Saturday, 29 November 2014

PRESIDENT GOOD LUCK JONATHAN ARAMAGANA BOKOHARAM

IMURENGEHEZA
Perezida wa nigeria aravugako azakora ibi shoboka byose kugirango abakoze ibyaha byo ku gaba ibitero ku musi giti ki gahita na abantu 81 bakuri kirangwe

peresida Goodluck jonathan yasabye abaturage bi bihugu cye ku rwanya umwanzi ubanga miye bose nyumayaho ibi rwanisho bigaragaye mo imbuda ni bisasu ki gabiwe ku musigiti uri mumugi wa Kano kuwagatanu mu majyaruguru yi gihugu. 

Abantu bakahasiga ubuzima abandi ba barirwa mu magana bakahako merekera bikomeye,abategetsi bavugakogisa nibi ndi bitero bisazwe bi korwa na Bokoharam kugeza ubungubu nta mutwe cangwa ibyihebe byari byiyamira ko ari byo byakoze ayo mahano icyo gitero kikaba cya gabwe ku musigiti ukomeye cane urihafi yingoro ya Emir wa Kano uherutse gusaba  abaturage kwitabara mugihe intagondwa zigendera ku matwara  akaze yidini ya Islam zo mu mutwe waboko haram mu gihe zi bagabye ho ibitero,

No comments:

Post a Comment