
Reka dusobanureho mu camake inko moko ya Banyamurenge aya mateka atangazwa nabamwe mubasaza bageze muzabukuru abo twita inararibonye mubanyamurenge bazineza inva nivano y'Irizina UMUNYAMURENGE .
Izinararibonye zacu zatangajeko izina umunyamurenge ryashizweho mugihe bitari byo roshe mumwaka 1914 muntambara yisi yambere nibwo irizina ry'Abayeho ,Inara ribonyeziti uyumwaka wabaye amateka kubanyamurenge bose .
Izinara ribonye bomu bwoko bwacu bwa banyamurenge bagiye bavuga murimake uko imyaka yagiye ibaho ni bya yiraze mu mateka yabasogo kuru infura zimurenge
nko mumwaka 1914 uyumwaka wabaye amateka kw'Isi hose ndetse no kubanyamurenge muri zaire kurubu niyo yitwa congo kinshasa .
Ndore amwe mumazu yaharanganga icyogihe 

Mumwaka 1914 abanyamurenge bari batuye ruguru ubwo abatahazi kurubu ni mumisozi miremire izwicyane mumisozi yami nembwe nahandi muri hoplateou .aha abanyamurenge bagiye biyambazwa namahanga muntambara aho intambara y'Isi yarikomeje urugamba aha aba birigi bara yiyambaje cyane mucyitwa effort de guere .
Aha inara ribonye ritangaza ko abanyamurenge batigeze bajya kurugamba atinkuko bitabarebaga atahubwo iyo ntambara yabazungu ya bajyanye imitungo aho bata nga ga inka ni bimasa kugirango bata jyanwa mu ntambara atikandi gutwara inka y'umunya murenge byabaga ari bintu biko meye byabaga nko kumukora mu jisho ati murikigiye nibwo byakomeye abantu bagahunga ndetse bana hungisha imikumbi yinka bari bafite
Umukambwe yavuzeko atigeze abona umu nyamurenge ujya kurugamba ati kuberako iwabo ntantambara yari hari ati twabonaga abasoda batandukanye bahushuka bajya muntambara atihabagamo aba faransa abasenegale ndetse nabandi birabura batandukanye ubwo bayitanga les tirailleurs.
UKO IMYAKA YAGIYE YICUMA
Muricyogihe abanya murenge bitwaga abanya rwanda baricyara bashiraho izina umunyamurenge bikorewe munama yakorewe ibukavu ni b'Uvira bahuye nabandi bose bavuye ruguru mu misozi . umukambwe yavuze ko irizina ry'Ahiganwaga nandi abiri Ariyo ABANYAKIBIRA , n' ABANYENDONDO , Izina Abanyamurenge rizagutwara umwanya wambere aho ry'atowe nabantu beshi bari huriraho ndetse bara ryemeza bose ko bagiye kwitwa abanyamurenge guhera uwo munsi .
Nyuma yaho gato mumyaka itari myishi 1930 nibwo batangiye guhabwa ibyangombwa nkabenegihugu ba ZAIRE kurubu abanyekongo ibyo byango mbwa ni byo bya menyekanye kurusha ibindi byangobwa bari barahawe na ba koloni utwo dukaratasi twa mbere twitwaga [IBUNGU]
Mumwaka 1940 nibwo abanyamurenge bahunze cyane kubera ikibazo cyitotezwa na bazungu .nkuko baba fataga kumbaraga bakabahingisha Ipamba,Ikawa ,hamwe ni barabara . ubwo ni bwo bahunze bakwira imisozi banga imirimoyagahato ningufu abazungu babakoreshaga nibwobijiriye imisozi kubwishi .
Mu 1950 nibwo aba biligi batangiye gutwika amazu Yabanya murenge bakoresheje andi mokoyabenegihugu , abazungu bakavugako impanvu ati abanyamurenge ngo ni abanebwe ntabakundaga gukora imirimo ivunanye .Ubwo bakoresheje andimoko batwika amazu yaza MIBUNDA .MINEMBWE .kurusha ahandi hose nkuko nabo bifuzaga kuhatura kubera ubwiza karemano hafite .
Mumwaka 1954 abanyamurenge beshi ni bwo bahungiye kundondo ,ndetse nibwo nabandi batangiye kugera ingaji . ubwo ni bwo aba biligi batangiye kubakura munyandiko yabo bareka kubita abenegihugu kubera impanvu zo kuta babona mubiko rwa runaka kubera uburakari batangirakubakura munyandiko avuga amoko atuye muri congo .
Mumwaka 1969 ubwo habaga ibarura rusange rya banyekongo bose Recencement generale dela population Nibwo umugabo witwa kabarure yatangiye kumenyekana ndetse andi moko atangira kandi kwita abanyamurenge abanyarwanda byatewe nababiligi bana saba ko basubira Irwanda ,
kubera ukuntu bitwaga abanyarwanda nibwo uwari chef de cabinet bitaga WATAKIZALA yababwiye gukomera kwizina abanyamurenge ntibemere ko bakomeza ku bita abanya Rwanda kandi bari mu yandi moko atuye muri zayire niko gukomera Kwizina ABANYAMUREGE
Mumyaka 1970-1980 abanyamurenge nabwo bongeye guhabwa ibya ngo bwa bibemerera ko ara
benegihugu nkandi moko yose atuye mugihugu bita [ CARTE POUR CITOYEN] muricogihe nibwo habonetsemo agahenge kamahoro
Mukindigihe kitibukwaneza haje gutangwa kadidature yokwiyamamaza kuba comisair du peuple ubutegetsi bwa mo butu burayanga yumugabo witwa Mutambo klurubu yitabye Imana. muricyogihe abanyamurenge barigaragambije bikomeye mwivire ya UVIRA kandi tu bi butseko muricyogihe cangwa kubutegetsi bwa Mobutu kwigaragabya byarikizira ,ariko abanyamurenge babirengaho barabikora bitewe na kababaro bagize , bavugako kandi hari nu witwa Musafiri nawe yatanze candidature bara yanga nabwo bi babaza ubwoko bwa cu tuzakomeza tuyakusanye nimenshi
ARIKO BIGARAGARAKO ABANYAMURENGE NABA KERA MURI KONGO NIGIHUGU CYABO ,MURAKOZE KUDUKURIKIRA TUZAKOMEZA TUBASHAKIRE UKURI GUHAGIJE KUMATEKA YACU NABACU NINTWARIZACU MURAKARAMA .
No comments:
Post a Comment