IMURENGEHEZA |
peresida Goodluck jonathan yasabye abaturage bi bihugu cye ku rwanya umwanzi ubanga miye bose nyumayaho ibi rwanisho bigaragaye mo imbuda ni bisasu ki gabiwe ku musigiti uri mumugi wa Kano kuwagatanu mu majyaruguru yi gihugu.
Abantu bakahasiga ubuzima abandi ba barirwa mu magana bakahako merekera bikomeye,abategetsi bavugakogisa nibi ndi bitero bisazwe bi korwa na Bokoharam kugeza ubungubu nta mutwe cangwa ibyihebe byari byiyamira ko ari byo byakoze ayo mahano icyo gitero kikaba cya gabwe ku musigiti ukomeye cane urihafi yingoro ya Emir wa Kano uherutse gusaba abaturage kwitabara mugihe intagondwa zigendera ku matwara akaze yidini ya Islam zo mu mutwe waboko haram mu gihe zi bagabye ho ibitero,
No comments:
Post a Comment