
Nyuma yo kunva ijambo ry’Imana Bishop prophet RUBANDA
yana yoboye umuhango wokwimika cyanga gusei bakaba ab uyoboye pastor uyo
boye ministeri ya LLF . mbere yo gusenga yashimiye
abaraho,avuga nijambo ryimana hejuru
yintambara umu kirisitu ahuranazo iyo amaze gukizwa cangwa iyo amaze
kwimikwa,kuba Umushumba ,yasomye mu
baefeso 6:10-18 . Ati umucristo arwana
nasatani akarwana numubiri kandi ni bintu bibiri bigoye ariko iyo ubinesheje
ubahoneza , at’ Inzira yasatani nini iragutse ati kandi numuharuro mwiza , ati bamo ibintu bitandukanye bimwe ,nkukubesha
gusambana kwiba gukuramo amada kurwana ,gusenya Ingo , Intonganyi ,kurengwanya
,Ubwicanyi ,n,Ibindi bitandukanye ati
abanyedini niho babarizwa ,ndetse nabatagira Uburere , ntiya hereye aho gusa
yavuze nabanya mwuka abayoborwa numwuka ,inzira yumwuka ninzira ifunganye kandi
ninzira ivunanye,isaba gutungana rwose ,
yaso banuye imiri moyaka mere nimi rimo Imana yishi mira , yavuze ku bantu Imana ihama gara ati harimo ibi cebi tatu abanyabwenge nabakire nkuko abantu ba zaba gana bakuri
kiye ibyo byombi ha ba ubu tunzi nubwenge musa bwe kugira ubwenge ndetse
mugashaka ubukire


Nyuma yijya mbory’Imana hakurikiyeho umuhango wogu
sengera abashumba mbere yo kubasengera ni bwo RUBANDA yabajije kuganira nabantu bose abaso banu
rira neza umushumba cyangwa umu pateri niki?
Ati nkuko yako meje yunva abantu beshi babita pasteri paster ntiya sobanukirwa ati kandi umu pasteri
numuntu ufite itorero ayoboye haba kurusengero ibukuru umushumba agombakuba
umwe ati kandi niba harini kijiji nabwo
hago mbakuba undi mu shumba umwe yatanze
urugero rwiza aravugango umushumba uragira umukumbi winka atereka ipfizi imwe
ati yo tubaye utumasa twishi twimya inka
nabi zikaramburura ati ni yo mpanvu
hagomba kuba ipfizi imwe ,ati no mwi torero niko bjyabimera abandi na bunganizi
atim yo umuntu asengewe ku bu shumba ntabwo ari byumwaka umwegusa ahubwo ni
byigihe cyose cy’ubuzima bwawe bwose.abandi nabunga nizi biwe bakorana muri commite
executive gusa ariko si abapastor nkuko ntamatorero bayoboye

Mugihe LLF yo baribi teguye gusenge
rwa nkaba pastor batandatu ariko byaje gusobanuka hasengerwa umushumba umwe
uyoboye ikanisa ry’ose bana musengera bamusuka ho amavuta umushumba
mukuru MUTAGOMA Goudin , abandi
basengewe nkaba diakoni bikanisa ,nabayo bozi ba madepaertement . ariko bagakomeza kuba mushingano bari barahawe , hasengewe numuhanuzi umwana muto prophete Samuel
SIBOMANA nawe akabayarasutsweho amavuta
numuhanuzi mugenziwe bishop prophetic RUBANDA
aho yamubwiyengo azavuge icyo imana yamubwiye abe aricyo azakora ,
ntabwo ahawe impano yo gusenya cangwa kuyobora amakanisa akazikiwe nuguhanura.
Nyuma yogusengera abayo bozi
hakuri kiyeho gaho haje kugerwaho umuhangowokumurikira abakunzi ba MUTAGOMA
igitabo yanditse cyitwa MBA naribagiranye mu myaka 28 ishize,ikigitabo kikaba
kirimo inyigisho zitandukanye harimo indi rimbo zuyu musore zitandu kanye , ni
byigisho ndetse namasengesho byafasha abantu beshi kuba biso mye bavu zeko kiziye igihe. Bikaba byarangiye
dusezeye rubanda.
No comments:
Post a Comment