Saturday, 20 December 2014

UMU NANI BAFASHWE MATEKWA NI NGABO ZA CONGO IBENI

Igisiri kare cya Congo cya tangaje ko cyafashe abasirikarer umunani bako moka mu mutwe yi nye shamba zi komo kaka mugi hugu cy'Ubugande Umutwe wi twa ADF naulu baka baba fati we mugace  ka beni mubu rasira zuba bwa congo Kinshasa 

Umwe mu rabo mugihe bafa twaga ya hise yicwa ku bera yasha tse gutera amahane no ku rwanya ingabo zi gihugu. abandi umu na ni bo baka babatawe muri yombi bakajyanwa gukuri kiranwa nize gozi zishizwe umute kano wi gihugu ,ibyo bikaba bya baye mwi joro ryo kuraka gatanu ku minsi 19 zuku kwezi kwa12/2014 ,Ibi bikorwa bya ba rwanyi bi nyeshamba bakaba barwa nira mu majyaru guru yumu gi wagoma ibeni 

Umuvu gizi winga bo ziri ku rugamba ziri guhangana nabo bazi ba Uganda ndetse nigihugu cy'acongo aratangaza ko uku kura sana kwaba yeho mugihe izi nyeshamba zaje zigatera  ama purizo amwe namwe afungiye mo izindi nyeshamba umunani nafashwe ubwo za shaka ga kubafunguza kugufu, iribo hero rikaba ri ri ahitwa kangwayi , ariko tibya bage ndekeye neza baka ba bafashe bakanuye ni gabo za FARDC

Naho abasi rikare bari muri iki gikorwa coguca umwazi mugihugu bise OPERATION SOKOLA basabye aba turage guko meza kuba maso  bahumure batuze ntakibazo kandi bakomeze nibi korwa byabo bya buri munsi 

Naho kuruhande ru bu yobo zi mu mugi wa beni NYONYI BWANA KAWA  akaba ya tanga je ko abafashwe bose baza burana muminsi yavuba muru ki ko rwagisiri kare ibeni 

Friday, 19 December 2014

KENYA KURWANYA ITERABWOBA KENYATA YATANZE ITEGEKO &NIGERIA NAYO BOKO-HARAM IRIHAFI YO GUFATA IGIHUGU

Mugihugu cya Kenya president wi ki gihugu yata nze itegeko ryo kurwanya itera bwoba mur'iki gihugu.
Ubwo umukuru Uhuru kenyata yasi nyaga iritegeko hahise haba Inama yigitara ganya mu nteko Ishiga amategeko muri kenya ibi bikaba  byara baye ku munsi wejo ku wakane  iyi nama kandi ikaba yari rimo umwi ryane udasazwe kubata vuga ru mwe nu butegetsi. ubwo bo bavuga ko kenya igiye gutwarwa  cangwa ku yo borwa ni gipolice.

Naho kubari kuru hande rwa leta bo bavu gako ba  keneye irite geko kugirango ba rwanye ibintu byose byi tera bwoba  harimo numu twe wi nyesha mba za Alsha-babu uko moka muri Somalia. ukaba umaze ni minsi ukora ibitero muri kenya bitandukanye
Kurubu igipolice kira tangaza ko mbere yogu tanga amakuru yi perereza baza jya babanza baka bi bwira abantu ibijyanye na raport yose yitera bwoba 

Bwana kenyata yavuzeko ati; tura cyari mu ntambara zita ndukanye ati kandi twu garijwe ni bitero byitera bwoba ;Iri tangazo ry'umu kuru wa kenya rya nyuze kubi ta ngaza makuru bita ndukanye

Bongeye hokandi ko urwego rushizwe iperereza rwaku viriza ama telephone ya bake kwaho itera bwoba ,uke kwa wese agomba byibura gufu ngwa amasaaha 24 aho gufungwa iminsi363 ataracibwa urubanza. Mugihe kenya yo bimeze bityo

NIGERIA

 Nigeria yakomeje gushe geshwa nibitero bya Boko-haram  ubwo umu vugizi wa leta avugako batewe nabantu bi twaje Imbunda bata zwi ariko aka vugako, ari boko- haram.  nkuko bi vugwa neza bivu gwako agace karimo izinye shamba za Islam bakomeje gutera ubwoba abantu mugace batuyemo .

