Wednesday, 7 January 2015

BURI MWANDITSI WESE WUMUNYAMURENGE ASOME KANDI ABITEKEREZEHO NIBA ATARIKO TWABIKORA MURAKOZE

Kwandika kumbuga za internet ni byiza nkuko bi tuma amakuru agera kubantu byihuse ndetse bina tuma akeshi haba ukunenga ndetse no kunga nirana ibitekerezo mu buryo ubwari bwo bwose ,nko mwiterambere ry ahantu ndetse bituma habaho nu bwisanzure mwitangaza makuru . 
Ariko reka tube nka ba komoza kwitangaza makuru ryandi kwa naba mwe mu banya murenge ndetse nabandi biyita abanya murenge bata ramenye kana. aho 

Usanga bandika inkuru zo gusebanya ndetse no kwanduza isura zaba mwe mu bayo bozi babo cangwa bacu twese ba banyamurenge aha cyane cyane usanga aba sebya. ba byandi ka babi nyu jije ku rubuga rwa fecebook  aho usanga bandika  batuka bahimbira ibinyoma  ingabo zigihugu cyacu bakirengagiza imirimo bakoreye igihugu kugeza nabugingo nubu baracakorera igihugu . bavugako ikibi cose kituvaho abanyamurenge, ati akavuyo kabaye mwivire  runaka abirinyuma runaka abirinyuma aha ugasanga kandi ntaki menyetso gifatika bafite. ugasanga kandi ntanibihari ibyo bavuga .

 Igiteye isoni nu bwoba nuko bamwe mu bandika ayo makuru usanga ari abanyamurenge aho ku bihishira niba biba biharikoko, ngo barwane kuri mugezi wabo usanga nabo bandika amafuti nkayo , yewe nti bati nyuka guhandagaza umu General cangwa umu Colonel ndetse nabandi bari munsi yabo ngo ntarikunvi kana naba banyamoko bigatuma biteza umwuka mubi mubaturage ndetse bamwe bakanga nabo bagabo.

Rimwe narimwe ntakintu cabaye . yewe kabe niyo bakora amakosa si byiza kwandika  umuntu wanyu ngo yakoze amakosa runaka ,hatarimo Kugambanira, kugurisha igihugu nkuko ababi bakorera barahari, ntaho Bagiye murabana muraturanye nishuti zanyu , simba buza kwandika amakosa  yurukoza soni ba shobora gukora rekada .Ahubwo ,sine meranya numuntu utinyuka akavuga ngoru naka numurozi, runaka agambanira igihugu,runaka niwe wishekanaka ,runaka niwe urigutegura umugambi wo kwivugana kanaka ,runaka niwe urinyuma yimyigaragabyo irikuba ,runaka niwe urinyuma yurupfu rwabanyanaka. izonvugo zagaragaye keshi kuru bugarwa fecebook . ese umwazi wanyu ningabo zanyu cyanga abategetsi banyu kuki mwunvako arumu twaro nti mwunveko arishema mbere yogutangaza inkuru ireba na nubwoko, muzaza mureba ni bantamaranga mutima mwashizemo bitewe namateka muzi yakera, ndore aho bageze mwabigizemo uruhare kandi murifuza no gutera imbere kurushaho 

banditsi mureke dufashe ubuyobozi bwacu namwe muzafashwa nkuko mwafashije abandi nibwo iterambere riza kwira hose mukarere kacu, ikindikandi kwandika abantu mukavuga umuryangowe akomokamo sibyiza ndavuga umurara wiwe nkuko har' igihe bamwe bibatera Ikibazo bitewe nipfunwe ryamakosa bakoze Cangwa bakiyemera bitewe nintambwe runaka yagezweho muri uwo muryango.kandi ari byigihugu ndetse nubwoko bwose ,abanya murenge nu bwoko(NATION) sumuryango, nkuko bamwe ba byita. dushirehamwe itangaza makuru kugirango twubake iwacu IMURENGEHEZA murakoze murakarama.

