Saturday, 13 December 2014

KURAMYA NO GUHIMBZA KUMUNSI WANYUMA WIGIOTERANE NGARUKA MWAKA MUBUHINDE NCC,

Kumunsi wa nyuma wo mugitera  ne cyo mu buhinde wakwibaza utese cyarangiye gute rekatu benkabagerageza tu yanyuremo ariko hagataho tubakumbuje kureba no gukurikira inyigisho namahanuzi byavugiwe mur'Ikigiterane ,binyuze mu muhanuzi w'Imanayo profete Bishop RUBANDA .
Kumunsi wanyuma reka tube ariho twibanda .aho hari gahunda nyishi zitandukanye harimo abahanzi 

batandukanye Nandimatsinda bose  ba ririmba indirimbo zihimbaz'Imana ndoreko byatangiye hari mo Iteam yakorari ya LLF iyo bowe numusore wigikundiro NTENZEYOMBI ,Bievenu , umusore Ucuranga Ibikoresho bitandukanye kandi akabikora abikuze ana byishimiye .Iyo korari ntiyatize.Hakurikira yo aba byinyi ba drama nabo ntibaha tinze , ni bwo hagiyeho umuhanzi ukomeye mujyana zitandukanye ariko mujyana ya rap cyangwa hip-hop akaba arumuhanga ukomeye aho uta tinya kumugerera nya na banyamerika nabo bakomeye kurwego rwisi yewe no mu jyana ya zulunatal arimo kugenda ayiko ra neza a nayikundi sha abantu beshi ntawundi nu wo bita JEJE UOMUFOKO GASIRABO GREGWAR ayo ni yo mazinayiwe , akaba yafatikani je namugeziwe wakundakwita EVA, BYIRINGIRO  Iwe akaba ari numucurazi wingomanawe , aba basore bashimishije abantu birakomera kandi banaririmba neza cyane mujyana zose mundimi zose dukoresha nka ba nyafurika icyongereza nikinyarwanda .

Ntibyatinze umuhanzi ukomeye uzwi cyane nawe aba arasesekaye kuri stage murako kanya Nindirimbo nziza cyane ivugango NINGERAYONZARIRIMBA YANDIRIMBO  akaba ari numwana muto ukunzwe bikomeye nabanyeshuri ndetse nuru byiruko rwishi kwisi hose uwo ntawundi ni MBONYICYAMBU ISLAEL , Uyumuhungu yaje akora mumuhogo wiwe imana yamuhereye mo impano abaraho bose baranezerwa ndoreko yageze kundirimbo ye yakabiri ahamagara umushumba wiwe MUTAGOMA Goudin bafatanya indirimbo yakabiri ivugango IZIBYO YIBWIRA KUBAGIRIRA NI BYIZA SIBIBI A abaraho bose barayirimba bira komera biba nku ruvunga zoka aho wabonaga biryoheye buri wese  Yishimye kumaso ndetse no kumitima wabonaga bakeye cyane . nyumaho gato nko kjo bisanzwe bakiriye umukozi wimana bishop profette RUBANDA ndoreko amasaaha yiwe yarageze aba agezekuri rutare  kurikira gahunda yakozwe narubanda mukugera hejuru kuri rutare stage cg kugatute . 


Friday, 12 December 2014

SOMA AMAGAMBO RUBANDA YAHANURIYE ISIYOSE KUMUNSI WAKABIRI

Mugihugu cyubuhinde Imirimo y'Imana ikomeje kugaragara aho inyuze mu muhanuzi wayo ukomeye Bishop PROPHETTE, RUBANDA kumunsi wakabiri wigi terane hagaraga ye imirimo ikomeye cyane aho abantu baki jijwe bata ngira Ingano Ugere ranije basagaga nki jana[ 100] 

ndoreko yageze kuri rutare cg agatute nkuko bamwe babyita saakumi nazi biri zuzuye . Imana yagaragariye buri wese aho yasengeye, abarwayi ndetse nabafite ibi bazo bitandukanye .

