Saturday, 6 December 2014

IGITERANENGARUKA MWAKA MURI LLF [NCC ]MURAKAZE BAKOZI B'IMANA


jump, mateyImisi irashize irageze ku banye shuri biga mugihu gu cy'Ubuhinde mu majyepfo mu ntara ya Tamil Nadu mukarere ka caddalor  mu murenge wa chidambaramumu aho bamaze umwaka bitegura igiterane ngaru ka mwaka cyo kuramy'Imana no ku yihimbaza ,ikigiterane gitegurwa ni torero cya  LLF , ikigiterane ki kaba gitegurwa nabanye shuri ubwabo bo murikaminuzaya Annamalai University .
Tu bi butseko kandi ikigiterane ngaruka mwaka kiza kizamo abavuga butumwa bavuye hanze kuyi ndi migabane ari ko cyane cyane kumugabane wacu wa africa. kurubu abavuga butumwa batumiwe bose baka ba biteguwe muririyinga aho Pastor RUBANDA  azashika muriki gihugu nakabiri ku mugoroba igiterane aho kizaba gitangiye ku waga tatu kumugoroba naho pastor MASENGO akazaba ahagera nakane kumugoroba ,

 Tubibutse ko kandi muri giterane hazabaho umwanya wokuramyi mana no kuyihimbaza kumusi wanyuma aho uzaba urangajwe imbere nu mu pastor ukuri ye iri torero akaba ari nu muri ri byi ukomeye MUTAGOMA Goudin  afatanije numuhanzi ukomeye mundiri mbo nzo ku ramyima na no kuyi hi mbaza ari we MBONYICYAMBU Islael  . the lampstard  team, ndetse haza ba hari mo nandi matsi nda meshi atandu kanye ibyino ziramy;I mana nokuyi hi mbaza Drama team LLF , TAO, MCM   AMARABABA   nabandi beshi , aha bakaba ba ko meje imyi teguro yabo nka bari ri byi hakazaba mo ni bindi boko rwa byo gusengera no kwi mi ka aba yobozi bashya ,mwese muhawe ikaze mu ricyo giko rwa cyo kuramya Imana no kuyi himbaza .

Friday, 5 December 2014

ESE KOKO LIL WAYNE YABA AGIYE GUPFA NKUKO UMUGAGA WIWE ABIVUGA



Nyuma ya makuru yaramaz iminsi acicikana avuga ko umuraperi LIL WAYNE yanduye bikomeye
Agakoko gatera SIDA. Kuri ubu U muganga umukurikiranira hafi yataganje ko iminsi yubuzima bwe
ubu ibarirwa kumitwe y'intoki.

Uyu muganga yatangaje ko LIL WAYNE asigaje iminsi mike 
yokubaho bitewe n'uko basanzwe azengerejwe n'indwara ya kanseri(cancer)kandi ikaba igeze ku kigero cya kane(stage 4)none Umuganga akaba yatangaje ko uretse ibitangaza by'imana ko LIL WAYNE iminsi yaba ashigaje kubaho itarenga iminsi mirongwine nitanu(45) Ihwanye nukwezi nigice.
Akomeza vuga ko iyi cancer yayitewe n'uburyo yishiratuyeho kumubiri we cyane kuruhu rwe 
ashiraho tatiwaje(TATOUAGES)mundimi zamahanga  Tubibutsa ko uyu musore ahagarariye LEBAL yitwa wa (YMCMB)ikoreramo abahnzi bakomeye muri leta zuzubumwe z'amerika .

Lil wayne afite imyaka mirongo itatu ni biri yamavuko akaba yara shyakanye nu mugore wiwe witwa  Antinia Writs  mu mwaka 2004 batandukana 2006  afite abana bane Uretse ku ba lil wayne ashijwa indwara ya SIDA na cancer bana musu zu mye mo indwara yigicure  ariko ngo yaje ku yi vuza iraki ra yo ntabwo yara ki yirwara 

