Papa Fransisco yatunguye benshi mubatuye isi ubwo yaramaze gusoma ibyari kumurongo w'ibyigwa I vatican
Umukuru wa kiriziya gaturika kwisi Papa Fransisco yatunguye benshi mubari bitabiriye inama ye i vatican
ubwo yaramaze gusoma ibiri kumurongo w'ibyigwa (ordre du jour) yaramagambo 3
Papa yavuze ko muri kiriziya hagomba kwemezwa itegeko ryemera gutandukanya abashakanye mbese
gusinya ubutane (divorce)
Papa yavuze kandi ko itegeko ryo gushakana bahuje ibitsina rigomba kwemerwa muri kiriziya gaturika
Papa yarangirije kw' ijambo rihangura abantu gusambana ariko bakoresheje agakingirizo (prudence)
kuko ngo biri muburyo bwo kwikingira
abantu imbaga nyamwinshi batuye isi batunguwe no kumva aya magambo yari kumurongo wibyigwa
yashizwe kumeza n'uyu muyobozi wa kiriziya kwisi papa Fransisco
benshi bagiye bavugako ibi bihe tugezemo bati nibyabihe intumwa y'imana pahoro yavuze
No comments:
Post a Comment