Thursday, 20 November 2014

IGIHE CYOSE UTARIGA GUSHIMA UHORANA IMPAGARARA ZO GUSHINJA ABANTU N'IMANA KO HARI CYO BAKUGOMBA cyangwa ko HARIBYO BATAGUKORERA!

nick vujicic
Nicolas James
Buri muntu ufite ibibazo yumva hari abo ashinja kuba ntacyo bakora kugirango ibibazo bye bikemuke, ubu kwisi ahantu hatandukanye usanga abantu berega leta bati ntakazi muduha, abana bacu leta ntibarihira, hanyuma iyo bivuye kubantu dushinja usanga bigera no kumana ugasanga umuntu aragira ati"MANA NJYEWE NAZIZE IKI?" kwihangana kwabamwe ngo bashime biragoye ahubwo abantu bakabaye aribo bafasha abandi usanga aribo babateza impagarara.

ibaze nawe uri umubyeyi murugo abana bose barabona ko hari icyo utabahaye ibyo ubaha bakabyibagirwa, basa nabamwe umuntu aha bagahisha inyuma bakongera bakagusaba utabona icyo ubaha bakagutuka cyangwa mukarwana , bakagusebya ngo uri igisambo n'ibindi.

ariko mpamya ko umuntu wese uri kwisi mugihe cyose amaze kumenya ko gutanga bihesha umugisha kurusha guhabwa yaba noneho ashobora kumenya ko ibyo bamuha bagirango arusheho kwiga gutanga si ukugirango arusheho gusaba no kurambura ibiganza, niba hari umuntu urara akora kugirango wige,urye,utekane,wubake inzu nziza ntihagire uyikunyaga....nusaba baguhe n'ibindi nagiranga wumve ko ari ukugirango nawe umenye agaciro ko kuba igisubizo mubandi.

nicolas james iyo umwitegereje usanga adafite ikibazo cyuko yavutse ahubwo usanga ari igisubizo kubibazo abantu beshi bibaza, ndetse usanga ntawe agaya yaba abamubyaye, yaba Imana yamuremye abona yamuremeye umugambi ukomeye. ubu ni umuvugabutumwa, kandi akaba numwe mubantu batanga ubuhamya bw'ikizere ahantu hatandukanye.

rubyiruko rw'Urwanda twe tugira amahirwe yo kuba dufite amaboko, amaguru twakabaye ntawe twumva ko ariho ngo adufashe cyane hanyuma ngo natadufasha turakare kugeza naho bamwe bica ababyeyi babo, biratangaje aho umubyeyi akurihira primaire, secondaire, ukazamwica, ukamutuka ngo natkurihiye university ahubwo wakabaye umushimira kandi koko umubyeyi anezezwa no guha umwana we ibyiza afite.

hari urubyiruko rwumva rwatungwa no gusaba, kuko bacitse akaboko kamwe, ariko buri muntu aramutse asobanukiwe ko yavukiye gufasha nibwo yashaka icyo afashisha abandu naho uwumva yaravukiye gufasha ntakindi akora uretse kubyuka ateze ibiganza impande n'Impande. Imana yaguhaye igishoro kuba ugihumeka wafasha umuryango, wawuha igitekerezo aho kubatera stress ngaho wibye ibikoresho byo munzu n'ibindi...UMUNTU WESE WISOBANUKIWE ABASHA GUFASHA ABANDI NAHO UTISOBANUKIWE ARAGWA NO GUTEGEREZA INKUNGA'' ntunyumve nabi sinze gufashwa ariko nkunze uzabivamo hanyuma agafasha abandi kwifasha no gufasha abandi.

ushobora kureba amavideo ya nick maze nawe bigatuma ugira ikizere cy'ejo hazaza mubuzima. kandi uko uri, icyo ufite cyafasha abandi nicyo bakenye! ba umwe mubatagaya gusa shima kandi ufashe abandi kureba imber no kuhakorera!
 ushaka kumenya byishi kubuzima bwe sura www.chfhworld.blogspot.inhttp://www.lifewithoutlimbs.org/

Burkina Faso:Lieutenant-colonel Isaac Zida Yagenewe kuba umushikiranganji!

