Saturday, 27 December 2014

ATI URINKENDE BYA VUZWE NUMUKURU WAKOREYA YARUGURU.

Leta ya Koreya ya Ruguru yise Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama “Inkende” inanenga igihugu ayoboye gufunga imiyoboro ya Internet muro icyo gihugu nyuma y’urunturuntu no guterana amagambo biturutse kuri filimi “ The Interview” ivuga ku iyicwa rya Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un“.
Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP bivuga ko Koreya ya Ruguru yahakanye kugira uruhare mu bujura bw’amabanga bwa Sosiyete, Sony Pictures yakoze iyo filimi.

Icyo gihugu cyagaragaje uburakari kubera filimi isetsa, The Interview ivuga ku iyicwa rya Perezida Kim Jong Un, yasohotse ku wa 25 zukwa cumi nakabiri .

Itangazo Komisiyo y’Umutekano ya Koreya ya Ruguru (NDC) yashyikirije Ibiro Ntaramakuru byo muri icyo gihugu, rivuga ko Perezida Obama ari we uri inyuma y’iyo filimi.
Riti” Obama ntatekereza mu magambo n’ibikorwa bye ni nk’inkende mu mashyamba”
Si ubwa mbere Koreya ya Ruguru itutse Perezida Obama n’abandi bayobozi bakuru ba USA. Mu ntangiriro z’uyu mwaka, icyo gihugu cyise Umunyamabanga wa USA, John Kerry “ ikirura cy’imikaka mibi” na Perezida wa Koreya y’Epfo “ Indaya”.

Muri Gicurasi, Ibiro Ntaramakuru by’icyo gihugu byasohoye inyandiko ivuga ko Obama afite imisusire y’inkende.
Koreya ya Ruguru na USA biracyari mu ntambara, kuko intambara ya Koreya yo mu 1950-1953 yahoshejwe n’amasezerano y’agahenge aho kurangizwa n’amasezerano y’amahoro.
USA zashyize abasirikare 28,500 muri Koreya y’Epfo bazahita batabara igihe Koreya ya Ruguru yahirahiye kugaba ibitero muri icyo gihugu.

Friday, 26 December 2014

CONGO KINSHASA IMPANUKA YO MUMAZI YISHE BESHI MUBIHE BYA NOHERI

Ubwato nk'ubu bukunze kugira impanuka mu nzuzi zo muri Kongo
Amakuru atugezeho aba baje mugihu gu cya congo kinshasa avugako mukanya habaye impanuka ikomeye muburasira zuba bwi kigihugu .iyimpanuka ikaba ya ra baye kuwambere ariko ikaba yamenye kanye uyumunsi kuwagatanu.Ubu bwato bukaba bwarahitanye abagera kuri 30 bapfuye 

abashizwe umutekano muri ako karere bavuze ko muri ubwo bwato haguyemo abagera kwijana,Ubwobwato bukaba bwari bwuzuye ibi curuzwa ndetse nabantu beshi aho bari berekeje Kisangani ,bukaba bwarabereye kubiro metero bigera kuri 50 were keje muri uwo mugi.wa kisangani 

Ibi bikaba byatumye haba imyigaraga byo ikomeye cyane yurubyiruko rwomuri kisangani kuberako bari baba bajwe cyane bafite nagahinda kimpanuka zikomeza guhitana aba nyekongo mumazi. ahakandi haka bana twitse amazu meshi ya Leta .

Wednesday, 24 December 2014

IKIGANIRO NUMUHANZI ANDRE MISIGARO BIDATIZE MU RWANDA NDABA NAHASESEKAYE

Umuhanzi Misigaro numu hanzi Ukunzwe cyane muru byiruko  uyu mugabo akaba ariri mba Indirimbo zo kuramya Imana no kuyi himbaza .kurubu akaba atuye kumugabane wa America Muntara ya Arizona  ,uyu mugabo uzwi cyane kubera Indirimbo ziwe zagiye zikundwa cyanee kubera ukuntu ari rimba nijwi ryiza cyane ,

Misigaro kandi yagiye amenyekana cyane aho yagiye akorana na bandi bahanzi batandu kanye hari mo abasore baba nya Rwanda nka Meddy ndetse na the Ben Liliane kabaganza na gabby kamazi. bazwi cyane mu Rwanda ndetse no mukarere kibi yaga bigari,nabandi beshi..

