Wednesday, 10 December 2014

1914 N' IBWO UMUNYAMURENGE YAHAWE UBWENEGIHUGU NKU MUNYE KONGO



Reka dusobanureho mu camake inko moko ya Banyamurenge aya mateka atangazwa nabamwe mubasaza bageze muzabukuru  abo twita inararibonye mubanyamurenge bazineza inva nivano y'Irizina UMUNYAMURENGE .

Izinararibonye zacu zatangajeko izina umunyamurenge ryashizweho mugihe bitari byo roshe mumwaka 1914 muntambara yisi yambere nibwo irizina ry'Abayeho ,Inara ribonyeziti uyumwaka wabaye amateka kubanyamurenge bose .
Izinara ribonye bomu bwoko bwacu   bwa banyamurenge bagiye bavuga murimake uko imyaka yagiye ibaho ni bya yiraze mu mateka yabasogo kuru infura zimurenge
nko mumwaka 1914 uyumwaka wabaye amateka kw'Isi hose  ndetse no kubanyamurenge muri zaire kurubu niyo yitwa congo kinshasa .
Ndore amwe mumazu yaharanganga icyogihe 
Mumwaka 1914 abanyamurenge bari batuye ruguru ubwo abatahazi kurubu ni mumisozi miremire izwicyane mumisozi yami nembwe nahandi muri hoplateou .aha abanyamurenge bagiye biyambazwa  namahanga muntambara aho intambara y'Isi yarikomeje urugamba aha aba birigi bara yiyambaje cyane mucyitwa effort de guere .
 Aha inara ribonye ritangaza ko abanyamurenge batigeze bajya kurugamba atinkuko bitabarebaga atahubwo iyo ntambara yabazungu ya bajyanye imitungo aho bata nga ga inka ni bimasa kugirango bata jyanwa mu ntambara  atikandi gutwara inka y'umunya murenge byabaga ari bintu biko meye byabaga nko kumukora mu jisho  ati murikigiye nibwo byakomeye abantu bagahunga ndetse bana hungisha imikumbi yinka bari bafite 

Umukambwe yavuzeko atigeze abona umu nyamurenge ujya kurugamba ati kuberako iwabo ntantambara yari hari ati twabonaga abasoda batandukanye bahushuka bajya muntambara atihabagamo aba faransa abasenegale ndetse nabandi birabura batandukanye ubwo bayitanga les tirailleurs.

UKO IMYAKA YAGIYE YICUMA 

Muricyogihe abanya murenge bitwaga abanya rwanda baricyara bashiraho izina umunyamurenge bikorewe munama yakorewe ibukavu  ni b'Uvira bahuye nabandi bose bavuye ruguru mu misozi  . umukambwe yavuze ko irizina ry'Ahiganwaga nandi abiri  Ariyo  ABANYAKIBIRA , n' ABANYENDONDO , Izina Abanyamurenge rizagutwara umwanya wambere aho ry'atowe nabantu beshi bari huriraho ndetse bara ryemeza bose ko bagiye kwitwa abanyamurenge guhera uwo munsi .

Nyuma yaho gato mumyaka itari myishi 1930 nibwo batangiye guhabwa  ibyangombwa nkabenegihugu  ba ZAIRE kurubu abanyekongo  ibyo byango mbwa ni  byo bya menyekanye kurusha ibindi byangobwa bari barahawe na ba koloni  utwo dukaratasi twa mbere twitwaga [IBUNGU]

Mumwaka 1940 nibwo abanyamurenge bahunze cyane kubera ikibazo cyitotezwa na bazungu .nkuko baba fataga kumbaraga bakabahingisha Ipamba,Ikawa ,hamwe ni barabara . ubwo ni bwo bahunze bakwira imisozi banga imirimoyagahato ningufu abazungu babakoreshaga nibwobijiriye imisozi kubwishi .

Mu 1950  nibwo aba biligi batangiye gutwika amazu Yabanya murenge  bakoresheje andi mokoyabenegihugu , abazungu bakavugako impanvu ati abanyamurenge ngo ni abanebwe  ntabakundaga gukora imirimo ivunanye .Ubwo bakoresheje andimoko batwika amazu yaza MIBUNDA .MINEMBWE .kurusha ahandi hose nkuko nabo bifuzaga kuhatura kubera ubwiza karemano hafite .

