 |
Imurengeheza |
Mugihe,nkiki nu bwo bitoroshe ngo bi vugwe cangwa ngo bishirwe mu b'Ikorwa ariko, bigomba kuza korwa byaze bikunze nkuko niyo tugana ntabwo ndufite gusubira, inyuma , nu bwo ibinduca intenge bitobura.Ariko na gushishika riza gukunda kumenya, nokwita,kubyo,abanyamurenge bagezeho ,nuko babigezeho,,kandi twishi mire inta bwe imaze kugerwaho nkuko igaragarira buri muntu,wese . kuva nakera abanya murenge ba gira umuco wokwiteza imbere, bagana aheza , bashaka,kumenya , ibyo byose ni bo ba bikora ntamuntu uvuye hanze ngo abi bakorere, nko kwishakira umutekano ,kubaka amaso mo yabana, ibitaro, ni bindi bikorwa byu bworozi,nibyo bakora ubwabo ntankuga yamahanga,ibafashije,kugeza nubu haribyishi bikomeje gukorwa , nabo ubwabo kubera gushira hamwe nko kubaka ivireya minembwe,ifite iposta ikomeye murikariya karere, hamaze kuba kandi ivire ikomeye yitirirwa Abanyamurenge kandi niko bi meze niyabo,bikomeje gukorwa, nabaga bo bakunze igi hugu nabana baco.
Harigihe abantu bavuga imurenge ukangirango hara banya murenge hatareba buri wese ashobora kuvuga ngo naha banyiraho bahatuye ariko siko bimeze,ufite inko moko wese muri kariya karere bira mureba. ntitwareka gushi mira abafite umutima wogufasha no gusana ,akarere kacu nkoba bikora nurukundo rukomeye aho usanga babikora ataruko babonye ibya mirenge twashimira amatorero yagize uruhare rukomeye muku bunga bunga u busu gire ndetse numutekano mukarere ariko reka dushimire itorero CELPA kurubu akaba ariryo rya fashe iyambere mugukora kandi ibikorwa bihesha agaciro imurenge nabanyamurenge bose aho baguze ama jaja , umuyo bozi mumagambo make SEBAHIZI UhagarariyeCELPA .
MUKARERE KITOMBWE, SEBAHIZI SEMUTUMWA,Theophile agize ati ayo majaja atanzwe ni kanisa.. aje yiyo ngera ku bindi bikorwa Iryokanisa rikora byogufasha abaturage bo murakokarere ,Ibi bi korwa bakora ati hari no gusakara amakanisa yacu, amasomo, ni bitaro ati ndetse dutanga na bource{ burusr} zo kwiga ubu vuzi cg ikigaga, kubantu batanu burigihe, murwego rwo kwiteza imbere..nukoyadutangarije.
Aha wakwi baza byishii utapfa, ku bonera umutivuba
1. ese aba baturage ni bo basho boye gusa?? ??
2.ese urwego tugezeho nubu buryo Iwacu hateramo imbere???
3.nuyu mu vu duko twaka gobye ku genderaho???
4.ese turindire reta ngo ariyo iza dufasha kandi du fite ingero turebera ho ntaso ni byadutera buriya .
iterambere ni ryiza pe nta wuryanga ariko haribi banza nu bwo bidakunda kubaho ngo bikorwe. Nkamasomo nishi ngano za reta muku bikora neza. nu Buvuzi nkuko Umuyo bozi wese utorewe kuyo bora Igihugu ni byo bintu, avuga mu gihe, yi ya mamaza ashaka amajwi ariko siko bigenda ,nu kubera ko muba muta mutoye,? cyangwa nuko aba atabibonye? ko mukarere bikenewe, aha mu gihu gu cacu ,
Nakwi bariza abasore cg uru byiruko cg umuntu wese wunva ko afite Inkomoko kandi yunvako afite, umutwaro,wo gutaha cangwase guteza imbere akarere ki wacu nukwemera tugaha guruka nta mususu tutishisha twange uyu mu vuduko nkuko akarere ntaho kagera.nawe munya murenge nta gaciro wagira udafite aho uko moka hagaragara gutera imbere kwi wacu niwanyu nishema ryawe najye,cg
nguko mye urusyo akoma ni ngasire ni ko abanyarwanda bavuga bi maze kugaragara ko hari beshi bakomeye ,kandi babashije ,kugira icyo bakora ,haba mugihugu, hagati,ndetse nohakurya yi mi paka ya congo abo bose ninvukire zo mukarere bafiteku ba batujaimbere mu bikorwa byi bura umuhanda ugatangira reta bavuga ni ba byara yi naniye ikabonera ho nkk reta niuwewe nijyewe , nkurubu
Turahantu hatandukanye kwisi aho tuvuga ngo dufite igihungu twahawe n;Imana dushwiragira imishwaro ni bayara gitanze mutakirimo mwunvako bizagenda gute ?,shuti zi gihugu shutiza jye nu bwo byageze gutyo ukisanga aho uri umenyeko inkungaya we irakenewe mu guteza imbere imurenge ndetse na congo yose murirusange, ,murye muryoherwe mwishime ariko agaciro ku muntu ni wabo avuka. ,muzaza mu bikora ni muryama murote imurenge na congo nkuko tawe uza fata iyambere ngo aze guteza Imbere iwanyu mwebwe mudahari banyiraho, wewe uko meze wakwibaza uti nakora iki kuba uriho ninkunga iko meye kuritwe na bomukarere ndetse nigihu caku byaye
DUTUNGE DUTUNGA NIRWE DUSENGE DUSENGERE IMURENGE NABAHO.
MURAKOZE MURAKARAMA