Boko-hara yatangiye kurwanya leta ya Nigeria mu mwaka 2009  izinye shamba zi kaba zishaka gushi  nga  leta igendera ku mate geko ya ki Islam  tubi butse ko ku cumweru haba ye igi tero giko meye cya ko zwe ari ko ama kuru akaza ku menye kana ku munsi wejo nakane atanzwe naba citse kwicu mu ryaho, ha bere ye inta mbara ubwo ba gera ga mu mugi wa Maiduguri. ari ko kugera ku rubu nta mu twe wari we mera ko ari wo wako ze ibyo bitero mu ri akogace.
kugeza ubu nta bwo hari hame nyekana umu bari wa bantu bashi muswe nizinye shamba doreko abeshi bahunze mugihe intambara yari mo kuba  kandi izinyeshamba zi kunda kujyana abantu zi bashi muse,

SOUTH AFRICA UMUKOBWA WAMBERE MISS YASIMBUWE KU MWANYA WIWE NTAKIBAZO NAKIMWE AFITE



Rolene uherutse kwe gukana ikamba rya miss World 2015 yasimbuwe nu muko bwa waru mwungiri je kuri uwo mwanya mugi he bari mumaru shanwa yi gihugu cy' Afuri kayepfo.
Byari bimenyerewe ko nyampinga asimburwa muri ubu buryo iyo hari imyitwarire idahwitse yagaragaje cyangwa hari amakosa ahesha isura mbi igihugu yakoze. Rolene Strauss we siko byagenze ahubwo yasimbuwe mu rwego rwo guha igihugu cye amahirwe yo kuzitabira Miss Universe 2015 dore ko atemerewe guhagararira Afurika y’Epfo afite ikamba rya Nyampinga w’Isi.
Nk’uko AllAfrica yabitangaje, Ziphozakhe Zokufa wari igisonga cye cya mbere yagizwe Nyampinga mushya wa Afurika y’Epfo ndetse Rolene Strauss ubwe akaba yaramwambitse ikamba ku wa Gatatu tariki 17 /12/ 2014 mu birori byabereye muri Hoteli ya Maslow iherereye mu Mujyi wa Johannesburg.
Ziphozakhe w’imyaka 23 usanzwe ari umunyamideli wiga muri Kaminuza ibijyanye no gukora ibiganiro bya Televiziyo yishimiye uyu mwanya ndetse avuga ko yiteguye gukoresha neza amahirwe yabonye no gukomeza guhesha igihugu ishema.

Yagize ati, “Zari inzozi z’igihe kirekire, nishimiye aya mahirwe ngize yo gukomeza kubera abari n’abategarugori ba Afurika y’Epfo icyitegerezo n’igihugu cyanjye muri rusange. Ni ibintu nahoraga mparanira, niteguye kuzuza neza inshingano”.
Biteganyijwe ko nyampinga Ziphozakhe ari we uzahagararira Afurika y’Efo mu marushanwa ya Miss Universe ateganyijwe kuzabera i Miami muri Florida mukwambere  2015.
Ziphozakhe abaye Nyampinga wa Afurika y’Epfo habura igihe gito ngo hamenyekane uzamusimbura. Gutora uzasimbura Ziphozakhe biteganyijwe kubera kuri Sun City tariki 29/03/ 2015.

INYESHAMBA ZA SUDANI Y'EPFO ZISABA KO PRESIDANDNT WICYO GIHUGU YEGURA KUBUTEGETSI SALVAKIRII

Chimpreports itangaza ko yabonye inyandiko ikubiyemo imyanzuro y’inama y’abayobozi b’uwo mutwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Sudani y’epfo, yateranye hagati y’itariki ya 6 na 12 zukwezi kwa cumi nakabiri, ari na ho harimo ibishya basaba Leta y’icyo gihugu, bikavuguruza ibyumvikanyweho mu masezerano hagati ya Salva Kiir na Riek Machar mu mezi arindwi ashize.
Abagize umutwe utavuga rumwe na Leta ya Sudani y’epfo bayobowe na Riek Machar basaba ko Salva Kiir uyoboye inzibacyuho , ava ku butegetsi, agakurikiranwa n’inkiko ku byaha by’intambara, icya Jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu.
Umuvugizi w’uwo mutwe, Brig Lul Koang, yavuze ko n’Itegeko Nshinga ry’inzibacyuho rikwiye guseswa rigasimbuzwa irindi rizahoraho, rinarengera inyungu z’Abanyasudani y’Epfo muri rusange.
Yagize ati: “Amategeko yose abangamira Demokarasi, imiyoborere myiza n’ubwisanzure bw’itangazamakuru kimwe n’imitwe ya Politiki n’Itegeko rirebana n’umutekano w’igihugu, akwiye guseswa, agahindurwa.”
Ibi kimwe n’ibindi byose bigaragara muri iyo myanzuro, abakurukiranira hafi Politiki y’icyo gihugu babifata nko kunaniza Leta ya Sudani y’Epfo, kuko byinshi bivuguruza imyanzuro yatumye hasinywa amasezerano yategekaga ko imirwano yahagarara ku mpande zombi, hagashyirwaho guverinoma y’inzibacyuho igizwe n’abaminisitiri b’impande zombi.

