Thursday, 6 August 2015
Monday, 3 August 2015
HABURA IIMINSI MIKE ABANYAMURENGE KWISI YOSE BAKIBUKA ABABO BAGUYE MUGATUMBA NTIKIZASAZA NTIKIZABORA ATARASHIKIRIZWA UBUTABERA
Mugihe hasigaje iminsi mike aba nyamurenge baki buka ababo baguye mugihugu cy'Uburundi Uburundi bwo na mahanga Abanyamurenge bakomeje kunenga ubuyo bozi bw'Icyo gihugu Ukuntu AGATO akomeje kwidegembya muri icyo gihugu aho kumuha ubutabera bamuhemba Imirimo myiza . , Abanyamurenge niko bakomeje kubwira Amahanga ndetse n'Ubutabera ko bwakora akazi kabwo RWASA agafatwa, Akaryo zwa Ubwica nyi bwindenga kamere ni yica rubozo yakoreye abanyamurenge mugihe bari bahungiye mur'Icyo gihugu.Mu mwaka wa 2004. ahapfuye abarenga amagana
Tubi butse ko RWASA yahaN we Umwe mu myanya Ikomeye muri Leta.
Icyaha cya GATUMBA NTIKIZASAZA cg KIMUNGWEcg KIBORE cg KIZANE INGESI.
Wednesday, 1 July 2015
RDC : KABILA Rejette toute médiation étrangère dans le cadre du dialogue national
Le président congolais a semblé fermer la porte, lundi, à toute forme de
médiation étrangère dans le "dialogue national" qu'il a proposé en vue
de parvenir à des élections apaisées, alors que c'est une condition
posée par une partie de l’opposition pour y participer.
Dans un message diffusé lundi 29 juin par la télévision publique,
Joseph Kabila a affirmé que « l’écrasante majorité » des Congolais qui
se sont déjà exprimés sur le sujet « souhaite que dans l’éventualité du
dialogue, celui-ci soit mené sans ingérence étrangère, à travers un
nombre limité de participants, et pour une durée relativement courte ».
Le président de la République démocratique du Congo, qui s’exprimait à
la veille de la fête nationale, faisait là référence aux résultats
provisoires des consultations qu’il a lancées avec « les forces vives de
la Nation » au début du mois de juin, pour un éventuel « dialogue
national » en vue des élections à venir à la fin de 2016.
Après avoir reçu représentants religieux ou politiques à Kinshasa, le
chef de l’État a laissé les consultations se poursuivre dans le pays,
sous la férule des gouverneurs des provinces, qui lui ont remis leur
rapport il y a quelques jours. L’opposition réclame de longue date un
dialogue politique alors que le pays est sous tension à l’approche d’un
cycle d’élections devant s’achever en novembre 2016 par la
présidentielle.
Opposition désunie
Mais la même opposition, qui soupçonne Joseph Kabila de chercher à
s’accrocher à tout prix au pouvoir, apparaît désunie face au dialogue
proposé par le chef de l’État, à qui la Constitution interdit de se
représenter à la présidentielle.
L’Union pour la démocratie et le progrès social (UDPS), parti de
l’opposant historique Étienne Tshisekedi, a dit être disposée à y
prendre part, mais à condition que celui-ci soit supervisé par un
médiateur étranger. Une coalition de l’opposition réunissant les deux
autres partis principaux de l’opposition a déjà annoncé son intention de
boycotter le dialogue, y voyant une manœuvre du camp présidentiel pour
retarder les élections.
BURUNDI
Mu Burundi mugihe hagezweho mwitangaza makuru ku munsi wejo amatora yagenze neza aho president nkurunziza nawe ya yi tabiriye agenda ku kagare bigaragaza neza ko yizeye itsinzi numutekano wi gihugu aho yongeye kuvuga ati AMATORA AZOBAMEZACANE, kurundi ruhande bamweba kavugako batishimiye uburyo biko rwamo. mugihe yabaga mu murwa mukuru BUJUMBURA harimo habera umutekano muke kubantu nibyabo ,
tu bibutseko amajoro meshi mu murwa mukuru hunvikana amasasu menshi kumpande zitandukanye .
Ndetse nabamwe mubategetsi bakomeye bakomeje guhunga urusorongo.
Kuruha nde rwa HCR bo baratangazako abarundi bamaze guhunga igihugu babari rwa mubihumbi icumi. BAkaba barahunze mucumweru gishize ,
Wednesday, 3 June 2015
GUFATANYA BIMERANEZA ISHARI NARYO SIRYIZA
kuri yi si ya mungu hari ibintu bibiri byi ngenzi kwishima no ku babara buri muntu kuri yisi bimugeraho kandi bika mushobora kwi yumanganya bikanga kugeza aho abeshi ba mubona mo uwomwanya arimo.mwiza cangwa mubi.
Ntamuntu urusha ubwenge undi ahubwo barushanwa Ama hirwe.
guca bugufi subuswa ahubwo nubu menyi bukomeye abeshi batazi bata nabasha ,bugufasha mu mibereho yawe bwite no kubana nabandi .utishira hejuru cangwa ngo ugwize abanzi ,ntawe utanga ico adafite ,
Mumoko yose haba Imbwa nabagabo ,Imbwa zira moka ntizi ryana. ntizi hu nga banya abazinezako aribwa, ntizi tsinda nta nubwo zirinda ibiri ngobwa
Gufa tanya nabandi Uta gamije Inyungu bitanga umusaruro mwishi kubantu beshi nawe Udasigaye .
