Sunday, 14 December 2014

INGABO ZAKUYEHO UMUTWE WA M23 KURUBUNGO IZONGABO ZAGARUTSE KWIRUKANA ADF -NALU ZABAGANDE ZIRWANYA UBUTEGETSI BWA UGANDA

ingabo za kongo niza mo nisco zatangiye ibitero bikomeye kumutwe uho ra wangiza ushaka no guhungabanya umutekano mugihugu cya uganda ,izingabo kandi bivugwako zikomeyekandi ntiziri kumenyekana nkuko ngo nizo zaba zarakuyeho umutwe wa M23
Ibi bitero bihuriweho n’ ingabo z’ impande zombi bikaba byaratangiye kugabwa kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 13 Ukuboza 2014. Bigamije kurandura guca burundu no kurandura inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF-Nalu.
Hagamijwe mbere na mbere kubambura imbunda ariko batazitanga bakaraswa bakavanwaho. Amakuru aravuga ingabo zidasanzwe za Monusco zarahirihe kurangiza iyi misiyo n’ ubundi bagakoze bitagombye kumera uko bimeze ubu, ariko na byo bikaba byashimwa mu gihe byakorwa neza.
Ibitero by’ izi ngabo kabuhariwe zabashije guhashya M23 bikaba byarahereye ahitwa Eringeti na Kokola imijyi iherereye mu bilkometero 60 uvuye mu mujyi wa Beni. Izi ngabo zagabye ibi bitero zikaba ari zimwe zafashije FARDC muri operation yiswe «Pomme verte» yabashije guhashya umutwe wari warabereye Kongo ikigeragezo ari wo M23 mu Ugushyingo umwaka ushize. Ibi bitero byagabwe bikaba bishimishije imiryango ivugira abaturage bamaranye iminsi umutekano muke aho ababarirwa mu Magana bamaze guhitanwa n’ abarwanyi b’ izi nyeshyamba.
Ibi bitero bigabwa bikaba biyobowe na ba General Muhindo Akili Mundosi ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo na Abdoul Kimweri ku ruhande rw’ ingabo za Loni. Amakuru ava mu buyobozi bw’ ingabo aravuga ko ibi bitero bigamije gusaka kwambura intwaro no guhashya abarwanyi ba ADF-Nalu aho bava bakagera dore ko byagombaga kuba byaranakozwe mu gihe M23 yari ikimara gutsindwa; kuko byari biteganijwe ko nyuma ya M23 hatahiwe FDLR hagakurikizwaho umutwe wa ADF-Nalu.
Ingabo za Kongo zagiye zitangaza amakuru ko zamaze guhashya ADF-Nalu, nyamara ibi byaje kugaragara nko kwikirigita ubwo izi nyeshyamba zicaga zikurikiranya abaturage b’ inzirakarengane mu mujyi wa Beni. Ibi biratanga icyizere ku baturage ba Beni mu gihe ingabo za Monusco zagiye zishyirwa mu majwi kuwutera inkunga nizibihagarika.

IMPANUKA IKOMEYE MUKIYAGA CYA TANGANYIKA


amakuru avugwa  muri kongo nuko hari ubwato bwarohamye mukiyaga cya tanganyika kuru yu wa gatanu ushize  umu yo bozi wintara yamajyepfo ushizwe ibyi njira ni bisohoka yatangari je itangaza makuru byaba faransa ko  intubi zigera kuri ijana namirongo ibiri nicyenda ati niyo imaze kuboneka 

aba nyamakuru ba tuye hafi  bakaba bavugako impanuka nkizo zikunze kubaho keshi aho ubwato buba bwuzuye imizigo ireze imbaraga zubwato ati niho ibikorwa nkibyo bibaho,bityo ubwato bu karo hama abantu nibintu bika ngirika',naho leta yabene gihugu , ninkaho ntacyo imariye abatwa ra ibintu namatungo Nabantu ,tuba bwireko muriki gihugu  hari heshi  usanga ibyo gutwara abantu ni bintu bikora akazi gakomeye kareze ako byakago bye gukora aha usanga nka ma moto Igenda ho batatu cangwa bane 

bakanyura kuri leta ntakibazo bafite ,Imodo ka yagenewe bane usanga nki cumi bayigendamo . wagaya umutura ge cya ngwa wagaya leta, leta nitagira icyo ikora muri congo ku b ijyanye ningendo zo mumazi nimihanda hazakomeza hangirike byinshi  kandi bikomeze bididize iterambere kumpandezose abaturage ntacyo bakwigezaho ,ibintu iyo bimeze kuriya usanga akeshi harangwamo zaruswa zuburyo bwose kubirwanya ni wewe wavuyeyo nuriyo akakira uwari waragiye kugirango mwubahane munabane muniteze imbere,murakoze aba buze ababo bihangane nigihugu cyahombye

