Wednesday, 10 December 2014

1914 N' IBWO UMUNYAMURENGE YAHAWE UBWENEGIHUGU NKU MUNYE KONGO



Reka dusobanureho mu camake inko moko ya Banyamurenge aya mateka atangazwa nabamwe mubasaza bageze muzabukuru  abo twita inararibonye mubanyamurenge bazineza inva nivano y'Irizina UMUNYAMURENGE .

Izinararibonye zacu zatangajeko izina umunyamurenge ryashizweho mugihe bitari byo roshe mumwaka 1914 muntambara yisi yambere nibwo irizina ry'Abayeho ,Inara ribonyeziti uyumwaka wabaye amateka kubanyamurenge bose .
Izinara ribonye bomu bwoko bwacu   bwa banyamurenge bagiye bavuga murimake uko imyaka yagiye ibaho ni bya yiraze mu mateka yabasogo kuru infura zimurenge
nko mumwaka 1914 uyumwaka wabaye amateka kw'Isi hose  ndetse no kubanyamurenge muri zaire kurubu niyo yitwa congo kinshasa .
Ndore amwe mumazu yaharanganga icyogihe 
Mumwaka 1914 abanyamurenge bari batuye ruguru ubwo abatahazi kurubu ni mumisozi miremire izwicyane mumisozi yami nembwe nahandi muri hoplateou .aha abanyamurenge bagiye biyambazwa  namahanga muntambara aho intambara y'Isi yarikomeje urugamba aha aba birigi bara yiyambaje cyane mucyitwa effort de guere .
 Aha inara ribonye ritangaza ko abanyamurenge batigeze bajya kurugamba atinkuko bitabarebaga atahubwo iyo ntambara yabazungu ya bajyanye imitungo aho bata nga ga inka ni bimasa kugirango bata jyanwa mu ntambara  atikandi gutwara inka y'umunya murenge byabaga ari bintu biko meye byabaga nko kumukora mu jisho  ati murikigiye nibwo byakomeye abantu bagahunga ndetse bana hungisha imikumbi yinka bari bafite 

Umukambwe yavuzeko atigeze abona umu nyamurenge ujya kurugamba ati kuberako iwabo ntantambara yari hari ati twabonaga abasoda batandukanye bahushuka bajya muntambara atihabagamo aba faransa abasenegale ndetse nabandi birabura batandukanye ubwo bayitanga les tirailleurs.

UKO IMYAKA YAGIYE YICUMA 

Muricyogihe abanya murenge bitwaga abanya rwanda baricyara bashiraho izina umunyamurenge bikorewe munama yakorewe ibukavu  ni b'Uvira bahuye nabandi bose bavuye ruguru mu misozi  . umukambwe yavuze ko irizina ry'Ahiganwaga nandi abiri  Ariyo  ABANYAKIBIRA , n' ABANYENDONDO , Izina Abanyamurenge rizagutwara umwanya wambere aho ry'atowe nabantu beshi bari huriraho ndetse bara ryemeza bose ko bagiye kwitwa abanyamurenge guhera uwo munsi .

Nyuma yaho gato mumyaka itari myishi 1930 nibwo batangiye guhabwa  ibyangombwa nkabenegihugu  ba ZAIRE kurubu abanyekongo  ibyo byango mbwa ni  byo bya menyekanye kurusha ibindi byangobwa bari barahawe na ba koloni  utwo dukaratasi twa mbere twitwaga [IBUNGU]

Mumwaka 1940 nibwo abanyamurenge bahunze cyane kubera ikibazo cyitotezwa na bazungu .nkuko baba fataga kumbaraga bakabahingisha Ipamba,Ikawa ,hamwe ni barabara . ubwo ni bwo bahunze bakwira imisozi banga imirimoyagahato ningufu abazungu babakoreshaga nibwobijiriye imisozi kubwishi .

Mu 1950  nibwo aba biligi batangiye gutwika amazu Yabanya murenge  bakoresheje andi mokoyabenegihugu , abazungu bakavugako impanvu ati abanyamurenge ngo ni abanebwe  ntabakundaga gukora imirimo ivunanye .Ubwo bakoresheje andimoko batwika amazu yaza MIBUNDA .MINEMBWE .kurusha ahandi hose nkuko nabo bifuzaga kuhatura kubera ubwiza karemano hafite .

Mumwaka 1954  abanyamurenge beshi ni bwo bahungiye kundondo ,ndetse nibwo nabandi batangiye kugera ingaji . ubwo ni bwo aba biligi batangiye kubakura munyandiko yabo bareka kubita abenegihugu kubera impanvu zo kuta babona mubiko rwa runaka kubera uburakari batangirakubakura munyandiko avuga amoko atuye muri congo .

Mumwaka 1969  ubwo habaga ibarura rusange rya banyekongo bose  Recencement generale dela population  Nibwo umugabo witwa kabarure yatangiye kumenyekana  ndetse andi moko atangira kandi kwita abanyamurenge abanyarwanda byatewe nababiligi  bana saba ko basubira Irwanda , 
kubera ukuntu bitwaga abanyarwanda nibwo uwari chef  de cabinet bitaga WATAKIZALA yababwiye gukomera kwizina abanyamurenge ntibemere ko bakomeza ku bita abanya Rwanda kandi bari mu yandi moko atuye muri zayire  niko gukomera Kwizina ABANYAMUREGE 

Mumyaka 1970-1980 abanyamurenge nabwo bongeye guhabwa ibya ngo bwa bibemerera ko ara 
benegihugu nkandi moko yose atuye mugihugu bita [ CARTE POUR CITOYEN] muricogihe nibwo habonetsemo agahenge kamahoro 

Mukindigihe kitibukwaneza  haje gutangwa kadidature yokwiyamamaza kuba  comisair du peuple  ubutegetsi bwa mo butu burayanga yumugabo witwa  Mutambo klurubu yitabye Imana. muricyogihe abanyamurenge barigaragambije  bikomeye mwivire ya UVIRA kandi tu bi butseko muricyogihe cangwa kubutegetsi bwa Mobutu kwigaragabya byarikizira ,ariko abanyamurenge babirengaho barabikora bitewe na kababaro bagize , bavugako kandi hari nu witwa Musafiri nawe yatanze candidature bara yanga nabwo bi babaza ubwoko bwa cu tuzakomeza tuyakusanye nimenshi 

ARIKO BIGARAGARAKO ABANYAMURENGE NABA KERA MURI KONGO NIGIHUGU CYABO ,MURAKOZE KUDUKURIKIRA TUZAKOMEZA TUBASHAKIRE UKURI GUHAGIJE KUMATEKA YACU NABACU NINTWARIZACU MURAKARAMA .

No comments:

Post a Comment