Tuesday, 6 January 2015

UMWAKA UTANGIYE HARASWA INYESHAMBA ZIBA MURI CONGO IZABARUNDI NIZO ZITANGIRIWEHO HAZAKURIKIRAHO IZIHE ESE UMWAKA URASHIRA INYESHAMBA ZISHIZE MURI CONGO!

ingabo za Congo zifatanyije ico gikorwa na ONU
Igabo zumu ryango wa bi bubye ukorera muri congo MONUSCO kuri kano kaziri mwe ni bwo zatangiye gushi ra mu bikorwa ishingano zo kurwanya umutwe winyeshyamba zikorera muri ikigihugu aho zi hungaba nya  umutekano wi bihugu byabo ndetse nu wigihugu cya congo 

kuri kano kaziri mwe ingabo za ONU zikaba zatangiye kurasa umutwe winyeshamba za barundi ziba mu burasira zua bwi ki guhugu ,

ibi bikaba byatangajwe nu mu vugizi wingabo za MONUSCO  Felix Basse yatangaje kobata ngiye kurasa inye shamba aho bakoresaheje ibikoresho byi ntambara harimo indege ndetse naba riri kare bohasi basenya  inkambi zi nyeshamba za FNL  aho bari ba maze imisi mike bambutse bava mu gihugu cy'Uburundi baza gukambika murikongo bategura imigambi mi bsha ku burundi.kurubu Felix akaba yavuzeko ba bajabukije baja mugihugu cyabo iburundi ,nabwo izi nyeshama zageze muburundi zahise  zikomana ho ni ngabo zikigihugu cyuburundi ingabo zu burundi zivugako zahise  zirasa abangera kuri 95 bahasiga ubu zima .

Tubi butseko0 hagomba gukuri kiraho inyeshyama za FDLR zikomoka murwanda izo ziteguye guhangana nkuko zi bitangaza  aho zivugako ingabo za ONU ndetse ni za congo yewe nizu Rwanda zitabateye ubwoba reka tu bihange amaso ninde uza gitwara,

Saturday, 27 December 2014

ATI URINKENDE BYA VUZWE NUMUKURU WAKOREYA YARUGURU.

Leta ya Koreya ya Ruguru yise Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama “Inkende” inanenga igihugu ayoboye gufunga imiyoboro ya Internet muro icyo gihugu nyuma y’urunturuntu no guterana amagambo biturutse kuri filimi “ The Interview” ivuga ku iyicwa rya Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un“.
Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP bivuga ko Koreya ya Ruguru yahakanye kugira uruhare mu bujura bw’amabanga bwa Sosiyete, Sony Pictures yakoze iyo filimi.

Icyo gihugu cyagaragaje uburakari kubera filimi isetsa, The Interview ivuga ku iyicwa rya Perezida Kim Jong Un, yasohotse ku wa 25 zukwa cumi nakabiri .

Itangazo Komisiyo y’Umutekano ya Koreya ya Ruguru (NDC) yashyikirije Ibiro Ntaramakuru byo muri icyo gihugu, rivuga ko Perezida Obama ari we uri inyuma y’iyo filimi.
Riti” Obama ntatekereza mu magambo n’ibikorwa bye ni nk’inkende mu mashyamba”
Si ubwa mbere Koreya ya Ruguru itutse Perezida Obama n’abandi bayobozi bakuru ba USA. Mu ntangiriro z’uyu mwaka, icyo gihugu cyise Umunyamabanga wa USA, John Kerry “ ikirura cy’imikaka mibi” na Perezida wa Koreya y’Epfo “ Indaya”.

Muri Gicurasi, Ibiro Ntaramakuru by’icyo gihugu byasohoye inyandiko ivuga ko Obama afite imisusire y’inkende.
Koreya ya Ruguru na USA biracyari mu ntambara, kuko intambara ya Koreya yo mu 1950-1953 yahoshejwe n’amasezerano y’agahenge aho kurangizwa n’amasezerano y’amahoro.
USA zashyize abasirikare 28,500 muri Koreya y’Epfo bazahita batabara igihe Koreya ya Ruguru yahirahiye kugaba ibitero muri icyo gihugu.

Friday, 26 December 2014

CONGO KINSHASA IMPANUKA YO MUMAZI YISHE BESHI MUBIHE BYA NOHERI

Ubwato nk'ubu bukunze kugira impanuka mu nzuzi zo muri Kongo
Amakuru atugezeho aba baje mugihu gu cya congo kinshasa avugako mukanya habaye impanuka ikomeye muburasira zuba bwi kigihugu .iyimpanuka ikaba ya ra baye kuwambere ariko ikaba yamenye kanye uyumunsi kuwagatanu.Ubu bwato bukaba bwarahitanye abagera kuri 30 bapfuye 

abashizwe umutekano muri ako karere bavuze ko muri ubwo bwato haguyemo abagera kwijana,Ubwobwato bukaba bwari bwuzuye ibi curuzwa ndetse nabantu beshi aho bari berekeje Kisangani ,bukaba bwarabereye kubiro metero bigera kuri 50 were keje muri uwo mugi.wa kisangani 

Ibi bikaba byatumye haba imyigaraga byo ikomeye cyane yurubyiruko rwomuri kisangani kuberako bari baba bajwe cyane bafite nagahinda kimpanuka zikomeza guhitana aba nyekongo mumazi. ahakandi haka bana twitse amazu meshi ya Leta .

