Wednesday, 26 November 2014

DRC: Muganga Mukwege yabonye agahembo

Denis Mukwege
imurengeheza
Umuganga w'umu nye congo  Denis Mukwege yatsindiye  igihembo cya SAKHOROV ku burenga nzira bwamuntu kubera ibikorwa bye byo kwita ku bagore bafashwe kungufu mugihe cyintambara mugihugu ce cya congo 

umukuru w'Inteko shinga amategeko w'umuryango wubumwe wu burayi watanze icyo gihembo. yavuzeko Dr.Denis mugwegwe yarwa niye uburengazira mwa bagore mugihugu cya congo  
Aho usanga abantu ibi humbi ni bi humbi  bafashwe kungufu mu myaka itari mike igihu gu ca congo ki maze mu ntambara nacyane cyane mugace cg akarere ku burasirazuba ki basiri we cyane ni ntambara zurudaca ,aha usanga izi ntambara ziva kumoko atuye muri ako karere  ninyeshamba zi va mu bihugu bihana imbibi niki gihugu. aha wavuga nku Rwanda inyeshamba zarwo FDL,irangwa ni bikorwa bibi nkuko basize bakoze amahano muigihugu cabo aho basize ba koze Genocide yakorewe abatutsi . izinyeshamba kandi zigenda zikora ibikorwa byo kwiba nokwica abenegihugu, ba congo,

Hari ninye shyamba zigihugu cyu Burundi Ibo nibeshi bafite Udutsiko twishi duhindagurika, buri munsi usanga uhunze uburundi aruhukira  muri congo ndoreko bana haturiye .bita batwara igihe ngo bahagere kugeza kurubu haravugwa bombori bombori muba yo bozi babo mugihe bari kwitegura ,gushira ho umukuru wigihugu abari ku butegetsi nandi mashaka ntibabyunva kimwe ubwo congo yitegure izindi nyeshyamba shyashya, 
Tu tibagiwe ninyeshyamba za UGANDA ba rwa nya Kaguta Museveni, aba bose Izinye shyambazose. Imyitwarire yabo nimwe nukwica ru bozo kwiba gufatwa kungufu nu bwibyi  
Dr, Denis Mukwege igihembo akaba yagiha we ku bwitange  nurukundo yaga ragaje mugufasha igitsina gore caza ha jwe ni bikorwa byintambara haba iza bene gi hugu ubwabo nizo nye shamba,doctor tumwifurije akazi keza  nogukunda igihugu.

U Rwanda rwohereje indege ebyiri za gisirikare muri Sudani y’Epfo mu butumwa bw’ umuryango w’ abibumbye bwo kugarura amahoro muri kiriya gihugu, UNMISS. Izi ndege ziri mu bwoko bwa Kajugujugu kandi ni nshya.


JPEG - 49.8 kb
umuyo bozi w,ingabo zirwa nira mukirere brigadier General  Joseth demali yifurije
akazikeza ingabo zigiye   kuzabikorana ubu nya muga
Izi ndegezoherejwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, zizakurikirwa n’ izindi ebyiri zishobora gukoreshwa mu mirwano, zikazagenda zisangayo n’ izindi ndege 4 zisanzwe muri ubu butumwa , zikuzuzura indege umunani u Rwanda rwemeye kohereza muri Sudani y’ Epfo.

Umuvugizi w’ingabo z’ u Rwanda, RDF, Brig Gen Joseph Nzabamwita, yavuze ko u Rwanda rubaye igihugu cya kabiri muri Afurika cyohereje indege nyinshi z’ ubutabazi muri Sudani y’Epfo.
Nzabamwita yavuze ko izi ndege zoherejwe " mu rwego u Rwanda rwemereye gutera inkunga Umuryango w’Abibumbye. Zikoreshwa mu gutwara abantu, haba mu butabazi nko ku barwayi cyangwa nk’igihe cy’imyuzure n’ibindi. Abanyarwanda bakwiye kwishimira ko igisirikare cyabo kiri kugira uruhare rufatika mu kubungabunga amahoro ku rwego rwa Afurika."
Kuri ubu u Rwanda rufite itsinda ry’abasirikare barwanira mu kirere 119 bari mu butumwa i Juba muri Sudani y’Epfo, kandi rurateganya ko bazaba 225. Buri ndege mu zoherejwe muri kiriya gihugu, ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 24.