Thursday, 29 January 2015

UKURI KURA RYANA NIYOMPANVU ABASHAKA KWIHISHA INYUMA YIBIBI BASHAKWIVUGANA ABANDI NTI BIKUNDA

Intwari z,Imurenge zizira kuba zivuga ukuri ndetse zi kabishi ra mubi ko rwa; kubura ku munya makuru RUSHOMBO Freddy nibi ntu bikomeye  bishaka guhungabanya itangaza makuru ry'Imurenge ariko siko bimeze , duhereye kera atari cyane  byahereye ku mugabo NICOLAS wumusoda wazize ukuri yanga kugurisha ubwoko iyo nintwari ya bajeje kuzira ukuri.mugihe ba kuraga MOBUTU kubutegetsi , ni bwo ijambo ati INZIRA IGIHUMBI,  ryaje abasore nabo ati turabagabo ni beshi ntarondoye nkk su munsi wo kwi buka intwari zacu , kuru bu dufite abagabo beshi bakomeye , ariko bose bahozwa kunkeke bahigwa ngo bicwe  bafungwe bahotorwe nibindi bibi kubera gukunda igihugu cyabo ntawa shidikanya ko babuze mu basoda bakuru dufite . bakaba bari kwiruka  ku musore wandika ibyabaye atahibye ngo abe yabuzwa kubaho cg  ngo abuzwe ubumuntu bwe kubera ubwenge afite .  uyu musore yandika  amakuru yo mu karere , ki wacu  IMURENGE , akaba anarwanira ubwisanzure bwitangaza makuru ,mukarere....

Rushombo  nu mugabo wubatse ufite umudam nu mwana umwe .yakunze gukorera kuru buga rwa fcbk akoresha ukuri ndetse ntabogama nabuke,

Aba muhiga  ntawe ushikanya ko ari bamwe bahitanye intwari zacu nyishi bashaka ko umunya murenge yakwangara akandagara akagira isura nki yabo ndoreko atari nziza nabuke ,

Rushombo is hero nkuko ari muba tangiye umuri mo wita ngaza makurumugace kara menyekana cane kurusha ho kurubu aba mwirukaho tura bamaganye peee eeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee.
NTa wabuza itangaza makuru kuvuga ukuri ,nkk intwari zizira ukuri.  , 
 Banya murenge mugire umusimamo mumenyeko aho muri murinzwe n, Imana  
UYu munsi ni RUSHOMBO ejo nabandi mureke tu byange twese sibyiza kubura umuntu nkuyu .nundi uwari we wese nti twahaze abantu bacu tura bakeneye ikosa dufite inkiko tuzabihanira ntampanvu ni mwe yatuma baduhigira abantu ,bamwe nabo hakurya abandi hakuno uko tundahuje ni nako tudahuje nubwi sanzure 

FREDDY RUSHOMBO YABUZE NDORE UKO YAHIGWAGA


Hakomehe gushirwamo imbaraga mugushakisha Umunyamakuru Rushombo Freddy ngwafatwe afubgwe
Kigali, Bujumbura, Gisenyi na Kamembe ndetse na Bukavu nihamwe muhashiwe ubutasi mugushakisha Uyu munyamakuru Inkuru itugezeho nuko harundi muhungu wumunyamurenge mumujyi wa Bujumbura utashatseko izinarye rishirwa ahagaragara yahohotewe mwijoro aho bamusanze iwe murugo mwisaha 6 bakekaga ko ari Rushombo baramutwara bamumarana isaha4 nyuma yogusanga atari we baramurekura
Inkuru dukesha Isanganiro yanyujijeho mumakuru yamugitondo cuyumunsi wakane, yavuzeko inzego zumutekano zurwanda zifatanije nabamwe mubanyamurennge ba Kigali ndetse nibukavu barigushakisha bidasubirwaho umunyamakuru Wandikaga Amakuru Atandukanye yabanyamurenge kurubuga Rwa Facebook rwitwa Imurenge Niheza Rushombo Freddy ibi ngo arazira kuba yarinkimbogamizi yimigambi mibi bafite kuri kivu , Isanganiro yakomeje ivugako uru rubuga nurubuga rwari rumaze gukomera mukuvuga inkuru zitandukanye zabakongomani,
barangije bavugako ibura ryuyu munyamakuru ryababaje abantu benshi batandukanye byumwihariko. abanyamurenge
tubibutse yuko kugezubu Rushombo Freddy yaburiwe irengero ntibiramenyekana aho uyumunyamakuru yaba aherereye kuko yavuye kumurongo wiwe wa Whatsapp, Facebook, viber, telephone byose yabikuyeho
Tuzagezahe nogutotezwa bene aka kageni? rushombo arazira iki?

