Thursday, 4 December 2014

ESE KOKO UMUKOBWA WA OBAMA wimyaka 16 YABA ATWITE IKINYENDARO



mugitondo cyo kuri uyu wakane hirya nohi kwisi  kumbuga za internet zitandukanye kwisi  hazi ndu kiye amakuru ko hamaze kwemezwa neza ko MALIA umukobwa wanyaku bahwa preresida  wa leta zunze ubu mwe za amerika barck 0bama  kumuko bwa wabo yatwaye inda yindaro 


AYamakuru yi bi huha kandi avugwako obama nyuma yuko we nu mufashawiwe michelle Obama bamenyeko  umuko bwa wabo wi myaka 16 atwite batangaje ko biteguye kwa kira umwu zu kuru ati nu bwo ajye mbere yigihe bari bara teganije; ndoreko kandi uyu muko bwa wabo akiri muto cyane mu myaka 16gusa .icyatangajwe muri ayamakuru nuko hatari hamenye kana uwaba yarateye inda uyumwana ,bikaba byemezwa nezako kandi iyinda yaba ya yitewe nu muzungu rutuku.

Ayamakuru aravugwa ko umufasha wa Obama ,michelle Obama yavuzeko aki mara kumenya iyinkuru yuko uwana wabo yaba yatewe iyi nda yindaro yavuzeko we bitamu tu nguye nabuko ati kuko ndoreko umwana afite aho abi komora ati nkuko nyirakuru ubyarase obama yamu byaye afite imyaka 18 yamavuko gusa 

tubibutse ko perezida obama afite abako bwa babiri gusa aribo milia ndetse na sarah 
hari ni bindi binya makuru byatangaje ko uyu muko bwa wa obama adatwite nkiki nyamakuru Bad to day   cyo kira bihakana ko atarukuri. giko meza ki vugako ati ntatanga zo cyangwa andi makuru yaba yaturutse muri white house inzu ya perszida wa Amerika, ati cyangwa banyiri bwite ba byitangarize bityorero abantu basabwe kudaha agaciro iki gihuha 

ababa kobwa ba obama bamaze iminsi bavugwa mwitanga za makuru ku mubumbe wiyisi tubamo tubi butseko kandi yamakuru yibi hu ha atangajwe aru  ko  uwa rushizwe itumanaho muri peresidance ya amerika  atangajeko  habaye ubwunvikane buke avugako kandi ko aba bakobwa sarah ndetse na mallia ko basuzugura bikabije ati kandi baga kunda ni shuri buke ndoreko banarisi bacyane nti bajye kwiga ,ati barasiba cyanee .

Wednesday, 3 December 2014

PRESIDENT WA SOMALI YA ROKOTSE IGISASU NYUMA YO GUSOHOKA IKI BUGA CYINDEGE KI GATURIKIRIZWAHO IBISASU .


imirwano iko meye mu mugi wa magadishio muri somaliaya  iyi mirwano ikaba yatewe ni nyeshyamba zu mutwe wa alshabaab wititirira idini ry'akislam aha bika ba byemezwako aribo bateye igisasu cyatewe hafi yiki buga cyi ndege imagadishiu 
icogisasu ki kaba caturi kiye hafi yi kibuga kirizwe cyane muri uyu mugi wa somalia ikigisasu ki kaba cahitanye abantu bane 4  abandi beshi bakaba bako meretse bikomeye. 

Ibi ndi bisasu bikaba byaturiki ye hafi yikigo cya ONU gishi zwe kuga rura umutekano muri somalia.
Igi police cya somaliya cya tangaje ko kandi  ati umuhana cg umudugudu wari wuzuye ibisasu  ati Nawo waturitse  mo ibisasu mugihe barimo guhagarika urusaku nakavuyo byari bigamije kwijira Mukibuga cy'indege nabagizi banabi 

Ibi byongeye gutangazwe nu shizwe umutekano wiki gihugu , 
Tubi butseko nyumaho gato ibyo bisasu biturika nyakubahwa president wasomalia yarasohotse urico ki buga aho yaravuye muruzinduko 

