Monday, 8 December 2014

MUSEVENI ATI ABATURAGE BA UGANDA NIWE BIFUZA GUSA KUBUTEGETSI


president Kaguta museveni aratangaza ko abaturage bigihugu cye kobifuko akomeza kubayo bora avugako ngo nikimenyi menyi nuko manda imwe ishira baka mwongera indi  
Ibimuseveni akaba yara bitngarije imwe mu maradio akorera mugihugu cya Uganda radio yitwa Capital FM , aha akaba bakunze gukora ikiganiro cyitwa Capital Gang talk, kikaba cyara kozwe kuru yu wagatandatu ushize .
Museveni yagize ati ,sintekerezako abaturage ba uganda bahangayiki shi jwe nokuva ku butegetsi kwajye nkuko iyo manda  yajye irangiye harimiriyoni nyishi zabaturagezongera zika ngirira ikizere zika ntora.

Kurundiruhande ariko Museveni avugako abaturage bara mutse ba musabye kutabayobora yabyu bahiriza  nkuko atabuze ikindi yakora  nkuko afite ishyaka akomoka mo. ati kandi akagira nibindi bikorwa byamajyambere yakora agakomeza akabaho neza .
Umunya makuru amubajije kubyo kweguza Mbabazi . Museveni yamu bwiye ko  ibyokuvugira Mba bazi bitamureba ati nkuko museveni na Mbabazi  babaye ishuti kuva kera nuriya munyamakuru atari yavuka wamubazaga, ati bi tyo ntagomba kumu baba rira kuru sha museveni 

president Museveni arimubayo bozi muriki gihe bavugwaho gushaka guhindura itegekoshinga ry'igihugu gokugirango bazabone uko bongera kwiyamama riza ubutegetsi biragoye kumugabane wa africa kuba uri umuyo bozi kugirango amatora agutsinde , bivugango bahindura itegeko shinga bashaka kugundira ubutegetsi .

No comments:

Post a Comment