda yumudamu bakuyemo umwana warumaze amezi umunani akaba yari umu kobwa,  wapfanye nanyina. atariko kugezanubu umugabo ntabwo araboneka ngo ashikirizwe  ubutabera nkuko bikekwa ko ariwe wahitanye umugorewiwe.

Mugihugu cyubu gande hakomeje kwiyongera ipfu zaba shakanye ku bwishi cane cane muri ako gace .bikaba biterwa ahanini no ku nywa ibi yo bya bwenge bihaba .ni bikorwa byurugomo ,ugasagakandi harimo namakimbirane yumutungo ukoreshwa nabi mu ri ako gace; umwaka ushize kandi muri ikigihugu hagaragaye abandi bagore babiri ba pfuye bazize imitungo,

KAGAME TI KUBA ZARANGIZA MANDA 2017 NTIBIMBUZA GUSINZIRA NAMBA.

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame aremeza ko kuba azasoza manda ya kabiri mu 2017 bitari mu bimuhangayikishije iki gihe, kuko agihanganye n’ibindi bibazo byihutirwa bibangamiye u Rwanda.
Ibi perezida Kagame yabivuze mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri Village Urugwiro kuwa 15/01/2015.
Asubiza umwe mu banyamakuru wari umubajije kugira icyo avuga ku kuba azasoza manda ye ya kabiri mu 2017, Perezida Kagame yagize ati “Ibyo gusoza manda icyo gihe ntabwo biri mu bimbuza gusinzira rwose. Hari ibindi bifitiye Abanyarwanda akamaro kandi nibyo dushyize imbere“.
Muri iki kiganiro perezida Kagame yavuze ko muri iyi myaka ishize Abanyarwanda ubwabo biboneye intambwe y’iterambere bagezeho bakaba kandi bafite inyota yo gutera imbere kurushaho umunsi ku wundi ari nabyo bibashishikaje cyane, ngo ibya nyuma ya 2017 Abanyarwanda ubwabo bazabifataho umwanzuro ubabereye.
Muri iki kiganiro n’abanyamakuru kandi Perezida Kagame yavuze ku ngingo zitandukanye anasubiza ibibazo abanyamakuru bagiye bamubazaho birimo icy’umutwe wa FDLR wahawe igihe ntarengwa cyo gushyira intwaro hasi ntubikore, ariko ubu amahanga akaba asa n’ataritegura kuwambura intwaro ku ngufu nk’uko byari byemejwe.
Perezida w’u Rwanda yavuze kandi ku bayobozi baherutse kwegura ndetse n’abagiye begura mu bihe byashize, ku mabuye y’agaciro menshi ari mu Rwanda benshi baba batazi, iterambere ry’imikino mu Rwanda cyane umupira w’Amaguru, n’ibindi binyuranye.

IHINDUKA RYITEGEKO SHINGA RYABA ARIRYO RYATEJE AKADURU VAYO IKINSHASA

Image result for joseph kabila
Nyuma yaho hongewe utorwa itege ko rye meyrera umu ukuru wigi hugu ca congo kongera kwiyama maza rikaba ryongera no kwemera ko byahindurwa akazi yamamaza mu mwaka 2o17 kurubu byateje umu tekano utari mwiza mu mugi waki Nshasa  aho bamwe bata vugarumwe bako meje imyigaragabyo kumunsi wejo iyo myiga raga byo ikaba yara hitanye mo umu Police umwe  .ibi bikaba biteza umwuka utari mwiza ndetse no muri bamwe baba tegetsi ba congo .hakaba haraguiyemo na bantu beshi bigaraga byaga  .

Mwitora itege ko ryeme rera umukuru wigihugu ko ngera kwi yama maza hakaba aba depute 33 bara byemeje 8 bara ryanga 24 barifata 

aba reba neza inzira Kabila arimo bavugako ntaho itanduka niye ni ya MOBUTU  nkuko ntashaka kuva kubutegetsi binyu ze muzi ra yamahoro ,ibi bikaba bitangazwa niki nyama kuru Africa time  gisese bngura ibijyanye na politic yakarere ka Africa aho bagenda bareba imikorere yagiye iranga bamwe muba yobozi batandukanye ba africa harimo nki bihugu bya Cote d'ivoire  uwahoze ari lorent bagbo aho yakoze bimwe byu buriganya akiyongeza indi myaka itanu yasoje imuguye nabi . bika ba bitanga zwa niki kinyamakuru ko kabila arikunyura muki rari cya mobutu ,muri gahunda yitegeko byari bitegani jwe ko kabila yari kugeza mu mwaka 2016 manda zemewe nitegeko nshiga zikarangira adahinduye itegeko .abandi abaka yobora. ariko mu bigaragara namakenga kubantu bose.