RUBANDA Umuhanuzi wimana akaba avugako yaje kubiba imbuto ikomeye murikino gihugu cy'ubuhinde. ati kandi akabayaraje gufasha abantu bafite ibibazo bitandukanye .rubanda yahanuriye abantu batandukanye beshi kumugaragaro, habonetse ko harimo bamwe baryamanye  amasezerano akomeye ariko , harabo yahanuri ye kuba abashumba bamatorero akomeye kwisi, harabo ya hanuriye ku yobora ibigo bikomeye kwisi byinganda zi byuma bikora muzika, harabo yahanuriye kuba abanyamafaranga meshi kandi bakabera abanya mugisha imiryango ndetse nigihugu cyabo  harabo kandi yahanuriye kuba imitwe mu miryango yabo . harinabo yahanuri yekuzabaza baga fungwa mugihe bataye ishigano zi torero . abandi yaba bwi ye kuza roba abantu;
 RUBANDA yakomeje ku bwira abantu ko igihe cyogukorera ibyaha mwitorero kirarangiye ndetse ngo nikimenyetso nuko hagiye kuba ububyutse kwisi uretse nahano mubuhinde ,no murwanda cg muri africa yose atikandi insengero zarizara fuzwe zigiye kubona ububyutse ati hari nizindi zigiye gufungwa  kubera ntakunvira Imana,

RUBANDA Umuhanuzi wimana ugaragarira buri weseko afite imana muriwe kumunsi wejo yakoreye abantu beshi delivrance ikomeye yakuyeho zakarande nibindi byishi byari byaraziritse abana bimana nkabanzwe ni miryango yababwiyeko birangiye  inkimenyetso yatanzeko ibyo yavuze ko ari byo ati umuntu wese uzareba video yamagambo yimana yavuze azagirira akamaro  aza hindura ubibonye atikandi uzanga akinangira nawe ingaruka zizamubaho wenyine  nukuvugako kubibona nicyo gisubizo cyawe kandi ni nabyo byago byawe , Bishop prophette RUBANDA   yabwiye abarahoko  Umwanya wogusinda  nuburaya urangiye mugihugu cyubuhinde atikandi nuzabikora azagaragara bose babireba kumanywa yihangu kubakobwa yavuzeko uzabikora akagerageza kubikora azasama Inda  nashaka kuyikuramo azabyara  bose mu bibone naho uzashaka kunywa inzoga azasinda ibihe byose .
 Abaraho harimo bamwe ba byunvise  bara bihakana ikintu yaba bwiye ati muzarwara amaso ntaho muzabona mwivuriza muzakira gusa aruko muduhamagaye tubasengere cangwa tugarutse
tubasengere 

Harabandi baraho bajekureba gusa umukozi wimana nabo yarabahanuriye bikomeye harimo abakozi bakomeye bamatorero abandi  na bashumba babantu  abo bita abaro byi hari nabandi yabwiye kuzagira iherezo ryiza . umuntu wese umushaka yaramubonye nufitegahunda yo kumubona ntawe yahejeje bose yabahaye rugari .kugeza nubu . 

Harabantu beshi babatijwe bangana namirongo itatu kuminsi ibiri ahiri abakijijwe beshi batagira ingano   nibyishi twavuga ariko tuzagenda  tubibabwira kugeza birangiye 

\

Thursday, 11 December 2014

REBA BIMWE MU BITANGAZA RUBANDA ARI GUKORA MUBUHINDE USOME INKURU YOSE


Nkuko twa basezera nije kumunsi wejo twababwiye ku giterane kiri kubera miugihugu cyu bu hinde muntara ya tamilnadu mugace ka cadalore aho bita ki dambaram hari kubera umukutano wateguwe nikanisa rya banye shuri biga muri kaminuza ya Anamalai University . iri kanisa rikaba ryitwa LLF lorlds light felloship , icogiterane kikaba gifite izina NCC new convernant conference , ikigiterane ki9 kaba kibaye kucuro yagatatu  aho cyateguwe nu musore  Mutagoma Goudin uhagarariye irikanisa kurubu akaba ya rahawe inko ni nuwo yasimbuye ari nawe watangije uyumurimo wimana hano mubuihinde NKOMEZI  Desire kurubu akaba yarako mereje amasomoye mugihugu cy.America .