BEJAMIN NETANYAHU NGO NTASHOBORA KUREKURA IBICE BATSE PALESTINE

Imbere y'Inama kukibazo cyo mubu rasi razuba bwo hagati Premier ministre wa Islael Benjamin  Natanyahu yata nga jeko ntabwo azigera yemera  Itegeko ryoku vikana na Palestine 

Nyakubahwa natanyahu Benjamin yavuze ko atazigera narimwe Atanga ibiso banuro, ndetse ntazigera yemera narimweko harico bagomba ku byigaho ati zabihagarika byose .

bwana Natanyahu avugako ati Iyo Nama nta kindi bagamije uretse kwiga kukibazo cyo kuvana ingabo za Islael mu bice bimwe nabi mwe batse palestine . bakaba bari babi mazemo igihe cy'Imyaka Ibiri ,tubi butseko Iyi nama izaba kumunsi wejo inama yumutekano ya ONU 

Netanyahu akomeza avugako impavu batava muribyo biri ndiro ati nuko bibaye Intagondwa zaba islam zisho bora guhitaziza gutura mu mugi hagati wa Jelusalem ati kandi ibyo ntibyakunda nabuke ntiya byemera,

Ibyo yabita ngaje mbere,yakanama kazabera iroma kumunsi wejo ku wambere Iyonama kandi ikazaba irimo na nyakuba hwa  ministre w'Ububanyi namahanga wa America john Kerry , kuva kera kose abayahudi nte basho bora kwe merera intangondwa nza ba Islam gutura mu mugi wa Jelusalem igihugu cy'Isezerano 

Ko bwana nyatanyahu guhakani ra ROME na kanama ka ONU byerekana ko america  bigaragara ko Islael arigihugu kigendera kumahame yacyo ntana kimwe bakeneye kubandi ba nyamahanga cyanga abaroma 

KURIKIRA AMAFOTO NUKO ABANTU BASENGEWE NAGAHUNDA ZATUNGURANYE KUMUNSI WANYUMA MURI NCC ,


Nyuma  yo kunva ijambo ry’Imana Bishop prophet  RUBANDA   yana yoboye umuhango wokwimika cyanga gusei bakaba ab uyoboye pastor uyo boye   ministeri ya LLF . mbere yo gusenga yashimiye abaraho,avuga nijambo ryimana  hejuru yintambara umu kirisitu ahuranazo iyo amaze gukizwa cangwa iyo amaze kwimikwa,kuba  Umushumba ,yasomye mu baefeso  6:10-18 . Ati umucristo arwana nasatani akarwana numubiri kandi ni bintu bibiri bigoye ariko iyo ubinesheje ubahoneza , at’ Inzira yasatani nini iragutse ati kandi numuharuro mwiza ,  ati bamo ibintu bitandukanye bimwe ,nkukubesha gusambana kwiba gukuramo amada kurwana ,gusenya Ingo , Intonganyi ,kurengwanya ,Ubwicanyi ,n,Ibindi bitandukanye  ati abanyedini niho babarizwa ,ndetse nabatagira Uburere , ntiya hereye aho gusa yavuze  nabanya mwuka abayoborwa numwuka  ,inzira yumwuka ninzira ifunganye kandi ninzira ivunanye,isaba gutungana rwose  , yaso banuye  imiri moyaka mere  nimi rimo Imana yishi mira , yavuze ku bantu  Imana ihama gara  ati harimo ibi cebi tatu abanyabwenge  nabakire nkuko abantu ba zaba gana bakuri kiye ibyo byombi ha ba ubu tunzi nubwenge musa bwe kugira ubwenge ndetse mugashaka  ubukire


