Saturday, 22 November 2014

KUMPERA ZU YU MWAKA U.S.A MU NTARA YA TEXAS [state] UMUHANZI MISIGARO ANDRIE ATEGANYIJE GUSHIRA HANZE INDIRIMBOZIGIZE MUKWEZI GUTAHA KUMPERA ZUMWAKA MISIGARO NU MURIRI BYI UKORA INDIRIMBO ZIHIMBAZA IMANA



Adrien MisigaroTEXAS — Mfite Impamvu, indirimbo nsha y’umuririmbyi uhimbaza Imana Adrien Misigaro yashizwe ku mugaragaro. Uyu muririmbyi ngo arashima Imana yuko hari ibyo yamusezeranyije mu gihe cashize bibaka bihaye bisohora muri iyi minsi. Aha ngo niho iyi ndirimbo ikomoka.
Hari indirimbo uyu muririmbyi ahaye ategura, zirimo iyitwa Ntaco Nzaba yakoranye n’umuririmbyi Meddy.
Tubamenyeshe yuko iyi ndirimbo “Mfite Impamvu” ndetse n’izindi (amajwi na videwo) byakozwe na Lick Lick. Indi ndirimbo nayo iri hafi gusohoka ngo ikaba yitwa Nico Naremewe; Misigaro akaba yarayiririmbye ari wenyine.
Biteganyijwe yuko izi ndirimbo zombi zizasohoka mu kwezi guhata, aho Misigaro avuga yuko  zizaba ziri muri album ye ya kabiri izasohoka kuri Noweri.
Reba indirimbo “Mfite Impamvu”: 

Friday, 21 November 2014

Burundi: Ubushinjacyaha bwatangiye kumva imiryango y’Abanyamulenge yabuze abayo mu bwicanyi bw’i Gatumba

Agathon Rwasa na Pasteur HabimanaJPEG - 45.9 kb
Imurengeheza
Ni nyuma y’igitutu cya bamwe mu bagize umuryango mpuzamahanga ubutabera bw’u Burundi noneho bwemeye gutangiza iperereza kuri ubu bwicanyi buhereye ku kumva abunganira imiryango yahuye n’ibyo byago.
Abantu bose b’ingenzi bavugwa muri iyi dosiye biteganyijwe ko bazahamagarwa uhereye kuri Agathon Rwasa ari nawe uri hejuru mu bashinjwa uruhare muri ubu bwicanyi bw’I Gatumba. Uyu akaba yaratereranywe n’abamushyigikiraga muri politiki ye isa nk’igeze ku iherezo nk’uko ikinyamakuru cyo mu Burundi dukesha iyi nkuru kivuga.Iyi nkuru irakomeza ivuga ko Rwasa yashukwaga n’abanyapolitiki batareba kure bifuza ko abanyabururi bagaruka ku butegetsi, aho babonagamo Agathon Rwasa nk’umuntu washobora guhangana bitagoranye n’ubutegetsi buriho kuri iki gihe. Ariko ibi bikaba ari uguta igihe kuko ikinyoma kibaho ariko ukuri kugatinda kukigaragaza.
Bamwe muri aba banyapolitiki bivugwa ko banagerageje kumvisha Abanyamulenge guhagarika ikirego babizeza kubaha za viza zizabajyana mu bindi bihugu bifuza. Iki kinyamakuru kikaba gikomeza kivuga ko abantu begereye Rwasa ari nabo bagize uruhare mw’iyirukanwa rya Apotre Sosthene Serukiza w’Umunyamulenge.


