Ishami ry a ONU ryita ku buzi ma-OMS riravugako umu bare wabantu bamaze guhitanwa na EBOLA muri
Africa yu burengerazuba umaze kugera kuri 6928.uwo mu bare umaze kwiyo ngera hafi abantu 1000 kuva aho
OMS itangarije raporo wo kuwa gatatu,
muri uwo mubare harimo kandi nabantu batari bamenyekana bahitangwe ni cyo cyorezo
Abahanga mu bya bavuzi bara vugako igiteye impungege cane nu mu bare wabandura,ugenda wiyo ngera cyane kurusha umaze guhi tanwa nayo ati ku bera ko icyo cyorezo ki genda gifata indi ntera ikomeye,
Muri Liberiya ho umu bare waba ndura Ebola uri mo kugenda ugabanu ka ariko mu gihugu ca sieraleon umu bare ukaba ukiri hejuru cyaneee
No comments:
Post a Comment