Sunday, 25 January 2015

ABANYA FURIKA BABANGAMIWE NIHUTAZWA RYA BAZUNGU BASUBIRA KUMUGABANE WABO AKON

Aliaune Damala Bouga Time Bongo Puru Nacka Lu Lu Lu Badara Thiam uzwi nka Akon mu muziki yibukije Abanyamerika bakomoka ku Mugabane wa Afurika ko badakwiye kwinubira ihohoterwa bakorerwa bari ku 

butaka bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ngo kuko atari igihugu baremewe.
Mu kiganiro yagiranye na Televiziyo ya Al Jazeera binyuze mu kiganiro Talk To Al Jazeera, uyu muhanzi umaze guhatana Grammy Awards inshuro eshanu yabajijwe icyo avuga ku ihohoterwa rikorerwa bamwe mu birabura ku Mugabane wa Amerika, atazuyaje avuga ko ababangamiwe n’amahamwe yashyizweho n’abazungu muri Amerika bakwiye gusubira iwabo muri Afurika aho bazabaho mu mudendezo.
Uyu muhanzi ufite inkomoko muri Senegal yavuze ko Umunyafurika wese utuye muri Amerika akaba adashimishijwe n’uko abayeho, ngo akwiye gusubira iwabo akarekera idembe Abanyamerika.
Yagize ati “Nibasubire mu rugo…nibasubire muri Afurika. Gahunda y’imibereho muri Amerika ntabwo yashyiriweho abirabura”
Yunzemo agira ati “Ntabwo nshaka kubavugira cyane, hari ubumenyi mfite bo bashobora kuba badafite kuko njye nabaye muri Afurika , ndayizi ndetse nanabaye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Muri njye nzi neza ko Afurika ariyo yagenewe Abanyafurika. Nuko rero, iyo mbonye Abanyamerika bakomoka muri Afurika bahura n’ibi bibazo, mpita nibaza ngo: Kuki badasubira iwabo…nibasubire muri Afurika”

Amagambo Akon yavugiye kuri Al Jazeera benshi mu birabura by’umwihariko Abanyamerika bakomoka muri Afurika ntibayishimiye na gato ndetse bafata Akon nk’umwirabura wiyibagije amateka bagenzi be banyuzemo nubwo we yavukiye muri Amerika.

Uyu muhanzi yatangiye umushinga ukomeye ku Mugabane wa Afurika aho akwirakwiza amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba binyuze mu mushinga yise ‘Lighting Africa’. Afite intego yo kuwugeza mu bihugu 46 bitarenze muri 2020.

YABURIWE IRENGERO ,YATWAWE NA BATAZWI MINISTRE WU MUCO NASPORT

Minisitiri w’Umuco na Siporo wa Repubulika ya Centrafrique, Armel Ningatoloum Sayo, yashimuswe n’abantu bitwaje intwaro ku cyumweru ubwo yari avuye gusenga.
Umugore we, Nicaise Danielle Sayo yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP , ati” Umugabo wanjye yashimuswe mu gitondo cyo kuri iki cyumweru saa tatu za mu gitondo ubwo twari tuvuye gusenga. Bari bitwaje intwaro bari mu modoka zidafite pulaki(plaque)”

Umwe mu bagize umuryango wa Minisitiri Sayo yavuze ko ubwo bavaga gusenga ahitwa Galabadja imodoka ebyiri zabatangiye.
Ati” Abantu bane bari muri izo modoka barashe mu kirere Minisitiri arababaza ati “habaye iki” bamutegetse kuzamuka muri imwe mu modoka basaka iyo yari ari mo batwara isakoshi y’umugore ubundi baragenda.”
Armel Ningatoloum Sayo yari ayoboye umutwe w’abatavuga rumwe na Leta witwa MRJ wo mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bwa Centrafrique. 
Yinjiye muri guverinoma y’icyo gihugu nyuma y’amasezerano yashoje imvururu ku ya 23 umwaka ushize 2014.

Ni bwo bwa mbere umwe mu bagize guverinoma ashimuswe muri Centrafrique, nta mutwe urigamba kuba wamushimuse ariko muri iyi minsi hari benshi bari kuburirwa irengero muri icyo gihugu.
Minisitiri Sayo aburiwe irengero nyuma y’umukozi w’Umufaransa n’umukozi w’Ingabo za Loni ziri mu Bikorwa byo Kugarura amahoro muri icyo Gihugu, MINUSCA washimuswe n’umutwe wa Anti- Balaka ku wa kabiri w’icyumweru gishize ariko nyuma akaza kurekurwa.