ITERA MBERE IMURENGE REBA UMUVUDUKO RIFITE NAWE NIBA ARI WO UGEZWEHO





Imurengeheza
Mugihe,nkiki nu bwo bitoroshe ngo bi vugwe cangwa ngo bishirwe mu b'Ikorwa ariko, bigomba kuza korwa byaze bikunze nkuko niyo tugana ntabwo ndufite gusubira, inyuma , nu bwo ibinduca intenge bitobura.Ariko na gushishika riza gukunda kumenya, nokwita,kubyo,abanyamurenge bagezeho ,nuko babigezeho,,kandi twishi mire inta bwe imaze kugerwaho nkuko igaragarira buri muntu,wese . kuva nakera abanya murenge ba gira umuco wokwiteza imbere, bagana aheza , bashaka,kumenya , ibyo byose ni bo ba bikora ntamuntu uvuye hanze ngo abi bakorere, nko kwishakira umutekano ,kubaka amaso mo yabana, ibitaro, ni bindi bikorwa byu bworozi,nibyo bakora ubwabo ntankuga yamahanga,ibafashije,kugeza nubu haribyishi bikomeje gukorwa , nabo ubwabo kubera gushira hamwe nko kubaka ivireya minembwe,ifite iposta ikomeye murikariya karere,  hamaze kuba kandi ivire ikomeye yitirirwa Abanyamurenge kandi niko bi meze niyabo,bikomeje gukorwa, nabaga bo bakunze igi hugu nabana baco. 
 Harigihe abantu bavuga imurenge ukangirango hara banya murenge hatareba buri wese ashobora kuvuga ngo naha banyiraho bahatuye ariko siko bimeze,ufite inko moko wese muri kariya karere bira mureba. ntitwareka gushi mira abafite umutima wogufasha no gusana ,akarere kacu nkoba bikora nurukundo rukomeye aho usanga babikora ataruko babonye ibya mirenge twashimira amatorero yagize uruhare rukomeye muku bunga bunga u busu gire ndetse numutekano mukarere ariko reka dushimire itorero  CELPA kurubu akaba ariryo rya fashe iyambere mugukora kandi ibikorwa bihesha agaciro imurenge nabanyamurenge bose aho baguze ama jaja ,  umuyo bozi mumagambo make SEBAHIZI   UhagarariyeCELPA .

MUKARERE KITOMBWE, SEBAHIZI SEMUTUMWA,Theophile agize ati ayo majaja atanzwe ni kanisa..  aje yiyo ngera ku bindi bikorwa Iryokanisa rikora byogufasha  abaturage bo murakokarere ,Ibi bi korwa  bakora ati hari no gusakara amakanisa yacu, amasomo, ni bitaro ati ndetse dutanga na bource{ burusr} zo kwiga ubu vuzi cg ikigaga,  kubantu batanu burigihe, murwego rwo kwiteza imbere..nukoyadutangarije.
Aha wakwi baza byishii utapfa, ku bonera umutivuba
1. ese aba baturage ni bo basho boye gusa?? ??
2.ese urwego tugezeho nubu buryo Iwacu hateramo imbere??? 
3.nuyu mu vu duko twaka gobye ku genderaho???
4.ese turindire reta ngo ariyo iza dufasha kandi du fite ingero turebera ho ntaso ni byadutera buriya .

 iterambere ni ryiza pe nta wuryanga ariko haribi banza nu bwo bidakunda kubaho ngo bikorwe. Nkamasomo nishi ngano za reta muku bikora neza. nu Buvuzi nkuko Umuyo bozi wese utorewe kuyo bora Igihugu ni byo bintu, avuga mu gihe, yi ya mamaza ashaka amajwi ariko siko bigenda ,nu kubera  ko muba muta mutoye,? cyangwa nuko aba atabibonye? ko mukarere bikenewe,  aha mu gihu gu cacu ,

Nakwi bariza abasore cg uru byiruko cg umuntu wese wunva ko afite Inkomoko kandi yunvako afite, umutwaro,wo gutaha cangwase guteza imbere akarere ki wacu nukwemera  tugaha guruka nta mususu tutishisha twange uyu mu vuduko nkuko akarere ntaho kagera.nawe munya murenge nta gaciro wagira udafite aho uko moka hagaragara gutera imbere kwi wacu niwanyu nishema ryawe najye,cg 
nguko mye urusyo akoma ni ngasire ni ko abanyarwanda bavuga  bi maze kugaragara ko hari beshi bakomeye ,kandi babashije ,kugira icyo bakora ,haba mugihugu, hagati,ndetse nohakurya yi mi paka ya congo abo bose ninvukire zo mukarere bafiteku ba batujaimbere mu bikorwa byi bura umuhanda ugatangira reta bavuga ni ba byara yi naniye ikabonera ho nkk reta niuwewe nijyewe , nkurubu

