Tuesday, 20 January 2015

UGANDA ABAGORE BAKOMEJWE KWICWA NABA GABO BABO BAZIRA IMITUNGO

Mugihugu cyu bugande  mugace ka Otuke muri paruwase ya Oluru hari gukorwa iperereza na police yicyo gihugu kuru pfu rwomugore wari utwite inda aho bivugwako yishwe numu gabo wiwe amwi cyishije icyuma amusogose.

Mu bi maze gutangazwa nuko uyu mugore nyakwigendera  hokelo warufite imyaka 45yamavuko akabakandi yarafite abana umu nani (8) yabyara nye nu mugabo we ari naweushijwakuba yamwivuganye akoresheje imbugita.yomu bwoko bwa(sikuzagiza) nkuko bi tangazwa muki nya makuru rya Redpapper  ikinyama kuru gikorera muri uganda,umuturanyi wanyakwi gende ra Bosco Odyek ogwang .yatangajeko aba batura nyi bahoraga barwana ba pfa imitungo ahanini uko moka mubuhinzi bakoraga.

Umuvugizi wa police muri ako gace yatangaje ko munda yumudamu bakuyemo umwana warumaze amezi umunani akaba yari umu kobwa,  wapfanye nanyina. atariko kugezanubu umugabo ntabwo araboneka ngo ashikirizwe  ubutabera nkuko bikekwa ko ariwe wahitanye umugorewiwe.

Mugihugu cyubu gande hakomeje kwiyongera ipfu zaba shakanye ku bwishi cane cane muri ako gace .bikaba biterwa ahanini no ku nywa ibi yo bya bwenge bihaba .ni bikorwa byurugomo ,ugasagakandi harimo namakimbirane yumutungo ukoreshwa nabi mu ri ako gace; umwaka ushize kandi muri ikigihugu hagaragaye abandi bagore babiri ba pfuye bazize imitungo,

No comments:

Post a Comment