Kumunsi wanone nakane umukozi wimana RUBANDA yageze kuri rutare sakumi na zibiri zuzuye aha yakiriwe numukozi wimana nawe ukiri umusore mutoya ufite ipano ikomeye yubuhanuzi witwa SAMUEL SIBOMANA niwe wamusengeye SAMUEL ntiyatize aba atangiye guhanura ati bishop rubanda uragutse itorero ryawe na ryo riragutse ati Imana ifunguye amarembo ugiye kuvuga ubutumwahanze .akirangiza rubanda ati mukozi wimana  samuel ibyo umwuka akubwiye ni byo ntubeshe ati ni byo bimwe muri kubona birikuba ahaturi , Rubanda  yakomeje ubutumwa ubona ntagihunga afite cyangwa se ngu boneko harikintu kidasazwe ari bukore ariko byaje gukomera aho yahagurukije abasore beshi bari bicyaye hagati bose abashira imbere aratangira bose arahanura bose bitandukanye ni byundi kandi akamuha ni bimenyetso bifatika nti byatize aho yakomeje avuga ijambo ry.Imana  

YASOBANUYE ITANDUKANIRO HAGATI YUBUHANUZI NI YEREKWA 
 atgi yo uri shuti yimana imana iraguhishurira ati naho impano yubuhanuzi waba ushoje uraha nuira waba wishi mye urahanura  atikandiburi muhanuzi ahanura bitewe nuko ameze muriwe  ati nkuko umuhanuzi wese agira  ibice bibiri bi muranga harigice ci byiza nikindi cyi bibi atikandi buri muha nuzi arabikoresha byose .ati umuhanuzi naguhanuri ra nabi uzamenyeko atameze neza naho naku bwira ibyiza nabwo aba ameze neza , aha yakomeje guihanurira abantu beshi batazwi umubare nibeshi aho yageze ahamagara abaje kureba uwo muhanuzi bavuze ngo niRubanda  ni bwo yaje kubahamagara haza abarenga mirongo itanu bose akaba hanurira impano zikomeye zitandukanye abo bose ni bamwe batemere ibitangazase cangwa ubuhanuzi bose yabagaraguje agati yaberetseko iwe akoreshwa n.Imana  yakomeje ategura abashaka kubatizwa mumazi meshi nin bwo hahagurutse abandi nkamirongo itatu kumusi wo kuwagatanu ni bwo hazaba umubatizo no ku wa gata ndatu .aboyahanuye harimo abavugabutumwa abacuruzi abatunzi aba yobozi mu mishinga runaka ndetse nabandi bazahesha umugisha muturere twabo nimiryango yabo.


IBINTU CUMI NABITATU BYAGUHESHA UMUGISHA  BISHOP RUBANDA YAVUZE 
1.ati muzagira imigisha mumirima yanyu ,2 . abana bawe bazaba abanyamugisha ,4 , imyaka yo kubutaka bwawe izagira umugisha ,5.ubutunzi bwawe buzororoka ,6 mubu biko bwawe hazahoramo ibyo kurya ntuzabura icyo kurya cyangwa icyokungwa ibigege byawe bizahoramo burikimwe wifuza.7.....13 .birakomeza kugeza igiterane kirangiye tuzakomeza kuhababera murakarama

Wednesday, 10 December 2014

1914 N' IBWO UMUNYAMURENGE YAHAWE UBWENEGIHUGU NKU MUNYE KONGO



Reka dusobanureho mu camake inko moko ya Banyamurenge aya mateka atangazwa nabamwe mubasaza bageze muzabukuru  abo twita inararibonye mubanyamurenge bazineza inva nivano y'Irizina UMUNYAMURENGE .

Izinararibonye zacu zatangajeko izina umunyamurenge ryashizweho mugihe bitari byo roshe mumwaka 1914 muntambara yisi yambere nibwo irizina ry'Abayeho ,Inara ribonyeziti uyumwaka wabaye amateka kubanyamurenge bose .
Izinara ribonye bomu bwoko bwacu   bwa banyamurenge bagiye bavuga murimake uko imyaka yagiye ibaho ni bya yiraze mu mateka yabasogo kuru infura zimurenge
nko mumwaka 1914 uyumwaka wabaye amateka kw'Isi hose  ndetse no kubanyamurenge muri zaire kurubu niyo yitwa congo kinshasa .
Ndore amwe mumazu yaharanganga icyogihe 
Mumwaka 1914 abanyamurenge bari batuye ruguru ubwo abatahazi kurubu ni mumisozi miremire izwicyane mumisozi yami nembwe nahandi muri hoplateou .aha abanyamurenge bagiye biyambazwa  namahanga muntambara aho intambara y'Isi yarikomeje urugamba aha aba birigi bara yiyambaje cyane mucyitwa effort de guere .
 Aha inara ribonye ritangaza ko abanyamurenge batigeze bajya kurugamba atinkuko bitabarebaga atahubwo iyo ntambara yabazungu ya bajyanye imitungo aho bata nga ga inka ni bimasa kugirango bata jyanwa mu ntambara  atikandi gutwara inka y'umunya murenge byabaga ari bintu biko meye byabaga nko kumukora mu jisho  ati murikigiye nibwo byakomeye abantu bagahunga ndetse bana hungisha imikumbi yinka bari bafite 

Umukambwe yavuzeko atigeze abona umu nyamurenge ujya kurugamba ati kuberako iwabo ntantambara yari hari ati twabonaga abasoda batandukanye bahushuka bajya muntambara atihabagamo aba faransa abasenegale ndetse nabandi birabura batandukanye ubwo bayitanga les tirailleurs.

