Saturday, 15 November 2014

HARIMPAVUZA TUMA DUTANDUKANA BURUNDU HARINIZI NDI ZITUMA TWIBANIRA .




imurengeheza
umuntu wese agi rwa na mugenzi wiwe umu ntuwese kandi a azamurwa na bantu akama nurwa nabandi haru wi bwirako ako meye bitewe ni byo arebesha amaso cg yunva ko ashoboye .mu buzima umuntu ashimwa n Imana aruko abantu bagushimiye nkuko ibizira kwisi mwijuru biba bizizririjwe bitavuzengo abantu bashobora gukora nabi wewe ugakoraneza nka paul nasira nurugero navugaga bamwe mubantu bazi ko gukorera Imana aribi ntu bihambaye koko birahambaye kandi ni byiza ku muntu ubyunvaneza akabikora neza nabantu bara byemera bati ntamaranga mutima agira, ibyo bigaragarira buri muntu, niyo wakwi yitirira ibituye isi yose cg baka bikwitirira uko wabisaze niko uza bisiga ntanakimwe washizeho Umunyamafaranga, umunyembaraga numunyempano nuta bifite byose baruzuzanya nkk byose ubifite ntaho isi yaba yerekeza kandi ni nako imana yabigenye kuvakera kugeza ubu. ngo mu mutima wu mwana wu muntu habamo imigambi myishi imikeya igaragarira kumaso yabantu indi mu bikorwaukora bya buri munsi nkk imizima n Imana iyi gorora twe nkabantu tuka vuga ngo uriya muntu arakomeye azi ubwenge nu mukozi ushoboye iyo udatunga neza ngo wicyishe bu gufi wunveko wakora relationship nabandi bantu cg  go wubahe umuntu uwariwe wese uko ari koseurwgo arimo rwosehaba ndetse ninzego zikuyo boye nizo uyoboye ntacyo bimaze namba kandi ni juru ntiri kinguka kubera ko  haribyo wakoze ntiwa byuzuza neza knd uzi nezako ibyi ke reti nti birikumurongo wa bugenewe, abaturushya ijyambory Imana rintu bwira mwubahe abafasha banyu ku mpande zose ngo cyane mwu bahe abo munzu yimana, yongeraho  ubuyobozi bwabaturage aribo batwebwe namwe, nkk yesu ntiyajye gukuraho amategeko ahubwo yara ya komeje abatu baha abantu ndaha myako nImana nti bayubaha, ntabumwe basho bora gukora, haba mu maka nisa kubayo bozi babakuriye munzego zose mu matorero ni gihugu murirusange. naho nta muntu udakosa umuyobozi nakora amakosa umu garuze ineza yuzuye nawe wibukeko anumuntu knd wi buke ko nawe ukimeze nka bakera waravuga vuga naho kumuha rubanda nawe uba wishize kuka rubanda .ujya ku bona  . umu nyama hanga yafotoye umunyafurika amafoto yurukozasoni yabyereka undimuhuje ururimi cg uruhu cg ukwemera ugaseka ukabyishimira cg bavuga ngo umupastor yafatiwe mucyuho ahobakaba baguhaye sujetkandi kubaho kwawe nukugirango umubere aho atari.ukananirwa kumu bera maso ati siwe wirirwa atubwira ati bomboribombori. uzaza umenyako kubaka ubumwe bidasaba ibiro cg kuba ufite ibya mirenge nkuko nuwa biguha udafite umutima mwiza nubusa kubantu nimana ikubona zero wasaba imana ikaguha umutima wokubana na bandi amahoro kubaho ufite imana usi byeko ntawe uta gira Imana biterwa nuko uyifata. bi ba byiza cyane..  nkubu ujyaku bona abantu biri kwigomeka ,wajya kureba ugasanga mu byukuri ntampanvu nimwe  ibigaragaza abeshi ugasanga bapfa akanwa  akamanyuku mutsima. abandi bapfa uko baremwe abandi bagapfa imyunvire nu bwiye mezi harimpanvu nyishiza tuma dutandukana  jye nawe ariko ku bera impavu runaka harizidutanya ariko twite kuzi twu ba ka. ziduhuza nkokubantu bahanye amasezerano runaka abandi mufitanye amateka runaka izo ni mpavu zatuma dukomeza ubumwe nkabantu, 
kuriyisi dukeneye kubaho koko nawe ukunze kubaho nkuko iyuba uta bikunze tuba urara amajoro cg wirirwa mu bikorwa runaka wakwi  cyecyekeye ugategereza bikadusanga mungo tubamo ariko kubera dukeneye abantu niyo mpavu tugomba ku bakunda tuka bifuriza ibyiza tukabagana nkuko ni bo bakugize kandi nawe ufite icyo ubamariye nturebengo ntaki ntu ufite kuba ufite ubuzima bufitiye beshi akamaro uyumunsi uraba ufite ejo na bandi baraba bafite ufite umunezero none ejo arababara nuwababaye ejo aki shima rero twibere umwe bakunzu ba africa cyaneee 

No comments:

Post a Comment