Mukiganiro twa koranye kuri telephone nu mugabo Misigaro twa muba jeje ni ba akiri Ingaragu. adutangariza ko atakiri umusore ahubwo yu batse ndetse akaba afite abana babiri .(2)  Misigaro twaga niriye ku buhanzi bwe ni ba ntacyo buba ngamira umu ryango we atu bwiye ko kuri we nishema nkuko ibyo akora si kubwe ati nu kubera Imana gusa  ni yo mpanvu umu ryango wajye nawo urabyi shimira. ati kuri rimbira Imana ntako bisa iyo u bi koranye umuti ma wawe wose. gusa usanga I kibazo n'Ukubi kora ugami je izindi nyungu . 
Misigaro twa mu bajije indi rimbo ziwe aho azi korera, nuzi mukorera  yatu bwi yeko we afite studio Itunganya indirimbo za mashusho ndetse nizamajwi (audio) iyonzu yumuzi ki ikaba yitwa MORE RECORD.ati ubu nsi nki gorwa naho jya gu tunganyi riza indi rimbo. Izondi rimbo zi kaba zitungangwa na PRODUCER  Licklick .Uzwicyane mu rwanda.  
ADRIEN Misigaro  afite album zibiri (2)amaze gusohora inyishi murizo zikaba zifite amashusho yazo 
Album yambere ikaba yitwa VUMILIA ikaba iriho indirimbo umunani(8) iyakabiri nayo ikaba iriho indirimbo icumi(10) nayo ikaba yitwa NKWITENDE .tu bibutseko nkwitende bayi koreye lumix nabasore THE BEN ndetse na MEDDY ikazaba iza sohoka mwitangira ry'uyumwaka .abaji jwe niba ari umu pastor nkuko beshi ba kunze kubi vuga misigaro ati rekadaaa aseka cyane ati jyewe ndi umuri ribyi gusa sindi pastor .

Tumubaza kuri gahunda afite misigaro avugako bidatize hatagize impinduka nawe atazi mu kwezikwa kabiri(2) umwaka utaha2015 azaba yasesekaye Ikigali hamwe nu mu producer wiwe Lickly lick aho azaba agiye gutunganya Indirimbo ziwe  Tumuba jije impanvu yatuma akorera murwanda kandi afite producer mwiza ni bi koresho byuzuye, yatu byiye muraya magambo ati ;burya murugo ni murugo ,icyambere kubona abana bakora becking nkuko umuhanzi abishaka ntibi kunda rwose ati bira tugora no kubona ahantu ukore ra amashusho nabwo ubona ahantu hatari heza ati ikirere cy'Africa nikizima ,kandi tubadushaka nama shusho ya frica ni yomeza. kubera ikirere cyaho.
ahakandi yatubwi yeko ashaka kuzi fashisha bamwe mubahanzi bakomeye mu rwanda hari mo nkabo bakoranye indirimbo KABAGAZA na gabby kamazi , aba bahanzi nabakozi b'Imana kandi bazi kuririmba mugihetuza fatanya bizaba byiza .bakora baking ,ati kizaba ari gitaramo cyi gitangaza .

Misigaro akaba agira Impano yo kwandika indirimbo ndetse no kuririmba. iyo yandi ka ntabwo yifashisha Bibiriya ,ahubwo biterwa nibiganiro yakoranye nabantu. cyangwa nigihe abantu barimo cyane cyane abana b'Imana icyogihe abona icyo gukora,(inspiration) .

Mundirimbo zuyu mugabo zimwe zaku nzwe cyane harimo NFITE IMPANVU ,(akabayara shimaga imana ikigaza imana yagihaye inkoni yubutware bwiza ).indi ikabayitwa NTACYONZABA akaba yara yi koranye na MEDDY .Misigaro akaba akorera hamwe na baba sore baba nyarwanda the Ben ndetse na Meddy muri More Record ikoreraramo Lickly lick hamwe nu mwana umu curangira ikidari (quitar )uvu musore ucuranga ikidari akaba avukana  numuhanzi Misigaro adrien . tukaba tu mwifuri je ibyiza mwiterambere  imana imuhaze umutimawiwe,