UKO IMYAKA YAGIYE YICUMA 

Muricyogihe abanya murenge bitwaga abanya rwanda baricyara bashiraho izina umunyamurenge bikorewe munama yakorewe ibukavu  ni b'Uvira bahuye nabandi bose bavuye ruguru mu misozi  . umukambwe yavuze ko irizina ry'Ahiganwaga nandi abiri  Ariyo  ABANYAKIBIRA , n' ABANYENDONDO , Izina Abanyamurenge rizagutwara umwanya wambere aho ry'atowe nabantu beshi bari huriraho ndetse bara ryemeza bose ko bagiye kwitwa abanyamurenge guhera uwo munsi .

Nyuma yaho gato mumyaka itari myishi 1930 nibwo batangiye guhabwa  ibyangombwa nkabenegihugu  ba ZAIRE kurubu abanyekongo  ibyo byango mbwa ni  byo bya menyekanye kurusha ibindi byangobwa bari barahawe na ba koloni  utwo dukaratasi twa mbere twitwaga [IBUNGU]

Mumwaka 1940 nibwo abanyamurenge bahunze cyane kubera ikibazo cyitotezwa na bazungu .nkuko baba fataga kumbaraga bakabahingisha Ipamba,Ikawa ,hamwe ni barabara . ubwo ni bwo bahunze bakwira imisozi banga imirimoyagahato ningufu abazungu babakoreshaga nibwobijiriye imisozi kubwishi .

Mu 1950  nibwo aba biligi batangiye gutwika amazu Yabanya murenge  bakoresheje andi mokoyabenegihugu , abazungu bakavugako impanvu ati abanyamurenge ngo ni abanebwe  ntabakundaga gukora imirimo ivunanye .Ubwo bakoresheje andimoko batwika amazu yaza MIBUNDA .MINEMBWE .kurusha ahandi hose nkuko nabo bifuzaga kuhatura kubera ubwiza karemano hafite .

Mumwaka 1954  abanyamurenge beshi ni bwo bahungiye kundondo ,ndetse nibwo nabandi batangiye kugera ingaji . ubwo ni bwo aba biligi batangiye kubakura munyandiko yabo bareka kubita abenegihugu kubera impanvu zo kuta babona mubiko rwa runaka kubera uburakari batangirakubakura munyandiko avuga amoko atuye muri congo .

Mumwaka 1969  ubwo habaga ibarura rusange rya banyekongo bose  Recencement generale dela population  Nibwo umugabo witwa kabarure yatangiye kumenyekana  ndetse andi moko atangira kandi kwita abanyamurenge abanyarwanda byatewe nababiligi  bana saba ko basubira Irwanda , 
kubera ukuntu bitwaga abanyarwanda nibwo uwari chef  de cabinet bitaga WATAKIZALA yababwiye gukomera kwizina abanyamurenge ntibemere ko bakomeza ku bita abanya Rwanda kandi bari mu yandi moko atuye muri zayire  niko gukomera Kwizina ABANYAMUREGE 

Mumyaka 1970-1980 abanyamurenge nabwo bongeye guhabwa ibya ngo bwa bibemerera ko ara 
benegihugu nkandi moko yose atuye mugihugu bita [ CARTE POUR CITOYEN] muricogihe nibwo habonetsemo agahenge kamahoro 

Mukindigihe kitibukwaneza  haje gutangwa kadidature yokwiyamamaza kuba  comisair du peuple  ubutegetsi bwa mo butu burayanga yumugabo witwa  Mutambo klurubu yitabye Imana. muricyogihe abanyamurenge barigaragambije  bikomeye mwivire ya UVIRA kandi tu bi butseko muricyogihe cangwa kubutegetsi bwa Mobutu kwigaragabya byarikizira ,ariko abanyamurenge babirengaho barabikora bitewe na kababaro bagize , bavugako kandi hari nu witwa Musafiri nawe yatanze candidature bara yanga nabwo bi babaza ubwoko bwa cu tuzakomeza tuyakusanye nimenshi 

ARIKO BIGARAGARAKO ABANYAMURENGE NABA KERA MURI KONGO NIGIHUGU CYABO ,MURAKOZE KUDUKURIKIRA TUZAKOMEZA TUBASHAKIRE UKURI GUHAGIJE KUMATEKA YACU NABACU NINTWARIZACU MURAKARAMA .

