Mugihugu cyubuhinde Imirimo y'Imana ikomeje kugaragara aho inyuze mu muhanuzi wayo ukomeye Bishop PROPHETTE, RUBANDA kumunsi wakabiri wigi terane hagaraga ye imirimo ikomeye cyane aho abantu baki jijwe bata ngira Ingano Ugere ranije basagaga nki jana[ 100]
ndoreko yageze kuri rutare cg agatute nkuko bamwe babyita saakumi nazi biri zuzuye . Imana yagaragariye buri wese aho yasengeye, abarwayi ndetse nabafite ibi bazo bitandukanye .
RUBANDA Umuhanuzi wimana akaba avugako yaje kubiba imbuto ikomeye murikino gihugu cy'ubuhinde. ati kandi akabayaraje gufasha abantu bafite ibibazo bitandukanye .rubanda yahanuriye abantu batandukanye beshi kumugaragaro, habonetse ko harimo bamwe baryamanye amasezerano akomeye ariko , harabo yahanuri ye kuba abashumba bamatorero akomeye kwisi, harabo ya hanuriye ku yobora ibigo bikomeye kwisi byinganda zi byuma bikora muzika, harabo yahanuriye kuba abanyamafaranga meshi kandi bakabera abanya mugisha imiryango ndetse nigihugu cyabo harabo kandi yahanuriye kuba imitwe mu miryango yabo . harinabo yahanuri yekuzabaza baga fungwa mugihe bataye ishigano zi torero . abandi yaba bwi ye kuza roba abantu;
RUBANDA yakomeje ku bwira abantu ko igihe cyogukorera ibyaha mwitorero kirarangiye ndetse ngo nikimenyetso nuko hagiye kuba ububyutse kwisi uretse nahano mubuhinde ,no murwanda cg muri africa yose atikandi insengero zarizara fuzwe zigiye kubona ububyutse ati hari nizindi zigiye gufungwa kubera ntakunvira Imana,
RUBANDA Umuhanuzi wimana ugaragarira buri weseko afite imana muriwe kumunsi wejo yakoreye abantu beshi delivrance ikomeye yakuyeho zakarande nibindi byishi byari byaraziritse abana bimana nkabanzwe ni miryango yababwiyeko birangiye inkimenyetso yatanzeko ibyo yavuze ko ari byo ati umuntu wese uzareba video yamagambo yimana yavuze azagirira akamaro aza hindura ubibonye atikandi uzanga akinangira nawe ingaruka zizamubaho wenyine nukuvugako kubibona nicyo gisubizo cyawe kandi ni nabyo byago byawe , Bishop prophette RUBANDA yabwiye abarahoko Umwanya wogusinda nuburaya urangiye mugihugu cyubuhinde atikandi nuzabikora azagaragara bose babireba kumanywa yihangu kubakobwa yavuzeko uzabikora akagerageza kubikora azasama Inda nashaka kuyikuramo azabyara bose mu bibone naho uzashaka kunywa inzoga azasinda ibihe byose .
Abaraho harimo bamwe ba byunvise bara bihakana ikintu yaba bwiye ati muzarwara amaso ntaho muzabona mwivuriza muzakira gusa aruko muduhamagaye tubasengere cangwa tugarutse
tubasengere
Harabandi baraho bajekureba gusa umukozi wimana nabo yarabahanuriye bikomeye harimo abakozi bakomeye bamatorero abandi na bashumba babantu abo bita abaro byi hari nabandi yabwiye kuzagira iherezo ryiza . umuntu wese umushaka yaramubonye nufitegahunda yo kumubona ntawe yahejeje bose yabahaye rugari .kugeza nubu .
Harabantu beshi babatijwe bangana namirongo itatu kuminsi ibiri ahiri abakijijwe beshi batagira ingano nibyishi twavuga ariko tuzagenda tubibabwira kugeza birangiye
\
No comments:
Post a Comment