Riek Machar wari Visi-Perezida wa Sudani y’Epfo, ashinja Salva Kiir ibyaha by’intambara, Jonoside ndetse n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, mu gihe Kiir amushinja kuba yarakabije kugira inyota y’ubutegetsi agashaka kubugeraho ku ngufu, bigatuma Abanyasudani b’inzira karengane bahagwa

Thursday, 18 December 2014

INYESHAMBA ZA M23 ZASUBIJWE MUNKAMBI BAHOZEMO .

Abahoze ari aba rwanyi bumu twe wa M23  ba hungiye muri Uganganda .ubwo byari bya tega nijwe ko basubi zwa mugihugu cyabo ku munsi wagatatu .imodoka zamara kugera mu nkambi bari ba cumbitse mo aho kuri ra Izo modoka abagabo bakirukaka. Ubwo batinyaga gusubizwa mugihugu cy'abo cya congo . kumunsi wagatatu ni bwo bamwe muri bo  abarenga igihumbi ba shitse munkambi yitwa  Romwaja mu majye pfo yubu rengera zuba bwa Uganda .

kuru yu munsi wakane ni bwo igisirikare cy'Ubugande ni gipolice bazindutse kumihanda kuburinzi  aho bangiye baba fata ku mabarabara babasubiza munkambi yagisirikiare bari ba cumbi tse mo ,nkuko byatangajwe numunya mAkuru wa BBC catheline  Byaruhanga ati biragaragara ko habjye kuba ho kunvikana hagati yizongabo cyangwa inye shyamba mbere yo kubasubiza aho bacumbikirwa.
Abantu amagana nama gana  bumu twe wa M23  bahungiye mugihugu cy'
Ubugande nu Rwanda ubwo batsindwanga ningabo za congo zifatikanije niza ONU. kurubu hakaba hashize umwaka uwo mutwe wibagiranye kubu taka bwa congo.

Kurubu uwo mutwe abavu gizi bawo bavugako bashaka ubuhungiro ati nkuko ntabwo biteguye gutahankuko bati zeye umutekano wabo mugihe bageze kubutaka bwi cyo gihugu cya congo.

Umwe mubagize ingabo za M23 yabwiye itangaza makuru ko kurubu ntabwo ba bafite .
ariko abashizwe umute kano muri Uganda bo bafite amakenga kuri uyumutwe 
Naho kuba tegetsi bigihugu bavugako bada shaka kuvanga ingabo zigihugu ni nyeshyamba M23 .

Kuwa kabiri umu umukuru wumutwe wa M23 bertrand bisimwa  yari yavuze ko abarwanyi bose bahunze abarimumajana meshi ati hasiga ye abarwa yi gusaariko umuvugizi wingabo zubugande colonel Paddy we yahakanye ko bacitse bose akabaavugako abeshi muribo bakiri muririyankambi  ati ntakuntu bacika inkambi yagisirikare kandi nikure nahandu hurugendo rwama saha ane ni modoka nabwo yihuse kugirango ugere Kampala mu mugi.

Mukwezi gushize nibwo intumwa za congo zari muri Uganda zigiye kunvikana nizo nyeshamba ukuntu batahiu ka bakaza mugihugu cy'abo  izo nyeshamba zamaze umwaka zi rwanya leta ya congo zikaba zimaze umwaka mubuhungiro kandi. mugihe ba rwanaga congo hamwe na ONU baho raga Bashija u rwanda n.Ubugande gutera inkuga zibikoresho nogufasha muburyo bwose  izi nye shamba ariko ibi bihugu bika biha kana byi vuye inyuma .