Wednesday, 24 December 2014

IKIGANIRO NUMUHANZI ANDRE MISIGARO BIDATIZE MU RWANDA NDABA NAHASESEKAYE

Umuhanzi Misigaro numu hanzi Ukunzwe cyane muru byiruko  uyu mugabo akaba ariri mba Indirimbo zo kuramya Imana no kuyi himbaza .kurubu akaba atuye kumugabane wa America Muntara ya Arizona  ,uyu mugabo uzwi cyane kubera Indirimbo ziwe zagiye zikundwa cyanee kubera ukuntu ari rimba nijwi ryiza cyane ,

Misigaro kandi yagiye amenyekana cyane aho yagiye akorana na bandi bahanzi batandu kanye hari mo abasore baba nya Rwanda nka Meddy ndetse na the Ben Liliane kabaganza na gabby kamazi. bazwi cyane mu Rwanda ndetse no mukarere kibi yaga bigari,nabandi beshi..

Mukiganiro twa koranye kuri telephone nu mugabo Misigaro twa muba jeje ni ba akiri Ingaragu. adutangariza ko atakiri umusore ahubwo yu batse ndetse akaba afite abana babiri .(2)  Misigaro twaga niriye ku buhanzi bwe ni ba ntacyo buba ngamira umu ryango we atu bwiye ko kuri we nishema nkuko ibyo akora si kubwe ati nu kubera Imana gusa  ni yo mpanvu umu ryango wajye nawo urabyi shimira. ati kuri rimbira Imana ntako bisa iyo u bi koranye umuti ma wawe wose. gusa usanga I kibazo n'Ukubi kora ugami je izindi nyungu . 
Misigaro twa mu bajije indi rimbo ziwe aho azi korera, nuzi mukorera  yatu bwi yeko we afite studio Itunganya indirimbo za mashusho ndetse nizamajwi (audio) iyonzu yumuzi ki ikaba yitwa MORE RECORD.ati ubu nsi nki gorwa naho jya gu tunganyi riza indi rimbo. Izondi rimbo zi kaba zitungangwa na PRODUCER  Licklick .Uzwicyane mu rwanda.  
ADRIEN Misigaro  afite album zibiri (2)amaze gusohora inyishi murizo zikaba zifite amashusho yazo 
Album yambere ikaba yitwa VUMILIA ikaba iriho indirimbo umunani(8) iyakabiri nayo ikaba iriho indirimbo icumi(10) nayo ikaba yitwa NKWITENDE .tu bibutseko nkwitende bayi koreye lumix nabasore THE BEN ndetse na MEDDY ikazaba iza sohoka mwitangira ry'uyumwaka .abaji jwe niba ari umu pastor nkuko beshi ba kunze kubi vuga misigaro ati rekadaaa aseka cyane ati jyewe ndi umuri ribyi gusa sindi pastor .

Tumubaza kuri gahunda afite misigaro avugako bidatize hatagize impinduka nawe atazi mu kwezikwa kabiri(2) umwaka utaha2015 azaba yasesekaye Ikigali hamwe nu mu producer wiwe Lickly lick aho azaba agiye gutunganya Indirimbo ziwe  Tumuba jije impanvu yatuma akorera murwanda kandi afite producer mwiza ni bi koresho byuzuye, yatu byiye muraya magambo ati ;burya murugo ni murugo ,icyambere kubona abana bakora becking nkuko umuhanzi abishaka ntibi kunda rwose ati bira tugora no kubona ahantu ukore ra amashusho nabwo ubona ahantu hatari heza ati ikirere cy'Africa nikizima ,kandi tubadushaka nama shusho ya frica ni yomeza. kubera ikirere cyaho.
ahakandi yatubwi yeko ashaka kuzi fashisha bamwe mubahanzi bakomeye mu rwanda hari mo nkabo bakoranye indirimbo KABAGAZA na gabby kamazi , aba bahanzi nabakozi b'Imana kandi bazi kuririmba mugihetuza fatanya bizaba byiza .bakora baking ,ati kizaba ari gitaramo cyi gitangaza .