Turahantu hatandukanye kwisi  aho tuvuga ngo dufite igihungu twahawe n;Imana  dushwiragira imishwaro ni bayara gitanze mutakirimo  mwunvako bizagenda gute ?,shuti zi gihugu shutiza jye nu bwo byageze gutyo ukisanga aho uri umenyeko inkungaya we irakenewe mu guteza imbere imurenge ndetse na congo yose murirusange, ,murye muryoherwe mwishime ariko agaciro ku muntu ni wabo avuka. ,muzaza mu bikora ni muryama murote imurenge na congo nkuko tawe uza fata iyambere ngo aze guteza Imbere iwanyu mwebwe mudahari banyiraho, wewe uko meze wakwibaza uti nakora iki kuba uriho ninkunga iko meye kuritwe na bomukarere ndetse nigihu caku byaye
 DUTUNGE DUTUNGA NIRWE  DUSENGE DUSENGERE IMURENGE NABAHO.

MURAKOZE MURAKARAMA 

Thursday, 20 November 2014

IGIHE CYOSE UTARIGA GUSHIMA UHORANA IMPAGARARA ZO GUSHINJA ABANTU N'IMANA KO HARI CYO BAKUGOMBA cyangwa ko HARIBYO BATAGUKORERA!

nick vujicic
Nicolas James
Buri muntu ufite ibibazo yumva hari abo ashinja kuba ntacyo bakora kugirango ibibazo bye bikemuke, ubu kwisi ahantu hatandukanye usanga abantu berega leta bati ntakazi muduha, abana bacu leta ntibarihira, hanyuma iyo bivuye kubantu dushinja usanga bigera no kumana ugasanga umuntu aragira ati"MANA NJYEWE NAZIZE IKI?" kwihangana kwabamwe ngo bashime biragoye ahubwo abantu bakabaye aribo bafasha abandi usanga aribo babateza impagarara.

ibaze nawe uri umubyeyi murugo abana bose barabona ko hari icyo utabahaye ibyo ubaha bakabyibagirwa, basa nabamwe umuntu aha bagahisha inyuma bakongera bakagusaba utabona icyo ubaha bakagutuka cyangwa mukarwana , bakagusebya ngo uri igisambo n'ibindi.

ariko mpamya ko umuntu wese uri kwisi mugihe cyose amaze kumenya ko gutanga bihesha umugisha kurusha guhabwa yaba noneho ashobora kumenya ko ibyo bamuha bagirango arusheho kwiga gutanga si ukugirango arusheho gusaba no kurambura ibiganza, niba hari umuntu urara akora kugirango wige,urye,utekane,wubake inzu nziza ntihagire uyikunyaga....nusaba baguhe n'ibindi nagiranga wumve ko ari ukugirango nawe umenye agaciro ko kuba igisubizo mubandi.

nicolas james iyo umwitegereje usanga adafite ikibazo cyuko yavutse ahubwo usanga ari igisubizo kubibazo abantu beshi bibaza, ndetse usanga ntawe agaya yaba abamubyaye, yaba Imana yamuremye abona yamuremeye umugambi ukomeye. ubu ni umuvugabutumwa, kandi akaba numwe mubantu batanga ubuhamya bw'ikizere ahantu hatandukanye.

rubyiruko rw'Urwanda twe tugira amahirwe yo kuba dufite amaboko, amaguru twakabaye ntawe twumva ko ariho ngo adufashe cyane hanyuma ngo natadufasha turakare kugeza naho bamwe bica ababyeyi babo, biratangaje aho umubyeyi akurihira primaire, secondaire, ukazamwica, ukamutuka ngo natkurihiye university ahubwo wakabaye umushimira kandi koko umubyeyi anezezwa no guha umwana we ibyiza afite.

