Tuesday, 16 December 2014

MUGIHE BARI HAFI KUBURIZA IMODOKA NGO BATAHE BOSIKO BABIKOZE AHUBWO BAHISE BIRUKA BARAHUNGA NTIBASHAKA GUTAHA IWABO M23


Abahoze mu mutwe winye shamba za M23 batorotse inkambi bari bacumbi kiwemo ' ibi bikozwe mugihe hari hiteguwe ubu ryo bwo gucura izimpuzi zigasubira mugihugu cyabo cya congo  ibi bikaba byabaye mugihe leta yakongo yari yagiye gusura izimpuzi uko zicumbikiwe .baka nareba uburyo zatahamo,
Izinyeshyamaba  mugihe zahuze nigihe hari hiteguwe kuburiza imodoka ngo bacurwe nibwo bahise biruka kibuno mpamaguru  bikaba bi vugwako hasigaye abarwayi muri yo nkambi bari bacu mbiki wemo 
Izimpunzikandi zivugako impavu zakoze akagashako kwiruka ati nuko batizera umutekano wabo mugihe bazaba bagejejwe kubutaka bwa congo .

Umuvugizi w'umutwe wa M23 Bertra Bisimwa avuga ko mugihe imodoka zimwe zamakamions zahageze zije gutwa ra izonyeshamba bahise biruka bajya mu misozi iri hafi aho badashaka gutaha.
Yonge yeho kandi abasigaye ko ari abarwayi bananiwe kwiruka 

Kuruhande rw'Ubugande umuvugizi wingabo LT Col Paddy ankunda yatanga jeko imyiteguro yogucura izimpuzi ikomeje,Aho yavuzeko na Br, SURUTANI MAKENGA agomba gusubizwa mugihugu cyiwe agataha .Uyumugabo aka ba yavu zeko amasezerano yana yirobi areba buri wese.

LT COLpaddy ankunda akabayari yavuzeko mugitondo cyuyu wakabiri ko izimpuzi zigomba kwi murwa zikajya nwa ahandi zikimuri rwa hafi yiki buga cyindege cy'Ubugande kiri intebbe.

Ubuyo bozi bwa kongo bwari bwohereje abantu ku girango bunvikane kuri gahunda yo gutaha ariko aba yo bozi buyu mutwe nti babi kozwa nabuke , izinyeshamba zatsizwe nu butegetsi bwa congo zihungira mugihugu cy'Ubugande ndetse nu Rwanda  aho izo nyeshamba zari zimaze umwaka zirwanya ubutegetsi bwa congo  mugihe barwanaga ONU yahoraga itunga agatoki u rwanda ndetse nu b'Ugande ariko ibyo bihugu ntanarimwe byigeze byemera ko bifasha izi nyeshamba. Aho izi nyeshamba  za rwaniraga tu bi butseko ari muburasirazu ba bwa congo .

No comments:

Post a Comment