Friday, 23 January 2015

ABAKURU BIBI HUGU BEMEZAKO NTA MWUKA MUBI BAFITANYE

JPEG - 30 kb
kagame presidant wurwanda na Jacob zuma wa south africa baremeza ko ntakibazo bafitanye muri diplomacy zibihugu ,,ibi bikaba byanyuze kuri television CNBC africa  mbbere yinama yibihugu  mukwiga  ubukungu bwisi yabereye  Idavos mubu swiss 

 kagame ati ibyaba ye nti byari bikwiye kuba kandi nti byari bikwiyeko haba mubyukuri, umwuka mubi na africa yepfo , umwuka mubi wako mejwe ni tangaza makuru ahanini , ariko dukomeje ibiganiro uwo ni Kagame ,

Zuma nawe ati ahashize hari nyuma yi bihugu byombi kurubu ibihugu byombi  bikaba biri munzira nziza biri kuganira munzira nziza 

abakuru bibihugu byombi bavugako bagiye bahura bombi mumu hezo hagabanuka umwuka mubi kubihugu byombi , ubundi umwuka mubi ukaba waratangiye umwaka 2010 mugihe kayumba nyamwasa yaraswaga , ndetse hakaza kwirukanwa aba shizwe za embassy zibihugu ,kuri buri gihugu,aho kwa jakob zuma babishijaga urwanda , urwanda rukabihakana byivuye inyuma ,

urwanda na rwo rugashija afurika ye pfo gu fasha inyeshamba za FDLR ZIBARIZWA MURI CONGO KINSHASA,

INVURURU ZAHITANYE 40 LETA YEMERA 11 CONGO KINSHASA

Imyigaragambyo i Knshasa
ku munsi wakane  imyigaraga byo yarakomeje aho yafashe no mugace kiburasira zuba mu mugi wagoma aho imyigara gabyo yabaye police ikarasa kuri bamwe bitabiriye iyo myigara gabyo, ariko kuri uyu wagatanu mu mugi wa kinsha hakaba habonetse agahenge (ituze) ariko kumunsi wejo haskaba haraba ye umutekano muke aho abaturagee buzuye mu mihanda bafunga inzira nyishi , ndetse bakana twika bimwe mubikoresho byigihugu byoguhungabanya umu tekano .
Abigaraga bya baramagana ihinduka ryitegeko  rya matora yumukuru wihugu ,bavugako basabako habanza gukora ibarura rya baturage bigihugu.

Ibirontangaza makuru biravugako byibura abanyeshuri 2 bahakomerekeye (AFP) ikinyamakuru cya ba faransa,
Amashaka atavugarumwe na Leta ya congo aravugako ihinduka ryitegeko  arimpanvu yogutinza Kabila Joseph kubutegetsi, 
 Umuukuru widini ya catholique aratangazako ashigikiye abigaraga bya akaba yabitangaje ku munsi wejo Caldinal Lorent MONSENGWO . Yasabye Leta kutica abaturage ndetse naba kora iyo myigaragabyo kuyi kora mumahoro. imiryango iharanira uburengazira bwamuntu ivugako hamaze gupfa abagera kuri mirongo ine40 ,

Leta ya congo yo ivugako abantu 11 ko aribo bamaze kuyi gwamo gusa, atikandi aba pfuye basahuraga imitungo yabandi baturage , amashaka atavugarumwe na Leta avugako iryo tegeko rigamije gutinza umukuru wigi hugu Joseph Kabila kubutegetsi kandi manda yiwe izarangira umwaka utaha, basabako yatanga ubutegetsi.

Tuesday, 20 January 2015

KINSHASA IMYIGARAGABYO YATUMYE HABAFUNGA IMIRONGO YATELE PHONE NA INTERNET


Ikinshasahongeye ku ba imyigara gabyo ikomeye ya riri mo abana fuzi beshi aho bafunze ibara bara bana twika ama pine meshi kumuhanda werekeza kuri kami nuza nkuru yigihugu ,

impanvu itera imyigara ga byo ngo nuko hari abadepite bahinduye itegekop ishinga bikazatuma  kabila joseph yongera kwiya mamaza ,bakaba bakoze ibi mandeyi we yakabiri itara rangira 

ku bera ibyo bibazo byinvururu byatu mye muri kinshasa abategetsi bahagarika amatelephe numurongo wa internet ,

 abigaraga bya nti basha ka ko  kabila yakongererwa manda yaga tatu