Sunday, 12 October 2014

waruzi itorero cg ikanisa   ry imurenge ryambere   kurikira ho mucamake uko byagenze.

nukuntu bamwe babigize intambara mubwoko bwacu bitari bikwiriye rubyiruko nimwe mugomba gufata iyambere mukurwanya ibintu nkibi  bidusenye ye kugeza kuruyu munsi


Hariho icaha kitababarirwa


Ikanisa rya cepeza muri congo riri mumakanisa yabayeho mbere , iri kanisa rifatwa nk'IREMBO
abanyamurenge binjiriyemo igihe bakiriye agakiza
Nyuma iri kanisa ryaje gucikamo kubera ubwumvikane buke bwagaragaye mubayoboke, igice kinini
cavuye muri cepza nico caje kwitwa cadza guhera ubwo cepza ivuga ko itenze cadza, ukw'iminsi yagiye
icanamo niko benshi mubayoboke ba cadeza bagiye biyumvisamo ko bagomba gusaba imbabazi
bakababarirwa bityo bakarushaho gusabana muri byose, kuva ico gihe cepza ntiyabikozwaga yanze gutanga imbabazi kugeza na bugingo nubu, ntibaterana nabandi ntibavuga rumwe nandi matorero agaragaza ubusabane na cadzacepza uku kudahuza nandi makanisa amaherezo yayo azaba ayahe?
rubyiruko nimwebwe torero ry'ejo hazaza muzemera gukomeza kugendera munzira yo kudahuza y'iki
kizazi caba data?
tubivuzeho muncamake.

No comments:

Post a Comment