joseph Kabila yageze kubutegetsi mu 2001 abu simbuye yeho se umubyara warumaze gupfa arashwe aho yaramaze imyaka ine kubute getsi gusa ,.aba ba amaze gutorwa muri manda zibiri iyambere ikaba yarato we mu mwaka 2006 iyindi mu mwaka 2011 , ariko tu bi butseko kabia joseph atigeze amaraho inyenshamba nindi mitwe yose irenga nya uburengazira bwamuntu muri congo yakoze byishi ariko akarengane mubantu kara cyarikose,

UKURI KU GUTANDUKANA KUMU HANZI Aline GAHONGAYIRE NU MUGABOWE GABRIEL


 “Yari yambwiye ko azangiriza izina ryanjye” - Gahongayire, 
-  Nari mfite ubutumwa Gahima ambwira ati “Aline nzangiza izina ryawe”
-  Amakuru umunyamakuru yatangaje yayabwiwe n’umugabo wanjye
-  Nyuma y’amezi nk’atatu bakoze ubukwe, umunyamakuru yigeze kwandika ibihuha ko batandukanye
-  Gahongayire ati “Isi itesha umutwe, ariko Imana ntabwo itesha umutwe, nta kibabaje nko gupfusha umwana”
-  Umwe mu banyamakuru avuga ko uku gutandukana kwabo gusiga isura mbi abahanzi


-  “Ndacyamwita umugabo wanjye, kuko turacyafitanye isezerano”

Inkuru y’ugutandukana kwa Aline Gahongayire n’umugabo we yagiye ivugwa mu buryo buteye urujijo, bamwe ntibabashe kuyiyumvisha neza, ariko Gahongayire we yivugiye ko “umugabo we ari we ubwe wayitangarije itangazamakuru.”

Kuva aho hatangiye gutangazwa amakuru y’uko ko 
Gahima yavuguruje ibyatangajwe, ko ngo byari ibihuha n’ukwibeshya kw’abanyamakuru, Gahongayire we yemeje ko “amakuru umunyamakuru yatangaje atari ayo yihimbiye”, ahubwo ko “umugabo we ari we woherereje ubutumwa bugufi umunyamakuru wabitangaje bwa mbere”.
Gahongayire avuga ko ibi byose mbere y’uko biba umugabo we Gahima Gabriel yaherukaga kumwoherereza ubutumwa bugufi bugira buti “Nzangiza izina ryawe ku buryo Isi yose izajya ikugaya.”
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE umunyamakuru watangaje bwa mbere iyi nkuru yagize ati “Umugabo ni we wabinyibwiriye ati ‘nagiye kuri Facebook, nandika ko twatandukanye.’”
Nyuma y’aho ariko haje kugaragara inkuru zavugaga ko Gahima yatangaje ati “Ibyinshi byagiye bitangazwa kuri twe byagiye bivuganwa ukwibeshya” ashimangira ko habayeho ikosa ku banyamakuru babitangaje bwa mbere.
Agendeye ku kuba nyuma y’amezi hafi atatu ashyingiranywe na Gahima hahwihwishijwe ko batandukanye, ariko ababitangaje baza kuvuga ko byari ibihuha ko hari abandi bantu bari babibatumye, Aline Gahongayire avuga ko atazi neza ikibyihishe inyuma nanone.

Agira ati “Icyamuteye(Gaby) nanjye sinzi icyo ari cyo”. Akongeraho ati “Byanyituyeho ariko ndizera ko aho Gaby ari ari kwicuza, kandi byatumye nsobanukirwa n’uwo ndiwe.”
Mu Nzeri Gahongayire yabyariye mu bitaro bya La Croix du Sud umwana w’umukobwa ariko ahita apfa, iki kikaba ari kimwe mu bikomere avuga ko n’ubu acyumva ku mutima.
Agira ati “Ndacyari wa wundi kandi mbereyeho kuguhesha umugisha, ko napfushije umwana, hari ikibabaje nko gupfusha imfura? Ikindi cyambabaza ni igiki? Ndi umunyamugisha kuko nkiriho. Nta kintu na kimwe gishobora gukuraho umunezero wanjye.”

Nyuma y’ibi byose Gahongayire avuga ko kugeza n’ubu umugabo we yafunze telefone atakibasha kuboneka ngo baganire neza ku by’iki kibazo, ariko ko akimufata nk’umugabo we kuko batatandukanye, nk’uko uyu mugabo we yari yabitangaje.