Sunday, 7 December 2014

IBIHUGU BIKOMAKOMEYEHOE KUBA BIHAGURUKIYE FDLR BYABA BIVUZEKO IRANGIYE


Ibihugu birimo u Burusiya, u Budage, u Bubiligi n’u Buyapani byagaragaje ko bibona umutwe wa FDLR urwanya Leta y’u Rwanda waratinze kwamburwa intwaro, bityo ukwezi kwa mbere 2015 kukaba kugomba kurangira bazirambitse hasi bitihise bakaraswa.
Uruhande ibi bihugu bibogamiyeho ku kibazo cya FDLR rwagaragariye mu biganiro ababihagarariye mu Rwanda bagiranye na Biro ya Sena mu bihe bitandukanye, mu gihembwe cya gatatu gisanzwe cyasojwe kuwa gatanu w’iki cyumweru gishize.
Mu kiganiro Inteko Ishinga Amategeko yagiranye n’abanyamakuru mu gusoza igihembwe, Perezida wa Sena, Bernard Makuza, yagaragaje ko ibiganiro Biro ya Sena yagiranye na ba Ambasaderi w’u Burusiya, u Budage,u Bubiligi n’u Buyapani ku kibazo cy’umutekano mu karere by’umwihariko umutwe wa FDLR ufatwa nk’uwiterabwoba, biri mu bikorwa by’ingenzi byagezweho mu gihembwe gishize.

Senateri Bernard Makuza yavuze ko abahagarariye ibi bihugu mu Rwanda bagaragaje ko basanga uyu mutwe urwanya leta y’u Rwanda ugomba kwamburwa intwaro muri Mukwambere 2015 nta gisibya (nta mananiza), nk’uko akanama k’umutekano ka Loni kabyanzuye.

Perezida wa Sena y’u Rwanda asanga kuba ibi bihugu bishyigikiye ko nta gikwiye gukoma mu nkokora uyu mwanzuro w’uko FDLR yamburwa intwaro byananirana ikaraswa bitarenze tariki 2 zukwambere, ari ikintu cyo kwishimirwa.
Ati “Tukaba twarashimishijwe n’uko za ambasade zishingiye ku murongo w’ibihugu byazo zivuga ko zishyigikiye rwose byimazeyo uwo mwanzuro w’uko nta yandi mananiza igihe cyagenwe cyo kwambura FDLR intwaro kigomba kubahirizwa.”
Ijwi ry’ibi bihugu mu gushyigikira ko uyu mutwe wamburwa intwaro bitarenze muri Mukwambere riruzuzanya n’irya loni iherutse gushyira ahagaragara mu itangazo rivuga ko nta yandi mananiza n’izarira bikwiye kubaho mu kurasa umurwanyi wa FDLR uzarenza iki gihe atarashyira intwaro hasi.
Abarwanyi ba FDLR bari batangaje ko bagiye gushyira intwaro hasi mukwezi kwagatandatu, Leta ya Congo ibasaba ko bitarenze ku ya 9 zukwakarindwi  baba barangije kubishyira mu bikorwa, ariko baterera agati mu ryinyo.
Hari bamwe mu barwanyi bagize umutwe wa FDLR bagenda bashyira intwaro hasi urusorongo, ariko bakemeza intego ari ukurambika hasi intwaro nk’uko babisabwe. Ugushyira intwaro hasi kwa FDLR yose biracyafatwa nk’inzozi kuko hari ababona uku gushyira hasi intwaro mu buryo bw’urusorongo ari amayeri yo kuyobya uburari, cyzne ko n’abemeye gushyira intwaro hasi batagishishikarizwa gutaha mu Rwanda ahubwo bakomeje gicumbikirwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Saturday, 6 December 2014

