Monday, 16 February 2015

MISIRI YAGA BYE IBITERO KU NTAGONDWA ZA LIBIYA IBITERO

Inyeshyamba zo mu mutwe wa IS zivuga ko zagabye ibitero muri Libya
Mugi hugu cya Egiputa ,Misiri, batanga jeko  ba gabye ibi tero kunye shamba zumutwe wa silam ukomo kamugi hugu ca libiya, 
ibi bikaba byatanga jwe uyu munsi , nyuma yaho uyu mutwe wa shize aka video  hanze ka ba nye Misiri ba ci bwa imitwe , aba banye misiri baka ba ari aba kiri situ .ni bwo leta ya misiri iti geze ibyihanga nira yahise igaba ibitero :byoguta bara abene gihugu cyabo 

Television ya leta yata ngaje ko ibyo bitero bya ga bwe muru kerera rwu yu munsi wakaziri mwe bika ba byi basiri ye cyane inka mbi yo kwi torezamo ,na makambi yi yi mitwe . ndetse na habi kwa ibi koresho byi ntambara 

Abategetsi ba libiya baka ba ta tangaje ko ibyo bitero misiri yateye , ahantu izonyeshamba zi bari zwa mugace ki twa Derna  kagezu rwa ni zo nyeshyamba 

Aba nye misiri beshi bakore ra muri Libiya bakaba bigajemo aba ki risitu kandi ba kaba batuye ahantu hitwa Comt- ariko baka ba barashimuti we mu mugi wa Sirt ,mukwezi kwa  12 ndetse nukwambe uyumwaka.

Uyumugi ukaba uri muburasira zu ba bwa Libiya ukaba uyo bowe ni ntagondwa zitwaje intwa ro zigendera mu matwara yaki silam 

Wednesday, 11 February 2015

ABAGERA 300 BAHASIZE UBUZIMA

Abantu majana atatu bahitangwe numuhengeri munyanja .ubwo bageragezaga kwambuka baja iburaya bava mugihugu cya Libya . ibi bikaba byarabaye mucyumweru gishize, ubutabazi bwa tabawe nigi hugu cy'ubu taliyani  kunkengero hakaba hamaze kuboneka abantu bane gusa.

Abarokotse muri  aba  batangazako hari andi mato agera kuri ane bahagurukanye ariko kugeza nu yumunsi akaba atara boneka , bakaba bafite impungege konabwo bwaba bwahuye ni ryo sanganya.

Tubi butseko mukwezi kwa cumi nakumwe umwaka ushize ni bwo igihugu cy'ubu taliani cya tangaje ko kitanzongera gutabara abo bimukira ,rimwe nari mwe baza badafite ibyango bwa muburyo bwamate geko ,Ubwo butaba zi bwari bumaze umwaka bukorwa.

UNHCR  iravugako guhagarika ibikorwa byu butabazi bizatuma abeshi bahasiga ubuzima ,

Tuesday, 10 February 2015

URWANDA RWEMEZA KO RWAMAZE IMBARAGA FDLR KABAREBE

Image result for james kabarebe
Mugihe UN ishinji Tanzania nabamwe mu bayishiki ye bari ku mugaba ne wi burayi ko bakoreye inama muri tanzania .ndetse ikanemeza ko hari amafaranga yambutse ava muri tanza nia akajanwa muri congo gufasha inyeshamba za FDL , Tanzaniya yo ntibikozwa irabihaka na byivuye inyuma,

Ubushaka shyatsi bwa ONU  bwagaragaje ko habonetse ubushake buke bwa FDL bwo gushira intwaro hasi,ndetse bakanatahaiwabo mugihe cyamezi atatu bari bahawe,numuryango wa boibu bye 

Uyumutwe wa FDL ukaba warashi zwe na BAHUTU  bahungiye mugihugu cya congo ukaba warashizwe mu mwaka  20000,nyuma yo guhunga igihugu cyabo cy'Urwanda 1994 ahobasize bakoze amarorerwa yokwicana ya Genocide yakorewe abatutsi.

Ubwo bushaka shyatsi kandi buravuga kandiko ingabo z'Uburundi kuba zifasha uyumutwe ndetse zikaba zara hohoteye bamwe mubagore muri kivu yama jye pfo  ingabo bita Imbonerakure ;

Impuguke za ONU nizarasabaleta yu BURUNDI ndetse na congo gushaka nogushira mubikorwa abo bakoze ibyo byaha bagashikirizwa inkiko bagacirwa Imanza. 

