Saturday, 29 November 2014

TURWANYE EBOLA EBOLA IMAZE ABANA BA AFRICA


Ishami ry a ONU ryita ku buzi ma-OMS riravugako  umu bare wabantu  bamaze guhitanwa na EBOLA muri 


Africa  yu burengerazuba umaze kugera kuri 6928.uwo mu bare umaze kwiyo ngera hafi abantu 1000 kuva aho 

OMS itangarije raporo wo kuwa gatatu,
muri uwo mubare harimo kandi nabantu batari bamenyekana bahitangwe ni cyo cyorezo

Abahanga mu bya bavuzi bara vugako igiteye impungege cane nu mu bare wabandura,ugenda wiyo ngera cyane kurusha umaze guhi tanwa nayo ati ku bera ko icyo cyorezo ki genda gifata indi ntera  ikomeye,

Muri Liberiya ho umu bare waba ndura Ebola uri mo kugenda ugabanu ka ariko mu gihugu ca sieraleon umu bare ukaba ukiri hejuru cyaneee

No comments:

Post a Comment