MURWANDA GUKUSANYA AMATEGEKO NO KUVUGURURA AMWE YARASANZWE

Murwanda Itsinda ryabanya mategeko rihagarariwe na Avocat Isai Muhayimana ryashize hanze igitabo gisha giku biyemo amategeko masha yavuguruwe nyumayaho babonyeko bitaki cy'orohera abayakenera kuyabona yose ahurijwe hamwe mugihe bagiye kuyakoresha kandi barenye neza amategeko ajyanye niguhe tugezemo kurubu bakaba bahereye kuyarebana nu bu komeretsa numutungo .mukiganiro Isai yakoranye nitangaza makuru ndoreko ari we uhagarariye iritsinda ryabavocat 

Yatangajeko bagize ikigitekerezo nyuma yaho baboneye ko bisigaye bigorana kubafite aho bahurira nokwifashisha amategeko mumirimo yabo yaburi munsi ;kumenya aho baya shakira naho bayasanga. ati kandi byatewe nuko nta ho warugisanga ibitabo bi hurtiza hamwe amategeko y'urwanda muri ikigihe 

Isai yavuze ko kandi hari amategeko mashya yagiye yongerwamo nandi yagiye avugururwa  ati kuco twa hereyeho twahereyekuyarebana nimitungo ' nubu curuzi cg ubukomeretsa ati nkunko izi nzego nizo zigaragaramo cane imihindagurikire bitewe niterambere igihugu kigezeho ;yanavuzeko kandi bafite icy'izere cyuko baza hindura nandi mategeko bidatize yo muzindi nzego 
bakaba barakoreshejemo indimi zitatu harimo 3, IKINYARWANDA IKIGEREZA NIGIFARANSA,nkuko igazeti ya leta ibivuga 

Abazwa niba  harimpinduka kumategeko yarasanzwe yavuzeko ati ntabwo dufite uburengazira bwogukora amategeko ndetse no kuyahindura inzego ziyakora zikana yahindura  nizivugwa mwitegekoshinga ry'are publica  ati twebwe ibyo twakoze ni byegeranyo byamategeko ariho murwanda ati nuguhuza amategeko ajyanye yara ri ahantu hatandukanye ,hari nkamategeko aba ya ragiye avugururwa kenshi ati icyo dukora nuku yahuriza hamwe mugitabo kimwe ,twerekana ingigo zahindutse nigihe zahindukiye 

Yongeraho ko ibi bizafasha abantu bose bakoresha cyane aya mategeko kutazirirwa bajya gushaka igazeti yareta yo mugiherunaka cyahise ati harigihe ubi bona bitatanye bikagorana no ku bisoma  
yavuzeko amategeko ari mugifaransa ndetse no muki ngereza yo yarekewe uko ameze atahinduwe

uyumushinga ukaba umaze imyaka ibiri ukaba umaze gusohora ibi tabo bibiri byigice cambere camategeko  agenga ubucuruzi nimitungo  ibyo abanya mategeko bita business law  akaba yijeje abaso myi ko nandi azagenda asohoka vuba bidatinze 
Urwunge rwamategeko  akoreshwa keshi murwanda rwasoho we nitsinda ry;'abanya mategeko mu mwaka wi 1998 irindi rikaba rya rahe rukaga gu hindu rwa nishami ryigishaga amategeko muri kaminuza yu rwanda1995 narwo rwari rwara hasanze ibyo 1960 ibyo muriki gihe byari biko ze mugifaransa gusa  ameshi ari yaraje mugihe cy giko roni [congo belge}

INYESHAMBA ZIKORERA MURI CONGO ZABA ZITENGWA INKUNGA NANDE IREBERE


Aba dage batatu ba kati we ku bera igiko rwa cyo gufasha FDL ,inyeshyamab zi maze imyaka 20 mugi hugu cya congo , aba badage baka ba abakop mo ka mugihu gu cy,urwanda nu bu ndi ibi byo gu katira aba baga bo bika ba bye mewe na mategeko yigihu gu cy'u budage aba bagabo haka ba harimo uwitwa Bernard  t wi myaka 51 uyu akaba yaka tiwe igihano cyi myaka ine undi akaba yitwa felicien b. wimyaka 45 wakatiwe gu fungwa imyaka itatu  nu witwa  Jean bosco U wimyaka 68 uyu musaza akaba yaka tiwe gu fungwa imyaka ibiri ' aba baha mi jwe gutera inku nga inye sha mba za FDL.  Umutwe ufatwa nku wabagizi bana bi kwisi ndoreko ariko biri wasize ukoze amahano yi tsemba tsemba ryakorewe abatutsi mu gi hu gu cyu rwanda 1994 kuru biu izi nyeshamba zi kabazi ba mu mashamba yigihu gu cya kongo RDC .