TWAGIYE KU BIVUGWA KU BANYA MUZIKA BOHANZE BI BYAMAMARE KWISI

Birdman
Umwiryane nokwitana ba mwana hagati yabari ribyi bi bihanga nge kwisi mu jyana ya hip hop  hagati ya lil wayn ndetse na birdman  usazwe ufatwa nku mu byeyi y'uyu muhanzi lil wayne  ikibazo ki kaba ki vugwa hagati yu yu muhazi nu yo boye inzu yakoreragamo umuziki ndoreko kuvuga lilwayne byahitaga byunvikana cash man kandi iyo cash man ikaba iyobowe na bard man aba bagabo baka ba ari nshu ti magara 

amakuru dukesha imwe mu ma television ako meye yo muri america MTV iravuga y'uko ubu bwunvikane buke bwimpande zombi  bukaba bwavuye muri Album the carter v aha bikaba byari biteganijwe ko iyi album ko igomba guso hoka ku minsi 09/12/2014 ariko go byajye gusu bikwa bitewe ni ki bazo cyiyinzu yumuziki cash man nkuko ll wayne we abyivugira nyiri bwite .

naho Lil wayne we abi nyu jije ku ru buga rwiwe rwa twita yasabye imbabazi  aba fana biwe kubera ko iminsi yahindutse yari yateganijwe kuza baririmbiraho  akaba yo ngeye ho ati byo se bitewe niyi nzu  cash many record ati iyinzu yanze gusohora album yajye  ya tangaje ko kandi  ubirinyuma ati ni beby <bird man na cash many baze kuyi murika hanze > 

Lil wayne yakomeje avugako ati fuza ko iyi album yi we ko yasoho kera muri cash many record  ati nkuko ataki cyi fuza gukorana nayo iyinzu itunganya umuziki muri ki gi hugu  tu bi butseko iyi nzu iyo borwa nishutiye bird mana akaba arishutiye magara lil w akaba yara banye nishutiye kuva kera cyane nishuti no mubuzima busazwe .

ndore amagambo yinvugiye abinyu jije kuru bu garwa tweter weezy
Wayne
aya niyo maga mbo lil wayne yivugiye iwe ubwe 
 Naho abakurikiranira hafi  umuziki wo muri leta zu nze  ubumweza america bavugako hashobora kuba hariki bazo gikomeye hagati ya lil wayne detse ni shutiye ikomeye cyanee birdman  ari nawe uyo bora inzu yu muziki cash man record ku buryo bo ba bagiye gutandu kana burundu .

Thursday, 4 December 2014

MUGABE ROBERT ATI ICY'IFUZOKO YAVAKUBUTEGETSI NTAKIHARI ABABYIFUZA NTABYO BAZA BONA


president wa ZIMBABWE .Robert mugabe aramagana bikomeye amwe mu mashaka akorera mugihugu cye cya zimbabwe ayamagana ku mugambi mubisha woku muhirika kubutegetsi ZANU-PF 
Aha mugabe akaba yabivu ze ubwo bari munama nishyaka abareye umu yobozi akaba riryo riri ku butegetsi bwigihugu cyazimbabwe . aha mugabe yagaragajeko hari bamwe bakoze ibisho bokango batange ruswa kuri bamwe bakorana nawe bomunzego zohejuru  bugufibwe kugirango bamwivugane abe yava ku butegetsi bi vuga ngo ba mwice aveku butegetsi atewe kudeta  Ariko mugabe akaba bwirako hatabonetse abantu bijuje ubu ziranenge ngo bagere kuru wo mu gambi mu bi wabo ati habuze intumwa zi zewe 

Yongeye anenga kandi icegera ciwe Joice mujuru yamuneza avugako iwe ari ruhahira munda ati iwe sumuntu nindashima nindahanga ,
tu bi butseko ishyaka riri kubutegetsi muri zimbabwe rimaze iminsi myishi ritunvikana abarikorera mo aho usanga abeshi bafungwa abandi bavanwa kubutegetsi igitaraganya bitewe nogushaka umuntu uza simbura robert mugabe kubutegetsi umaze imyaka91 yamavuko  mugabekandi tu bi butseko yatwaye ikigihugu kuva cyabona ubwi ngege yarangije ababwirako Icyifuzo bafiteko we yava kubutegetsi kidafite ishingiro  atikandi ntagahunda afite yo gutanga ubutegetsi basubize amerwe mwisaho.

urupfu rwa kababaro kuba kunzi bakelly rowland yu munya merika wabuze umu bye wiwe umwe yarafite



Umuhanzi Kelly Rowland ari mu bihe by’umubabaro kubera urupfu rwa nyina Doris Rowland Garrison witabye Imana mu ijoro ryo kuwa Kabiri azize urupfu rutaramenyekana.

