Umuhanzi Misigaro numu hanzi Ukunzwe cyane muru byiruko uyu mugabo akaba ariri mba Indirimbo zo kuramya Imana no kuyi himbaza .kurubu akaba atuye kumugabane wa America Muntara ya Arizona ,uyu mugabo uzwi cyane kubera Indirimbo ziwe zagiye zikundwa cyanee kubera ukuntu ari rimba nijwi ryiza cyane ,
Misigaro kandi yagiye amenyekana cyane aho yagiye akorana na bandi bahanzi batandu kanye hari mo abasore baba nya Rwanda nka Meddy ndetse na the Ben Liliane kabaganza na gabby kamazi. bazwi cyane mu Rwanda ndetse no mukarere kibi yaga bigari,nabandi beshi..

Misigaro twa mu bajije indi rimbo ziwe aho azi korera, nuzi mukorera yatu bwi yeko we afite studio Itunganya indirimbo za mashusho ndetse nizamajwi (audio) iyonzu yumuzi ki ikaba yitwa MORE RECORD.ati ubu nsi nki gorwa naho jya gu tunganyi riza indi rimbo. Izondi rimbo zi kaba zitungangwa na PRODUCER Licklick .Uzwicyane mu rwanda.
ADRIEN Misigaro afite album zibiri (2)amaze gusohora inyishi murizo zikaba zifite amashusho yazo
Album yambere ikaba yitwa VUMILIA ikaba iriho indirimbo umunani(8) iyakabiri nayo ikaba iriho indirimbo icumi(10) nayo ikaba yitwa NKWITENDE .tu bibutseko nkwitende bayi koreye lumix nabasore THE BEN ndetse na MEDDY ikazaba iza sohoka mwitangira ry'uyumwaka .abaji jwe niba ari umu pastor nkuko beshi ba kunze kubi vuga misigaro ati rekadaaa aseka cyane ati jyewe ndi umuri ribyi gusa sindi pastor .
Tumubaza kuri gahunda afite misigaro avugako bidatize hatagize impinduka nawe atazi mu kwezikwa kabiri(2) umwaka utaha2015 azaba yasesekaye Ikigali hamwe nu mu producer wiwe Lickly lick aho azaba agiye gutunganya Indirimbo ziwe Tumuba jije impanvu yatuma akorera murwanda kandi afite producer mwiza ni bi koresho byuzuye, yatu byiye muraya magambo ati ;burya murugo ni murugo ,icyambere kubona abana bakora becking nkuko umuhanzi abishaka ntibi kunda rwose ati bira tugora no kubona ahantu ukore ra amashusho nabwo ubona ahantu hatari heza ati ikirere cy'Africa nikizima ,kandi tubadushaka nama shusho ya frica ni yomeza. kubera ikirere cyaho.
ahakandi yatubwi yeko ashaka kuzi fashisha bamwe mubahanzi bakomeye mu rwanda hari mo nkabo bakoranye indirimbo KABAGAZA na gabby kamazi , aba bahanzi nabakozi b'Imana kandi bazi kuririmba mugihetuza fatanya bizaba byiza .bakora baking ,ati kizaba ari gitaramo cyi gitangaza .
Misigaro akaba agira Impano yo kwandika indirimbo ndetse no kuririmba. iyo yandi ka ntabwo yifashisha Bibiriya ,ahubwo biterwa nibiganiro yakoranye nabantu. cyangwa nigihe abantu barimo cyane cyane abana b'Imana icyogihe abona icyo gukora,(inspiration) .
Mundirimbo zuyu mugabo zimwe zaku nzwe cyane harimo NFITE IMPANVU ,(akabayara shimaga imana ikigaza imana yagihaye inkoni yubutware bwiza ).indi ikabayitwa NTACYONZABA akaba yara yi koranye na MEDDY .Misigaro akaba akorera hamwe na baba sore baba nyarwanda the Ben ndetse na Meddy muri More Record ikoreraramo Lickly lick hamwe nu mwana umu curangira ikidari (quitar )uvu musore ucuranga ikidari akaba avukana numuhanzi Misigaro adrien . tukaba tu mwifuri je ibyiza mwiterambere imana imuhaze umutimawiwe,