Aba bagabo bakaba barafashwe mumyaka ishize 2011 na2012 mu burengerazuba bwu budage ndetse bajye no kwemera iki cyaha bakoze .
ntawe uzi ni ba baza juri ra kuru yu mwa nzuro wa feshwe nuru kiko gusabo bemeye icyaha cogufasha inyeshamba 
tubi butse ko mugihe bafatwaga bemeye ko bagerageje gucengeza ndetse nogukangurira abantu ibyubupfu wizi nye shyamba,zirangwa nama caku biri nivagura nitotezwa ryabantu .
ibo bongeraho kop basha ka nga gusimbiuza uwaho ze aru mukuru wizi nye shyamaba murwana shaka numu jyanamawe straton musoni .

Amaraporo agenda agaraga ara aravugako uyumutwe wa FDL.muku wunga ubona mo ni ndimitwe idaharaniora inyungu, iyo raporo ikavugako babikora ku bwu bucuruzi bwamabuye yagaciro arimuduce izinyeshamba zituriyemo,imwe mu miryango itungwa agatoki ni nka OXFARM na 

SOLIDARITES izi societe zishijwa gutanga ibiri bwa nibindi bikoresho kurizi nyeshamba .
Bikekwa ko uyumutwe impanvu zituma ubona abatera nkunga arinayompanvu bashiraho gahunda yo ku wurandura ariko uwo mugambi ntushirwe mu biko rwa . leta yurwanda yo yi yemeje ku yurwanya burundu ugashiraho ariko kandi uyumutwe ikibazo uterwa inkunga nabamwe mu banyarwanda bari hanze yu rwanda murwego rwo guhungabanya umutekano wu rwanda ariko abanyarwanda nti babikozwa usibyeko bitanagerwaho nizonyeshyamba onkuko nazo zakoze amahano .inyeshamaba zi bashije gutaha zemezako iriya miryango ibafasha burikimwe bifuza ati nkuko nabo baba biofuza ubucuruzi bwamabuye yagaciro ati ntamutima a,mahanga afite wokurandu ra inyeshyamaba ziri muri kiri yagihugu usibye africa yunze ubumwe nabanyekongo ubwabo babikora .

REBA AMAFOTO NAMAKURU YUKUNTU BYAGEZE MU GUTORA UMU KOBWA WAMBERE KWISI MU BWIZA


knc
Amarushanwa mpuza mahanga y'Ubwiza  Azwi kwizina rya miss supranational yaraye asojwe kuru  yu mu goroba wo ku wagatanu tariki 05/12/2014 ikamba rikaba rye gu kanwe nu mu hinde kazi naho umu nya rwanda kazi wari uhari uru hagara ri ye akaba yitwa Umwari neema .tu ba bwireko muray amaru shanwa ko mu myanya yambere umu nyarwanda ntabwo yabashije ku yi bonekamo.

