kuri rino yinga rishize inama yabakuru bibihugu na leta bigize umuryango wibihugu bivuga ururimi ruvuga igifarnsa .iyo nama ikaba yara bereye Idakar muri Senegal,
Iyinama ikaba yaratoye MICHAEL Jean womuri canada kuba ariwe uyo bora irihuriro cyngwase umuryango . uyu muyo bozi akaba asimbuye nyaku bahwa Abdoul Diouf warumaze imyaka 12 kuri uwo mwanya MICHAEL jean akaba ari nawe mugore ubaye uwambere uyo boye uyumuryango uvuga ururimi rwigifaransa.
Uyumu gore akaba yaravukiye mugihugu cya Haiti nyuma nyuma bajye guhungi ra mugihugu cya cananda mugihe cyintambara muri haiti ndore ko ari naho yakuriye yigiye mu busorebwe bwose bakaba bara hunze mu myaka 196o
ahakandi yajye ku ba governeri mukuru wa Canada
mubakandida bahatanira nga uwo mwanya hari uwahoze arumukuru wi gihugu cyu burundi PIERRE BUYOYA,, JEAN CLOUDE DEL'Estrac wo muri Ile mourice na HENRI LOPES wo muri Congo brazzaville.
Hnyuma uwajye gutsindira uwo mwanya akaba aru mugore witwa michael jean doreko ariwe wahabwa nga amahirwe meshi uyu muyo bozi wa ofm ndoreko afite isahyi ngana ziko meye zo gushira ho icyerekezo cyuwo muryango agashiraho u buryo baza korana kugirango ibihugu bivugabyose bivuga igifasa bibe byakorera hamwe ndetse bigafashanya nomwiterambere tu mwifurije akazikeza numwete noguteza umugabane wa africa imbere
No comments:
Post a Comment