Friday, 5 December 2014

ESE KOKO LIL WAYNE YABA AGIYE GUPFA NKUKO UMUGAGA WIWE ABIVUGA



Nyuma ya makuru yaramaz iminsi acicikana avuga ko umuraperi LIL WAYNE yanduye bikomeye
Agakoko gatera SIDA. Kuri ubu U muganga umukurikiranira hafi yataganje ko iminsi yubuzima bwe
ubu ibarirwa kumitwe y'intoki.

Uyu muganga yatangaje ko LIL WAYNE asigaje iminsi mike 
yokubaho bitewe n'uko basanzwe azengerejwe n'indwara ya kanseri(cancer)kandi ikaba igeze ku kigero cya kane(stage 4)none Umuganga akaba yatangaje ko uretse ibitangaza by'imana ko LIL WAYNE iminsi yaba ashigaje kubaho itarenga iminsi mirongwine nitanu(45) Ihwanye nukwezi nigice.
Akomeza vuga ko iyi cancer yayitewe n'uburyo yishiratuyeho kumubiri we cyane kuruhu rwe 
ashiraho tatiwaje(TATOUAGES)mundimi zamahanga  Tubibutsa ko uyu musore ahagarariye LEBAL yitwa wa (YMCMB)ikoreramo abahnzi bakomeye muri leta zuzubumwe z'amerika .

Lil wayne afite imyaka mirongo itatu ni biri yamavuko akaba yara shyakanye nu mugore wiwe witwa  Antinia Writs  mu mwaka 2004 batandukana 2006  afite abana bane Uretse ku ba lil wayne ashijwa indwara ya SIDA na cancer bana musu zu mye mo indwara yigicure  ariko ngo yaje ku yi vuza iraki ra yo ntabwo yara ki yirwara 

No comments:

Post a Comment