RUBANDA MUGIHUGU CYUBUHINDE IBITANGAZA ARIGUKORA NTIBISAZWE SOMA AMWE MUMATEKA YATUBWIYE YIWE BWITE .


PR RUBANDA NUMUSEMUZIWE 
samuel ruhibya hagati na mutagoma 
Mugi hugu cy'Ubuhinde mu majyepfo muntara yitwa Tamilinadu chidambaram  ahari hategerejwe umukutano ukomeye cyane ukaba watangiye uyumunsi kugicyamunsi kumasaa kenda yumugoroba aha twa bi butsako Uyumuku tano utegurwa nikanisa ry'abanyeshuri bose biga muri kaminuza yitwa Annamalai University aha itorero rya teguye ikigiterane akaba ari LLF [Lorlds light felloship] rihagara riwe nu mu kozi wimana mutagoma Goudin 
tubibutseko kandi ikigiterane kiba burimwaka. Ubuki kaba kibaye kucuro ya gatatu 3 aho batumira abavuga butumwa batandukanye kwisi kur'Ubu hakaba haratumiwe aba vuga butumwa kuva mu Rwanda abakozi b'Imana babiri ari bo DR.Masengo wa foskwaya aho alarme ministry  ikorera kurubu Hamwe. na bishop prophet RUBANDA ufite itorero nawe rikomeye cyane ryitwa new jelusalem church ribarizwa kuki cukiro ikigali 
Ariko kurubu hakaba harabonetse umuvuga butumwa umwe RUBANDA naho doctor masengo ibyangobwa bikaba byaratumye ataza mwivuga butu mwa ,kurubu agatu tete kose kakaba kafashwe na rubanda bishop ' unuhanuzi ukomeye kandi ubishoboye 

kuvakumunsi wejo Tariki 9 /12/2014 ku wakabiri mugitondo ni bwo bishop Rubanda yasesekaye hano mubuhinde aho aherekejwe na ba diakoni biwe babiri bamufasha burikimwe cyose.  amaze kugera ahabera umukutano igikorwa cyambere yakoze  bwambere yasengeye abakozi b'Imana bamwakiriye ubwo yakomereje amasengesho kunyaja y 'Ubuhinde . aho Imana yamukoresheje imirimo yibitangaza Ikomeye. nkuko bisazwe abakozi bimana bose bajye muriki gihugu babanza kuvumura iyinyajya ikorerwamo imihango itandukanye ya bazimu . akaba yarakomereje mu masoko atandukanye ayasengera murikano karere ka chidambaram, 
Kury'Umunsi wagatatu tariki 10/12/2014 kumasaa yasakenda ni bwo igiterane cytangiye bigeze kumasaakumi nebyiri ni bwo bishop RUBANDA yafashe umwanya wivuga butumwa ry'amuzanye 
bishop rubanda yatangiye yiyegereza abantu bose nkumu byeyi akomeza asoma ijambo ry'Imana  bijyanye natheme  ivugako turabahesha bumugisha . 