hari urubyiruko rwumva rwatungwa no gusaba, kuko bacitse akaboko kamwe, ariko buri muntu aramutse asobanukiwe ko yavukiye gufasha nibwo yashaka icyo afashisha abandu naho uwumva yaravukiye gufasha ntakindi akora uretse kubyuka ateze ibiganza impande n'Impande. Imana yaguhaye igishoro kuba ugihumeka wafasha umuryango, wawuha igitekerezo aho kubatera stress ngaho wibye ibikoresho byo munzu n'ibindi...UMUNTU WESE WISOBANUKIWE ABASHA GUFASHA ABANDI NAHO UTISOBANUKIWE ARAGWA NO GUTEGEREZA INKUNGA'' ntunyumve nabi sinze gufashwa ariko nkunze uzabivamo hanyuma agafasha abandi kwifasha no gufasha abandi.

ushobora kureba amavideo ya nick maze nawe bigatuma ugira ikizere cy'ejo hazaza mubuzima. kandi uko uri, icyo ufite cyafasha abandi nicyo bakenye! ba umwe mubatagaya gusa shima kandi ufashe abandi kureba imber no kuhakorera!
 ushaka kumenya byishi kubuzima bwe sura www.chfhworld.blogspot.inhttp://www.lifewithoutlimbs.org/

Burkina Faso:Lieutenant-colonel Isaac Zida Yagenewe kuba umushikiranganji!

JPEG - 38.7 ko
Intwazangabo yo mu gisirikare ca Burkina Faso, Lieutenant-colonel Isaac Zida, uwari yafashe amabanga yo kurongora igihugu inyuma y’ikomborwa ku butegetsi rya Blaise Compaoré, yahawe kuri uwu wa gatatu amabanga yo kuba umushikiranganji wa mbere w’ico gihugu.
Michel Kafando, uwagenwe kugira arongore igihugu ca Burkina Fasso vy’imfatakibanza yamenyesheje kuri uwu wa gatatu igenekerezo rya 19 Munyonyo 2014 ko atokwirengagiza uruhara rwa Lieutenant-colonel Isaac Zida yabaye arafata amabanga y’ukurongora igihugu, bikaba vyaratumye intureka zihagarara mu gihugu ca Burkina Faso cari mu migumuko y’ugukura ku butegetsi umukuru w’igihugu Blaise Compaoré.
Umukuru w’igihugu vy’imfatakibanza, Michel Kafando, amenyesha ko igisirikare ca Burkina Faso gikwiye guhabwa ikibanza gikwiye mu ntwaro mfatakibanza y’ico gihugu, yisunze ingene cigenjeje mu migumuko iheruka muri ico gihugu.

Intwazangabo Lieutenant-colonel Zida yahawe ayo mabanga yo kuba umushikiranganji wa mbere wa Burkina Faso, mu gihe amakungu yari yasavye ko intwaro mfatakibanza yogirwa n’abatari abasirikare gusa.

IMIRWANO MU NTENKO Y'IGIHUGU CYA CONGO(RDC)

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yahagaritse abadepite 6 bakekwaho gukubita mugenzi wabo witwa Valentin Nsenga ubwo bari mu nteko rusange yabaye tariki ya 10 Ugushyingo 2014.
Aba badepite bakubise mugenzi wabo biturutse ku mpaka ndende zo kutumvikana ku kuba Minisitiri w’Imari ashinjwa gukoresha nabi ingengo y’imari ya Leta mu mwaka wa 2013, no kuba hari amafaranga yanyerejwe na Minisitiri w’Inganda yagombaga kubakishwa uruganda rwa sima (ciment).
Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko aba badepite babaye bahagaritswe ku mirimo yabo igihe cy’amezi atatu kandi ntibazahabwe n’igice cy’umushahara wabo.

