Wednesday, 3 June 2015

GUFATANYA BIMERANEZA ISHARI NARYO SIRYIZA

Image result for SHAKING HANDS
kuri yi si ya mungu hari ibintu bibiri byi ngenzi kwishima no ku babara buri muntu kuri yisi bimugeraho kandi bika mushobora kwi yumanganya bikanga kugeza aho abeshi ba mubona mo uwomwanya arimo.mwiza cangwa mubi.


 Ntamuntu urusha ubwenge undi ahubwo barushanwa Ama hirwe.
 guca bugufi subuswa ahubwo nubu menyi bukomeye abeshi batazi  bata nabasha ,bugufasha  mu mibereho yawe bwite no kubana nabandi .utishira hejuru cangwa ngo ugwize abanzi ,ntawe utanga ico adafite ,
Mumoko yose haba Imbwa nabagabo ,Imbwa zira moka ntizi ryana. ntizi hu nga banya abazinezako aribwa, ntizi tsinda nta nubwo zirinda ibiri ngobwa

Gufa tanya nabandi Uta  gamije Inyungu bitanga umusaruro mwishi kubantu beshi  nawe Udasigaye .
Ibite kerezo bizima biru baka ariko ibi pfuye bizanwa  nabanzi babantu ntaco bimara  biterwa inkunga Nabitwa ko ari bazima  aho byavuyeho ntakintu kizima kibakihari ,

Ushaka gutera Imbere wi rwanya mugenzi wawe  ahubwo mufashe igisho boka .Nawe akweme rere mufata nye
Haraba gera iyo baja bakiba girwa ko bahagejewe nabandi .Imbaraga ziterambere nugu fashanya mu byiza Ibibi muga fatanya nabwo kubirwa nya .









Wednesday, 13 May 2015

NKURUZIZA AKUWE KUBUTEGETSI MUBURUNDI




 Mu gihe habura ukwezi kumwe ngo habe amatora y’umukuru w’igihugu, Perezida Nkurunziz

a yahiritswe ku butegetsi n’uwahoze ayobora urwego rw’ubutasi Maj Gen Godefroid Niyombare.

Maj.Gen (Major General) Godefroid Niyombare waherukaga kwirukanwa ku buytobozi bw’urwego rw’ubutasi mu gisirikare cy’u Burundi, ni we watangaje ihirikwa ry’ubutegetsi muri icyo gihugu, akaba yari ashagawe n’abasirikare bakuru ndetse
n’abahagarariye Polisi.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Maj.Gen.
Niyombare rigira riti “Hashingiwe ku kudaha agaciro inama agirwa n’imiryango mpuzamahanga zo kubahiriza Itegeko Nshinga n’Amasezerano y’amahoro ya Arusha, Perezida Nkurunziza ahiritswe ku butegetsi na Guverinoma ye.

IMIRIMO MYIZA YAKOZE NTIZIBAGIRANA MUGIHUGU NDETSE NABATURANYI .^RIP*col> mwungura Richard#

Twihanga  ni shije  Igihugu ndetse na  Basoda bigigu cha FARDC CONGO  Nu muryango wa Banyamurenge ndetse nishuti zacu zose aho ziri kwisi yose mukubura Intwari COL.MWUNGURA Richard
  
Uyumugabo nta wabona ibyo yavuga nkuko n:Intwari Ikomeye mubwoko  ndetse nomu ngabo zigihugu Yabi kundaga cane ndore ko yatabarutse ari mukazi .kiwe kaburi munsi yakoraga  ko kubungabunga ubusugire bwigihugu .

 Mubuzima bwe yakundaga Imana ndetse nigihugu nibyo yara zwiho kandi yabikora ganeza abinezerewe   HERO RICHARD . bikaba bivugwako yishwe nindwara .
Mwungura haba muduce dutandukanye twa Banyamurenge bara munzi nkuko yahakoreye akazi gakomeye Mubihe bikomeye,Mubwoko  bwiwe yagaragaje ubutwari  butangaje , Nahandi mugihugu yagaragaje ubutwari .kubanyegihugu 
 Yari umugabo ukunda YESU caneee  kurwego Rwabayumbe bamukundaga  ya ri ntwari.