JPEG - 38.7 ko
Intwazangabo yo mu gisirikare ca Burkina Faso, Lieutenant-colonel Isaac Zida, uwari yafashe amabanga yo kurongora igihugu inyuma y’ikomborwa ku butegetsi rya Blaise Compaoré, yahawe kuri uwu wa gatatu amabanga yo kuba umushikiranganji wa mbere w’ico gihugu.
Michel Kafando, uwagenwe kugira arongore igihugu ca Burkina Fasso vy’imfatakibanza yamenyesheje kuri uwu wa gatatu igenekerezo rya 19 Munyonyo 2014 ko atokwirengagiza uruhara rwa Lieutenant-colonel Isaac Zida yabaye arafata amabanga y’ukurongora igihugu, bikaba vyaratumye intureka zihagarara mu gihugu ca Burkina Faso cari mu migumuko y’ugukura ku butegetsi umukuru w’igihugu Blaise Compaoré.
Umukuru w’igihugu vy’imfatakibanza, Michel Kafando, amenyesha ko igisirikare ca Burkina Faso gikwiye guhabwa ikibanza gikwiye mu ntwaro mfatakibanza y’ico gihugu, yisunze ingene cigenjeje mu migumuko iheruka muri ico gihugu.

Intwazangabo Lieutenant-colonel Zida yahawe ayo mabanga yo kuba umushikiranganji wa mbere wa Burkina Faso, mu gihe amakungu yari yasavye ko intwaro mfatakibanza yogirwa n’abatari abasirikare gusa.

IMIRWANO MU NTENKO Y'IGIHUGU CYA CONGO(RDC)

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yahagaritse abadepite 6 bakekwaho gukubita mugenzi wabo witwa Valentin Nsenga ubwo bari mu nteko rusange yabaye tariki ya 10 Ugushyingo 2014.
Aba badepite bakubise mugenzi wabo biturutse ku mpaka ndende zo kutumvikana ku kuba Minisitiri w’Imari ashinjwa gukoresha nabi ingengo y’imari ya Leta mu mwaka wa 2013, no kuba hari amafaranga yanyerejwe na Minisitiri w’Inganda yagombaga kubakishwa uruganda rwa sima (ciment).
Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko aba badepite babaye bahagaritswe ku mirimo yabo igihe cy’amezi atatu kandi ntibazahabwe n’igice cy’umushahara wabo.

Nk’uko byatangajwe na Peresida w’Inteko Nshingamategeko y’iki gihugu, Aubin Minaku, ibyo bihano babihawe hakurikijwe uburemere bw’amakosa bakoze kandi hagendewe ku ngingo z’amategeko agenga inteko.
Yagize ati “Izi ntumwa za rubanda zahanwe hakurikijwe uburemere bw’ibyo zakoze mu nteko rusange imbere y’abandi badepite.” Minaku yongeyeho ko urwo rugomo rwabereye ahasa no ku karubanda kuko iyo nteko rusange yacaga kuri televisiyo y’igihugu RTNC imbona nkubone.
Na nane kandi bivugwa ko buri wese mu bahawe ibihano uzumva yarenganye yakwandikira inteko akajurira. Aba badepite babaye aba mbere bahawe ibihano nk’ibi kuva manda yabo yatorwa.

iyi nkuru yanditswe n'Igihe.com

Tuesday, 18 November 2014

Menya uko intumwa za Yesu uko ari 12 zarangije urugendo:



Menya uko intumwa za Yesu uko ari 12 zarangije urugendo

Abantu benshi bajya bibaza uko byagenze ku ntumwa zitandukanye za Yesu. 



uyu munsi nkaba nifuje kubagezaho uko intumwa zagiye zisoza urugendo rwazo rwo guhamya Kristo.



ibikorwa by'Ubutwari byo kutihakana Imana bagiye bagaragaza bakemera gupfa ku bwa Kristo: reka dutangire hano:


____________________________________

1.SIMONI Petero:yari uw'i Betisida h'i Galileya ) yabambwe ku musaraba acuritswe ,agwa i Roma ho mu Butaliyani mu kwezi kwa 6 muwa 67 AD (N.K)
2.ANDREA: Yiciwe i Constantinople nawe bamubambye ku giti,yahambwe nuwitwa Maximilien. 3.YAKOBO (mukuru): Yishwe na Herode i Agripa amuciye igihanga, hari muri 42 AD. 4.FILIPO: Yabambwe kugiti ahitwa i Thierapolis, ahambwa na Barutoromayo.
5.BARUTOROMAYO:Bamushishuyeho uruhu ari muzima ubwo baribasanze avuga ubutumwa bwiza, bamaze kumwunaho uruhu amara iminsi itatu abona gupfa. 
6.MATAYO: Niwe bitaga Lewi ;uye we yasogoswe nk'ihene yicishwa ibyuma.