BETHLEHEM ABAKIRISITU BAHAGEZE ARIBESHI

Imbanga zaba kirisi tu bavuye hirya no hino kwisi kurubu bari mu mugi wa Bethlhem aho bemerako Yesu christu yavukiye  Abo ba cristu bose kuru yumunsi bahuriye ku kibuga cya Manger muri Cijordania Ubwo barebaga igiti kinini cyanoheri gitatswe nama bara meshi yibendera rya Palestine 
Imihango ikaba iri burangire mu misa iri bube mwijoro ryu yumunsi wagatatu bu cya ari ku wakane Iyi misa ikaba iri bu bere mwi kanisa ryi tiri we ivuka rya yesu 

Itangaza makuru kwisi rivugako kumunsi wanoheri uzana ituze mubantu bose kwisi Ibi bihe kandi bikaba bitanga ikiru huko kuba kirisitu bose aho usanga, abafite uko mameze kumufuka ba guriye imi ryango nishuti ibintu bishya byerekana ko bishi miye ibihe bagezemo ndetse ukana sanga bahuye nabana na bavandimwe bagasangira nki miry'ango bishimira ivuka ry'umwana yesu .tubifuri je kuzageza indi noheri ya2015 

Ibi bihe biryohera cyane aba kirisitu bo mu burasira zuba aho usanga babanga miwe nikibazo cyintambara 

Tuesday, 23 December 2014

INKURU YAKA BABARO IKINSHASA MURI CONGO BABUZE UMUBYEYI WIGIHUGU.


Inkuru yu rupfu rwa pouline Opango lumumba ya menyekanye mugi tondo mu mugi wa kinshasa.
Umuhungu wiwe francois lumumba ya tangaje ko basaze yasinziriye mwi joro .amakuru dukesha ikinyama kuru jeune afrique avuga ko uyu mukecuru yitabye Imana kuruyu wakabiri 23/12/2014
Akaba yi tabye Imana kumyaka yiwe 72 yamavuko yaramaze kuri nosi.

Urupfu rwa pouline opango Lumumba rwa ne mejwe na mi nisitre w'Itumana ho ni tanga za makuru,hamwe nu muvugizi wa waguvernema  ya congo Lambert mende  ba byemeje mugi tondo cyu yumunsi wa kabiri .

Lumumba pouline yaramaze iminsi yari yara giye kwivuri za mu gihugu cy'ubufaransa kumu gabane wu burayi aho yaramaze iyinga rimwe agarutse  mugihugu cya congo.uyumu kecuru numbwo atavugwa muri politic yarakiriho nkuko yasizwe numugabo wiwe wapfuye arashwe kuminsi 17/01/1960.akaba ariwe wambere ufatwa nki ntwari yambere mugihugu cya congo- kinshasa.nkuko uyu mugabo yahara niye ubwi genge  akaba aricyo yazize , mugihe iki gihugu cyari kimaze imyaka Ijana kiri mubu koroni.

 Lumumba  patrice mbere yokuraswa  yari minisitre wintebe ya congo- kinshasa kugeza nubu uyumu gabo lumumba akaba atarava mumi twe yaba nya frica.kubera ubwitange yako reye igihugu cyi we nu mugabane wose wa africa muri rusange, kurubu abantu beshi bakaba bitwa irizina kubera ubutwari bwiwe.

Umuhango wogushingura  Mama pouline nkuko beshi bamwitanga mu mugi waki nshasa .ukaba ,uzategu rwa na guvernema ya congo,nkuko byatanga jwe nu muhungu wiwe francois  Lumumba abi bwira abanyamakuru.

KURU MANI MARTIN NTASHOBORA KUVUGA CYANGWA NGO YONGORERE BAGIYE KUMUBAGA

Umuhanzi mani Martin kurubu ari mu bitaro ku bera impanuka yo kumira agati bi ta kirda mugihe yami raga akagace kagati bitunguranye ka kitambika mu muhogo wiwe akaza kubura ijwi neza nez kurubu yaba agiye kubagwa ,

kuwagatanu kuminsi 09/12/2014 nibwo umuhanzi marin yakoresheje agati kavana imyanda mu menyo iyo umaze gufungura (cure-dent) kavunitse mo kabiri nuko akabango gato kara mucika kagwa mu muhogo kuriwe yabi fashe nkibisa nzwe hanyuma yaje kunya rukira kubitaro ngakuri kirangwe nabagaga ariko byajye gufata indi ntera ni ni mugihe kurubu .