Uyu mugabo afite ubutwari butavugwa umunsi Umwe ngo burangire gusa afite ikivi yakoze kandi ki garagara Nubwo hari hasigaye gato. kubasigaye tuzakusa ,
  Uyu mugabo yakoreraga ahi twa shabunda niho yatabarukiye ariko akaza shingu rirwa iwe murugo IGOMA .

Thursday, 26 March 2015

URIFUZA AFRICA MURUHE RWEGO MUGIHE KINGANA GUTE BIZAKORWE GUTE???????

Africa ni wewe naje tugomba kuyi korera tugomba kuyikorera mu byiza nibibi ikaba nziza Ikitwa nziza  tuka yi pfira niyo ya tubyaye Noku yiteza imbere mubi korwa..
 Turandura Umwi ryane nama cya kubiri ni ntambara ni byorezo byabaye karande kumu gabane wacu.Ukotwese tumeze twaku gizwe na africa. , niyo mpanvu twaba Umwe tugakora tugafashanya byose twubahanye Mubu shobozi buke dufite.

Kumuga bane wacu wa frica dufite Umubare mu nini wuru byiruko ;ndetse abeshi ntamirimo bafite ,ariko Bafite Ubwenge n'Ibihugu ba komokamo ndetse ni miryango . ariko abeshi bafite ubukene ,butuma bahunga bagasanga bagashaka buhake Iwabo, kubera ibi bazo biba kumugabane wacu,,cangwase kubera impanvu zitandukanye nkinta mbara cangwa  ubukene  nibindi ariko reka turebe icyadufasha nkuru byiruko rwa frica,

Iterambere rya frica rigomba gu tangirira mu burezi  bwibanze kunvisa abana ko ari aba nya frica kandi nta wundi mugabane mwiza nka africa cangwa igihugu cyawe ,kandi bose ari bamwe ntanko moko zitandukanye bafite .

Iterambere rya frica kandi riza zanwa nu wagiye akareba agataha akigisha abandi  ibyiza yungutse .
Ubukungu buzaza Aruko twahanye agaciro twebwe ubwacu ndetse naba nya frica  n'Ifaranga ry'Igihugu ndetse nubutegetsi buriho, Ukuru abe mukuru umuto nawe abemuto buri wese yubahe mugenziwe

Umutekano nawo uzaza aruko urubyiruko rwanze Umwi ryane mugihugu ndetse n'Invu ruru uko bimezekose Mugaha ranira amahoro,  Nubumwe numurimo.

Urubyi ruko rwa frica icyaba cyiza nukwi bumbira mu mashira hamwe bakazamurana mubi ko rwa byite rambere ndoreko hamwe nahamwe mubihu gu bimwe byatangi ye bikaba bimaze kugeza kuri byishi bamwe mubasore ndetse ni gihugu. kurwego rwiza .

Rubyi ruko muha guruke mukore mureke gutega amaboko .ahubwo mukore mutere inkunga ibihugu bimwe byohakurya yamazi,
Umugabane wa frica urakize. kandi nu wawe najye ndufatanye ntubikoreshe nkuko bikwiye muzagira agaciro mwebwe ubwanyu ndetse nigihugu mugiheshe Ishema,

Tuesday, 17 March 2015

UMUGORE WA BYAYE ABANA BATATU BAFATANYE UMUKONDO

Image result for three twins baby
Mugihugu cya ba gladesh habonetse umuntu wa byaye abana batatu bose ba fatanye munda ahitwa kumu kondo  kuru bu aba ganga bomu gihu cy'Ubuhinde akaba ari bo bakoze Ubu hanga bwo kuba tandukanya. baka ba baturuka mu bitaro bya MIOT HOSPITAL INTERNATIONAL , kurubu aba gaganga bara tangazako abo bana ndetse n'Umubyeyi bameze neza.