7.THOMAS: Yatewe amacumu ku manywa y'ihangu avuye kuvuga ubutumwa mu buhinde (na bugingo n'ubu mu buhinde umusozi bamwiciyeho barawumwitiriye ni St-Thomas)

8.THADEO: Baramurashe bamutsinda ahitwa i Zefenisia avuye kuvuga ubutumwa i Buyuda n' i Mesopotamia
9.YAKOBO (mutoya): Bamuhanuye ku gasongero ku rusengero yikubita hasi atangiye gusamba bamuhurizaho amahiri arapfa . Ibyo byabereye i Yerusaremu.


10.SIMONI ZEROTE:Yiciwe muri Africa bamukereje urukerezo mu wa 96 A.D 11.MATHIA(wasimbuye yuda)

: Bamuteye amabuye amazekunogoka bamuca igihanga.12.YOHANA(umuhishuzi):
Bamucaniriye mu ngunguru y'amavuta aho gunshya avamo yabaye umusore
kandi bamutetse ari umusaza.Babonye adapfuye ,bajya kumuta ku kirwa cya
Patimosi, Uwiteka nabwo amurindirayo akajya agaburirwa n'ibyiyoni . Niho
yahishuriwe byishi nkuko tubisanga mu gitabo cy'ibyahishuwe nkuko
yabihishuriwe yibeye muri uwo mwiherero kugeza ubwo
yagaruwe muri Efeso aho yandikiye inzandiko 3 za Yohana.Niwe wenyine wapfuye ashaje azize urw'ikirago (umwami Domitian niwe wari warategetse ko bamuteka mu mavuta). Ibi bitwigisha ko uwamenye Kiristo Yesu aba ari kurugamba nkuko
Yobu yabivuze ngo iyo umuntu ari mw'isi kandi acyambaye umubiri aba afashe igihe
mu ntambara. Bityo rero mukomere kandi mukomezanye kuko urugamba rurakomeje kuko
iy'inzira irafunganye ariko tugomba kuyinyuramo nkuko twabyiyemeje.Amen

Sunday, 16 November 2014

NINDE MUYOBOZI UZATANGA INKONI BITA GORANYE

imurengeheza
ko ntawe uhakana cg ngo yemere ninde muyo bozi ukunzwe na baturage biwe ni nde ufitiwe icyizere muri bose ni nde wifitiye nawe icyizere ko azongererwa kwiyamamaza.

akayo bora igihugu cyi we ni nde uteye impugege naba turage biwe hahahaa ninde ufite itera bwoba  ninde uzahindura ITEGEKO SHINGA ninde uza gundira ubutegetsi  ninde wayo boye neza , ninde waha amahirwe yo kongera kuyo bora

ninde wagiriye africa akamaro guhitamo nta maranga mutima biba byiza gutukana nogusebanya si byiza nkuko ntawe udafite ibyiza yakoze ibibi nabyo bikabatanga imbere

Saturday, 15 November 2014

HARIMPAVUZA TUMA DUTANDUKANA BURUNDU HARINIZI NDI ZITUMA TWIBANIRA .




