Sunday, 12 October 2014

Papa Fransisco yatunguye benshi mubatuye isi ubwo yaramaze gusoma ibyari kumurongo w'ibyigwa I vatican


Papa Fransisco yatunguye benshi mubatuye isi ubwo yaramaze gusoma ibyari kumurongo w'ibyigwa I vatican

Umukuru wa kiriziya gaturika kwisi Papa Fransisco yatunguye benshi mubari bitabiriye inama ye i vatican 
ubwo yaramaze gusoma ibiri kumurongo w'ibyigwa (ordre du jour) yaramagambo 3
Papa yavuze ko muri kiriziya hagomba kwemezwa itegeko ryemera gutandukanya abashakanye mbese 
gusinya ubutane (divorce)
Papa yavuze kandi ko itegeko ryo gushakana bahuje ibitsina rigomba kwemerwa muri kiriziya gaturika
Papa yarangirije kw' ijambo rihangura abantu gusambana ariko bakoresheje agakingirizo (prudence) 
kuko ngo biri muburyo bwo kwikingira

abantu imbaga nyamwinshi batuye isi batunguwe no kumva aya magambo yari kumurongo wibyigwa 
yashizwe kumeza n'uyu muyobozi wa kiriziya kwisi papa Fransisco

benshi bagiye bavugako ibi bihe tugezemo bati nibyabihe intumwa y'imana pahoro yavuze

No comments:

Post a Comment