Ibite kerezo bizima biru baka ariko ibi pfuye bizanwa nabanzi babantu ntaco bimara biterwa inkunga Nabitwa ko ari bazima aho byavuyeho ntakintu kizima kibakihari ,
Ushaka gutera Imbere wi rwanya mugenzi wawe ahubwo mufashe igisho boka .Nawe akweme rere mufata nye
Haraba gera iyo baja bakiba girwa ko bahagejewe nabandi .Imbaraga ziterambere nugu fashanya mu byiza Ibibi muga fatanya nabwo kubirwa nya .
guca bugufi subuswa ahubwo nubu menyi bukomeye abeshi batazi bata nabasha ,bugufasha mu mibereho yawe bwite no kubana nabandi .utishira hejuru cangwa ngo ugwize abanzi ,ntawe utanga ico adafite ,
Mumoko yose haba Imbwa nabagabo ,Imbwa zira moka ntizi ryana. ntizi hu nga banya abazinezako aribwa, ntizi tsinda nta nubwo zirinda ibiri ngobwa
Gufa tanya nabandi Uta gamije Inyungu bitanga umusaruro mwishi kubantu beshi nawe Udasigaye .
Ibite kerezo bizima biru baka ariko ibi pfuye bizanwa nabanzi babantu ntaco bimara biterwa inkunga Nabitwa ko ari bazima aho byavuyeho ntakintu kizima kibakihari ,
Ushaka gutera Imbere wi rwanya mugenzi wawe ahubwo mufashe igisho boka .Nawe akweme rere mufata nye
Haraba gera iyo baja bakiba girwa ko bahagejewe nabandi .Imbaraga ziterambere nugu fashanya mu byiza Ibibi muga fatanya nabwo kubirwa nya .
Wednesday, 13 May 2015
NKURUZIZA AKUWE KUBUTEGETSI MUBURUNDI
Mu gihe habura ukwezi kumwe ngo habe amatora y’umukuru w’igihugu,
Perezida Nkurunziz
a yahiritswe ku butegetsi n’uwahoze ayobora urwego
rw’ubutasi Maj Gen Godefroid Niyombare.
Maj.Gen (Major General) Godefroid Niyombare waherukaga kwirukanwa ku
buytobozi bw’urwego rw’ubutasi mu gisirikare cy’u Burundi, ni we
watangaje ihirikwa ry’ubutegetsi muri icyo gihugu, akaba yari ashagawe
n’abasirikare bakuru ndetse
n’abahagarariye Polisi.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Maj.Gen.
Niyombare rigira riti “Hashingiwe ku kudaha agaciro inama agirwa n’imiryango mpuzamahanga zo kubahiriza Itegeko Nshinga n’Amasezerano y’amahoro ya Arusha, Perezida Nkurunziza ahiritswe ku butegetsi na Guverinoma ye.
Niyombare rigira riti “Hashingiwe ku kudaha agaciro inama agirwa n’imiryango mpuzamahanga zo kubahiriza Itegeko Nshinga n’Amasezerano y’amahoro ya Arusha, Perezida Nkurunziza ahiritswe ku butegetsi na Guverinoma ye.
IMIRIMO MYIZA YAKOZE NTIZIBAGIRANA MUGIHUGU NDETSE NABATURANYI .^RIP*col> mwungura Richard#
Twihanga ni shije Igihugu ndetse na Basoda bigigu cha FARDC CONGO Nu muryango wa Banyamurenge ndetse nishuti zacu zose aho ziri kwisi yose mukubura Intwari COL.MWUNGURA Richard
Uyumugabo nta wabona ibyo yavuga nkuko n:Intwari Ikomeye mubwoko ndetse nomu ngabo zigihugu Yabi kundaga cane ndore ko yatabarutse ari mukazi .kiwe kaburi munsi yakoraga ko kubungabunga ubusugire bwigihugu .
Mubuzima bwe yakundaga Imana ndetse nigihugu nibyo yara zwiho kandi yabikora ganeza abinezerewe HERO RICHARD . bikaba bivugwako yishwe nindwara .
Mwungura haba muduce dutandukanye twa Banyamurenge bara munzi nkuko yahakoreye akazi gakomeye Mubihe bikomeye,Mubwoko bwiwe yagaragaje ubutwari butangaje , Nahandi mugihugu yagaragaje ubutwari .kubanyegihugu
Yari umugabo ukunda YESU caneee kurwego Rwabayumbe bamukundaga ya ri ntwari.
Uyu mugabo afite ubutwari butavugwa umunsi Umwe ngo burangire gusa afite ikivi yakoze kandi ki garagara Nubwo hari hasigaye gato. kubasigaye tuzakusa ,
Uyu mugabo yakoreraga ahi twa shabunda niho yatabarukiye ariko akaza shingu rirwa iwe murugo IGOMA .
Subscribe to:
Posts (Atom)