AMWE MU MATEKAYIWE YATUBWIYE MAKE 
rubanda yaki jijwe afite imyaka cumi nicenda mbereyogukizwa yarumu pagani  aho yanyoye inzonga zakanyaga mumyaka itatu ndetse nitabi hanyuma azagukizwa ni nabwo yakiriye impano yubuhanuzi aho niwabo  mugihugu cy'acongo yabikoreye ninaho yakirijwe, ati amazegukizwa yafashije beshi abakomeye naboroheje nyuma niho yajye kuza mugihugu cyurwanda aho akorera umurimo w'Imana 
Yatubwiyeko kandi akimaragukizwa mumpano imana yamuhaye yoguhanura ati kumunsi afasha  byibura abantu bagera kuri mirongo itatu300 kubukeya hanyuma twakoze imibare dusanga kukwezi yakira abantu magana icenda 900 naho kumwaka yakira abantu bagera 10.800 atinaho kumyaka  mirongo ibiri nitanu amaze akora umurimo wimana dusanga amaze kwakira abagera 270.000 abo nibo amaze kwakira no gusengera.
akabayatubwiyeko Imana ya mutumye murikino gihugu kubiba  imbuto atikandi iyombuto izakomera izamamara kwisi .aha akaba yabwiye abarahoko ubuzima bwagikirisitu arubuzima buhora muntambara ati kandi iyo umuntu ahora muntambara harigihe ibikoresho bimushira ati nku muchristo bisaba kwegera Imana nkuko niwe mutera nkuga wacu ukomeye 
AHOYAVUZE KURI THEME IJYANYE N,UYUMUKUTANO 
yavuzeko guhesha umugisha abantu nugukora cyane  ati imana ikorana nabakozi apana abanebwe 
ati murabahesha bumugisha mukore muzamanukane amakampani mufashe ibihugu byanyu nimiryango yanyu atikandi muzabikesha kugira intengo mubuzima bwaburi munsi naho kutagira inzozi ntacyomwageraho guhesha umugisha nabandi nugu tekereza kure kurusha abandi samagambo ahubwo nibikorwa aho yajegutanga urugero ko bagashaka buhake baje batuzaniye agakiza batubwira ngo hahirwa abakene ariko umukirisitu agomba kuba yishoboye adategeye amakiriro kubisi ati nibwo uba umuhesha wumugisha . rubanda yakomeje anasengera abafite indwarazitandukanye ahanura akoresheje impano imana yamuhaye igiterane kikaba gikomeje tuzagenda tubabwira kugeza  kirangiye turahibereye .

Tuesday, 9 December 2014

CIA IRANENGWA NA SENA YA U.S.A


 Sena teri ba U.S.A bakomeje kunenga biko meye umutwe ushizwe iperereza muriki gihugu CIA
Iyinteko ikaba yanezwe cyane uburyo yakoresheje ihata ibi bazo muba abakekwaho itera bwoba .
Senat yo ivugako ubwo buryo ko harimo ubugome bukabije cyane atikandi nta numusaruro byataze.Umukuru ushizwe akanama kasena gashizwe ibi bazo byu butasi Dianne  Feinsteine 

yatangaje ko hari hamwe hari nki fungwa zakorewe ibikorwa byurukozasoni umuntu atatinyakuvugako ari bikorwa byiyicya rubozo yavuzeko raporo yakozwe numutwe wasena ya amerika ivugako nta narimwe  uburyo bwo kubaza ibi bazo abafungwa byashizweho- nyuma yigitero cyi byihebe kuri america kuminsi 11/09/2001 nibwo hatanzwe amakuru afatika kubi jyanye ni tera bwoba kuri america 

Abantu bakekwaho ibikorwa byitera bwo ba ba buji jwe gusinzira mugihe kingana  namasaha 180 aho ba kozwaga isoni bakubitwa  ndetse batotezwa bikabije  basabwa guhagarara cyangwa kwicyara muburyo bubabaje bishoboka .

Abasenateri bavuzeko ubwo buryo CIA yakoresheje bwari bubi ati kandi bwagoranye kandi byatanze amakuru meshi cyane  atariyo kandi atarimeza muruhame rwisi yose aho baziko anerika aricyogihugu cyubahiriza uburengazira bwumuntu,

VICE - PRESIDENT WAZIMBABWE YIRUKANWE KUMWANYAWIWE

Peresident wa zimbabwe robert Mugabe yirukanye vice president we joece .Mujuru nabandi bami nisteri be bagera kuri barindwi  nyuma  yaho habaye kurwani rwa ubutegetsi mwishaka riri kubutegetsi .
Mbere yaho  vice-peresident wa zimbabwe  joice mujiru yamaganiye kure kuba mushijako yaba yarariye ruswa ndetse no kugambanira igihugu na peresident Robert Mugabe . mwitangazo ry,agiye ahagaragara Joice Mujuru  yamaganwe cyane na  robertmugabe president wikigihugu . mucumwerugishize nibwo yamwa maganye ahita ana mwirukana kumwanya yakoragaho mwishaka riri kubutegetsi rya ZANU-PF ; kurubu joice Mujuru aravugako ahangayikishijwe cyane nabantu baza bamutera ubwoba ubutitsa,
yongeyeho ko mubinyamakuru bya leta byatangaje inkuru zitarizo zidafite ishingiro ndetse nagihamya aho zakoze inkuru zokumusebya gusa .tubi butse ko byigeze kuvugwako mujuru ariwe uzasimbura mugabe kubutegetsi kumwanya wumukuru wigihugu.