BICISHIJE ABANTU IMIPANGA IBENI MURI CONGO ADF NALU


abantu  batemeshejwe numupanga mu gi hugu cy'a congo bara pfa abandi barako mereka  mugitero cy'agabwe  ninyeshyamba za ADEF NALU uwo mutwe ukaba uko moka mugi hugu cy' Ubugande 
izi nyeshamba ahazakoreye ubu bwi cyanyi bwindegakamere akaba ari mu karere ka BENI-MBAU 
muri kivu ya majyaru guru 

Abapfuye baka ba bari mo abagore babiri numwana umwe wumuhungu ufite imyaka 12 naho abakomeretse bakaba bari muma vuriro mu bitaro cya irngeti.ibibitaro bikaba biraho muri ako karere;
 ukuri ye ibiko rwa byagisi ri kare muri ako gace COL. Celestin NGELEKA  akaba yatangaje ko ingabo za kongo FRDC zahise zi tabara ubwi canyi butara ko meza no mutundi duce dutuwemo 
Akaba atangaza ko kandi ingabo za zatabaye rugikubita zihagarika ubu bwicanyi nu bwo harimo bapfuye . ngeleka yavuzeko ingabo zigihugu zahise ziguma murako gace ka bereye mo ubu bwicanyi aho izo ngabo ziko meje akazi kazo ko guhinga izi nyeshamba zakoze ubu bwicanyi bubabaje 
Muriri yinga ri shize ni bwo kandi uyumutwe wongeye ku vugwaho ubwi canyi bwahitanye aba congo mani ijana<100>bwakorewe muri akagace ka beni ka korewe mo kandi ubundi bwicanyi 


tu bi butseko kandi mugihe izi nyeshyamba za bagande zimaze iminsi muri congo aho zimaze kugirira abakongo mani ibikorwa bibi biko meye imyaka itari mike.muri akagace kandi usanga kari mo amoko .

Tuesday, 2 December 2014

YOWERI MUSEVENI ATI BURI MUTURANGEWA UGANDA AGOBE ATUNGE INDANGAMUNTU BIZAFASHA UBWITEGANYIRIZE BURI MUTURANGE


buba ye ubwambere mu mateka yigihu ngu cya Uganda  hatangwa indanga muntu za leta yingi hugu Ahoza hawe buri muturage wese wi gihugu cy' Ubugande muba zi hawe nuguhera ku ri buri mwenegi hugu wese uri hejuru y'Imyaka 16 yamavuko . iyi ndagamu ntu ika ba iza ziko reshwa nki cyango bwa ki kaba cyemerera buri mu nya gihugu wese ku zaza ayi koresha mu ngendo yaba akoreye mu bi hugu byose by africa yu burasirazu ba aho ataza ba ri ngo bwa gu koresha icyango bwa Passeport .


Nyaku bahwa kaguta museveni yatangaje kobigiye guteganyiriza buri munyagi hugu neza 
Kuva igi hu ngu cya Uganga cyabaho nta ndanga mu ntu bi geze batu nga aho wasangga u muturange ugi ze icyo akenera muri leta yako resha ga izi ndi mpapuro zita ngwa nu buyo bozi bwi banze mu baturage .museve ni kandi niwe muyo bozi wagaru ye amahoro arabye mu benegi hugu cyiwe ni terambere ri rambye aho usanga museveni afite byi shi yamar ye  abene gi hugu detse na banya frica muri rusange uki banza impanvu atari yarataze ibibyango bwa biranga umu turage .
Museveni tu bi butseko amaze igihe ki tari gito ku buyo bozi bwa uganda akaba abisho boye kugeza ubu abagande yabagejeje kuri byishi ni batagira umwijuto nkaba turage ba libyiya bazagera kuri byishi  murakoze murakarama 

Monday, 1 December 2014

MICHAEL JEAN WABAYE SECRETAIRE GENERAL WIBIHUGU BIVUGA URURIMI RWIGIFARANSA


kuri rino yinga rishize  inama yabakuru bibihugu na leta bigize umuryango wibihugu bivuga ururimi ruvuga igifarnsa .iyo nama ikaba yara bereye Idakar muri Senegal,


Iyinama ikaba yaratoye MICHAEL  Jean womuri canada kuba ariwe uyo bora irihuriro cyngwase umuryango . uyu muyo bozi akaba asimbuye nyaku bahwa Abdoul Diouf warumaze imyaka 12 kuri uwo mwanya  MICHAEL jean akaba ari nawe mugore ubaye uwambere uyo boye uyumuryango uvuga ururimi rwigifaransa.