Misigaro akaba agira Impano yo kwandika indirimbo ndetse no kuririmba. iyo yandi ka ntabwo yifashisha Bibiriya ,ahubwo biterwa nibiganiro yakoranye nabantu. cyangwa nigihe abantu barimo cyane cyane abana b'Imana icyogihe abona icyo gukora,(inspiration) .

Mundirimbo zuyu mugabo zimwe zaku nzwe cyane harimo NFITE IMPANVU ,(akabayara shimaga imana ikigaza imana yagihaye inkoni yubutware bwiza ).indi ikabayitwa NTACYONZABA akaba yara yi koranye na MEDDY .Misigaro akaba akorera hamwe na baba sore baba nyarwanda the Ben ndetse na Meddy muri More Record ikoreraramo Lickly lick hamwe nu mwana umu curangira ikidari (quitar )uvu musore ucuranga ikidari akaba avukana  numuhanzi Misigaro adrien . tukaba tu mwifuri je ibyiza mwiterambere  imana imuhaze umutimawiwe,

BETHLEHEM ABAKIRISITU BAHAGEZE ARIBESHI

Imbanga zaba kirisi tu bavuye hirya no hino kwisi kurubu bari mu mugi wa Bethlhem aho bemerako Yesu christu yavukiye  Abo ba cristu bose kuru yumunsi bahuriye ku kibuga cya Manger muri Cijordania Ubwo barebaga igiti kinini cyanoheri gitatswe nama bara meshi yibendera rya Palestine 
Imihango ikaba iri burangire mu misa iri bube mwijoro ryu yumunsi wagatatu bu cya ari ku wakane Iyi misa ikaba iri bu bere mwi kanisa ryi tiri we ivuka rya yesu 

Itangaza makuru kwisi rivugako kumunsi wanoheri uzana ituze mubantu bose kwisi Ibi bihe kandi bikaba bitanga ikiru huko kuba kirisitu bose aho usanga, abafite uko mameze kumufuka ba guriye imi ryango nishuti ibintu bishya byerekana ko bishi miye ibihe bagezemo ndetse ukana sanga bahuye nabana na bavandimwe bagasangira nki miry'ango bishimira ivuka ry'umwana yesu .tubifuri je kuzageza indi noheri ya2015 

Ibi bihe biryohera cyane aba kirisitu bo mu burasira zuba aho usanga babanga miwe nikibazo cyintambara 

Tuesday, 23 December 2014

INKURU YAKA BABARO IKINSHASA MURI CONGO BABUZE UMUBYEYI WIGIHUGU.


Inkuru yu rupfu rwa pouline Opango lumumba ya menyekanye mugi tondo mu mugi wa kinshasa.
Umuhungu wiwe francois lumumba ya tangaje ko basaze yasinziriye mwi joro .amakuru dukesha ikinyama kuru jeune afrique avuga ko uyu mukecuru yitabye Imana kuruyu wakabiri 23/12/2014
Akaba yi tabye Imana kumyaka yiwe 72 yamavuko yaramaze kuri nosi.

Urupfu rwa pouline opango Lumumba rwa ne mejwe na mi nisitre w'Itumana ho ni tanga za makuru,hamwe nu muvugizi wa waguvernema  ya congo Lambert mende  ba byemeje mugi tondo cyu yumunsi wa kabiri .

Lumumba pouline yaramaze iminsi yari yara giye kwivuri za mu gihugu cy'ubufaransa kumu gabane wu burayi aho yaramaze iyinga rimwe agarutse  mugihugu cya congo.uyumu kecuru numbwo atavugwa muri politic yarakiriho nkuko yasizwe numugabo wiwe wapfuye arashwe kuminsi 17/01/1960.akaba ariwe wambere ufatwa nki ntwari yambere mugihugu cya congo- kinshasa.nkuko uyu mugabo yahara niye ubwi genge  akaba aricyo yazize , mugihe iki gihugu cyari kimaze imyaka Ijana kiri mubu koroni.

 Lumumba  patrice mbere yokuraswa  yari minisitre wintebe ya congo- kinshasa kugeza nubu uyumu gabo lumumba akaba atarava mumi twe yaba nya frica.kubera ubwitange yako reye igihugu cyi we nu mugabane wose wa africa muri rusange, kurubu abantu beshi bakaba bitwa irizina kubera ubutwari bwiwe.

Umuhango wogushingura  Mama pouline nkuko beshi bamwitanga mu mugi waki nshasa .ukaba ,uzategu rwa na guvernema ya congo,nkuko byatanga jwe nu muhungu wiwe francois  Lumumba abi bwira abanyamakuru.