Ayama ru shanwa akaba ya ramaze Iminsi abera mu gihugu cya polonye  akaba yaso jwe batoye abako bwa bahiga abandi kwisi mu bwiza , aha hakaba hatowe uwambere guhiga abandi akaba riwe wambitswe ikamba Akaba aru mu hindekazi akaba yitwa asha bhat. akaba afite imyaka 22 yamavuko ; naho umwanya waka biri ukaba wegukanwe na nyampinga cgmiss thailand witwa pla Disramdog  umwa nya wagatatu ari na wo wahafi watwa we nu munya furi ka akazi watsindi we nu mu ko bwa mwiza cyane uko moka mu gi hu gu cyagabo witwa maggaly guema, umwanya wakane ukaba wegukanwe na miss U.S.A witwa Ally Rose ,umwanya waga tanu ukaba wegukanwe na miss poland ari naho habere ye aya maru sha nwa uyu mu polonyekazi akaba yitwa Kassia Kerzeszowska.
india
knc
ikuri kiraho

















ikurikiraho














akururikiraho
Ibyishimo byari byose ku Muhindekazi wegukanye ikamba n'ibisonga bye bitanuahabyari byishi mo biko meye ku shuti nabavandimwe bu yu mu hindekazi wambitse irikamba ryegukanye  muri aya marushanwa akaba kandi yatanzwe mo ibihembo bitandukanye birimo nku muko bwa uzi kwi fotoza kurusha abandi  icumukobwa umwe nyu raneza kurusha abandi ,igihmbo cyumu ko bwa ufite igihagararo cyi za kuru sha abandi  ni bindi byi cyiro byishi cyanee tu bi butse ko umu nyarwanda kazi we neema ntanaki
neema
gihembo nakimwe yegukanye gusa ntanu bwo yajye muri 20 bambere gusa ntawa bura ku mushimira ko yerekanye umu cyo nya frica ndetse nu wa banyarwanda ndetse ni myambaro nyarwanda . ndetse yeretse namahanga ibyiza byurwanda





IGITERANENGARUKA MWAKA MURI LLF [NCC ]MURAKAZE BAKOZI B'IMANA


jump, mateyImisi irashize irageze ku banye shuri biga mugihu gu cy'Ubuhinde mu majyepfo mu ntara ya Tamil Nadu mukarere ka caddalor  mu murenge wa chidambaramumu aho bamaze umwaka bitegura igiterane ngaru ka mwaka cyo kuramy'Imana no ku yihimbaza ,ikigiterane gitegurwa ni torero cya  LLF , ikigiterane ki kaba gitegurwa nabanye shuri ubwabo bo murikaminuzaya Annamalai University .
Tu bi butseko kandi ikigiterane ngaruka mwaka kiza kizamo abavuga butumwa bavuye hanze kuyi ndi migabane ari ko cyane cyane kumugabane wacu wa africa. kurubu abavuga butumwa batumiwe bose baka ba biteguwe muririyinga aho Pastor RUBANDA  azashika muriki gihugu nakabiri ku mugoroba igiterane aho kizaba gitangiye ku waga tatu kumugoroba naho pastor MASENGO akazaba ahagera nakane kumugoroba ,

 Tubibutse ko kandi muri giterane hazabaho umwanya wokuramyi mana no kuyihimbaza kumusi wanyuma aho uzaba urangajwe imbere nu mu pastor ukuri ye iri torero akaba ari nu muri ri byi ukomeye MUTAGOMA Goudin  afatanije numuhanzi ukomeye mundiri mbo nzo ku ramyima na no kuyi hi mbaza ari we MBONYICYAMBU Islael  . the lampstard  team, ndetse haza ba hari mo nandi matsi nda meshi atandu kanye ibyino ziramy;I mana nokuyi hi mbaza Drama team LLF , TAO, MCM   AMARABABA   nabandi beshi , aha bakaba ba ko meje imyi teguro yabo nka bari ri byi hakazaba mo ni bindi boko rwa byo gusengera no kwi mi ka aba yobozi bashya ,mwese muhawe ikaze mu ricyo giko rwa cyo kuramya Imana no kuyi himbaza .

Friday, 5 December 2014

ESE KOKO LIL WAYNE YABA AGIYE GUPFA NKUKO UMUGAGA WIWE ABIVUGA



Nyuma ya makuru yaramaz iminsi acicikana avuga ko umuraperi LIL WAYNE yanduye bikomeye
Agakoko gatera SIDA. Kuri ubu U muganga umukurikiranira hafi yataganje ko iminsi yubuzima bwe
ubu ibarirwa kumitwe y'intoki.

