Mwijambo rya ri maze igihe kirekire ritegerejwe nyaku bahwa mi nistre Devid Cameron yavuzeko infashanyo zatumaga ubwo ngereza bukurura abakozi bab'imukira zigomba ku gabanywa.
umu yobozi mukuru wigihu gu cy'ubwongereza devid Cameron yatangajeko abo bakozi bagomba kuzaza bategereza imyaka ine nyuma yo kubona iyo nfashanyo igenwa ni gihu gu cyu bwongereza
Miniter Cameron Devid yavuzeko kandi abi mukira bo mubi hugu by'umuryango w'Uburayi bagomakuzajya bahabwa akazi mbereyo kuza muriki gihugu cyu bwongereza.
yana tangaje ko kandi abanyamahanga bashaka akazi bagomba kuzajya basubizwa Iwabo mbereyuko bamara amezi atandatu batara bona ako kazi .nkuko ntabwo bifuza abidegebya ntacyo bamara mu gi hugu cyu bwongereza bongera invururu.
Bwana Cameron yavuze ko kandi ubwongereza bu gomba gu kora byinshi ku bi mukira ati kandi iki ki bazo ki go mba gikemurwa mu buryo bu boneye bu tari mo guhutaza buri muntu wese .
No comments:
Post a Comment