Wednesday, 24 December 2014

IKIGANIRO NUMUHANZI ANDRE MISIGARO BIDATIZE MU RWANDA NDABA NAHASESEKAYE

Umuhanzi Misigaro numu hanzi Ukunzwe cyane muru byiruko  uyu mugabo akaba ariri mba Indirimbo zo kuramya Imana no kuyi himbaza .kurubu akaba atuye kumugabane wa America Muntara ya Arizona  ,uyu mugabo uzwi cyane kubera Indirimbo ziwe zagiye zikundwa cyanee kubera ukuntu ari rimba nijwi ryiza cyane ,

Misigaro kandi yagiye amenyekana cyane aho yagiye akorana na bandi bahanzi batandu kanye hari mo abasore baba nya Rwanda nka Meddy ndetse na the Ben Liliane kabaganza na gabby kamazi. bazwi cyane mu Rwanda ndetse no mukarere kibi yaga bigari,nabandi beshi..

Mukiganiro twa koranye kuri telephone nu mugabo Misigaro twa muba jeje ni ba akiri Ingaragu. adutangariza ko atakiri umusore ahubwo yu batse ndetse akaba afite abana babiri .(2)  Misigaro twaga niriye ku buhanzi bwe ni ba ntacyo buba ngamira umu ryango we atu bwiye ko kuri we nishema nkuko ibyo akora si kubwe ati nu kubera Imana gusa  ni yo mpanvu umu ryango wajye nawo urabyi shimira. ati kuri rimbira Imana ntako bisa iyo u bi koranye umuti ma wawe wose. gusa usanga I kibazo n'Ukubi kora ugami je izindi nyungu . 
Misigaro twa mu bajije indi rimbo ziwe aho azi korera, nuzi mukorera  yatu bwi yeko we afite studio Itunganya indirimbo za mashusho ndetse nizamajwi (audio) iyonzu yumuzi ki ikaba yitwa MORE RECORD.ati ubu nsi nki gorwa naho jya gu tunganyi riza indi rimbo. Izondi rimbo zi kaba zitungangwa na PRODUCER  Licklick .Uzwicyane mu rwanda.  
ADRIEN Misigaro  afite album zibiri (2)amaze gusohora inyishi murizo zikaba zifite amashusho yazo 
Album yambere ikaba yitwa VUMILIA ikaba iriho indirimbo umunani(8) iyakabiri nayo ikaba iriho indirimbo icumi(10) nayo ikaba yitwa NKWITENDE .tu bibutseko nkwitende bayi koreye lumix nabasore THE BEN ndetse na MEDDY ikazaba iza sohoka mwitangira ry'uyumwaka .abaji jwe niba ari umu pastor nkuko beshi ba kunze kubi vuga misigaro ati rekadaaa aseka cyane ati jyewe ndi umuri ribyi gusa sindi pastor .

Tumubaza kuri gahunda afite misigaro avugako bidatize hatagize impinduka nawe atazi mu kwezikwa kabiri(2) umwaka utaha2015 azaba yasesekaye Ikigali hamwe nu mu producer wiwe Lickly lick aho azaba agiye gutunganya Indirimbo ziwe  Tumuba jije impanvu yatuma akorera murwanda kandi afite producer mwiza ni bi koresho byuzuye, yatu byiye muraya magambo ati ;burya murugo ni murugo ,icyambere kubona abana bakora becking nkuko umuhanzi abishaka ntibi kunda rwose ati bira tugora no kubona ahantu ukore ra amashusho nabwo ubona ahantu hatari heza ati ikirere cy'Africa nikizima ,kandi tubadushaka nama shusho ya frica ni yomeza. kubera ikirere cyaho.
ahakandi yatubwi yeko ashaka kuzi fashisha bamwe mubahanzi bakomeye mu rwanda hari mo nkabo bakoranye indirimbo KABAGAZA na gabby kamazi , aba bahanzi nabakozi b'Imana kandi bazi kuririmba mugihetuza fatanya bizaba byiza .bakora baking ,ati kizaba ari gitaramo cyi gitangaza .

Misigaro akaba agira Impano yo kwandika indirimbo ndetse no kuririmba. iyo yandi ka ntabwo yifashisha Bibiriya ,ahubwo biterwa nibiganiro yakoranye nabantu. cyangwa nigihe abantu barimo cyane cyane abana b'Imana icyogihe abona icyo gukora,(inspiration) .

Mundirimbo zuyu mugabo zimwe zaku nzwe cyane harimo NFITE IMPANVU ,(akabayara shimaga imana ikigaza imana yagihaye inkoni yubutware bwiza ).indi ikabayitwa NTACYONZABA akaba yara yi koranye na MEDDY .Misigaro akaba akorera hamwe na baba sore baba nyarwanda the Ben ndetse na Meddy muri More Record ikoreraramo Lickly lick hamwe nu mwana umu curangira ikidari (quitar )uvu musore ucuranga ikidari akaba avukana  numuhanzi Misigaro adrien . tukaba tu mwifuri je ibyiza mwiterambere  imana imuhaze umutimawiwe,

BETHLEHEM ABAKIRISITU BAHAGEZE ARIBESHI

Imbanga zaba kirisi tu bavuye hirya no hino kwisi kurubu bari mu mugi wa Bethlhem aho bemerako Yesu christu yavukiye  Abo ba cristu bose kuru yumunsi bahuriye ku kibuga cya Manger muri Cijordania Ubwo barebaga igiti kinini cyanoheri gitatswe nama bara meshi yibendera rya Palestine 
Imihango ikaba iri burangire mu misa iri bube mwijoro ryu yumunsi wagatatu bu cya ari ku wakane Iyi misa ikaba iri bu bere mwi kanisa ryi tiri we ivuka rya yesu 

Itangaza makuru kwisi rivugako kumunsi wanoheri uzana ituze mubantu bose kwisi Ibi bihe kandi bikaba bitanga ikiru huko kuba kirisitu bose aho usanga, abafite uko mameze kumufuka ba guriye imi ryango nishuti ibintu bishya byerekana ko bishi miye ibihe bagezemo ndetse ukana sanga bahuye nabana na bavandimwe bagasangira nki miry'ango bishimira ivuka ry'umwana yesu .tubifuri je kuzageza indi noheri ya2015 

Ibi bihe biryohera cyane aba kirisitu bo mu burasira zuba aho usanga babanga miwe nikibazo cyintambara