Nk’uko byatangajwe na Peresida w’Inteko Nshingamategeko y’iki gihugu, Aubin Minaku, ibyo bihano babihawe hakurikijwe uburemere bw’amakosa bakoze kandi hagendewe ku ngingo z’amategeko agenga inteko.
Yagize ati “Izi ntumwa za rubanda zahanwe hakurikijwe uburemere bw’ibyo zakoze mu nteko rusange imbere y’abandi badepite.” Minaku yongeyeho ko urwo rugomo rwabereye ahasa no ku karubanda kuko iyo nteko rusange yacaga kuri televisiyo y’igihugu RTNC imbona nkubone.
Na nane kandi bivugwa ko buri wese mu bahawe ibihano uzumva yarenganye yakwandikira inteko akajurira. Aba badepite babaye aba mbere bahawe ibihano nk’ibi kuva manda yabo yatorwa.

iyi nkuru yanditswe n'Igihe.com

Tuesday, 18 November 2014

Menya uko intumwa za Yesu uko ari 12 zarangije urugendo:



Menya uko intumwa za Yesu uko ari 12 zarangije urugendo

Abantu benshi bajya bibaza uko byagenze ku ntumwa zitandukanye za Yesu. 



uyu munsi nkaba nifuje kubagezaho uko intumwa zagiye zisoza urugendo rwazo rwo guhamya Kristo.



ibikorwa by'Ubutwari byo kutihakana Imana bagiye bagaragaza bakemera gupfa ku bwa Kristo: reka dutangire hano:


____________________________________

1.SIMONI Petero:yari uw'i Betisida h'i Galileya ) yabambwe ku musaraba acuritswe ,agwa i Roma ho mu Butaliyani mu kwezi kwa 6 muwa 67 AD (N.K)
2.ANDREA: Yiciwe i Constantinople nawe bamubambye ku giti,yahambwe nuwitwa Maximilien. 3.YAKOBO (mukuru): Yishwe na Herode i Agripa amuciye igihanga, hari muri 42 AD. 4.FILIPO: Yabambwe kugiti ahitwa i Thierapolis, ahambwa na Barutoromayo.
5.BARUTOROMAYO:Bamushishuyeho uruhu ari muzima ubwo baribasanze avuga ubutumwa bwiza, bamaze kumwunaho uruhu amara iminsi itatu abona gupfa. 
6.MATAYO: Niwe bitaga Lewi ;uye we yasogoswe nk'ihene yicishwa ibyuma.

7.THOMAS: Yatewe amacumu ku manywa y'ihangu avuye kuvuga ubutumwa mu buhinde (na bugingo n'ubu mu buhinde umusozi bamwiciyeho barawumwitiriye ni St-Thomas)

8.THADEO: Baramurashe bamutsinda ahitwa i Zefenisia avuye kuvuga ubutumwa i Buyuda n' i Mesopotamia
9.YAKOBO (mutoya): Bamuhanuye ku gasongero ku rusengero yikubita hasi atangiye gusamba bamuhurizaho amahiri arapfa . Ibyo byabereye i Yerusaremu.


10.SIMONI ZEROTE:Yiciwe muri Africa bamukereje urukerezo mu wa 96 A.D 11.MATHIA(wasimbuye yuda)

: Bamuteye amabuye amazekunogoka bamuca igihanga.12.YOHANA(umuhishuzi):
Bamucaniriye mu ngunguru y'amavuta aho gunshya avamo yabaye umusore
kandi bamutetse ari umusaza.Babonye adapfuye ,bajya kumuta ku kirwa cya
Patimosi, Uwiteka nabwo amurindirayo akajya agaburirwa n'ibyiyoni . Niho
yahishuriwe byishi nkuko tubisanga mu gitabo cy'ibyahishuwe nkuko
yabihishuriwe yibeye muri uwo mwiherero kugeza ubwo
yagaruwe muri Efeso aho yandikiye inzandiko 3 za Yohana.Niwe wenyine wapfuye ashaje azize urw'ikirago (umwami Domitian niwe wari warategetse ko bamuteka mu mavuta). Ibi bitwigisha ko uwamenye Kiristo Yesu aba ari kurugamba nkuko
Yobu yabivuze ngo iyo umuntu ari mw'isi kandi acyambaye umubiri aba afashe igihe
mu ntambara. Bityo rero mukomere kandi mukomezanye kuko urugamba rurakomeje kuko
iy'inzira irafunganye ariko tugomba kuyinyuramo nkuko twabyiyemeje.Amen