Friday, 19 December 2014

KENYA KURWANYA ITERABWOBA KENYATA YATANZE ITEGEKO &NIGERIA NAYO BOKO-HARAM IRIHAFI YO GUFATA IGIHUGU

Mugihugu cya Kenya president wi ki gihugu yata nze itegeko ryo kurwanya itera bwoba mur'iki gihugu.
Ubwo umukuru Uhuru kenyata yasi nyaga iritegeko hahise haba Inama yigitara ganya mu nteko Ishiga amategeko muri kenya ibi bikaba  byara baye ku munsi wejo ku wakane  iyi nama kandi ikaba yari rimo umwi ryane udasazwe kubata vuga ru mwe nu butegetsi. ubwo bo bavuga ko kenya igiye gutwarwa  cangwa ku yo borwa ni gipolice.

Naho kubari kuru hande rwa leta bo bavu gako ba  keneye irite geko kugirango ba rwanye ibintu byose byi tera bwoba  harimo numu twe wi nyesha mba za Alsha-babu uko moka muri Somalia. ukaba umaze ni minsi ukora ibitero muri kenya bitandukanye
Kurubu igipolice kira tangaza ko mbere yogu tanga amakuru yi perereza baza jya babanza baka bi bwira abantu ibijyanye na raport yose yitera bwoba 

Bwana kenyata yavuzeko ati; tura cyari mu ntambara zita ndukanye ati kandi twu garijwe ni bitero byitera bwoba ;Iri tangazo ry'umu kuru wa kenya rya nyuze kubi ta ngaza makuru bita ndukanye

Bongeye hokandi ko urwego rushizwe iperereza rwaku viriza ama telephone ya bake kwaho itera bwoba ,uke kwa wese agomba byibura gufu ngwa amasaaha 24 aho gufungwa iminsi363 ataracibwa urubanza. Mugihe kenya yo bimeze bityo

NIGERIA

 Nigeria yakomeje gushe geshwa nibitero bya Boko-haram  ubwo umu vugizi wa leta avugako batewe nabantu bi twaje Imbunda bata zwi ariko aka vugako, ari boko- haram.  nkuko bi vugwa neza bivu gwako agace karimo izinye shamba za Islam bakomeje gutera ubwoba abantu mugace batuyemo .

Boko-hara yatangiye kurwanya leta ya Nigeria mu mwaka 2009  izinye shamba zi kaba zishaka gushi  nga  leta igendera ku mate geko ya ki Islam  tubi butse ko ku cumweru haba ye igi tero giko meye cya ko zwe ari ko ama kuru akaza ku menye kana ku munsi wejo nakane atanzwe naba citse kwicu mu ryaho, ha bere ye inta mbara ubwo ba gera ga mu mugi wa Maiduguri. ari ko kugera ku rubu nta mu twe wari we mera ko ari wo wako ze ibyo bitero mu ri akogace.
kugeza ubu nta bwo hari hame nyekana umu bari wa bantu bashi muswe nizinye shamba doreko abeshi bahunze mugihe intambara yari mo kuba  kandi izinyeshamba zi kunda kujyana abantu zi bashi muse,

