Saturday, 6 December 2014

MURWANDA GUKUSANYA AMATEGEKO NO KUVUGURURA AMWE YARASANZWE

Murwanda Itsinda ryabanya mategeko rihagarariwe na Avocat Isai Muhayimana ryashize hanze igitabo gisha giku biyemo amategeko masha yavuguruwe nyumayaho babonyeko bitaki cy'orohera abayakenera kuyabona yose ahurijwe hamwe mugihe bagiye kuyakoresha kandi barenye neza amategeko ajyanye niguhe tugezemo kurubu bakaba bahereye kuyarebana nu bu komeretsa numutungo .mukiganiro Isai yakoranye nitangaza makuru ndoreko ari we uhagarariye iritsinda ryabavocat 

Yatangajeko bagize ikigitekerezo nyuma yaho baboneye ko bisigaye bigorana kubafite aho bahurira nokwifashisha amategeko mumirimo yabo yaburi munsi ;kumenya aho baya shakira naho bayasanga. ati kandi byatewe nuko nta ho warugisanga ibitabo bi hurtiza hamwe amategeko y'urwanda muri ikigihe 

Isai yavuze ko kandi hari amategeko mashya yagiye yongerwamo nandi yagiye avugururwa  ati kuco twa hereyeho twahereyekuyarebana nimitungo ' nubu curuzi cg ubukomeretsa ati nkunko izi nzego nizo zigaragaramo cane imihindagurikire bitewe niterambere igihugu kigezeho ;yanavuzeko kandi bafite icy'izere cyuko baza hindura nandi mategeko bidatize yo muzindi nzego 
bakaba barakoreshejemo indimi zitatu harimo 3, IKINYARWANDA IKIGEREZA NIGIFARANSA,nkuko igazeti ya leta ibivuga 

Abazwa niba  harimpinduka kumategeko yarasanzwe yavuzeko ati ntabwo dufite uburengazira bwogukora amategeko ndetse no kuyahindura inzego ziyakora zikana yahindura  nizivugwa mwitegekoshinga ry'are publica  ati twebwe ibyo twakoze ni byegeranyo byamategeko ariho murwanda ati nuguhuza amategeko ajyanye yara ri ahantu hatandukanye ,hari nkamategeko aba ya ragiye avugururwa kenshi ati icyo dukora nuku yahuriza hamwe mugitabo kimwe ,twerekana ingigo zahindutse nigihe zahindukiye 

Yongeraho ko ibi bizafasha abantu bose bakoresha cyane aya mategeko kutazirirwa bajya gushaka igazeti yareta yo mugiherunaka cyahise ati harigihe ubi bona bitatanye bikagorana no ku bisoma  
yavuzeko amategeko ari mugifaransa ndetse no muki ngereza yo yarekewe uko ameze atahinduwe

uyumushinga ukaba umaze imyaka ibiri ukaba umaze gusohora ibi tabo bibiri byigice cambere camategeko  agenga ubucuruzi nimitungo  ibyo abanya mategeko bita business law  akaba yijeje abaso myi ko nandi azagenda asohoka vuba bidatinze 
Urwunge rwamategeko  akoreshwa keshi murwanda rwasoho we nitsinda ry;'abanya mategeko mu mwaka wi 1998 irindi rikaba rya rahe rukaga gu hindu rwa nishami ryigishaga amategeko muri kaminuza yu rwanda1995 narwo rwari rwara hasanze ibyo 1960 ibyo muriki gihe byari biko ze mugifaransa gusa  ameshi ari yaraje mugihe cy giko roni [congo belge}

No comments:

Post a Comment