Tuesday, 3 March 2015

ABAKIRE BAMBERE KURUSHA ABANDI KWISI BILL GATE YAYOBOYE KANDI

Image result for Bill gates
Uru tonde rwa Bakire rwa sohotse uyu mwaka ,abakire 20 bayo boye Isi ,
Kurubu  kumwa nya wambere Bill Gates akaba yo ngeye kuyo bora uru rutonde 
 Bill Gates ikaba bibaye kucuro ya 16 ayo bora Isi ,kurusha abandi amafaranga meshi ,aha akaba yasimbuye Undi mu herwe wu munya MEXIC, witwa Carlos slim wari ku mwanya wambere umwaka ushize ,
Ibi tubi kesha Icyege ranyo cyaso howe na  Forbes Magazine kikaba gisoho ka buri mwaka cye Rekana Uburyo a bakire bakuri kira na kw'Isi .
Kuru bu umutungo wa bill Gates ukaba ubari rwa kuri miri yali79 zama doralle ,

Kumwanya waga tatu nabwo hari umu nyame rika ,Warren buffet  akaba afite umu tungo uri 72,7 miliari za ma doralle, hafi yabo kandi haka za undi muntu washize. Izu ya fashion Amancion Ortega .

Ukuniko forbes yakuri kiranyije abakire kuru tonde ,

1. BILL gates na mirial i $79,2(79,2Bn)(microsoft)
2, Carlos Slim Helu miriyali  $77,1(77,1Bn) (phone and construction in Mexico )
3,warren buffett miriyari   $72,7(72,7Bn)  Global inventor 
4, amancion Ortega na miriyali  $64,5(64,5bn) zar and other fashon chains 
5, Larry Ellison na miri  $54.3(54,3Bn) Oracle data storage technology 
,,,, 
kuru ru rutonde rwaso hotse haragara gara nu muherwe washize uru buga rwa fecebook Marc Zuckerberg , nawe akaba aza muri aba bakire 20 bayo boye.

 Ibyagara gaye nuko aba giye kuri uru rutonde bose bagiye bafite ibikorwa ryitera mbere (thechnology),, nibo bigajemo cyane ,
Kugira ngo nawe ujye kuri uru rutonde byi bura ugomba kuba ufite hejuru ya miri Yari 29 za madorali .


Umugore ugara gara aha kuru tonde akaba ar" Uwitwa Christy Walton Umufasha wa John Walton .uyu muga bo we akaba yari tabye Imana ,
 Uyu mugore amaze kuza ku mwanya wambere muba gore Ishuro 5 ku myaka itandatu ishize ,nkuko Forbus ibigaragaza,

Monday, 2 March 2015

PEREZIDA WA NA MIBIA YAHAWE ISHIMWE RYA MADORALE

Image result for HIFIKEPUNYE
Prezida wa NAMIBIA  Hifikempunye Pohamba yegukanye ishimwe rikomeye  nku mu ntu umwe Wakoze neza .Icyo gihe mbo kikaba cyari tiriwe Mo Ibrahim . 
Iki gihembo ki kaba gi ha bwa Umukuru wigihugu wese, wayo boye neza Igihugu cyiwe .
Icyo gihembo ki kaba  giha gaze kuri Miliyoni  zitanu za madorale 
Iryo shimwe ri kaba rita ngwa buri mwaka ku mukuru wigi hugu watowe neza ,kuma horo aka yobora abatu rage biwe neza, akabateza imbere, bava mu rwego ru mwe ba kajya murundi akaza mura Ubukungu bwi gihugu  ndetse akana vano kubu tegetsi nta mpaka Ubwo manda yiwe iri kura Ngira. Umwaka ushize nta muntu wigeze atwara ikigihembo
  
Pohamba yahoze ari muba muba rwa niye Ubwi genge bwi kigihugu cya NAMIBIA 

Uyumugabo bwambere ya towe naba turage bigihugu cyiwe mu mwaka wa 2004 ndetse na 2009 . kurubu akaba yitezwe ko yakongera kugiri rwa icyizere cyo ko ngerwa indi manda.

Pohamba ari muba shize umu twe winye shyamba yitwa SWAPO uyumu twe ukaba wara maze imyika myishi urwanya ubu tegetsi bwa  Africa ye pfo 

ikigihugu cya bonye ubwi gege mu mwaka 1990  SWAPO  nibwo yakomeje kuguma kubu tegetsi ubwo ya tsindaga amatora kuma jwi meshi cyane ,uyu mugabo akaba yaraha we akaga shi mwe umwaka 2014  ,uyu mugabo kandi akaba afite imyaka 79 yamavuko