imurengeheza
umuntu wese agi rwa na mugenzi wiwe umu ntuwese kandi a azamurwa na bantu akama nurwa nabandi haru wi bwirako ako meye bitewe ni byo arebesha amaso cg yunva ko ashoboye .mu buzima umuntu ashimwa n Imana aruko abantu bagushimiye nkuko ibizira kwisi mwijuru biba bizizririjwe bitavuzengo abantu bashobora gukora nabi wewe ugakoraneza nka paul nasira nurugero navugaga bamwe mubantu bazi ko gukorera Imana aribi ntu bihambaye koko birahambaye kandi ni byiza ku muntu ubyunvaneza akabikora neza nabantu bara byemera bati ntamaranga mutima agira, ibyo bigaragarira buri muntu, niyo wakwi yitirira ibituye isi yose cg baka bikwitirira uko wabisaze niko uza bisiga ntanakimwe washizeho Umunyamafaranga, umunyembaraga numunyempano nuta bifite byose baruzuzanya nkk byose ubifite ntaho isi yaba yerekeza kandi ni nako imana yabigenye kuvakera kugeza ubu. ngo mu mutima wu mwana wu muntu habamo imigambi myishi imikeya igaragarira kumaso yabantu indi mu bikorwaukora bya buri munsi nkk imizima n Imana iyi gorora twe nkabantu tuka vuga ngo uriya muntu arakomeye azi ubwenge nu mukozi ushoboye iyo udatunga neza ngo wicyishe bu gufi wunveko wakora relationship nabandi bantu cg  go wubahe umuntu uwariwe wese uko ari koseurwgo arimo rwosehaba ndetse ninzego zikuyo boye nizo uyoboye ntacyo bimaze namba kandi ni juru ntiri kinguka kubera ko  haribyo wakoze ntiwa byuzuza neza knd uzi nezako ibyi ke reti nti birikumurongo wa bugenewe, abaturushya ijyambory Imana rintu bwira mwubahe abafasha banyu ku mpande zose ngo cyane mwu bahe abo munzu yimana, yongeraho  ubuyobozi bwabaturage aribo batwebwe namwe, nkk yesu ntiyajye gukuraho amategeko ahubwo yara ya komeje abatu baha abantu ndaha myako nImana nti bayubaha, ntabumwe basho bora gukora, haba mu maka nisa kubayo bozi babakuriye munzego zose mu matorero ni gihugu murirusange. naho nta muntu udakosa umuyobozi nakora amakosa umu garuze ineza yuzuye nawe wibukeko anumuntu knd wi buke ko nawe ukimeze nka bakera waravuga vuga naho kumuha rubanda nawe uba wishize kuka rubanda .ujya ku bona  . umu nyama hanga yafotoye umunyafurika amafoto yurukozasoni yabyereka undimuhuje ururimi cg uruhu cg ukwemera ugaseka ukabyishimira cg bavuga ngo umupastor yafatiwe mucyuho ahobakaba baguhaye sujetkandi kubaho kwawe nukugirango umubere aho atari.ukananirwa kumu bera maso ati siwe wirirwa atubwira ati bomboribombori. uzaza umenyako kubaka ubumwe bidasaba ibiro cg kuba ufite ibya mirenge nkuko nuwa biguha udafite umutima mwiza nubusa kubantu nimana ikubona zero wasaba imana ikaguha umutima wokubana na bandi amahoro kubaho ufite imana usi byeko ntawe uta gira Imana biterwa nuko uyifata. bi ba byiza cyane..  nkubu ujyaku bona abantu biri kwigomeka ,wajya kureba ugasanga mu byukuri ntampanvu nimwe  ibigaragaza abeshi ugasanga bapfa akanwa  akamanyuku mutsima. abandi bapfa uko baremwe abandi bagapfa imyunvire nu bwiye mezi harimpanvu nyishiza tuma dutandukana  jye nawe ariko ku bera impavu runaka harizidutanya ariko twite kuzi twu ba ka. ziduhuza nkokubantu bahanye amasezerano runaka abandi mufitanye amateka runaka izo ni mpavu zatuma dukomeza ubumwe nkabantu, 
kuriyisi dukeneye kubaho koko nawe ukunze kubaho nkuko iyuba uta bikunze tuba urara amajoro cg wirirwa mu bikorwa runaka wakwi  cyecyekeye ugategereza bikadusanga mungo tubamo ariko kubera dukeneye abantu niyo mpavu tugomba ku bakunda tuka bifuriza ibyiza tukabagana nkuko ni bo bakugize kandi nawe ufite icyo ubamariye nturebengo ntaki ntu ufite kuba ufite ubuzima bufitiye beshi akamaro uyumunsi uraba ufite ejo na bandi baraba bafite ufite umunezero none ejo arababara nuwababaye ejo aki shima rero twibere umwe bakunzu ba africa cyaneee 

biteguye gushora imarizabo Imurenge

imurengeheza

 nyuma yamatora yu mukuru wigihu gu azaba mumwaka2016 aba congomani nabandi bashora mari  biteguye gushora imari imurenge
biteguye gushora imarizabo Imurenge
nkuko tubikesha bamwe mubahagarariye umuryango mugari batubwiye ko ubu bahaye bakora uko bashoboye kose kugirango bumvikanishe abashora mari kuzashora imari zabo imurenge no kubasobanurira uko kariya karere gateye, aba bayobozi baragaruka kw'ijambo rivuga ko imvukire z'imurenge zirihirya no hino nizo zagombye gufata iyambere mugushora imari mukarere bakomotse mo bityo kugirango bazabere abandi urugro rwiza mugushora ibikorwa byabo imurenge, ibi byatangiye gutekerezwaho mumezi 2 ashize ubwo abayobozi bakuru basuraga akarere ka minembwe barimo Meruberwa nyarugabo na minisitiri rukeba chirac nabandi
umushinga ADEPAE nawo umwaka utaha 2015 uritegura kubaka ibarabara Marungu -Minembwe
Muminembwe niwo mujyi wamaze kwemerwa nkumujyi mukuru w'aka karere, nyuma bakazarebera hamwe ahazubakwa umujyi wa2 (2em ville) wumva uyu mujyi washirwa he?