kuba umuyo bozi niki??? ese urabi vukana cyangwa ubyigira kubandi ,iki kibazo nawe wacyibaza ute se haru waremewe kuyo bora abandi .ukabigisha inzira banyuramo ,nkaho batareba . yego kuba.
Umuyo bozi nukuba hari kintu Urusha abandi ,nko kwitanga ukitangira abandi ntunahunge ishingano zawe,ukemera kuba rimwe nari mwe wemera kubabazwa kubera ibyo uhura nabyo bamwe bita akavuyo ugahagarara mushingano cangwa ibibazo.
kuba umuyo bozi sugutunga agatoki bamwe. cyane cyane kubijyanye nabanyedini..
Naho abanye politics bo siko bakora batunga agatoki bo barategeka .
Kuba Umuyo bozi sukwikoreza Imitwaro abo Uyoboye ahubwo ubashakira igisubizo nkuko Wiyemeje kubabera igisubizo cangwa umukozi ,
Ntukisuzugure ngo ntabusho bozi ufite .cyangwa ngo baragusuzugura wiyunviseko ushoboye weguterwa ubwo ba nabo ubona imbereyawe cyangwa ibyo ubona ,nkuko wabayoboye ntanumwe Ubigizemo uruhare.kandi barahari uzakomezanya ubwo bumenyi bwawe .
Umuyobozi mwiza agombakuba azi amakuru nyayo atabwiwe yimbarirano kukintu runaka ahubwo bi babyiza iyo ukizi neza; 'nimpanvu bibaho ukabishakira umuti bitarajya muruhame rwabantu
Umuyobozi kandi ahora yiteguye guhora ahanganye ni bibazo .byose ashobora guhuranabyo,
Bibabyiza iyo umuyobozi atabangamiye abo ayobora mugihe bagaragaje impanozabo mugihe runaka cg mugihe bunva bashoboye gukora ikinturunaka runaka .kizima giteza abandi imbere nabo ubwabo.
Ibintu biranga umuyo bozi mwiza ....
1,umuyobozi mwiza yemera inshigano Ziwe (resposebility) ntazishire kubandi ntabwo azihuza nibindi bintu uza mubwirwa nuko .adatunga agatoki abandi aho yavuga ngo ibinibi ni runaka wabiteye cangwa kanaka.usanga yahagaze munshingano ziwe neza .akaba yani tangira abo ayoboye ,mugihe cyose bibaye ngo bwa .
2,umuyo bozi mwiza ahora mu bibazo byishingano ziwe yatorewe ,umuyo bozi wanga cyangwa uti nya ibibazo ntabwo aba ari umuyobozi ntacyo yageza kubo ayobo nko kuba intinyamaso cyangwa kwanga kuvuga ukuri ,
3.umuyo bozi nyawe ahora asoma ibyanditse kugirango arebeko yazana impinduka kumirimo yiwe .abantu nti bazigera bagukuri kirana cangwa ngo bakugane mugihe ntampinduka zima wakoze . ntibishoboka ko wayo bora umuntu ukurusha ubumenyi akureba mumutwe akunyuza mo ijisho .
Ntabwo abantu bagukurikira kuberako bagukunze bagukurikira kubera icyo bagukuraho gituma haraho bagera mumibereho yabo yaburi munsi kugira igende neza,nicyo gituma umuyobozi wese agomba guhora ari maso asoma kugoirango arushe abo ayobora amakuru cangwa nibindi byimpindura matwara binogeye abantu,
4,Umuyo bozi nyawe ntiyikoreza imitwaro abo ayo boye batabasha kwikorera ahubwo arabareka bagakoresha ibyo bafite kugirango amenye buri muntu icyo ashoboye kugirango umenye neza uko ugomba gukora neza ishingano zawe .rimwe narimwe urabareka bagakora amakosa kugirango mubyigireho ,Umuyobozi mwiza ntabwo akandamiza abo ayoboye yitwaje icyubahiro cyiwe ahubwo aharugari abayo borwa,bagatekereza bakarema ibyo bashoboye kuba batekereza,
5,Umuyobozi mwiza agoira imitekerereze itandukanye niyabandi,Umuyobozi mwiza ahora yihangana agategereza, umuyobozi mwiza nubona akavuyo akabibona mo gushira mubikorwa inshigano ziwe cangwa akabibona mo ibisubizo mubanyedini batanga urugero rwumupfu yesu yazuye mugihe abandi babi bonaga nkibyarangi yesu akamubonawe uwomu pfu nkumuntu muzima ubwo yamusengeranga akazuka , nuko umuyo bozi agaomba kuba ari maso
Murakoze murakarama.
No comments:
Post a Comment