URWANDA; Ruvugako rwa maze imbaraga FDL kuburyo busho boka ibyo bikaba bya vuzwe na ministre wingabo zurwanda  ndore kari we bana zikubise igihe kinini General James kabarebe  

General James Kabarebe wu bwe yivugirako FDL idateye ubwo ba nabuke nkuko yemezako bayimazeho imbaraga , ibi akaba yabivuze munteko ishinga mategeko yu rwanda mugi he yasubizaga ibibazo byumutekano wigihugu indani ndetse no hanze yu rwanda,

Ibi james Kabarebe akaba avugako ni bwo bwambere urwanda rufite umutekano mwishi ,atikibazo gisigaye ni cyumuryango wabi bibye udashaka gushira mubikorwa gahunda yokurasa no kumaraho ibisigisigi bya FDL .ati ikindikibazo gisigaye nicyi ngega bitekerezo .

General Kabarebe yemezako urugamba rwa FDL baru tsinze .kuva muri 96 abarwanyi ba FDL BARI 200,000 Urwanda rubarasa bakaba bageze 2000 Aba baka ba bafatwa nkabakoze genocide murwanda 

Gahunda yogutangira kurasa FDL yari gutangira mukwezi kwambere kuyumwaka ariko bikaba byarahariwe igihugu cya congo.

BOKO HARAM ATI NDAMARAHO INGABO ZOMUKARERE KA AFRICA

Boko Haramu mumugambi wo kurwanya ingabo za furia ndetse noguhirika ubutegetsi bwibihuhugu byo mukarere. Murivi deo yashizwe kuri internet numukuru wa Boko Haram Abubakar Shekau  iravugako izongabo za Africa ziza muri nigeria kurwanya Boko Haram ko ntacyo ziza kora .

Abuibakar aravugako ahaye ikaze ingabo za karere murugamba rubera muri Nigeria ati Boko Haram yiteguye guhangana namwe ,

Inga bozatora nijwe zomukarere zijaguhangana na boko haram nizibihugu byi bituranyi nka .Nigeria .camerroun .Chad . Niger na Beni ibibihugu byemeye gushiraho ngabo zokurwanya izintagodwa.umubare wagisirikare bafatiyeho ukaba ugera kubihumbi icyenda .boko hartam ntawe uzi umubare wingabo bafite .

Mukwezi gushize umu ryango wafurika watgangaje gushiraho ingabo ibihumbi birindwi namagan atanu ,ariko umutwe wi ntagondwa ukaba wara bineguye ukavugako yaba bari bohereje ibihumbi miriyoni zirindwi namagana atanu.

Monday, 9 February 2015

IBINTU BIRANGA UMUYOBOZI MWIZA.

kuba umuyo bozi niki??? ese urabi vukana cyangwa ubyigira kubandi ,iki kibazo nawe wacyibaza ute se haru waremewe kuyo bora abandi .ukabigisha inzira banyuramo ,nkaho batareba . yego kuba.

 Umuyo bozi nukuba hari kintu Urusha abandi ,nko kwitanga ukitangira abandi ntunahunge ishingano zawe,ukemera kuba rimwe nari mwe wemera kubabazwa kubera ibyo uhura nabyo bamwe bita akavuyo ugahagarara mushingano cangwa ibibazo.

kuba umuyo bozi sugutunga agatoki bamwe. cyane cyane kubijyanye nabanyedini.. 

Naho abanye politics bo siko bakora batunga agatoki bo barategeka .
Kuba Umuyo bozi sukwikoreza Imitwaro abo Uyoboye ahubwo ubashakira igisubizo nkuko Wiyemeje kubabera igisubizo cangwa umukozi  ,

Ntukisuzugure ngo ntabusho bozi ufite .cyangwa ngo baragusuzugura wiyunviseko ushoboye weguterwa ubwo ba nabo ubona imbereyawe cyangwa ibyo ubona ,nkuko wabayoboye ntanumwe Ubigizemo uruhare.kandi barahari uzakomezanya ubwo bumenyi bwawe .

