kuri yi si ya mungu hari ibintu bibiri byi ngenzi kwishima no ku babara buri muntu kuri yisi bimugeraho kandi bika mushobora kwi yumanganya bikanga kugeza aho abeshi ba mubona mo uwomwanya arimo.mwiza cangwa mubi.
Ntamuntu urusha ubwenge undi ahubwo barushanwa Ama hirwe.
guca bugufi subuswa ahubwo nubu menyi bukomeye abeshi batazi bata nabasha ,bugufasha mu mibereho yawe bwite no kubana nabandi .utishira hejuru cangwa ngo ugwize abanzi ,ntawe utanga ico adafite ,
Mumoko yose haba Imbwa nabagabo ,Imbwa zira moka ntizi ryana. ntizi hu nga banya abazinezako aribwa, ntizi tsinda nta nubwo zirinda ibiri ngobwa
Gufa tanya nabandi Uta gamije Inyungu bitanga umusaruro mwishi kubantu beshi nawe Udasigaye .
Ibite kerezo bizima biru baka ariko ibi pfuye bizanwa nabanzi babantu ntaco bimara biterwa inkunga Nabitwa ko ari bazima aho byavuyeho ntakintu kizima kibakihari ,
Ushaka gutera Imbere wi rwanya mugenzi wawe ahubwo mufashe igisho boka .Nawe akweme rere mufata nye
Haraba gera iyo baja bakiba girwa ko bahagejewe nabandi .Imbaraga ziterambere nugu fashanya mu byiza Ibibi muga fatanya nabwo kubirwa nya .
guca bugufi subuswa ahubwo nubu menyi bukomeye abeshi batazi bata nabasha ,bugufasha mu mibereho yawe bwite no kubana nabandi .utishira hejuru cangwa ngo ugwize abanzi ,ntawe utanga ico adafite ,
Mumoko yose haba Imbwa nabagabo ,Imbwa zira moka ntizi ryana. ntizi hu nga banya abazinezako aribwa, ntizi tsinda nta nubwo zirinda ibiri ngobwa
Gufa tanya nabandi Uta gamije Inyungu bitanga umusaruro mwishi kubantu beshi nawe Udasigaye .
Ibite kerezo bizima biru baka ariko ibi pfuye bizanwa nabanzi babantu ntaco bimara biterwa inkunga Nabitwa ko ari bazima aho byavuyeho ntakintu kizima kibakihari ,
Ushaka gutera Imbere wi rwanya mugenzi wawe ahubwo mufashe igisho boka .Nawe akweme rere mufata nye
Haraba gera iyo baja bakiba girwa ko bahagejewe nabandi .Imbaraga ziterambere nugu fashanya mu byiza Ibibi muga fatanya nabwo kubirwa nya .
No comments:
Post a Comment