Nyuma  yijya mbory’Imana hakurikiyeho umuhango wogu sengera  abashumba  mbere yo kubasengera ni bwo RUBANDA  yabajije kuganira nabantu bose abaso banu rira neza umushumba cyangwa umu pateri niki?  Ati nkuko yako meje yunva abantu beshi babita pasteri  paster ntiya sobanukirwa ati kandi umu pasteri numuntu ufite itorero ayoboye haba kurusengero ibukuru umushumba agombakuba umwe  ati kandi niba harini kijiji nabwo hago mbakuba undi mu shumba umwe  yatanze urugero rwiza aravugango umushumba uragira umukumbi winka atereka ipfizi imwe ati yo tubaye utumasa twishi  twimya inka nabi zikaramburura  ati ni yo mpanvu hagomba kuba ipfizi imwe ,ati no mwi torero niko bjyabimera abandi na bunganizi atim yo umuntu asengewe ku bu shumba ntabwo ari byumwaka umwegusa ahubwo ni byigihe cyose cy’ubuzima bwawe bwose.abandi nabunga nizi biwe bakorana muri commite executive gusa ariko si abapastor nkuko ntamatorero bayoboye 
Mugihe LLF yo baribi teguye gusenge rwa nkaba pastor batandatu ariko byaje gusobanuka hasengerwa umushumba umwe uyoboye  ikanisa ry’ose  bana musengera bamusuka ho amavuta umushumba mukuru MUTAGOMA  Goudin , abandi basengewe nkaba diakoni bikanisa ,nabayo bozi ba madepaertement  . ariko bagakomeza kuba  mushingano bari barahawe ,  hasengewe numuhanuzi umwana muto prophete Samuel SIBOMANA  nawe akabayarasutsweho amavuta numuhanuzi mugenziwe bishop prophetic RUBANDA  aho yamubwiyengo azavuge icyo imana yamubwiye abe aricyo azakora , ntabwo ahawe impano yo gusenya cangwa kuyobora amakanisa  akazikiwe nuguhanura.

Nyuma yogusengera abayo bozi hakuri kiyeho gaho haje kugerwaho umuhangowokumurikira abakunzi ba MUTAGOMA igitabo yanditse cyitwa MBA naribagiranye mu myaka 28 ishize,ikigitabo kikaba kirimo inyigisho zitandukanye harimo indi rimbo zuyu musore zitandu kanye , ni byigisho ndetse namasengesho byafasha abantu beshi  kuba biso mye bavu zeko kiziye igihe. Bikaba byarangiye dusezeye rubanda.

Saturday, 13 December 2014

KURAMYA NO GUHIMBZA KUMUNSI WANYUMA WIGIOTERANE NGARUKA MWAKA MUBUHINDE NCC,

Kumunsi wa nyuma wo mugitera  ne cyo mu buhinde wakwibaza utese cyarangiye gute rekatu benkabagerageza tu yanyuremo ariko hagataho tubakumbuje kureba no gukurikira inyigisho namahanuzi byavugiwe mur'Ikigiterane ,binyuze mu muhanuzi w'Imanayo profete Bishop RUBANDA .
Kumunsi wanyuma reka tube ariho twibanda .aho hari gahunda nyishi zitandukanye harimo abahanzi 

batandukanye Nandimatsinda bose  ba ririmba indirimbo zihimbaz'Imana ndoreko byatangiye hari mo Iteam yakorari ya LLF iyo bowe numusore wigikundiro NTENZEYOMBI ,Bievenu , umusore Ucuranga Ibikoresho bitandukanye kandi akabikora abikuze ana byishimiye .Iyo korari ntiyatize.Hakurikira yo aba byinyi ba drama nabo ntibaha tinze , ni bwo hagiyeho umuhanzi ukomeye mujyana zitandukanye ariko mujyana ya rap cyangwa hip-hop akaba arumuhanga ukomeye aho uta tinya kumugerera nya na banyamerika nabo bakomeye kurwego rwisi yewe no mu jyana ya zulunatal arimo kugenda ayiko ra neza a nayikundi sha abantu beshi ntawundi nu wo bita JEJE UOMUFOKO GASIRABO GREGWAR ayo ni yo mazinayiwe , akaba yafatikani je namugeziwe wakundakwita EVA, BYIRINGIRO  Iwe akaba ari numucurazi wingomanawe , aba basore bashimishije abantu birakomera kandi banaririmba neza cyane mujyana zose mundimi zose dukoresha nka ba nyafurika icyongereza nikinyarwanda .