SOUTH AFRICA UMUKOBWA WAMBERE MISS YASIMBUWE KU MWANYA WIWE NTAKIBAZO NAKIMWE AFITE



Rolene uherutse kwe gukana ikamba rya miss World 2015 yasimbuwe nu muko bwa waru mwungiri je kuri uwo mwanya mugi he bari mumaru shanwa yi gihugu cy' Afuri kayepfo.
Byari bimenyerewe ko nyampinga asimburwa muri ubu buryo iyo hari imyitwarire idahwitse yagaragaje cyangwa hari amakosa ahesha isura mbi igihugu yakoze. Rolene Strauss we siko byagenze ahubwo yasimbuwe mu rwego rwo guha igihugu cye amahirwe yo kuzitabira Miss Universe 2015 dore ko atemerewe guhagararira Afurika y’Epfo afite ikamba rya Nyampinga w’Isi.
Nk’uko AllAfrica yabitangaje, Ziphozakhe Zokufa wari igisonga cye cya mbere yagizwe Nyampinga mushya wa Afurika y’Epfo ndetse Rolene Strauss ubwe akaba yaramwambitse ikamba ku wa Gatatu tariki 17 /12/ 2014 mu birori byabereye muri Hoteli ya Maslow iherereye mu Mujyi wa Johannesburg.
Ziphozakhe w’imyaka 23 usanzwe ari umunyamideli wiga muri Kaminuza ibijyanye no gukora ibiganiro bya Televiziyo yishimiye uyu mwanya ndetse avuga ko yiteguye gukoresha neza amahirwe yabonye no gukomeza guhesha igihugu ishema.

Yagize ati, “Zari inzozi z’igihe kirekire, nishimiye aya mahirwe ngize yo gukomeza kubera abari n’abategarugori ba Afurika y’Epfo icyitegerezo n’igihugu cyanjye muri rusange. Ni ibintu nahoraga mparanira, niteguye kuzuza neza inshingano”.
Biteganyijwe ko nyampinga Ziphozakhe ari we uzahagararira Afurika y’Efo mu marushanwa ya Miss Universe ateganyijwe kuzabera i Miami muri Florida mukwambere  2015.
Ziphozakhe abaye Nyampinga wa Afurika y’Epfo habura igihe gito ngo hamenyekane uzamusimbura. Gutora uzasimbura Ziphozakhe biteganyijwe kubera kuri Sun City tariki 29/03/ 2015.

INYESHAMBA ZA SUDANI Y'EPFO ZISABA KO PRESIDANDNT WICYO GIHUGU YEGURA KUBUTEGETSI SALVAKIRII

Chimpreports itangaza ko yabonye inyandiko ikubiyemo imyanzuro y’inama y’abayobozi b’uwo mutwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Sudani y’epfo, yateranye hagati y’itariki ya 6 na 12 zukwezi kwa cumi nakabiri, ari na ho harimo ibishya basaba Leta y’icyo gihugu, bikavuguruza ibyumvikanyweho mu masezerano hagati ya Salva Kiir na Riek Machar mu mezi arindwi ashize.
Abagize umutwe utavuga rumwe na Leta ya Sudani y’epfo bayobowe na Riek Machar basaba ko Salva Kiir uyoboye inzibacyuho , ava ku butegetsi, agakurikiranwa n’inkiko ku byaha by’intambara, icya Jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu.
Umuvugizi w’uwo mutwe, Brig Lul Koang, yavuze ko n’Itegeko Nshinga ry’inzibacyuho rikwiye guseswa rigasimbuzwa irindi rizahoraho, rinarengera inyungu z’Abanyasudani y’Epfo muri rusange.
Yagize ati: “Amategeko yose abangamira Demokarasi, imiyoborere myiza n’ubwisanzure bw’itangazamakuru kimwe n’imitwe ya Politiki n’Itegeko rirebana n’umutekano w’igihugu, akwiye guseswa, agahindurwa.”
Ibi kimwe n’ibindi byose bigaragara muri iyo myanzuro, abakurukiranira hafi Politiki y’icyo gihugu babifata nko kunaniza Leta ya Sudani y’Epfo, kuko byinshi bivuguruza imyanzuro yatumye hasinywa amasezerano yategekaga ko imirwano yahagarara ku mpande zombi, hagashyirwaho guverinoma y’inzibacyuho igizwe n’abaminisitiri b’impande zombi.

Riek Machar wari Visi-Perezida wa Sudani y’Epfo, ashinja Salva Kiir ibyaha by’intambara, Jonoside ndetse n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, mu gihe Kiir amushinja kuba yarakabije kugira inyota y’ubutegetsi agashaka kubugeraho ku ngufu, bigatuma Abanyasudani b’inzira karengane bahagwa