Mumwaka 1954  abanyamurenge beshi ni bwo bahungiye kundondo ,ndetse nibwo nabandi batangiye kugera ingaji . ubwo ni bwo aba biligi batangiye kubakura munyandiko yabo bareka kubita abenegihugu kubera impanvu zo kuta babona mubiko rwa runaka kubera uburakari batangirakubakura munyandiko avuga amoko atuye muri congo .

Mumwaka 1969  ubwo habaga ibarura rusange rya banyekongo bose  Recencement generale dela population  Nibwo umugabo witwa kabarure yatangiye kumenyekana  ndetse andi moko atangira kandi kwita abanyamurenge abanyarwanda byatewe nababiligi  bana saba ko basubira Irwanda , 
kubera ukuntu bitwaga abanyarwanda nibwo uwari chef  de cabinet bitaga WATAKIZALA yababwiye gukomera kwizina abanyamurenge ntibemere ko bakomeza ku bita abanya Rwanda kandi bari mu yandi moko atuye muri zayire  niko gukomera Kwizina ABANYAMUREGE 

Mumyaka 1970-1980 abanyamurenge nabwo bongeye guhabwa ibya ngo bwa bibemerera ko ara 
benegihugu nkandi moko yose atuye mugihugu bita [ CARTE POUR CITOYEN] muricogihe nibwo habonetsemo agahenge kamahoro 

Mukindigihe kitibukwaneza  haje gutangwa kadidature yokwiyamamaza kuba  comisair du peuple  ubutegetsi bwa mo butu burayanga yumugabo witwa  Mutambo klurubu yitabye Imana. muricyogihe abanyamurenge barigaragambije  bikomeye mwivire ya UVIRA kandi tu bi butseko muricyogihe cangwa kubutegetsi bwa Mobutu kwigaragabya byarikizira ,ariko abanyamurenge babirengaho barabikora bitewe na kababaro bagize , bavugako kandi hari nu witwa Musafiri nawe yatanze candidature bara yanga nabwo bi babaza ubwoko bwa cu tuzakomeza tuyakusanye nimenshi 

ARIKO BIGARAGARAKO ABANYAMURENGE NABA KERA MURI KONGO NIGIHUGU CYABO ,MURAKOZE KUDUKURIKIRA TUZAKOMEZA TUBASHAKIRE UKURI GUHAGIJE KUMATEKA YACU NABACU NINTWARIZACU MURAKARAMA .

RUBANDA MUGIHUGU CYUBUHINDE IBITANGAZA ARIGUKORA NTIBISAZWE SOMA AMWE MUMATEKA YATUBWIYE YIWE BWITE .


PR RUBANDA NUMUSEMUZIWE 
samuel ruhibya hagati na mutagoma 
Mugi hugu cy'Ubuhinde mu majyepfo muntara yitwa Tamilinadu chidambaram  ahari hategerejwe umukutano ukomeye cyane ukaba watangiye uyumunsi kugicyamunsi kumasaa kenda yumugoroba aha twa bi butsako Uyumuku tano utegurwa nikanisa ry'abanyeshuri bose biga muri kaminuza yitwa Annamalai University aha itorero rya teguye ikigiterane akaba ari LLF [Lorlds light felloship] rihagara riwe nu mu kozi wimana mutagoma Goudin 
tubibutseko kandi ikigiterane kiba burimwaka. Ubuki kaba kibaye kucuro ya gatatu 3 aho batumira abavuga butumwa batandukanye kwisi kur'Ubu hakaba haratumiwe aba vuga butumwa kuva mu Rwanda abakozi b'Imana babiri ari bo DR.Masengo wa foskwaya aho alarme ministry  ikorera kurubu Hamwe. na bishop prophet RUBANDA ufite itorero nawe rikomeye cyane ryitwa new jelusalem church ribarizwa kuki cukiro ikigali 
Ariko kurubu hakaba harabonetse umuvuga butumwa umwe RUBANDA naho doctor masengo ibyangobwa bikaba byaratumye ataza mwivuga butu mwa ,kurubu agatu tete kose kakaba kafashwe na rubanda bishop ' unuhanuzi ukomeye kandi ubishoboye 