Ntibyatinze umuhanzi ukomeye uzwi cyane nawe aba arasesekaye kuri stage murako kanya Nindirimbo nziza cyane ivugango NINGERAYONZARIRIMBA YANDIRIMBO  akaba ari numwana muto ukunzwe bikomeye nabanyeshuri ndetse nuru byiruko rwishi kwisi hose uwo ntawundi ni MBONYICYAMBU ISLAEL , Uyumuhungu yaje akora mumuhogo wiwe imana yamuhereye mo impano abaraho bose baranezerwa ndoreko yageze kundirimbo ye yakabiri ahamagara umushumba wiwe MUTAGOMA Goudin bafatanya indirimbo yakabiri ivugango IZIBYO YIBWIRA KUBAGIRIRA NI BYIZA SIBIBI A abaraho bose barayirimba bira komera biba nku ruvunga zoka aho wabonaga biryoheye buri wese  Yishimye kumaso ndetse no kumitima wabonaga bakeye cyane . nyumaho gato nko kjo bisanzwe bakiriye umukozi wimana bishop profette RUBANDA ndoreko amasaaha yiwe yarageze aba agezekuri rutare  kurikira gahunda yakozwe narubanda mukugera hejuru kuri rutare stage cg kugatute . 


Friday, 12 December 2014

SOMA AMAGAMBO RUBANDA YAHANURIYE ISIYOSE KUMUNSI WAKABIRI

Mugihugu cyubuhinde Imirimo y'Imana ikomeje kugaragara aho inyuze mu muhanuzi wayo ukomeye Bishop PROPHETTE, RUBANDA kumunsi wakabiri wigi terane hagaraga ye imirimo ikomeye cyane aho abantu baki jijwe bata ngira Ingano Ugere ranije basagaga nki jana[ 100] 

ndoreko yageze kuri rutare cg agatute nkuko bamwe babyita saakumi nazi biri zuzuye . Imana yagaragariye buri wese aho yasengeye, abarwayi ndetse nabafite ibi bazo bitandukanye .

RUBANDA Umuhanuzi wimana akaba avugako yaje kubiba imbuto ikomeye murikino gihugu cy'ubuhinde. ati kandi akabayaraje gufasha abantu bafite ibibazo bitandukanye .rubanda yahanuriye abantu batandukanye beshi kumugaragaro, habonetse ko harimo bamwe baryamanye  amasezerano akomeye ariko , harabo yahanuri ye kuba abashumba bamatorero akomeye kwisi, harabo ya hanuriye ku yobora ibigo bikomeye kwisi byinganda zi byuma bikora muzika, harabo yahanuriye kuba abanyamafaranga meshi kandi bakabera abanya mugisha imiryango ndetse nigihugu cyabo  harabo kandi yahanuriye kuba imitwe mu miryango yabo . harinabo yahanuri yekuzabaza baga fungwa mugihe bataye ishigano zi torero . abandi yaba bwi ye kuza roba abantu;
 RUBANDA yakomeje ku bwira abantu ko igihe cyogukorera ibyaha mwitorero kirarangiye ndetse ngo nikimenyetso nuko hagiye kuba ububyutse kwisi uretse nahano mubuhinde ,no murwanda cg muri africa yose atikandi insengero zarizara fuzwe zigiye kubona ububyutse ati hari nizindi zigiye gufungwa  kubera ntakunvira Imana,

RUBANDA Umuhanuzi wimana ugaragarira buri weseko afite imana muriwe kumunsi wejo yakoreye abantu beshi delivrance ikomeye yakuyeho zakarande nibindi byishi byari byaraziritse abana bimana nkabanzwe ni miryango yababwiyeko birangiye  inkimenyetso yatanzeko ibyo yavuze ko ari byo ati umuntu wese uzareba video yamagambo yimana yavuze azagirira akamaro  aza hindura ubibonye atikandi uzanga akinangira nawe ingaruka zizamubaho wenyine  nukuvugako kubibona nicyo gisubizo cyawe kandi ni nabyo byago byawe , Bishop prophette RUBANDA   yabwiye abarahoko  Umwanya wogusinda  nuburaya urangiye mugihugu cyubuhinde atikandi nuzabikora azagaragara bose babireba kumanywa yihangu kubakobwa yavuzeko uzabikora akagerageza kubikora azasama Inda  nashaka kuyikuramo azabyara  bose mu bibone naho uzashaka kunywa inzoga azasinda ibihe byose .
 Abaraho harimo bamwe ba byunvise  bara bihakana ikintu yaba bwiye ati muzarwara amaso ntaho muzabona mwivuriza muzakira gusa aruko muduhamagaye tubasengere cangwa tugarutse
tubasengere 

Harabandi baraho bajekureba gusa umukozi wimana nabo yarabahanuriye bikomeye harimo abakozi bakomeye bamatorero abandi  na bashumba babantu  abo bita abaro byi hari nabandi yabwiye kuzagira iherezo ryiza . umuntu wese umushaka yaramubonye nufitegahunda yo kumubona ntawe yahejeje bose yabahaye rugari .kugeza nubu . 