Umuyobozi mwiza agombakuba azi amakuru nyayo atabwiwe yimbarirano  kukintu runaka ahubwo bi babyiza iyo ukizi neza; 'nimpanvu bibaho ukabishakira umuti bitarajya muruhame rwabantu
Umuyobozi kandi ahora yiteguye guhora ahanganye ni bibazo .byose ashobora guhuranabyo,

Bibabyiza iyo umuyobozi atabangamiye abo ayobora mugihe bagaragaje impanozabo mugihe runaka cg mugihe bunva bashoboye gukora ikinturunaka runaka .kizima giteza abandi imbere nabo ubwabo.

Ibintu biranga umuyo bozi mwiza ....

1,umuyobozi mwiza yemera inshigano Ziwe (resposebility) ntazishire kubandi  ntabwo azihuza nibindi bintu uza mubwirwa nuko .adatunga agatoki abandi aho yavuga ngo ibinibi ni runaka wabiteye cangwa kanaka.usanga yahagaze munshingano ziwe neza .akaba yani tangira abo ayoboye ,mugihe cyose bibaye ngo bwa .

2,umuyo bozi mwiza ahora mu bibazo byishingano ziwe yatorewe ,umuyo bozi wanga cyangwa uti nya ibibazo ntabwo aba ari umuyobozi ntacyo yageza kubo ayobo nko kuba intinyamaso cyangwa kwanga kuvuga ukuri ,
3.umuyo bozi nyawe ahora asoma ibyanditse kugirango arebeko yazana impinduka kumirimo yiwe .abantu nti bazigera bagukuri kirana cangwa ngo bakugane mugihe ntampinduka zima wakoze . ntibishoboka ko wayo bora umuntu ukurusha ubumenyi akureba mumutwe akunyuza mo ijisho .
Ntabwo abantu bagukurikira kuberako bagukunze bagukurikira kubera icyo bagukuraho gituma haraho bagera mumibereho yabo yaburi munsi kugira igende neza,nicyo gituma umuyobozi wese agomba guhora ari maso asoma kugoirango arushe abo ayobora amakuru cangwa nibindi byimpindura matwara binogeye abantu,

4,Umuyo bozi nyawe ntiyikoreza imitwaro abo ayo boye batabasha kwikorera ahubwo arabareka bagakoresha ibyo bafite kugirango amenye buri muntu icyo ashoboye kugirango umenye neza uko ugomba gukora neza ishingano zawe .rimwe narimwe urabareka bagakora amakosa kugirango mubyigireho ,Umuyobozi mwiza ntabwo akandamiza abo ayoboye yitwaje icyubahiro cyiwe ahubwo aharugari abayo borwa,bagatekereza bakarema ibyo bashoboye kuba batekereza,

5,Umuyobozi mwiza  agoira imitekerereze itandukanye niyabandi,Umuyobozi mwiza ahora yihangana agategereza, umuyobozi mwiza nubona akavuyo akabibona mo gushira mubikorwa inshigano ziwe  cangwa akabibona mo ibisubizo mubanyedini batanga urugero rwumupfu yesu yazuye mugihe abandi babi bonaga nkibyarangi yesu akamubonawe uwomu pfu nkumuntu muzima ubwo yamusengeranga akazuka , nuko umuyo bozi agaomba kuba ari maso  

Murakoze murakarama.

IBYISHIMO NI BYOSE MUGIHUGU CYA COTE D'IVOIRE


Cote d'ivoire yegukanye igi kombe cyumu pira gihuza ama kipe yose ya africa  aho ya tsize ghana Ibitego icenda (9)bya cote d"Ivoire  kubitego umunani(8) byagana.

A ha byari byarangi Iminota yagenewe umupira mirongo icenda byose binganya  ubusa kubusa kumpande zombi ,Haza kongerwa iminota mirongo itatu ntakipe ni mwe yaje gutsinda igitego nabyo birangira kwakundi,ari zeru zeru .

Ubwo hari hashize imyaka 23  amakipe adahura kuri final . Ubwo haje gukiranurwa nga na penalti zaterwaga .ubwo nabwo igikombe cya jye kweguka nwa na cote d'Ivoire  iba itwaye Ghana igikombe Gutyo .aho yari tsize ghana ibitego 11 ku 10 .

Uyumwaka na bwo cote d'Ivoire itsize ghana nabwo kuri penalti .  Imikino yigikombe cya furika Yaberaga muri guinenne Equatorial irarangiye .