kuvakumunsi wejo Tariki 9 /12/2014 ku wakabiri mugitondo ni bwo bishop Rubanda yasesekaye hano mubuhinde aho aherekejwe na ba diakoni biwe babiri bamufasha burikimwe cyose.  amaze kugera ahabera umukutano igikorwa cyambere yakoze  bwambere yasengeye abakozi b'Imana bamwakiriye ubwo yakomereje amasengesho kunyaja y 'Ubuhinde . aho Imana yamukoresheje imirimo yibitangaza Ikomeye. nkuko bisazwe abakozi bimana bose bajye muriki gihugu babanza kuvumura iyinyajya ikorerwamo imihango itandukanye ya bazimu . akaba yarakomereje mu masoko atandukanye ayasengera murikano karere ka chidambaram, 
Kury'Umunsi wagatatu tariki 10/12/2014 kumasaa yasakenda ni bwo igiterane cytangiye bigeze kumasaakumi nebyiri ni bwo bishop RUBANDA yafashe umwanya wivuga butumwa ry'amuzanye 
bishop rubanda yatangiye yiyegereza abantu bose nkumu byeyi akomeza asoma ijambo ry'Imana  bijyanye natheme  ivugako turabahesha bumugisha . 

AMWE MU MATEKAYIWE YATUBWIYE MAKE 
rubanda yaki jijwe afite imyaka cumi nicenda mbereyogukizwa yarumu pagani  aho yanyoye inzonga zakanyaga mumyaka itatu ndetse nitabi hanyuma azagukizwa ni nabwo yakiriye impano yubuhanuzi aho niwabo  mugihugu cy'acongo yabikoreye ninaho yakirijwe, ati amazegukizwa yafashije beshi abakomeye naboroheje nyuma niho yajye kuza mugihugu cyurwanda aho akorera umurimo w'Imana 
Yatubwiyeko kandi akimaragukizwa mumpano imana yamuhaye yoguhanura ati kumunsi afasha  byibura abantu bagera kuri mirongo itatu300 kubukeya hanyuma twakoze imibare dusanga kukwezi yakira abantu magana icenda 900 naho kumwaka yakira abantu bagera 10.800 atinaho kumyaka  mirongo ibiri nitanu amaze akora umurimo wimana dusanga amaze kwakira abagera 270.000 abo nibo amaze kwakira no gusengera.
akabayatubwiyeko Imana ya mutumye murikino gihugu kubiba  imbuto atikandi iyombuto izakomera izamamara kwisi .aha akaba yabwiye abarahoko ubuzima bwagikirisitu arubuzima buhora muntambara ati kandi iyo umuntu ahora muntambara harigihe ibikoresho bimushira ati nku muchristo bisaba kwegera Imana nkuko niwe mutera nkuga wacu ukomeye 
AHOYAVUZE KURI THEME IJYANYE N,UYUMUKUTANO 
yavuzeko guhesha umugisha abantu nugukora cyane  ati imana ikorana nabakozi apana abanebwe 
ati murabahesha bumugisha mukore muzamanukane amakampani mufashe ibihugu byanyu nimiryango yanyu atikandi muzabikesha kugira intengo mubuzima bwaburi munsi naho kutagira inzozi ntacyomwageraho guhesha umugisha nabandi nugu tekereza kure kurusha abandi samagambo ahubwo nibikorwa aho yajegutanga urugero ko bagashaka buhake baje batuzaniye agakiza batubwira ngo hahirwa abakene ariko umukirisitu agomba kuba yishoboye adategeye amakiriro kubisi ati nibwo uba umuhesha wumugisha . rubanda yakomeje anasengera abafite indwarazitandukanye ahanura akoresheje impano imana yamuhaye igiterane kikaba gikomeje tuzagenda tubabwira kugeza  kirangiye turahibereye .