Mani martin ntashobora kuvuga cyangwa ngo yongorere mukigani ro yagiranye nitangaza makuru mani maritin bakoresheje invugo yinyandiko yata ngaje ko mugihe yamize akagati yunvaga aribisanzwe hanyuma yajye ku nyarukira kwamugaga nyuma yisaa imwe kuberako yunvise ijwiritangiye kubura kugirango abaganga bamu kuri kiranire hafi. 

Martin yagize ati ;jyewe nagizengo ni bintu byoroshye nyuma yisaha imwe  narintangiye gukarwa najya kuvuga bikanga  ni hutirakwa mugaga  bara suzuma bara kabura ariko bampa imiti .kuwaga tandatu ni bwo niobwo nunvaga ijwinkaho ryajye ariko bigeze mwijoro nibwo nakorora bireze ukwemera nibwo nijwi ryajye nokubura burundu habe no kuvuga .
Kuwambere Mani martin yazindu kiye kwa mugaga mubitaro bya CHUK ngarebeko abaganga niba hari cyo bamufasha  ariko byajekuba ubusa .yasu zumwe naba gagabi nzobere mu bijyanye numuhogo bakaba bara munyujije mubyuma bireba mu mihogo kugirango barebe niba ako kavungukira ariko bara kabura ariko bavugako kamusigiye igikomere kamusigiye .

yagize ati kuwambere ni bwo nazindukiye CHUK kugirambonanen' umugaga wu muspecialist mu byumuhogo bemezako bagomba kuntera ishyinge zi kinya cyumubiri wose bakareba mo .mbere yo gukora ibyo byose ba bajije gukora irindi suzuma rishobo ryose babona mo ko hariho udushwara ture twishi kuri cordes vovales (imiyoboro yamajwi yiburyo ) ubwo bahise bampa indi miti yokungwa kurubu niyo ndiho ni tagira icyo ihindura Ntakundi baza baga nkuko biragoye .

Nubwo abagaga bamu kuri kiranira hafi bavugako iyo miti ifite icyoyatanga ijwi rikagaruka  Uyumusore we ntacyizere afite cyo gukira, abagaga bamu bwiyeko umwazuro wanyuma arukuba gwa. kugeza ubu uyu muhanzi ntashobora gutanga ubutumwa neza bwose ashaka kuvuga abunyuza munyandiko 
Mani Martin numu hanzi uko meye mugihugu cy'urwanda akaba anafite ijwi ryumwi merere yagiye akora ibitaramo byishi bikomeye kandi akabaya ra ni tabiriye amaru shanwa  serukiramuco atanduka nye ku rwego mpuza mahanga .

IMBUGA ZA KOREYA YARUGURU ZARI ZABUZE INTERNET URWIKEKWE KOREA YARUGURU NDETSE NA AMERICA.

Aba hanga mwi korana buhanga bavuzeko mugihe Korea yaburaga internet  mugihugu hose byaba byaratewe na bamwe ba ryubatse mugihe korea yo ibishinja leta zunze ubumwe z'america 
Mugihe leta zuze ubu mwe za America zo zi bihakana zivuye inyuma .kuruhande rwa U.S.A bakaba bavugako badasho bora ku bikora nkuko nta bwoba batwewe na korea . ariko baka ba bari batangaje ko baza subira gusuzuma neza icyaba cyari cyateye isosiyete ya sony picturs ,iki kigo ki kaba ari cy'America .tubibutse ko cyari cyatewe navirus yijiriye za mudasobwa zabo zamabanga .

Tubibutse ko kandi ibi bitero byo kuri muda sobwa za banya merica bya kozwe kuri iyi societe ya
sony byakozwe mugihe hari hategerejwe gusohoka filim ivuga kubuhemu cangwa kubikorwa umukuru wa koreya yaruguru akomeje gukora ibikorwa byakinyamanswa nibindi bigayitse Kim-jong -un  
Umwaka ushize Leta ya pyongyang yareze ubutegetsi bwa washington ko bwa hungabanyije uburyo bwitu mana ho buko rerwa kumbuga za internet zico gihugu  mugihe bari bari mubihe byubu shamirane kukibazo cya niclaire