ABASODA 54 BAKATIWE URWO GUPFA KUBERA UBWOBA


Muri Nigeria abasirikare 54 bakatiwe igihano cyuru pfu kubera ubwoba  bwo kurwa nirira igihugu batinya boko haram



Murukiko rukuru rwa gisiri kare muri Nigeria rwa ciriye abasirikare bagera kuri 54 igihano cyu rupfu kubera gutinya kwitangira igihugu cy'ababyaye ,nibwo uruki ko rwagisirikare rwabakatiye ikigihano kibakwiye bakaba banemeyeko icyo cyaha bagikoze ,cyo kwigo meka  kwanga kujya kurwanaya inyeshamba za boko haram .

nkuko umunya mategeko ubunganira abivuga Femi Falana .yatangarije ibiro ntangaza makuru byaba faransa AFP ko abasirikare mirongo 54 nibo bakatiwe ikigihano  abandi batanu 5 muribo bakaba ba bagizwe abere kubera icyaha nti cyabahamye ,kurundi ruhande ubuyo bozi bwagisirikare muri kiriyagihugu ntacyo bura bivugaho.

Falana  yatangajeko abo basirikare bireguye bavugako badapfa kwisukira intambara ya boko haram  ati nkuko bafite ibitwaro byarutura ngo kandi no kubona amasasu yimbundazabo ningora bahizi Ak-47 ,

Abasirikare bakatiwe igihano cy'uru pfu  bara basirikare bagize ingabo za <special forces> uyu mutwe wari wahawe icyi zere cy'okubohoza imigiitatu yari yari garu riwe na boko-haram  aha hakaba ari mu burasirazuba bwa majyaruguru ya Nigeria .

Igihano nkiki cyahawe kandi Abandi basirikare 12 mukwezi kwa karindwi uyumwaka  nyuma yaho bara siye umuyobozi wabo mugitero bari bahama gawe mo na Boko Harame  mum u giwa maiduguri  umugi mukuru borno uhere reye muma jyaruguru yu burasirazuba .
 tubi butse ko Boko Haram yatangiye kugaba ibitero muri ikigihugu mu mwaka 2009 bimaze guhitana abantu bagera 10,000 naho abandi bagera ku 700.000 bakuwe mu ryamo yabo ,aho bakwiragijwe imishwaro .

Wednesday, 17 December 2014

RUSWA MU BA YOBOZI BA TANZANIA

umu camanza mugi hugu cy'atanzania  yavuye kumirimo yi we ntawe umweguje kumpanvu za ruswa irangwa  muri ako kazi  umu cyamanza mukuru mugihugu cya  TANZANIA , uyu mu cyamaza akaba abaye uwa mbere ukoze igikorwa nkiki  ibibyaruswa bikaba byara muhamye mugihe we yari kumiri moye  .

aba depute bigihugu cy'ATANZANIA  bakaba bamushija icyaha kikana muhama cyoguta nga uruhusha rwogutanga ruswa ingana na mamilion 120$ zamadollars.kubijyanye ni tangwa ryama soko atanga ingufu zama shanya razi 

Kuriwe kandi arahakana yivuye inyuma ko ntacyaha yakoze .ariko akaba kandi ari we wikuye kumirimo yiwe ,kubera uko kwamaganwa  naba depute bo muinteko ishiga amategeko < ibo bakaba bavugako ibyo yakoze bisebeje politics yatanza nia >nkuko byashikiri jwe numukuru wigihugu wa tanza nia jakaya kikwete 

Kubera ruswa yavuzwe  muri ikigihugu cya tanza nia byatu mye ibihugu biko makomeye bihaga ri ka inkuga bya yigeneraga 

president Jakaya ki kwete ubwo yagera kubutegetsi mu 2005 yi  jeje aba turage ko agiye guha ngana niki bazo cya ruswa cya munze ubu tegetsi ndetse naba turage bo ri ikigi hugu  ariko kugeza nubu aba mukurikira nira hafi bavugako kugeza ubu nta ntabwe igara gara ira tegwa ngo bi cike burundu ,

Mu kanama gashizwe ubutegetsi kiki gihugu kemeje ko bagomba kweguza premier ministre wiki gihugu kubera ko nawe akemangwa ho ikibazo cya ruswa  cyane mu bijyanye namasoko atangwa na leta , aba tegetsi na mashirahamwe byose bivugwaho ruswa barahakana bivuye inyuma ibyo baregwa 

Mu bushaka shatsi bwakozwe naba depute biki gihugu basanze mirion120 yamafaranga ya leta yishu we amasoko ahubwo aho gukora imirimo ya leeta  ahita aribwa naba ministre bo muri leta  

ayo mafaranga yanyu zwaga ku ri compte yibijyanye nigufu zamashanyarazi \

Uyumugi mubihu gu bya wuteranga inkunga harimo ibihugu 12 ,ubwongereza ubuyapani .banki y'Isi na bank nyafurika isura amajyambere  iyi bankeyo yahise ifata icyemezo cyo gu hagarika inkuga mukwezi kwicumi  aho batanga ga miriyoni 490 zama dollars