Uyumu gore akaba yaravukiye  mugihugu cya Haiti nyuma nyuma bajye guhungi ra mugihugu cya cananda mugihe cyintambara muri haiti ndore ko ari naho yakuriye yigiye mu busorebwe bwose bakaba bara hunze mu myaka 196o  
ahakandi yajye ku ba governeri mukuru  wa Canada 
mubakandida bahatanira nga uwo mwanya hari  uwahoze arumukuru wi gihugu cyu burundi  PIERRE BUYOYA,, JEAN CLOUDE DEL'Estrac wo muri Ile mourice na HENRI LOPES wo muri Congo brazzaville. 
Hnyuma uwajye gutsindira uwo mwanya akaba aru mugore witwa michael jean doreko ariwe wahabwa nga amahirwe meshi  uyu muyo bozi wa ofm ndoreko afite isahyi ngana ziko meye zo gushira ho icyerekezo cyuwo muryango  agashiraho u buryo baza korana kugirango ibihugu bivugabyose bivuga igifasa bibe byakorera hamwe ndetse bigafashanya nomwiterambere  tu mwifurije akazikeza numwete noguteza umugabane wa africa imbere 

Saturday, 29 November 2014

TURWANYE EBOLA EBOLA IMAZE ABANA BA AFRICA


Ishami ry a ONU ryita ku buzi ma-OMS riravugako  umu bare wabantu  bamaze guhitanwa na EBOLA muri 


Africa  yu burengerazuba umaze kugera kuri 6928.uwo mu bare umaze kwiyo ngera hafi abantu 1000 kuva aho 

OMS itangarije raporo wo kuwa gatatu,
muri uwo mubare harimo kandi nabantu batari bamenyekana bahitangwe ni cyo cyorezo

Abahanga mu bya bavuzi bara vugako igiteye impungege cane nu mu bare wabandura,ugenda wiyo ngera cyane kurusha umaze guhi tanwa nayo ati ku bera ko icyo cyorezo ki genda gifata indi ntera  ikomeye,

Muri Liberiya ho umu bare waba ndura Ebola uri mo kugenda ugabanu ka ariko mu gihugu ca sieraleon umu bare ukaba ukiri hejuru cyaneee

PRESIDENT GOOD LUCK JONATHAN ARAMAGANA BOKOHARAM

IMURENGEHEZA
Perezida wa nigeria aravugako azakora ibi shoboka byose kugirango abakoze ibyaha byo ku gaba ibitero ku musi giti ki gahita na abantu 81 bakuri kirangwe

peresida Goodluck jonathan yasabye abaturage bi bihugu cye ku rwanya umwanzi ubanga miye bose nyumayaho ibi rwanisho bigaragaye mo imbuda ni bisasu ki gabiwe ku musigiti uri mumugi wa Kano kuwagatanu mu majyaruguru yi gihugu. 

Abantu bakahasiga ubuzima abandi ba barirwa mu magana bakahako merekera bikomeye,abategetsi bavugakogisa nibi ndi bitero bisazwe bi korwa na Bokoharam kugeza ubungubu nta mutwe cangwa ibyihebe byari byiyamira ko ari byo byakoze ayo mahano icyo gitero kikaba cya gabwe ku musigiti ukomeye cane urihafi yingoro ya Emir wa Kano uherutse gusaba  abaturage kwitabara mugihe intagondwa zigendera ku matwara  akaze yidini ya Islam zo mu mutwe waboko haram mu gihe zi bagabye ho ibitero,