Uyu muganga yatangaje ko LIL WAYNE asigaje iminsi mike 
yokubaho bitewe n'uko basanzwe azengerejwe n'indwara ya kanseri(cancer)kandi ikaba igeze ku kigero cya kane(stage 4)none Umuganga akaba yatangaje ko uretse ibitangaza by'imana ko LIL WAYNE iminsi yaba ashigaje kubaho itarenga iminsi mirongwine nitanu(45) Ihwanye nukwezi nigice.
Akomeza vuga ko iyi cancer yayitewe n'uburyo yishiratuyeho kumubiri we cyane kuruhu rwe 
ashiraho tatiwaje(TATOUAGES)mundimi zamahanga  Tubibutsa ko uyu musore ahagarariye LEBAL yitwa wa (YMCMB)ikoreramo abahnzi bakomeye muri leta zuzubumwe z'amerika .

Lil wayne afite imyaka mirongo itatu ni biri yamavuko akaba yara shyakanye nu mugore wiwe witwa  Antinia Writs  mu mwaka 2004 batandukana 2006  afite abana bane Uretse ku ba lil wayne ashijwa indwara ya SIDA na cancer bana musu zu mye mo indwara yigicure  ariko ngo yaje ku yi vuza iraki ra yo ntabwo yara ki yirwara 

TWAGIYE KU BIVUGWA KU BANYA MUZIKA BOHANZE BI BYAMAMARE KWISI

Birdman
Umwiryane nokwitana ba mwana hagati yabari ribyi bi bihanga nge kwisi mu jyana ya hip hop  hagati ya lil wayn ndetse na birdman  usazwe ufatwa nku mu byeyi y'uyu muhanzi lil wayne  ikibazo ki kaba ki vugwa hagati yu yu muhazi nu yo boye inzu yakoreragamo umuziki ndoreko kuvuga lilwayne byahitaga byunvikana cash man kandi iyo cash man ikaba iyobowe na bard man aba bagabo baka ba ari nshu ti magara 

amakuru dukesha imwe mu ma television ako meye yo muri america MTV iravuga y'uko ubu bwunvikane buke bwimpande zombi  bukaba bwavuye muri Album the carter v aha bikaba byari biteganijwe ko iyi album ko igomba guso hoka ku minsi 09/12/2014 ariko go byajye gusu bikwa bitewe ni ki bazo cyiyinzu yumuziki cash man nkuko ll wayne we abyivugira nyiri bwite .

naho Lil wayne we abi nyu jije ku ru buga rwiwe rwa twita yasabye imbabazi  aba fana biwe kubera ko iminsi yahindutse yari yateganijwe kuza baririmbiraho  akaba yo ngeye ho ati byo se bitewe niyi nzu  cash many record ati iyinzu yanze gusohora album yajye  ya tangaje ko kandi  ubirinyuma ati ni beby <bird man na cash many baze kuyi murika hanze > 

Lil wayne yakomeje avugako ati fuza ko iyi album yi we ko yasoho kera muri cash many record  ati nkuko ataki cyi fuza gukorana nayo iyinzu itunganya umuziki muri ki gi hugu  tu bi butseko iyi nzu iyo borwa nishutiye bird mana akaba arishutiye magara lil w akaba yara banye nishutiye kuva kera cyane nishuti no mubuzima busazwe .

ndore amagambo yinvugiye abinyu jije kuru bu garwa tweter weezy
Wayne
aya niyo maga mbo lil wayne yivugiye iwe ubwe 
 Naho abakurikiranira hafi  umuziki wo muri leta zu nze  ubumweza america bavugako hashobora kuba hariki bazo gikomeye hagati ya lil wayne detse ni shutiye ikomeye cyanee birdman  ari nawe uyo bora inzu yu muziki cash man record ku buryo bo ba bagiye gutandu kana burundu .