Doris Rowland Garrison apfuye mu gihe yagombaga kwizihiza isabukuru y’imyaka 67 y’amavuko kuwa Gatandatu tariki ya 6 Ukuboza 2014.
Uyu mubyeyi yaguye mu rugo rwe i Atlanta.
Yatandukanye n’umugabo we mu mwaka w’1988. Ntibyamuciye intege kuko yakomeje kurera abana be Kelly Rowland na musaza we Orlando.
Nyuma y’umwaka umwe atandukanye n’umugabo, Doris yavuye i Atlanta yimukira mu Mujyi wa Houston.
Mu 1992 ubwo Kelly yari afite imyaka 11 y’amavuko, nibwo yinjiye mu itsinda rya Girl’s Tyme, yari arihuriyemo na bagenzi be Beyonce Knowles na LaTavia Roberson.

Amaze kwinjira muri iri tsinda nibwo nyina yatangiye kumutera ingabo mu bitugu akanamuyobora mu nzira yanyuzamo ubuhanzi bw ekugira ngo azabe umuhanzi ukomeye.
Itsinda Girl’s Tyme niryo ryaje guhinduka Destiny’s Child yari ahuriyemo n’abahanzi b’ibihangange BeyoncĂ© Knowles na Michelle Williams.

Vradimir putin ati gasopo kumitungo w'uburusiya america nibihugu by'ubuirayi


umukuru wigihugu cy'Uburusia vladimr putin ya kurije ho abakurubi bihugu byi burayi kuki bazo cya icraine 
Vradimiri putin avugako niyo ikigihugu cya icraine ki tari guhura ni ki kibazo cy' Intambara cangwa iki bazo cya politique   ati ibihu gu by'Uburayi ndetse na Amrica, byarigushakisha ubundi buryo bwo Kumaraho cangwa se kurya umutungo w'Uburusia 
Yatangaje ko kandi atazigera yemera ko ibi bihugu biko meye ko bya senya uburusiya byitwaje ibintu bimwe nabi mwe bidafatika bashaka imitungo yabyo ,ntaze merako uburussia buba nka  Yugoslavia
Bwana putine yavuzeko Ubutunzi bw'Uburusiya ko buzahura ni kibazo cy'Imari bikomeye atari ko ibyo biko rwa byi bihugu wo ku mugabane w'uburayi bizo tuma kibagabanuka 
yarangije ahama garira aba russia baba  barahunze igihu kubera impanvu za politique ko bagomba kugaruka ati ntampanvu yo ku bakuriki rana ku byaha bare gwa mugihe baga rutse mu gihugu cyabo cyaba byaye .

MUTOMBO KI Y'IRUKANWE MUDUCE YARI MAZE AMEZI UMUNANI YARI GARURIYE MURI CONGO UBU NI BYISHIMO KU NGABO ZIGIHUGU NABATURAGE

Abasirikare ba Letaya Congo Kinshasa(FARDC ) birukanye mu birindiro inyeshyamba za Raia Mutomboki zimaze amezi umunani zigaruriye uduce tune muri Kivu y’Amajyepfo.
Jeune Afrique yatangaje ko Ingabo za Congo zigaruriye uduce tune twari twarigaruriwe n’inyeshyamba za Raia Mutomboki mu mezi umunani ashize .
Uduce twari twarigaruriwe twongeye kugaruzwa n’Ingabo za Leta ni Nyalubemba, Shabunda, Walungu na Kabare twose.
Umuvugizi wa batayo ya 33 muri RDC, Majoro Simon Tubajike, yatangaje ko agace ka mbere kafashwe tariki ya 25 Ugushyingo kugeza twose izo nyeshyamba zitwambuwe.
Majoro Tubajike yavuze ko ibikorwa byo guhashya inyeshyamba bikomeje, ati "Ibikorwa birakomeje ku muvuduko wo hejuru, turacyarindiriye ko FDLR ishyira intwaro hasi ubundi tugahiga bukware indi mitwe yose .Abayoboye umutwe wa Raia Mutomboki baraduhamagara ngo biyunge natwe ariko ntiturabizera neza."
Inyeshyamba za RaĂŻa Mutomboki zavutse mu mwaka 2005 zigamije kwirwanaho mu gace ka Shabunda kugira ngo umutwe w’inyeshyamba za FDLD zikomoka mu Rwanda zo kubatera.