Harabantu beshi babatijwe bangana namirongo itatu kuminsi ibiri ahiri abakijijwe beshi batagira ingano   nibyishi twavuga ariko tuzagenda  tubibabwira kugeza birangiye 

\

Thursday, 11 December 2014

REBA BIMWE MU BITANGAZA RUBANDA ARI GUKORA MUBUHINDE USOME INKURU YOSE


Nkuko twa basezera nije kumunsi wejo twababwiye ku giterane kiri kubera miugihugu cyu bu hinde muntara ya tamilnadu mugace ka cadalore aho bita ki dambaram hari kubera umukutano wateguwe nikanisa rya banye shuri biga muri kaminuza ya Anamalai University . iri kanisa rikaba ryitwa LLF lorlds light felloship , icogiterane kikaba gifite izina NCC new convernant conference , ikigiterane ki9 kaba kibaye kucuro yagatatu  aho cyateguwe nu musore  Mutagoma Goudin uhagarariye irikanisa kurubu akaba ya rahawe inko ni nuwo yasimbuye ari nawe watangije uyumurimo wimana hano mubuihinde NKOMEZI  Desire kurubu akaba yarako mereje amasomoye mugihugu cy.America .

Kumunsi wanone nakane umukozi wimana RUBANDA yageze kuri rutare sakumi na zibiri zuzuye aha yakiriwe numukozi wimana nawe ukiri umusore mutoya ufite ipano ikomeye yubuhanuzi witwa SAMUEL SIBOMANA niwe wamusengeye SAMUEL ntiyatize aba atangiye guhanura ati bishop rubanda uragutse itorero ryawe na ryo riragutse ati Imana ifunguye amarembo ugiye kuvuga ubutumwahanze .akirangiza rubanda ati mukozi wimana  samuel ibyo umwuka akubwiye ni byo ntubeshe ati ni byo bimwe muri kubona birikuba ahaturi , Rubanda  yakomeje ubutumwa ubona ntagihunga afite cyangwa se ngu boneko harikintu kidasazwe ari bukore ariko byaje gukomera aho yahagurukije abasore beshi bari bicyaye hagati bose abashira imbere aratangira bose arahanura bose bitandukanye ni byundi kandi akamuha ni bimenyetso bifatika nti byatize aho yakomeje avuga ijambo ry.Imana  

YASOBANUYE ITANDUKANIRO HAGATI YUBUHANUZI NI YEREKWA 
 atgi yo uri shuti yimana imana iraguhishurira ati naho impano yubuhanuzi waba ushoje uraha nuira waba wishi mye urahanura  atikandiburi muhanuzi ahanura bitewe nuko ameze muriwe  ati nkuko umuhanuzi wese agira  ibice bibiri bi muranga harigice ci byiza nikindi cyi bibi atikandi buri muha nuzi arabikoresha byose .ati umuhanuzi naguhanuri ra nabi uzamenyeko atameze neza naho naku bwira ibyiza nabwo aba ameze neza , aha yakomeje guihanurira abantu beshi batazwi umubare nibeshi aho yageze ahamagara abaje kureba uwo muhanuzi bavuze ngo niRubanda  ni bwo yaje kubahamagara haza abarenga mirongo itanu bose akaba hanurira impano zikomeye zitandukanye abo bose ni bamwe batemere ibitangazase cangwa ubuhanuzi bose yabagaraguje agati yaberetseko iwe akoreshwa n.Imana  yakomeje ategura abashaka kubatizwa mumazi meshi nin bwo hahagurutse abandi nkamirongo itatu kumusi wo kuwagatanu ni bwo hazaba umubatizo no ku wa gata ndatu .aboyahanuye harimo abavugabutumwa abacuruzi abatunzi aba yobozi mu mishinga runaka ndetse nabandi bazahesha umugisha muturere twabo nimiryango yabo.


IBINTU CUMI NABITATU BYAGUHESHA UMUGISHA  BISHOP RUBANDA YAVUZE 
1.ati muzagira imigisha mumirima yanyu ,2 . abana bawe bazaba abanyamugisha ,4 , imyaka yo kubutaka bwawe izagira umugisha ,5.ubutunzi bwawe buzororoka ,6 mubu biko bwawe hazahoramo ibyo kurya ntuzabura icyo kurya cyangwa icyokungwa ibigege byawe bizahoramo burikimwe wifuza.7.....13 .birakomeza kugeza igiterane kirangiye tuzakomeza kuhababera murakarama